Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu gihugu cy’UBWONGEREZA,haravugwa inama yahuzaga igihugu cya KENYA,n’ubwami bw’uRwanda yitiriwe iyumutekano w’igihugu cya SOMALIA yaraye irangye.Uyu munsi taliki ya 11 gucurasi,2017 mu gihugu cy’Ubwongereza habereye inama yigaga kumutekano wa SOMALIA,ariko bikavugwa yuko nyuma yiyo nama yigaga kumutekano wa SOMALIA,hakurikiyeho inama yo kwiga itahuka ry’ubwami bw’uRwanda kubufatane bwa Kenya n’Ubwongereza.
Habaye inama yahuzaga igihugu cya Kenya,n’igihugu cy’Ubwongereza bigaga ku mutekano w’igihugu cya Somalia.Ariko bikavugwa yuko ngo,iyo nama yarihishe guhura kwa Uhuru Kenyatta n’Umwami w’uRwanda YUHI VI warurikumwe na “Chancellor Boniface Benzinge” aho bari baje kuvugana na Uhuru uburyo yabatera inkunga mu gucyura ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga.
Igihugu cy’Ubwongereza nicyo cyateguye iyo nama kugirango gihuze aba bayobozi bakuru bo kurwego rw’igihugu,murwego rwo gukuraho Umwakagara wigize indakoreka akiha gusuzugura abamushyize ku ngoma.
Twibutse yuko igihugu cy’Ubwongereza ari cyo cyashakiye abasomali umutekano nyuma y’imyaka [20] igihugu gitegekwa na bandi yitwaje intwaro yitwa AL-SHABBAB.Ikindi twakwibutsa ni uko igihugu cy’Ubwongereza ari cyo cya cyuye ubwoko bw’Imana bwa Israel nyuma y’intambara ya ll yisi yose muri 1948.
Ubwongereza n’igihugu kigihangange gikunze kwita kubuzima bw’abanyafurika nyuma yo kurekura ubwigenge muri bimwe mu bihugu bakolonije.Kandi uwo gishyigikiye byanze bikunze akurwa kubutegetsi.Twakwibutsa yuko USA,UK,na Israel ari bo bashyigikiye abatutsi bari bayobowe n’Umwakagara mu myaka [23] ishize bakabona igihugu ariko Umwakagara akaza kuba umunyagitugu mu buryo butari buteganijwe ku buryo byatunguye ibihugu byamushyigikiye ari nayo mpamvu bashyize ukuri ahagaragara kubijyanye na genocide yakorewe abanyarwanda mu Rwanda ko yakozwe nagatsiko kabicanyi ka RPF.
Igice cya [1-3] cy’ubuhanuzi cyivuga ko,ishyanga ryamaze kimwe cya 1 ⅓ ritagira ubutegetsi ko ari ryo rizacyura ubwami bw’uRwanda.Iryo ntarindi ni rya ba “SOMALIA” bitiriwe inama y’umutekano,ariko igamije gucyura ubwami bw’uRwanda.Ngayo amabanga y’ubuhanuzi agenda ashyirwa ahagaragara iyo igihe cyayo kigeze kugirango mudakomeza kujijwa ntimumenye ubusobanuro bw’ubuhanuzi kandi mukwiye kubumenya.
Hari byinshi byashyizwe mu marenga bifite imvugo izimije,ariko mu minsi ya vuba muzagenda mugezwaho ubusobanuro bwa byo,kugirango murusheho kumenya ibanga ry’ubuhanuzi ryahanuwe n’Umuhanuzi “Majeshi AINESHA Leon” wahumekewe n’umwuka w’Imana kubw’ubuntu bwa Kristo Umwami Yesu Kristo Umwami wabakiranutsi.
Igihe cyo gushyira iryo banga ahabona cyangwa ahagaragara kikaba kigeze,iki akaba ari cyo gihe,kugirango mumenye yuko ibyahanuwe n’umwuka w’Imana bigeze mu marembo yirango rya gakondo ya bakiranutsi.Ahandi havuga ko,perezida ROBERT MUGABE wa ZIMBABWE azatanga Umwakagara kuva kubutegetsi.Amakuru dufite afite za gihamya avuga ko,Mugabe yajyanywe mu bitaro ku wa kabiri arembye cyane ashobora rero guhita yitaba Imana kugirango ubuhanuzi busohoze umurimo wabwo.Ahandi [1-3] havuga ko,republika yikinyoma y’uRwanda itazongera kubaho ko,izasimburwa nubwami bugendera ku itegekonshinga.
Bukomeza buvuga ko,abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bibwira yuko bazongera gutegeka kumwanya wa perezida wa republika,batazongera kubona ubutegetsi.Ariko bashobora kuzategeka mubwami kumwanya wa minisitiri w’intebe ariko hejuru ye,har’ubwami bureberera abaturage,ariko ibya perezida nta bizongera kubaho niyompamvu Nahimana Thomas washinze leta ikorera mu buhungiro hamwe na General basubizo amerwe mu isaho kuko perezidansi itazongera kubaho uko niko Uwiteka Nyiringabo yavuze,kandi azasohoza ijambo rye nkuko yabivuze!
Ibyo mu gihe birimo gukorwa,amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya,avuga ko,abatavuga rumwe na leta ya jubilee iyobowe na Uhuru Kenyatta hamwe nicyegera cye William Samuei Ruto,ko ngo mu minsi yashize ubwo buri shyaka ryandikishaga abantu baryo barishyigikiye.Umutwe wa NASA wandikishije abaturage benshi kurusha jubilee iri kuri leta.
Amakuru afite gihamya agera ku inyangenews,avuga ko,NASA yashoboye kwandikisha abaturage bagera kuri miliyoni 10 z’abaturage bazatora mu matora y’umukuru w’igihugu hamwe nizindi nzego za leta.Jubilee iri kubutegetsi ikaba yarandikishije abagera kuri miliyoni 9 muri muliyoni [19] zizatora mu matora ya bayobozi bakuru b’igihugu cya Kenya.Twibutse ko ubusanzwe abaturage batuye icyo gihugu bagera kuri miliyoni [42] na moko [43] utabariyemo abanyarwanda bajyanyeyo mu gihe cyabakoloni na nubu batarahabwa ubwene gihugu bwa Kenya.
Amakuru yaraye atangajwe nigitangaza makuru cyo muri icyo gihugu NTV,cyataganje ko,komisiyo yigenga ishinzwe amatora,ko yatahuye miliyoni [2.5] z’abanyaKenya bahoze bakora muri leta,bajyaga batora kandi barapfuye uhereye igihe icyo gihugu cyaboneye ubwigenge.Iyo komisiyo iyobowe na Wafula CHIBUKATI yatangaje ko,bagiye guhanagura(clearing) amazina yose yajyaga akoreshwa mu matora ya bantu bitaby’Imana kugirango uzatsinda amatora ateganijwe azabe yatsinze koko hatabayemo kwiba amajwi nkuko byari bisanzwe.
Ikindi kidasanzwe cyivugwa muri ayo matora,ni uko amajwi azabarirwa mu ntara,ku buryo yaba abahagarariye leta cyangwa opposition bazabasha kumenya amajwi bagize mbere yuko bitangazwa na komisiyo ishinzwe amatora ya IEBC ihagarariwe na CHIBUKATI uhagarariye IEBC nka chairman, na CHILOBA akaba umuyobozi mukuru nka CEO bakaba baratangaje ko batazabera ahubwo ko uzatsinda amatora ari we uzatangazwa.
Kuri uyu mugoroba wa 12 werurwe,2017 kuri NTV,hatangajwe ko,MOMBASA ku kucyambu cyaho hamaze kugera toni ibihumbi [30,000] by’ibigori byatumijwe na leta,zivuye muri MEXICO,leta ya Kenya yatangaje ko,banatumije isukari na mata bituruka hanze,kuko ubussanzwe batajaga bemerera abacuruzi baturutse hanze kuzana ibicuruzwa byabo,ariko ngo ubu bakaba bashobora kwemerera ibicuruzwa byo hanze kuko ngo ubuzima burimo kurushaho gukomera kubera ubukungu bwicyo gihugu bwaguye hasi cyane kubera leta ya jubilee iyobowe na Kenyatta yashyize imbere ruswa ikaba ari nta cyo yamariye abaturage.
Abakurikiranira ibintu nibindi muri politike yo muri icyo gihugu,biravugwa ko,umutwe wa politike wa NASA ufite [70%] byabanyagihugu,naho jubilee ikaba ifite [30%] byabazabatora mu matora ateganijwe muri kanama taliki ya 08,2017.Bikavugwa ko,ngo barimo kugerageza kwereka abaturage ko ikibazo cyizamuka ry’ubuzima barimo kurikurikiranira hafi.Ariko abasesenguzi muri politike bavuga ko ngo jubilee irimo gushaka guhuma amaso abanyagihugu kugirango bizagere mu kwa munani nibura bizeye yuko bazatsinda amatora usibye ko bikiri kure nk’ukwezi kuko toni ibihumbi [30] zidashobora no guhaza umurwa mukuru wa Nairobi utuwe na miliyoni zigera kuri [4] zabaturage.
Perezida M7 we,ngo yaba agiye kurekura ubutegetsi nyuma yahoyakoreye amatora akavuga ko yatsinze uwo bari bahanganye Dr.Col.Kiza Bisigye nyamara ayo majwi akaba yaratangajwe Kiza Bsigye ari muri gereza.Ibyo byatumye perezida wa America Donald Trump atangaza yuko nagera kubutegetsi ko azafunga Museveni ubuzima bwe bwose akaburangiriza muri gereza kubera gutegekesha Uganda igitugu no kuba yaribye amajwi mugenzi we Kiza Besigye.
Trump amaze gutsinda amatora yahise asinyura amasezerano America yagiranye na Uganda yo guhiga inyeshyamba za LRA ziyobowe na Joseph KONI.America yatangaje yuko KONI atagihigwa na leta zunz’ubumwe z’America ubu akaba yidengembya.Ibyo byahise biha igisubizo leta ya NRM iyobowe na Museveni umaze kubutegetsi imyaka [31] ategeka icyo gihugu uhereye mu w’1986 kugeza magingo aya.
Undi ushyirwa mu perezida wavuzwe kuzafungwa ubuzima bwe bwose,ni perezida wa ZIMBABWE Robert Mugabe ushobora kwitaba Imana mur’uku kwezi ubu twandika iyi nkuru bivugwa ko yajyanywe mu bitaro arembye cyane ku buryo ashobora kwitaba Imana umwanya uwari wo wose nubwo gereza yari imutegereje.
Igitangaje cyane ni uko abanyagitugu bavugwa Umwakagara atagaragaramo,ndetse bakaba batamuvugaho ibyiza cyangwa ibibi kuko bazi yuko agira urusaku ibyari byo byose bazamungura kuko burya ngo nuhigimye aba avuze!Naho Kabila yahise gutanga ubutegetsi no kwemera ko hashyirwaho leta yimfata kibanza igiye gutegura amatora nyuma yuko hatahuwe ibyobo bigera kuri [42] byajugunywemo abaturage bishwe nubutegetsi bwa Kabila bazira ibitekerezo byabo ndetse na ONU ikaba yaramaze gukora iperereza cyangwa amatohoza yemeza ko abo baturage bishwe na basirikare ba Joseph Kabila usigaje amezi [7] ngo ave kubutegetsi.





