HomeNewsIntumwa ya Sekibi Paul Gitwaza arashaka kuba Umwami wabanyamurenge!?

Intumwa ya Sekibi Paul Gitwaza arashaka kuba Umwami wabanyamurenge!?

17th Sept,2015 ijambo ryrinzaho ahagana mu masaha 9:40PM z’umugoroba,Uwiteka avugana nanjye maze arambwira ati,mwana w’umuntu,hanura maze uvuge uti,yemwe abatuye mwe,nimwumve imiburo y’Uwiteka Imana waremye ijuru n’isi nibiyirimo byose,ndetse no hujuru no hasi ikuzimu kwa nyamutezi uko niko Uwiteka avuga.

Ubwo nari maze kwandika ubutumwa maze kubushyira kurubuga rw’inyangeNewss nibwira yuko ndangije umurimo wanjye njya hanze gufata akayaga kuri barico y’igorofa ntuyeho.Aho niho umwuka w’Uwiteka yansanze hanze maze ambwira ibi bikurikira:

Mwana w’umuntu bwira abakurikirana ubuhanuzi bwawe,uti nd’UWiteka Imana waremye ijuru n’Isi,Uwiteka Imana y’Abraham,Issac,na Yakobo na Majeshi Leon umuhanuzi wamahanga uko niko Uwiteka avuga.

Dore ngiye gukora ibikomeye cyane ku isi,yabazima.Ngiye kubera igisubizo abo bose bumvise kandi bakumvira ijambo ryanjye ry’ubuhanuzi nakunyujijemo.Dore abanyiringiye bose,ngiye kubagirira neza kugirango bazatange ubuhamya “Testmony”mubTuye isi yabazima.

Ngiye gutanga urubyaro kubadafite abana  kubadafite abana,nzatanga imirimo kuatayifite nzatanga amahoro kubayafite,nzakiza abari mukaga biringiye ijambo ryanjye ubwo akaga ,ibyago,namakuba bizaba bibegereye kugirango bamenye yuko nd’UWiteka Imana ikiza kandi ngatanga nubugigno uko niko Uwiteka avuga.Nzatanga abagore n’abagabo kubagumiwe kubera amarozi cyangw aimigambi ya satani iyariyo yose,mbese ngiye gukora ibitangaza kuri buri muntu wanyiringiye kugirango bamenye itandukaniro ryanjye n’inkozi zikibi.

NB:Aha ndavuga abiringiye ijambo ry’Ubuhanuzi kugirango nibazajya babaza ngo mwabonye gute umugisha,bazajya basubiza ngo:Twiringiye ijambo ry’Ubuhanuzi ryahanuwe n’umugaragu w’Uwiteka Imana Majeshi Leon wahanuriye amahanga uko niko Uwiteka yategetse!

Kubera ubwo buhamya,buzatanga indwara zakize,ibabizo byose byabonewe ibisubizo bizatuma amahanga abantu batandukanye baza ku kureba kugirango ubaheshe umugisha uko niko Uwiteka avuze.

Maze kwakira ubwo butumwa,nsubira mu nzu,ndandika ibyo mpawe biturutse mu ijuru, kugirango mu gihe gikwiriye nzabashe kubitangariza amahanga,Uwiteka Mana ndagushima kuko wumviye umugaragu wawe ukaba ugiye guhesha umugisha kubumvise kandi bakumvira ijambo ryawe nanjye ndagushimye kandi ndishimye kuko wahindutse ubuhungiro bw’abantu bawe biringiye ijambo ryawe.

Ibyo bizatuma nababandi bagusuzuguraga batajyaga bita ku ijambo ryawe batangira gushaka mu maso hawe ,Uwiteka Mana urebe imitima yose ibabaye ariko kandi ifite ibyiringiro bya Kristo Umwami wabakiranutsi kugirango ukureho igisuzuguriro ku bwoko bwawe bimenyekane ko,dusenga Uwiteka Imana yamahanga ivuga ikanakora bityo izina ryawe ryogere iteka n’iteka ryose Amen.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amagambo abaye menshi cyane ngo kubera wanditse intumwa ya Satani Umwami wabanyamurenge,nyamara uwo niwe wateje akaga gakomeye cyane mubanyamurenge kubera kugira ishyari akanashaka yuko ariwe umenyekana we wenyine ntihazagire undi muntu wazamurwa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Aimado118th Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanzi n’inkozi zibibi baraguhagurukiye,bagiye kuburizamo umugisha wawe nyamara wakoze amasengesho nanjye ngiye kwigaragaza,dore umugisha barwanira ngiye kuwuhindura umuvumo.

Hanyuma umuvumo nkuwuhindure umugisha maze ndebe icyo bari bukore,nerekwa umuhanuzi mukuru afata ubwato yambuka ajya hakurya,aho yafatiye ubwato hari umwuka w’ishyari,ubwo afata ibwekeza”Ingashya”atangira kuvuga yerekeza hakurya y’inyanja wa mwuka w’ishyari aturuka inyuma asunika ubwato n’imbaraga ze zose maze ubwato bugenda igitambame,ariko umwerekeza aza kubugarura abwerekeza inzira nyayo.

MtumbwiBabonye yuko nta cyo bakoze,wa mwuka w’Ishyari w’Inzika y’Inzigo,uhamagara aho yerekeje kugirango bahagarare kucyambu maze baze kumutega kugirango bamugambanire,bakora akagambane mbere yuko umuhanuzi mukuru ahagera,ageze hafi yo kwambuka hasigaye nk’intambwe (20) wa mwuka w’Inzika y’Inzigo wo hakurya urasimbuka ugwa hejuru y’inkombe z’ubwato ku nkokora zabwo maze ubwato burabirinduka bugwa mu Nyanja

BreadNerekwa umuhanuzi mukuru agwa mu mazi ariko ayo maze yamugeraga mu gituza,mbona arose avamo aramaharo,aho ku nkombe ziyo Nyanja harabagaore”Abarozi”bategereje kureba uko umuhanuzi mukuru agiye kubyifatamo.Impamvu yibyo byose byar’isoko “tender”yari agiye guhabwa maze izo nkozi zibibi zibirizamo uwo mugisha kugirango bahabwe iryo soko.

Iryo soko ryari iryo gukora imigati,bararihabwa,nerekwa mbona umuhanuzi mukuru asenga isengesho rimwe gusa,maze mbona uwahawe isoko ananiwe gukora ya migati yagombaga gukora,ahamaga undi ugomba kumufasha,barakora baragije gukora ya migati kubera isengesho ry’Umugaragu w’Uwiteka bariganije ya migati ihinduka amandazi.

AndaziUbwo isoko bari bahawe ryahise rihinduka imfabusa ntibaba bakibonye wa mugisha barwaniraga,nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,imigambi yose yincakura ngiye kuyiburizamo kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe.Aho ku nkombe hari hahagaze bene wabo wa madamu uwitwa Umutesi Burme Aimedo hamwe na Nyina wabo Aimerance.

Ubwo umuhanuzi mukuru yagwaga mu mazi,barasetse cyane kuko ibyamukorewe byari bihwanye nibyifuzo byabo byari mu mitima yabo kuko batamwifurizaga ineza iyariyo yose ariko kandi byarangiye bemeye ko Kristo ariwe Mana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuze!

Nerekwa mbona ndi mu gikombe cy’abakiranutsi munsi yagakondo yabo,nerekwa ko,hubatswe amazu menshi y’ibyatsi,mbona umwe mubanygakondorero ko agiye gukora ubukwe,mbere yuko akora ubwo bukwe yabanje gukoresha za nama zikorwa zitegura ubukwe,nerekwa Malaika W’Imana amanuka ahagaragara kumuryango maze ya nzu y’ibyatsi bari bagiye gukoreramo ubukwe,yatsa ikibiriti arayikongeza.

WeedPKMbona umukwe n’umugeni babuze aho bakorera ubukwe bwabo mbese bakorwa nisoni,ubwo ubukwe babonye yuko kiga citybuburijwemo,barazamuka bajya murutoki rwa gakondo yabakiranutsi rufatanye nagakondo y’umuhanuzi,nerekwa ko,hashinze imbago za gakondo yabakiranutsi kugirango inkozi zibibi zitazongera gukora uburiganya,mbona gakondo yose iteguwe ndetse nerekwa ko,ahahoze har’ubwiherero hahindutse ibiro by’itumanaho,mbona haje abakozi ba KIGALI CITY COUNCIL baje kureba aho igikorwa cy’ubukwe butegerejwe aho kigeze,basanga bamaze kumenamo imbazo zivanzemo nishwagara maze abahanga muri iriyo gahunda bavuga yuko bagomba gutegereza yuko iyo shwagara ibanza kuma kandi ngo izamara iminota (12) ugereranije niyari yatanzwe mbere .

EAC MapNuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urwagasabo rugiye gushya nyamara hasigaye iminota (12) nk’uko wabihanuye kandi nta gisibya ubwo bukwe bugomb agutahwa kuko buri mu mugambi w’Uwiteka Imana dore ntakabuza buzama kumunsi utunguranye abantu badatekereza kuko umukwe azaza gufata umugeni abatunguye kuko yamaze gukwa nta mwenda akibafitiye bivuze ngo umwanya uwariwo wose azaza abatunguye uko niko Uwiteka avuga.

Banyamu.womanNongera kujyanwa mu iyerekwa mbona abanyamurenge bari mu gihugu cyo mu butayu kandi icyo gihugu cyari gifite umwuma uteye ubwoba kuko nerekwa abana babanyamurenge ko bazingiweho umuvumo bamburwa umugisha nyirabayazana n’Intumwa ya Satani Gitwaza Paul wigize Umwami wabanyamurenge nyamara nta matora yabaye yabaye ngo bamutorere kuba Umwami wabanyamurenge.

Nerekwa abagabo (3) barikumwe n’Intumwa ya Satani Paul Gitwaza muri ubwo butayu bugufiya aho yaboheye abanyamurenge akabateza akaga ibyago n’amakuba akabambura umugisha bari bafite kubera kumuyoboka kandi ko yabashyizeho iterabwoba yuko uzamuvaho wese azahura nakaga gakomeye.

seaNerekwa inyanja ituruka mubutaka muri ubwo butayu bari bahagazemo,mbona umwe mubanyamurenge wamupastor wasomye ijambo ry’Ubuhanuzi ahawe gutahura yuko Gitwaza ko ariwe wabateje akaga n’ibyago barimo.Mbona uwo mu pastor avuye muri ya Nyanja aza yerekeza aho ndi,Gitwaza abonye yuko aje ansaga nawe ava mu mazi aza amukurikiye kugirango atanyegera nkamubwira akari imurori.

Babandi (2) bari basigaye bayoberwa ibibaye nabo bava muri ya Nyanja barabakurukira,bageze imusozi Gitwaza atangira kubaganiriza kugirango aburizemo umugambi wo kunyegera kugirango ntababwira imikorere ye uburyo akorana n’imbaraga z’umwijima.Ndebye hirya gato nerekwa banayampinga babanyamurenge mbona bashyizwe mu ishuli ryo kwigishwa uburyo ubwoko bw’abatutsi bukwiye kubaha uwiteka Imana yo mu ijuru.

Abo banyampinga nta barium bari bafite,nibo biyigishaga barangiza bakiha nakaruhuko,haruguru yabo hari nabahungu nabo barimo kwigishwa uburyo ubwoko bw’Abatutsi bakwiye kubaha Uwiteka Imana yo mu ijuru.Ngeregeza kubigisha uburyo bagiye kubatizwa uwo mubatizo kuko batari barigishijwe ibijyanye n’umubatizo wabatutsi bagiye kubatizwa.

Nerekwa abanyamurenge bibisambo bibereye mu mijyi banze gufasha bene wabo basize IMURENGE_RUGURU ahubwo barimo kwinezeza muri mijyi mikuru y’ibihugu bitandukanye byo ku isi yose ,nabo nerekwa mbona abo nabo bahabwa kwinjira mubutayu nubwo bari muriyo mijyi yabo

Mbona baguze amakaramu yo kujya kwandikisha mu ishuli bahawe kwiga iryo abatutsi bose bagomba kwiga kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gitwanza yashatse kwigira Umwami wabanyamurenge ariko byaramunaniye kuko bitigeze bivugwa n’Uwiteka Imana yuko ariwe uzaba Umwami wabanyamurenge.

Kandi arwanya abandi banyamurenga uwari wese ushobora kuzamurwa n’Uwiteka Imana,dore niwe uhagarariye ILLUMINATI mukarer  kibiyaga bigari,yahwe inshingano zo kurwanya umwuka wera kuko ibyahanuwe bivuga yuko ububyutse buzatangirira mukarere none akomeje kurwanya abo Uwiteka azakoresha mu gihe cy’Ububyutse kuko abo aribo bazakoreshwa ibikomeye ibitangaza n’ibiteye ubwoba ibyo byose intumwa ya satani Gitwaza arabizi niyompamvu mu mwaka w’2000 yahanuye yuko Uwiteka agiye gukoresha abo yise za mayibobo “The Remnant” uribuka ko.icyo gihe yavugiye mu nkuru nziza ngo Uwiteka nanjye uzambabarire nzabe ndimo!

Yifuza kuzaba murabo Uwiteka azakoresha ibikomeye ariko kandi ntibizamukundira kuko yamaze guhitamo ubutunzi bw’Isi kuruta  ubutunzi bw’ijuru,kubera iyo mpamvu yisanze yaramaze kwinjira mu gaco kabakozi basatani ndetse yasinye amasezerano na satani kubera irari ry’ubutunzi no gukunda icyubahiro ibyo nibyo byatumye akurwa mu gitabo cy’ubugingo none yahisemo kurwanya abakiranutsi kuko adateze kuzabona ijuru.Iyo niyompamvu arimo gukorera sekibi ashyizeho umwete kuko byamaze kumurangirna uko niko Uwiteka avuze.

Ngaho rero gira umwete wo gutangariza bene so kugirango bamenye ibyo byose nkubwiye kugirango babashe kwirinda uwo mubi na sekibi n’imbaraga ze zose kugirango babashe guhagarara kigabo mu gihe nk’iki cy’imperuka kugirango abazabishobora babashe gukiza ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuze!

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments