Amakuru akomeje kugera ku kinyamakuru inyangeNews aturuka kumugabane w’America,aravuga ko,mu ishyaka ry’Abarepublike abayobozi biryo shyaka bakomeje kurwanya umukandida kumwanya wa Perezida Donald Trump wafashe icyemezo cyo kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu.
Ibyo byabaye mu gihe abayobozi biryo shyaka batari bashyigikiye Donald Trump ko yazabahagararira nk’umukandida wiryo shyaka mu matora azaba mukwezi kugushyingo uyu mwaka wa 2016
Ariko nubwo bamurwanije ntibyamubujije kwiyamamaza ku giti cye kuko niko yatangiye avuga ko,nadashyigikirwa nishyaka ry’Abarepublike aziyamamaza ku giti cye.Abarepublike bamaze kubona ko mubakandinda bari bateganije gushaka amajwi mu baturage babonye ko bashobora kutazatsinda bityo bagenda biyegereza Trump gahoro gahoro kugirango batazakorwa nisoni
Ninako bagendaga bamugambanira banamusebya hirya no hino ariko akanga agatahukana intsinzi.Ariko nubwo bimeze gutyo ntabwo arageza umubare usabwa nishyaka wabazamuhagararira mu matora kugirango abone kwemezwa nishyaka ko ariwe uzahagararira abarepublike mu matora y’umukuru w’igihugu.
Ibyo bikazemezwa mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka wa 2016, abamurwanya bahanganye mu matora balimo CRUZ na KASICH bamaze guhuza umugambi wo kugirango umwe ahari undi amuhe abarwanashyaka be batora umwe muri abo [2] bahanganye na Donald Trump kugirango barebe yuko bamutsinda akava kwizima.
Ariko nubwo bineze gutyo,Uhoraho yavuze yuko Donald Trump azatsinda amatora yibanze yitwa preliminary ndetse akazanatsinda ay’umukru w’igihugu ubwo azaba ahanganye na Hilary Clinton benshi bemeza ko ariwe uzatsinda aya matora ategerejwe mugushyingo.
Nibisanzwe yuko umwanzi Satani arwanya umuntu wese Uhoraho yamaze gutunga agatoki kugirango azamukoreshe iby’imigambi ye,Satani akora uko ashoboye akanyura inzira zose ndetse hari naho bigera umuntu akibwira yuko iby’Uwiteka yavuze bitanakibaye bitewe no kwizera kwa bana b’Abantu gucye.
Ariko iyo gahunda igeze ku isaha yayo,ujya kubona ukabona byabindi byose byahindaga nk’umuyaga birayoyotse!Ukayoberwa uko bigenze naho binyuze uko niko Uwiteka ajya akora kuko nta gihe na kimwe Satani ateze kuzatsinda Uhoraho yabonye akora igihe kirekire Uhoraho yaramwihoreye none iki igihe turimo nicy’Uwiteka Imana itajya inanirwa kuko iyabivuze niyo kwizerwa kandi izanabisohoza.





