Home News Intumwa ya Sekibi,Gitwaza Paul,imbaraga ze z’umwijima zaraye zirangiye!

Intumwa ya Sekibi,Gitwaza Paul,imbaraga ze z’umwijima zaraye zirangiye!

0

30th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugudiya buri munsi y’umusozi wubatseho ishuli ryo wigisha abatutsi kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi.Mbona ibintu bikomeye gusobanukirwa ubwenge bwa muntu.Nabonye mur’ubwo butayu hari abasirikare ba RDF(Abadayimoni)mbona barimo kwitoza kurwana intambara igiye kuba muri gakono yabakiranutsi.Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwora riti,mwana w’umuntu,jyenda ujye mu butayu bugufiya nkwereke ibitaboneshwa amaso ya bana bab’abantu.

Nuko ndagenda nanjye nigira umwe mu bantu bari baje kureba imyitozo yabo basirikare ba RDF,umwuka w’Uhoraho urambwir uti,mwana w’umuntu genda wikinge kuri kiriya giti(ubutegetsi)maze ndagenda nikinga kuri icyo giti,maz arambwira ati,rambura amaso yaawe urebe kuri uriya musozi wo kwigishirizaho abatutsi kubaha uwiteka Imana yabakiranutsi.

Nuko ndambura amaso nditegereza neza mbona intumwa ya Sekibi GITWAZA PAUL ahagaze imbere yabakiristu be bamwemera cyane badashaka kumva yuko akorna na sekibi.Nuko ndagenda ngeze ahoGitwaza yararimo yigisha ambonye ahita ahagarika kwigisha ariko abakiristu be nta bwo bamenye ibyari byo.Yahise yirukanka mbona abagabo ntamenye aho baturutse baramwirukankanye nanjye mbajya inyuma kujya kureba igitumye intumwa ya satani yirukanka mbona batangiye kurwana nawe nanjye ndagenda ndabafasha turamurwanya ngo abone ko tugiye kumunesha ahita yihindura igikeri (flog) akajya asimbuka akajya mu biti akahava akajya mu gihuru agezeho yihindura( snair) IKINYIRA ako kanya mpita mfata isupana narimfite mu ntoki ndayimukubita icyo gikeri gihita gipfa ako kanya cya gikeri gihita gihindukamo IKINYIRA (Snair) nacyo ndagikubita kiraturika Gitwaza ahita arapfa.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore intumwa ya sekibi Gitwaza arapfuye imbaraga ze zirarangiye nta bwo zizongera gukora ukundi igisigaye nuko agiye gupfa akarimbuka kuko yahawe igihe kinini cyo kwihana aragikerensa uko niko Uwiteka avuga.

Nkiraho mbona manauka inyamirambo mbona abacuruzi bose bo mu rwagasabo mbona ko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane maze mbona abadayimoni bumwakagara bahise baza mu ishusho y’imbogo baraza barangota ndetse bahita bateza aho narimpagaze hacika ikiyaga ako kanya mbona haje Malaika w’Uwiteka araza ategeka cya kiyaga gicikamo kabiri mbona inzira yo kunyuramo na za mbogo nazo zifungirwa aho zari zihagaze(Abadayimoni)binkazi cyane satani akunda gukoresha iyo bikomeye cyane.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abacuruzi bo mu Rwagasabo bagiye guhura nakaga gakomeye kandi dore binjijwe mu butayu ndetse dore umwuka w’urupfu urabagose cyane abiringiye umwakagara nta bwo bazabona kurokoka habe nagato kuko banze kwiringira ijambo ry’Uhoraho none baciriweho iteka uko niko Uwiteka avuga.

Dore umwakagara yabijeje ibitangaza bikomeye abereka ko akomeye cyane kandi ko adateze kuzava kubutegetsi,bituma bamwizera kurusha uko biringira Uwiteka Imana yabaremye none dore umwakagara aciriweho iteka nabambari be bose uko niko Uhoraho avuga.

Nongera kwerekwa ingabo za Kenya KDF baza muzifasha kurwanira mu butayu ariko ingabo za Uganda UPDF na RDF I Rwanda mbona ziraje gufasha izo ngabo za Kenya ariko ubwo butayu barwaniragamo nabonaga bukomeye cyane ku buryo ingabo za Uganda n’Urwanda byazigoye kuharwanira kuko bwari bubaye ubwa mbere barwanira mu butayu hatari imisozi.Nerekwa ko umwanzi barwana nawe nta bwo babashaga ku mu bona maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibihe biri mbere bya vuba ingabo za Uganda n’iza Kenya n’uRwanda bagiye guhura nibikomeye cyane kuko bazarwanya umwanzi batabona kandi uwo mwanzi azabatsinda uko niko Uwiteka avuga.

Nsubizwa mu mwuka mbona inkozi zikibi zo mu bwoko bwabarozi zongera korora inkoko bazororeye mu kazu ki nkoko (Abadayimoni babaterekerano) kabaginewe bashaka kongera nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,jyenda ujye kuri kariya kazu maze urebe iihakorerwa ndagenda nditegereza uburyo buriye inkoko za kijyambere maze ndabwirwa ngo nimvume izo nkoko ndasohoka ndazivuma maze amashanyarazi ahita arazima maze ndabwirwa ngo nta bwo izo nkoko zabaho zidafite amashanayarazi(umucyo) nuko mpita ndigendera za nkozi zibib nta bwo zigeze zimenya ibyo nazikoreye maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu amasengesho ybushze mwakoze wibuke ko hari inkoko kazi zitishwe ahubwo zahise zijya guturaga amajyi biriya bishwi wabonye nibyo zaturaze none urabyishe byose birarangiye uko niko Uwiteka avuga.

Nkurwaho njyanwa mu gihugu cya Tanzania nerekwa ibikomeye bigiye kuba muri icyo gihugu.Nerekwa uburyo Satani yohereje abadayimoni bakinjira murubyiruko cyane cyane abanyeshuri biga za kaminuza na amashuli yisumbuye Secondary School mbona aba dayimoni babanjiramo maze abanyeshuli baravuga ngo reka tujye dukora ubusambanyi kumugaragaro maze twereke perezida yuko nta cyo yakoze kuko yaciye utujipo twacu twiyambariraga udutope maze tuzarebe uko azabigenza

Nuko mbona abasore ni nkumi biga za kaminuza bagiye kumiharuro ku karubanda batangira gukora imibonano mpunza ibitsina ku karubanda nuko ijambo ry’Uwiteka mwana w’umuntu dore abadayimoni abadayimoni bafashe gahunda yo kwinjira mu gihugu cya Tanzania kujya kwiyushyura kuri perezida wiyo gihugu kuko yahagaritse utujipo tugufiya none abadayimoni bakaba barabuze isoko uko niko Uwiteka avuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar