June 2, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirmabwira riti,mwana w’umuntu,dore wateje impagarara nyinshi cyane mu ngoma y’umwakagara kuko ahagaritse umutima cyane kubera wamaze kwangiza imigambi ye yo gusenya ubwami bw’uRwanda(Kwica Nyir’uRwanda)inzira yarisigaye kandi yafatwaga nkaho izatanga umusaruro niriya ya Gakwaya Jean Marie bari bamwizeye yuko adashobora gutahurwa none wamushyize ahagaragara kuko Uhoraho yamanuye wa mwuka witwa ‹‹BAGARAGAZA››
Urabe maso cyane kuko umwakagara arimo gukubita agatoki ku kandi ahiga ubugingo bwawe,arimo gutekereza ndetse yanabajije abacurabwenge be,buryo ki bwakoreshwa kugirango abashe kuguta muri yombi woye gukomeza kumuvangira ushyira amabanga ye ahagaragara.Barimo bariga uburyo bwose kuko bakoresheje imbaraga za leta zirananirwa ariko bo bavugako leta itajya inanirwa reka bategure ibyo bategura Uwiteka azakubwira imigambi yabo nibamara gufata ibyemezo.
Ntukangwe kandi ntuterwe ubwoba nawe kuko ar’ibicu bitagira amazi.Ahubwo ushikame cyane kumurimo wa data wo mu Ijuru kugirango uzahabwe ngororano yo mu Ijuru igukwiriye mu gihe gikwiriye uko niko Uhoraho avuganye nawe.Gakwaya arababaye cyane kuko ibanga rye rihishuwe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi kandi akazi ke kararangiye ko kugigira kandi nyamara yaramaze gufata intonorano.
Mwana w’umuntu,dore urugamba surwawe ahubwo nurw’Uwiteka Imana yo mu Ijuru.Uwiteka yavuzeko azirwanirira uru rugamba akaba adakeneye ukuboko k’umwana w’umuntu kugirango icyubahiro kizabe icy’Uwiteka wenyine kuko yarirahiye avuga ko icyubahiro cye atazagisangira nundi muntu uwari we wese niyompamvu yagutoranije kugirango umukorere umurimo mu gihe gisa nk’Iki!
Ubwoko bw’Uwiteka bunyoteye Imana cyane barashaka kurebesha amaso yabo imbaraga z’Uwiteka nugukora kwayo kugirango barusheho kuyizera no kuyikorera benshi bamaze guhumuka amaso yo mu mwuka aho bajyaga babeshwa yuko ngo uyu nuyu numuhanuzi ubu ntabwo bakibeshwa nubwo inkozi zibibi zikomeje kwihagararaho kandi nta mbaraga z’Uwiteka zigaragaza ahubwo bakavuga amagambo gusa.
Nyamara ibikorwa byabo ntabwo bigaragaza imbaraga z’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Nta nubwo umwuka w’Imana ubagaragaraho nibura ngo babashe kuvuga ibigaragara ahubwo birirwa mu marushwanwa na mashyari barwanira icyubahiro bakoresha imbaraga z’Umwijima kugirango bigaragare yuko bafite imbaraga z’Imana nyamara izo mbaraga zabo ntizishobora kugira uwo zikiza ahubwo zirica zikarimbura uko niko Uwiteka avuga.
June 3, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri DR Congo,hari mwene so witwa (PALUNGU) akaba arumusirikare wa Kristo Umwami wabakiranutsi,ari mu kaga gakomeye cyane none musengere kugirango Uwiteka amukorere ibikomeye kandi ubwire nabakiranutsi bose bamusengere kuko amasengesho ya bakiranutsi agira umumaro muri byinshi niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa ryo mu butayu bugufiya ariko ubwo butayu nubwa mbere mbwerekewemo mbona umwuka w’ikinyoma(Ihene)ikigore nikigabo birimo gusomana iyo myuka yombi yari yabuze icyerekezo ihitamo kuguma hamwe maze itangira kwihesha amahoro.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,reba kure yuwo mwuka gato,ntereza amaso ndareba maze mbona intare yo mu muryango wa YUDA yicaye itegereje kureba amaherezo yuwo mwuka w’ikinyoma kugirango ihite iwucakira maze ucirweho iteka.
Nkomeza kwerekwa ibiteye ubwoba,mbona muri gakondo yabakiranutsi barimo gutaburura abantu bapfuye muri 1994 bakajya basanga imibiri yabo itarabora yarumagaye kandi yaritabye mubutaka.
Ibyo kurya byo mu ntambara
Nuko mbona Gen.James Kabarebe yarohamye mu mazi ayo maze yarameze nk’inyanja,mbona abasirikare ayoboye ba RDF bagerageza kurwanira ya ngofero ye kuko yarerembaga mu mazi hejuru ariko bakananirwa kuyishyikira.Nuko mbona haje Gen.Kayumba Nyamwasa arunama akurura ya ngofero agirango arakiza James Kabarebe ariko asanga ni ngofero yonyine arayifata arayambara kumutwe abayirwaniraga barangiza intambara gutyo.
Ariko rero ntutinye kandi ntukuke umutima ahubwo wizere data nanjye unyizere kuko turikumwe nawe turaza aho uri tubane nawe kugirang ubashe kugira umutekano uhagije maze urangize umurimo wahawe na data kugirang ubwoko bwanjye bumenye ukuri maze bubaturwe niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ndi kumusozi hejuru ndimo kumanuka ngeze hasi yuwo musozi mpasanga inkozi zikibi ziyitirira ijambo ry’Uwiteka maze zindabutswe zihita zihunga ziratatana,maze ako kanya ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umusozi umaze ho igihe kirekire uwumanutseho kandi dore abiyitirira ijambo ry’Uhoraho bakozwe nisoni kuko ibyabahuriweho bibasoyeho uko niko Uwiteka avuga.
Bazategereza amasezerano mucyimbu cy’umugisha bazabona umuvumo kuko bakunze gukiranirwa kurusha gukiranuka bagendeye mu nzira za Balaam banga kwizera no gukomeza inzira z’Uhoraho no kugendera munzira ze nk’uko ababyeyi babo bagendanye n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Bakunze intonorano kurusha gukunda Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko niwe nkomoko y’imigisha yose ifite amahoro mu bugingo bw’umuntu idatera kwicuza mu mutima niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ingufuri [3] zikomeye cyane zikurwaho ubwo nari maze amasaha [18] mu masengesho yo kwiyiriza no gusenga Imana maze ijambo rirambwira riti,reba inzitizi zikuweho zari ziri imbere yawe nubwo umwakagara nabambari be barushejeho gukaza umurego wo kuguhiga bahiga umuyaga ese umuntu ahiga umuntu atazi aho aherereye?Niko Uwiteka abaza.
Maze ndabwirwa ngo,dore ukwezi gushize ntawahembwe none uku kwezi urahembwa imishahara yawe yose uko aramezi [2] kugirango umenye yuko Uhoraho ariwe utegeka Ijuru n’Isi kandi ukomeze imirimo yawe ntukangwe nizo nkozi zibibi kuko Uhoraho ari kuruhande rwawe uko niko Uwiteka avuga.