Home News Inkozi z’ikibi zihagaritse umutima bikomeye kubera umuntu wimitswe n’Uwiteka!?

Inkozi z’ikibi zihagaritse umutima bikomeye kubera umuntu wimitswe n’Uwiteka!?

0

Ubusanzwe abagore bazwi mu ijambo ry’Imana (Bibliya) kurwanya umugambi w’Imana uhereye kuri Adam na EVA.Abagore Bahagurukiye Perezida Donald Trump.Tekereza kuba umuntu yaratsinze amatora,akanarahirira kuba umukuru w’igihugu,ariko inkozi z’ibibi na nubu zikaba zikomeje kurwana urwandanze nyamara baratsinzwe ruhenu ubudasubirwaho.abagore bari mu mubare mwinshi ugera kuri 95% barwanya ubushake bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo!

Imbaga y’abantu biganjemo abagore barakora urugendo mu mihanda y’umujyi wa Washington D.C umurwa mukuru wa Leta zunze ubumwe z’Amerika.Bambaye ingofero z’ibara ry’iroza kandi bitwaje impapuro zanditseho amagambo yumvikanisha ibyo baharanira.Kuri iyi taliki ya 21 y’ukwezi kwa mbere umwaka wa 2017, abigaragambya barakomeza urugendo berekeza kuri Perezidansi y’Amerika.

Iyo myigaragambyo ibaye umunsi umwe perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yaraye arahiye. Ni umuhango witabiriwe n’abantu ibihumbi amagana i Washington.Abayiteguye n’abayitabiriye, barashaka kugeza ubutumwa kuri Perezida Trump ku munsi we wa mbere k’ubuyobozi.

Abateguye urugendo rw’abagore biteze abandi bantu ibihumbi amagana bo kwamagana ingamba za perezida no guharanira uburenganzira bw’abagore.Abigaragambya baravuga ko amoko, uburinganire hagati y’abagore n’abagabo, ubushobozi bwo kwivuza kuri bose, n’uburenganzira bwo gukuramo inda, ari uburenganzira bwugarijwe, ku buyobozi bwa Trump.

Abateguye urugendo bavuga ko andi matsinda 673 ateganya urugendo nk’urwo mu mpande zose z’igihugu cy’Amerika n’ahandi mu mpande zose z’isi. Aho ni mu mijyi minini nka New York, San Francisco, Londres, Berlin, Sydney na Nairobi.Abateguye imyigaragambyo y’i Washington DC bavuga ko yitabiriwe n’abantu bagera ku bihumbi 500.

Impamvu yizi ntambara zose,ni uko abasatiniste bagiye kubura aho bakorera ibikorwa byabo mu gihe cyose Trump azaba ari kubutegetsi.Kandi akaba agiye gukorera abanyagihugu kuburyo abazamusimbura bazagira ikibazo gikomeye cyane igihe bazaba bashaka kongera gukora ibinyuranye nubushake bw’Abaturage b’America azaba amaze kugeza kumajyembere ndetse ababashishije kwiteza imbere mu gihe abandi bayobozi bose ndetse barimo na PaPa Francis bakomeje kwamagana president w’America witorewe na baturage.

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar