Amakuru yaraye ageze ku inyangeNews,aturuka mu murwa mukuru wa Bujumbura,aravuga yuko inyeshyamba zirwanya peter Nkurunziza wihaye kuyobora manda ya lll itemewe n’amategeko,zaraye zirashe ahitwa Kayanza uturuka kumupaka w’uRwanda n’Uburundi.
Bisobanuye ko NDD-FDD gutsinda kayo ntacyo kumaze ahubwo bishyize mukaga gakomeye cyane kuko bagiye kurangiriza ubuzima bwabo muri gereza kubera abantu barashwe n’igipolice cy’Uburundi.
Ibi bikaba biri mubuhanuzi igice cya (10) cy’ubuhanuzi aho buvuga yuko abayobozi bakuru b’igipolice bagiye kuryozwa iby’intambara barwanye hagati yabo nabasivile kandi abasivile baraharaniraga uburenganzira bwabo bahabwa n’ibwiriza shingiro.
Ibyo byatumye inyeshyamba ziyoboka ishyamba maze zitangira kurasa igihugu cy’Uburundi ari nacyo gihugu nyiriza cyabo.Amakuru kugez’ubu ntaramenyekana izina ryizo nyeshyemba ndetse nuziyoboye ntabwo aramenyekana.
