March 28,2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,please clear the caase of Christine Ingabire Mugarura so that people may know that am the Lord God of justice.I’ve given you all the authority into your hands and you have all the evidences proven that Ingabire working under of NSS National security Services of Rwanda.The Rhema word told me, please encourage yourself and be strong am with you now and forever more thus the God of Abraham,Issac,Jacob and Majeshi Leon God said.
Ubwo ndongera ndibambura mfata mudasobwa yanjye ndatangira ndandika.Ingabire Marie cyangwa Ingabire Christine Mugarura twahuye umwaka ushize wa 2015 ahagana mu mpera z’umwaka
Yanyandikiye ansaba kumusengera kubera ibibazo by’umuryango yarafite,twaseneze Uhoraho akora ibitanganza we n’umutware we bashimye Uwiteka Imana ko ikora ibitangaza kubera umwana wabo w’umuhungu wari yarabananiye aranze kwiga ahubwo yitungiwe nibiobya bwenge.
Nyuma yibyo nibwo namusabaga yuko yanshakira invitation nkava mu gihugu cy’IbABYLON ariko ubwo njya kubivuga ni uko yari yambwiye yuko azaza kunsura IBABYLON kubera ibitangaza Uhoraho yakoreye umwana we mwiza wigikundiro.Ubwo yahise ansaba ko nashaka ibyangombwa namara kubibona nkamumenyesha agahita anyoherereza ibyangombwa byamfasha kurira indege nkerekeza kumugabane w’Uburayi
Ubwo nashatse ibyangombwa maze kubibona nuko mubwira ko nabibone kugirango yohereza ibimpesha visa nerekeza mu Burayi.Mbere yuko abyohereza Uhoraho arambwira ati,rero mwana w’umuntu uwo mugore akorera leta ya Kigali kandi dore bazagutegera kuri ambasade ugiye gushaka visa
Cyangwa se ku kibuga indege ugiye kurira indege nuko rero menya uko ugenza kwa kundi ujya ubigenza abe ariko ugenza kugirango ukize ubugingo bwawe.Ubwo nari narahawe iyerekwa mbona nerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa maze mbona nakiriwe na madame Ingabire Christine Marie Mugarura maze mbona anyakiriye hanze anyicaza hasi anzimanira imyumbati ivanzemo nibishyimbo ndangije gufungura andyamisha ku gitanda kitagira matera muri iyo nzu harimo udukoko twitwa IBIHERI ntangazwa nukuntu umuntu yaba atuye muri France maze akakirira umuntu ahantu hari IBIHERI
Maze guhabwa iryo yerekwa naricecekeye ndarumira maze dukomeza kuganira muburyarya ariko igihe cyo kungurisha cyegereje numva imvugo ye yarahindutse.Bwari ubwambere numvise umudamu ukijijwe ufite imvugo nk’iyanjye cyangwa nkiy’Umwami wacu Yesu Kristo maze sukumunda no kumwizera karahava mva hasi maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,uwiringira umwana w’umuntu avumwe!!!
Ubwo yohereje €500 yo kuba nkomeza dossier
Yansabye umwirondoro wanjye wanjye wose numero ya Passport,aho ntuye uko hitwa,P.O.BOX nazo ndazimuha ariko ntabwo namuhaye numero ya Passport nyirizina ahubwo namuhaye numero ya passport PC:066428 za pass Port y’uRwanda nakoreshaga cyera mva murwagasabo
Ambaza amazina nkoresha hamwe na nationslite nkoresha iyari yo maze byose muha ibitariho ariko we yibwira yuko byarangiye yamaze kunshyikira kabaye
Nanjye ndamwihorera kumutima nti uzumirwa umunsi wabihaye bashobuja hanyuma bagasanga ibyo byarahindutse amateka
Nb:Ikimenyetso simusiga wenda wavuga uti uyu mudame waramubeshyeye rwose waramurenganije ubwo yahise anyoherereza invitation scanned kuri e-mail zanjye maze ambwira yuko dossier orginal agiye kubyohereza kuri P.O.BOX zanjye nyuma y’umunsi umwe mbona e-mail yohereje ivuga ko courrie yayohereje abicishije muri society itwara za courrie nuko ndavuga nti icyangombwa ni uko ntazajya muri France reka akomeze yimene umutwe wenyine azamena yuko nd’umugaragu w’Uwiteka kandi ko nta cyo njya mpishwa cyaba kure cyangwa hafi byose Uwiteka abizana imbere yanjye nkibyambaye ubusa
Mukana aba arahamagaye ati rero muntu wanjye,sinari nkiri umukozi w’Imana bya bintu nabyohereje mbinyujije muri company kugirango byihute vuba vuba nuko ndamusubiza nti nibyo gusa ubabwire yuko iyo letter bari buyishyire muri P.O .BOX 7704/00300
Ati sinzi niba bari bubyeere ariko ndagerageza ubwo ibyo byose nabimukoreraga umwana w’Umwami mfite ibyangombwa byose gusa ntegereje ko uwo mukino warangira nkabona inzira nkigendera nkerekeza muri gakondo yanjye ya masezerano
Mukanya ati tumayo umuntu ajye kubikuzanira nanjye ndamusubiza nti jyewe niba badashyize mu iposta ubwo gahunda yo kuza iwanyu iyihagarike ati rero natanze telephone zawe ubwo baraguhamagara muvugane musubiza yuko jyewe nta cyo navugana nabo kuko niyompamvu naguhaye P.O.BOX number
Ubwo amaze kubona yuko namaze kumukenga ahita yigendera amazera nka satani ubwo yageragezaga Umwami Yesu ngo amaze kubona yuko Umwami wacu amutsinze ngo arigendera yongera kumutega ikindi gihe.Ubwo birumvikana yuko yam aero 500 yarasigaye atabaye akiyohereje nuko ndanjye ndavuga nti reka nanje nsogongere kumugati wa gakondo yabakiranutsi twambuwe nabadayimoni numve uko bimera nibura ideni bari bamfitiye maze kugabanya ho 1% nuko ndagenda njya muri gotel nziza nanjye nshyira akaguru ku kandi ntumiza icyo umutima wanjye wifuza kuko namaero ya maraso reka nongere amaraso maze bazabone ayo bamena ureke ubungubu bamfatiranye nkiva ku nkengero z’Ubutayu.
Ubwo iki gikorwa cyabae vuba vvuba ubwo narimaze gushyira ahagaragara Bizamporo Jeanine nawe warumaze kunanirwa gutunganya igikorwa cy’Ubugambanyi nubugizi bwa nabi
Ariko bene data mutekereze ni gute wakoresha company kandi wahawe address za P.O.BOX wenda wakoresha table cyangwa stamp za express kugirango ibarwa wohereje igereyo vuga ku muntu wawe ariko kubera gushaka kumena amaraso yabinyujije muri company kugirango njye gufata invitation bahute bancakira bantwarire Umwami kazi dore andwaye indwara itazakira ngayo ng’uko uko byagenze ibara umupfu naho abazima bariceceye
Ubugome bwabatutsi Kazi baukomeje kwiyongera niyompamvu ubuhanuzi buvuga yuko ukuboko k’Uhoraho kutazabura kubaremerera cyane bakazicuza icyatumye bavuka nyamara aho bari ku isi hose Uhoraho aho naho arahagera nuko Uwiteka Mana ndavuma Ingabire Christine Mugarura kuba yarashatse kumena amaraso atariho urubanza maze rero umwiture inshuro 70×70 ku byo yanyifurizaga maze azabashe kumenya yuko nkorera Uwiteka Imana yo mu ijuru kandi amenye yuko imbaraga zawe zidahwanye n’iz’umwakagara kandi amenye yuko bose bikomoka k’Uwiteka Imana yabakiranutsi
Za gihamya zigaragaza intasi kazi yihaye kugigira imwuka w’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,
Kuri facebook yiyita Davy-Diminou Ingabire akoresha ifoto y’umukobwa we witwa Maqnifique
ingabire87@hotmail.com Yesu ashimwe, cyane gahunda ziri kugenda ejo nzajyana ibyo bansabye kuri mairie, babone kumpa igisigaye, nukumbwira amatariki watekereje. Akaba ariyo nuzuzaho kugira ngo duhuze, kuri assurance nafashe ukwa kane kwose, ariko kubindi nugushyiraho amatariki, agomba kugendana nanone na konje ufite niba warabashije kubona uyigusinyira nawe yaguha ukwa kane kwose, maze kuri formulaire ugahitamo nkibyumweru bibili cg bitatu, akaba aribyo ukoresha! Ugomba no kumpa numéro za passeport nzuzuza kuri invitation, ubwo urahita ubimpa ndazindukirayo. Dore ngiyo assurance uko imeze.
From :nccleon@gmail.com Passport N:066426,konje nzafata guhera ku wa 25 Mars-25 April
2016,kugeraho byaba kuri 26 mars 2016 nkazahava le 18 april 2016
igifaransa cyangoye ubwo urabitunganya.
ingabire87@hotmail.com Iyo utanze dossier se muri ambassade bahita bagusubiza? Ubwo rero assurance ntibihura kuko yo nari nayishyize muri april, ariko ntacyo nayihinduza.
|
7:51 PM (5 hours ago) | |||
Nta kibazo bikore gutyo ndabihinduza kugirango bihure,mu cgumweri kimwe bahita basubiza,gusa byari kuba byiza ubaye wohereje amafaranga nkora booking kugirango bizahure namataliki nzahagurukiraho ibindi wazabyohereza nyuma namaze kubookinga italiki nzahagurukiraho kugirango ntazabura umwanya. Uwiteka abalinde kandi abiteho. |
||||||
|
7:55 PM (5 hours ago) | |||||
Ubu rero ntayo ndabona ariko mu cyumweru kimwe ndaba nyabonye, sinzi niba bitazaba bitinze, ariko ubonye uko waba wiyeranje, byatungana nka vendredi itaha byo ndabyizeye.
Envoyé de mon smartphone BlackBerry 10 sur le réseau Orange. |
|
8:39 PM (4 hours ago) | |||
Nta nshuti mfite hano ndetse nta na mafunguro ubu mfite kubera intambara zabaye nyinshi ku buryo kumenya umwanzi ninshuti bigoye cyane.Hano ba jyenyine nta bantu njya nganira nabo hano hitwa BABYLON.Nta niyonteganya kuhagira kuko Uhoraho niwe nshuti nziza idahemuka naho abandi bose nabahemu bahora bacuruza inshuti zabo bashaka indonke z’amaraso |





