Home News Inyandiko y’Uwiteka ku kibambasi muri WHITE HOUSE

Inyandiko y’Uwiteka ku kibambasi muri WHITE HOUSE

0

Amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews aturuka kumugabane w’America,aravuga yuko ngo Imana iherutse gukora igitangaza gikomeye cyane mu nzu yitwa “WHITE HOUSE”,ngo ubwo Donald Trump uherutse gutorerwa kuba umukuru w’igihugu cy’America,yarageze mu biro bye (President Office) hamanutse ukuboko gushushanyije mu kiganza cy’umuriro maze abona ikiganza cyanditse kugikuta ngo “ELO HIM,JEHOVA,SHALOM”.Bisobanura Uwiteka Imana ya mahoro

Amakuru avuga ko ngo arikumwe nabakoze akorana nabo,bahise bagira ubwoba bukomeye cyane,maze ijambo ry’Uwiteka ryandika kugikuta cyangwa ikibambasi ngo “EMBASSY of USA in ISRAEL should move Tel Avive to the old JERUSALEM”.

Icyo gitangaza kimaze gukoreka,Donald Trump yahise ategeka yuko ambasade y’America muri Israel yakwimurwa nkuko Uwiteka yabitegetse,ikajyanwa muri Yerusalem ya Cyera ahavugwa yuko ari mu butaka bwa Palestine.Ibintu abanyapalestine badakozwa habe namba!!!

Amakuru avuga ko,ngo abamsade y’America ubu yamaze gutegeka yuko bakubaka inzu ya ambasade ikuzura vuba bishoboka byose ngo iyo nzu ibe yuzuye mu gihe cya vuba gishoboka.

Biravugwa ko,Benjamin NYETANYAHU yasabye abanya Israel bose batahuka bakaza muri gakondo yabo bayirebe kugirango bamenye igisekuruza cyabo bakomokamo kuko muri Israel hali imiryango [12] igize ubwoko bwa Israel.Igice cya [1-3] havuga ku itahuka ry’Ab’Israel hamwe nagakiza kagiye gusubira iwabo aho katurutse.

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar