Niyompamvu nisigarije uzamukura ku ngoma kugirango amenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana yabakiranutsi,kandi ko ari we utegeka gakondo ya bakiranutsi idategekwa n’umwana w’umuntu,kubera umugambi ukomeye Uhoraho afitiye ubwoko bwe,kuko yabonye bufite umutima wo gukiranuka nubwo bwahuye namasega akaba ariyo aziragira yiyitirira kuba abashumba bintama zanjye kand ahubwo ar’ibirura namasega byazanywe no kwiba no kwambura no kuragira izo batoroye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga!
Njyanwa mu iyerekwa mbona habayeho umutingito ukomeye wo gukuraho Umwakagara na bambari be,maze mbona haraswa ibisasu bikomeye byateraga umutingito maze umuntu uryamye kugitanda kikamukura aho kiri kikajya kizenguruka mu cyumba aryamyemo kubera umutingito wa za bombe ukomeye cyane.Hazabona ishyano abagore bazaba batwite,nabazaba bari kubise kuko uwo munsi bazicuza cyatumye bavukira mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!
Nerekwa abaganga bakoraa mu bitaro bakora ubutaruhuka,gahunda yo gukora bisanzwe yo kujya amazamu,ntabwo yarikiriho,ahubwo bakoraga 24/7 kubera inkomere nyinshi cyane z’Umwakagara mbona bahamagaye na banyeshuri batararangiza muri KHI biga ibijyanye niby’ubuganga bahabwa akazi kuko umubare wa baganga ntabwo waruhagije ugereranije ni nkomere zabasirikare bazanaga kuvurira mu bitaro!
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu bigiye gukomera cyane,kandi nubundi byakomeye kuko umwanzi wa bakiranautsi(Umwakagara)ageze ku iherezo,kandi igihe cye kikaba kirangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ube uretse kubwira abashaka kwinjira mu ngabo z’Uwiteka Nyiringabo ngo bajye kumashana ningabo zabadayimoni z’Umwakagara zigiye gukurwa ku ngoma.Kugirango mubanze muvugane nabayoboye urugamba niba koko bagiye guharanira isubizwaho ry’ingoma y’ubwami bw’uRwanda,kandi bazakwereke ibimenyetso cyangwa za gihamya zerekana ubufatanye hagati y’ubwami ni ngabo za RNC kugirango ubwoko bw’Uwiteka bwemererwe gushyigikira uwo mushinga wo gukuraho Umwakagara wababereye umuvumo aho kubabera umugisha uko niko Uwiteka avuga!
Njyanwa mu iyerekwa mbona abana bakomoka k’Umwakagara,barimo IVAN,ANGEL,na bucura bwabo,mbona barokoka intambara igiye gukura Umwakagara ku ngoma,maze intambara irangiye mbona batangiye gucuruza za bombo cyangwa (sweety) ubuyobe cyangwa ubunyobwa bukaranze babucururiza kumuhanda hamwe na za mayibobo maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore bariya bana bibwira yuko bazakomeza kubaho neza kandi ntaho bazahurira na bakene ariko babwire ngo uku niko Uwiteka avuga.
Dore ubutunzi bwanyu muzabwamburwa buhabwe abandi bataburuhiye nkuko ijambo ry’Uhoraho ribivuga yuko ubutunzi bwabanyabyaha buzahabwa abakiranutsi bataburuhiye kugirango bimenyekane yuko Umuhanuzi yarabarimo.Kandi yuko Uwiteka ari we Mana yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nerekwa aba General bakorana n’Umwakagara batangiye guhungisha imiryango yabo mbere yuko amatora aba cyangwa mbere yuko intambara itangira kuko bazi neza yuko ari nta matora ahari muri Kanama 04,2017 ahubwo ko amatora azasimburwa ni ntambara igiye gutangira vuba bidatinze!Mbona abanyarwanda batinya kwigaragaza yuko bazagira uruhare mu matora y’umukuru wa gakondo ya bakiraanutsi kuko bamaze kubona yuko ari nta matora ahari kuko nimyiteguro yayo babona yuko ari ntayihari uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.