HomeNewsDIANE Rwigara bagiye kumubamba!!? N’aho Gen. Kayumba Nyamwasa mu bihugu byabarabu...

DIANE Rwigara bagiye kumubamba!!? N’aho Gen. Kayumba Nyamwasa mu bihugu byabarabu gushaka inkunga.

May 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa gutambagizwa muri gakondo yab.akiranutsi,mbona abanyamahanga bahakorera batangira gufunga ibintu byabo bavuga ko,mu gihugu hagiye kuba intambara itewe n’Umwakagara wanze kuva kubutegetsi kuneza ngo arashaka ko azakurwaho n’intambara wagirango abanyarwanda bamuhaye umwanya wo gutegeka igihugu batinya intambara.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara akuwe ku ngoma;kandi asimbuwe n’Umwami w’uRwanda YUHI VI wavuzwe nijambo ry’ubuhanuzi ryahanuwe n’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona uwahoze ar’umufasha w’Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,Murekatete Odette arwariye mu cumbi aho acumbitse mu gihugu cy’ibabylon aje azanywe no guhiga no kugambanira uwahoze ar’umutware we Leon.

Mbona njya kwa muganga ngo mushakire uko yavuzwa,ariko ngeze kwa muganga nsanga aganga kazi bose bahakora ari za magigiri zivanzemo na bega Kazi bashinzwe kuroga no kwica abatavuga rumwe na leta yabo.Uwo nageragaho yangaga kumpa imiti yamuvura ahubwo akampa ‘PAIN KILLER’ngo zo kumworohereza.

Mbona barimo kumukurira imva ya hantu mu busitani bwiza,ngo aho ngaho akaba ariho bashyinguye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Odette hamwe nizindi za magigiri bamaze kubaha utuzi twa Munyuza kugirango babanyuze iyubusamo.

Kuko agatsiko ka leta ya bega bamaze kubona ikurwa ryabo ku ngoma,kandi ntibashaka umuciville wese bakoresheje umurimo w’ubwicanyi nubugambanyi bita ko,ariwo murimo wubutasi ko bazabashinja murukiko rwamaze gushingwa nibihugu by’ibihangange kuzaba abagabo bazatanga ubuhamya kugirango batazabona ababashinja bagakatirwa burundu bakazahera mu nzu y’imbohe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko nta matora ahari muri gakondo ya bakiranutsi,yateganijwe kubashaka kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu.Uwanyerekaga arambwira ati,mwana w’umuntu,nk’uko ijambo ry’ubuhanuzi ryavuze,muri gakondo ya bakiranutsi nta matora ahari nyamara banyarwanda benshi ntabwo bari kubyemera cyangwa kubyizera niyompamvu abenshi bazatungurwa bakarimbuka kubera gusuzugura ijambo ry’Uwiteka Nnyiringabo ryababuriye ariko bakanga kumvira ngo bakize ubugingo bwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho kandi rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega amatwi wumve ibyo abasore bo muri gakondo ya bakiranutsi bavuga.Ntega amatwi numva bavuga ngo uwabaha kurongora Angel Kagame maze bakirira ubutunzi bwa se yakuye mu maboko ya banyarwanda hamwe naba Congoman.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abantu baragoye,kuki bifuza ubutunzi burimo uburiganya bwo gukiranirwa no kumena amaraso?Uko niko Uwiteka abaza!Ese Uhoraho baramwizeye abima ubutunzi bukwiriye?Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!Dore bazarimbuka kubera kwifuza ubutunzi butaturutse mu kuboko k’Uwiteka Nyiringabo kandi bizabazanira kurimbuka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi,utujojoba dutangiye kugwa,gahoro gahoro.Nerekwa mbona inzu(Igihugu)yasenyutse impande ni mpande zaho zose,abayituyemo badashobora kubona aho bikinga ngo batanyagirwa.

Mbona abagore batuye muriyo nzu (Idini) bimunyamunya ngo biking imbeho,ariko bikanga.Mbona abagore bo mu ntara bafite umushiha cyane kurusha abari mu murwa mukuru w’Iyerusalem.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tangariza abanyagakondorero uti,birarangiye kuko havugijwe impanda ya nyuma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The Rhema word comes from heaven called COSPRACY unto me, according the research I did, it means…a secret plan by a group to do something unlawful or harmful.”a conspiracy to destroy the government””a conspiracy to manipulate the results”the action of plotting or conspiring.”they were cleared of conspiracy to pervert the course of justice”the action of plotting or conspiring.

“they were cleared of conspiracy to pervert the course of justice”late Middle English: from Anglo-Norman French conspiracie, alteration of Old French conspiration, based on Latin conspirare ‘agree, plot’ (see conspire)bigeze kumugoroba nsanga umwega Kazi witwa Beatrice Abandi Manzi yahamagaye telephone zanjye akoresheje private number,arongera bimwanga munda akoresha numero zigaragara zidahishe.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko abega umuvumo urabaremereye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore numero za tel:yakoresheje 0015143295588 Canada

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bakomeje kugukorera ubugambanyi.Kandi siwowe gusa ahubwo nabakunze gukiranuka bose barimo kubagambanira kugirango babace ibihanga.Nuko rero wigumire murutare maze utegereze yuko zibanza kugenda ubona kujya kumurimo wa data uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho kandi ryongera kungarukaho,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bamaze kwangiza mu nzira aho wanyuraga bamaze kuhituma(Inzitizi) cyangwa guhambirwa,nuko rero wirinde cyane kugirango utagwa mu mutego wizo nkozi z’ikibi zamaze kugambirira guca igihanga Umugaragu w’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore muri gakondo ya bakiranutsi abahoze arabacuruzi ba za bank barahombye,aho bank zakoreraga bahahinduramo utwumba twabacuruzi batoya bacuruza ubuconsho kubera ubusambo bwa bega bibwira yuko gukenesha abanyarwanda ariho bazabategeka ubuzira herezo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Gen.Kayumba Nyamwasa ajya gushaka inkunga mu bihugu by’abaislam ngo bamufashe bamutere inkunga mu ntambara agiye kurwana yo guhangana n’Umwakagara.Ariko mbona kuzabona inkunga bimugoye cyane kuko yanze kwifatanya nubwami bw’uRwanda yibwira yuko afite amaboko akomeye we na RNC yuko bashobora gukuraho Umwakagara abanyarwanda batabigizemo uruhare.Wagirango urwagasabo nakarima kabo bironkeye kadafite banyirako.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira ngo,uhiriye mu nzu,ntaho adapfunda imitwe,mureke agerageze arebe yuko byazamukundira atazagira icyo yitwaza.Kugirango ijambo ry’Uhoraho ibyo ryamuvuzeho bizamusohozeho nta gushidikanya agifite mu mutima we,aho yari kuzavuga ngo,sinamenye irabanza icyo nakoze igaheruka.Icyo gihe noneho namara kuburirwa azamenya yuko Uwiteka avuga akanakora uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nerekwa umuryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol uri mukaga gakomeye kubera umukobwa wabo wafashe icyemezo cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu cya gakondo ya bakiranutsi.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bagize ubwoba bukomeye barimo kwiga uko baca igihanga cy’Umwali “DIANE SHIMA RWIGARA”wafashe icyemezo cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu kugirango atabare abanyarwanda abakure mukaga gakomeye bashyizwemo na FPR.

Ariko kuko ari nta matora ahari,kandi abakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu bazahangana n’umwana w’umwega (Umwakagara)utegetse igihugu imyaka [23] nta cyo yamariye abaturage,niyompamvu balimo kwiga uko bagenza uwo mwali nubwo bazi yuko uhagarariwe ‘NINGWE’atabura kuvoma,ariko bagiye gushaka uko uwo muryango bawubamba cyangwa bawumanika usibye bitazaborohera gupfa kubigeraho,kandi nibabigeraho bazaba bakomye imbarutso kuko ako na kagori babateze kugirango haboneke intangiriro ryirimbukiro rya bega uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe uraje kandi uje vuba byihuse kugirango ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rishyirwe mu bikorwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanya-GITARAMA biyonkora ku bega,nyuma yo kubona yuko ubwami bwabo busenyutse kugirango batazafatanya icyaha bakazajyana hamwe murukiko rwa bega rwamaze gutegurwa nbihugu bikomeye ndetse banashatse na bacamanza bazakora muri urwo rukiko hasigaye kuzabatangaza amazina ubwami bw’Umwakagara bukimara gukurwaho.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burya wabonaga inshuti zawe z’abanya-GITARAMA zirimo MUNYANEZA EMMANUEL na CLAUDE nuko bari bamaze kugira ikizere cy’ingoma ya bega ikomoka iwabo igitarama bari bamaze kubona ko bakamiwe amata yamarindiro ni ngoma ya bega niyompamvu mu murwa mukuru w’Ubuphilisitiya (KAMPALA) bahise bahindura abanzi bawe kuko bari bamaze kumenya yuko utemera ingoma ya bega nyamara bibagiwe yuko kuba mwali muhujwe n’ubwami bwa ‘KRISTO’ byarutaga guhuzwa ni ngoma ya bega uko niko Uwiteka Nyirngabo abivuga.

Burya na Hodali w’Igisenyi muri “Restoration Church” nawe n’umwega niyompamvu yaciriweho iteka,nubwo yigiraga mwene so,ariko nawe ari mu bagambanyi b’abega kandi bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ibibi zohereza imbaraga z’umwijima zo kugirira nabi Umuhanuzi Kazi.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigambiriye kurimbura ubugingo bw’Umuhanuzi Kazi (Deborah) kugirango akurwe mu isi ya bazima.Kuko kubaho kwe,bibabangamiye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa uwo Muhanuzi Kazi,ajyanwa mu mazi menshi yikidendezi (SWIMMING POOL) mbona arimo kucyogamo,maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ukwiye kuba maso kuko abanzi bumusaraba bamaze kugambirira kugirira nabi uwo Muhanuzi Kazi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore NYIRANDIRIRIMA arapfuye kandi ararimbutse kuko yamaze gucirwaho iteka n’umwuka w’Imana kuko yatutse umwuka w’Imana,kandi ijambo rivuga ko,uwatutse umwuka w’Imana yaba muri iyisi,cyangwa izaza atazababarirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Marko 3:20ibyo gutuka umwuka wera” “ariko umuntu wese utuka umwuka wera, nta bwo azababarirwa rwose, ahubwo aba akoze icyaha cy’iteka ryose.”

Mathayo 12:32 umuntu wese usebya umwana w’umuntu azababarirwa,ariko usebya “UMWUKA WERA” ntabwo azababarirwa n’aho haba mu gihe cya none,cyangwa mu gihe kizaza ntabwo azababarirwa(Mukandirima Odette) aciriweho iteka  kubera gutuka umwuka wera hamwe na bega gatinyutse gusebya umwuka w’Imana ukorera mu Muhanuzi umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo  uti,nibyiza kwitwa umukiranutsi,kurusha kwitwa umukirisitu kuko bigira umumaro mu bugingo bwo gukiranuka kandi bigakomeza abagambirira gukomeza urugendo rwo mu Ijuru uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nongera kwerekwa umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore umugisha uraje(Fruits)kugirango Uwiteka akomeze isezerano yagusezeranije kandi umenye yuko imbaraga ze zitagira itangiriro niherezo.Kandi nabakurwanya bamenye yuko Uwiteka Imana yawe ukorera ifite imbaraga nububasha kubatuye mu isi ya bazima hamwe na bega bibwira yuko ngo Imana bayirashisha Ikombora rya “ARAPIGI” nyamara ibyo byose babiterwa nuko Uwiteka yabaretse batera imizi ikamera yarangiza igashora bakagubwa neza.

Ibyaha byose bakoze,nta bwo bigeze babihanirwa ahubwo bafashe ubutabera bwa bantu mu biganza byabo bibwira yuko ntaho bazahurira nabwo kuko bumvaga ko;isi yose ibashyigikiye kubera ikinyoma cya genocide bakorsheje bakagicururza bakitwa intwali zahagaritse genocide kandi ari bo bayiteje.Nyamara ubutabera bw’Uhoraho buri maso kandi bwamaze kubaciraho iteka kugirango bamenye ko,kugira imbaraga za bantu nta cyo byabamarira.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo bantu baciriweho iteka bakivuka,kuko bahorana uburyarya numutima mubi,nicyo gituma batazabura gusarura aho babibye kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yabaciriye urubanza rutabera,kandi nabo barabizi yuko bakwiye gucirwaho iteka kuko ibyo bakoze na bugingo nubu,ntabwo bigeze bihana ahubwo bakomeje gukiranirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 13, 2017 nyanwa mu yerekwa mbona RNC ahantu ikorera imyitozo muri Africa y’Epfo,aho hantu nta musirikare ushobora kuhatoroka mu gihe yaba aremerewe nimyitozo,kandi ntabwo za magigiri zishobora kuhacika izaba zaraje kugigira kuko nimubutayu bwa kure y’umurwa na mashyamba ya kure kuhacika biragoye cyane.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore IMVEJURU zirimo kwitoza nizirangiza zijye gutera Umwakagara,ese buriya IMVEJURU zizafata gakondo ya bakiranutsi?Cyangwa bazauhira ubusa nkabasambanyi bakoresha condom?!Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Nuko rero abashaka kujyana ni IMVEJURU mujyende mujye kwifatanya nikinyoma muzi yuko amaherezo yanyu muzahembwa ikinyoma ntimuzavuge ngo nti mwabwiwe kuko Gen.Nyamwasa atarikumwe nubwami agiye wenyine kandi muzi yuko RNC yavumwe nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubwo rero ntimuzigere mushaka kuba abanyamugisha kandi mugiye muwusize inyuma kuko Umwakagara atazakurwaho na General nkuko nabibabwiye cyera,kandi nubu nkomeje kubibabwira ahubwo Umwakagara azakurwaho n’ijambo ry’ubuhanuzi Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka yavuze!

Nerekwa ihuriro rya politike ryo mu gihugu cy’Ibabylon ryitwa NASA,ritsinda amatora,ijambo ry’Uwiteka rirambwira iti,mwana w’umuntu,leta ya Jubilee irigukora ibishoboka byose ngo yigaragaze neza mu baturage ariko nta bwo bizashoboka kuko yamaze gucirwaho iteka nubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abagore uti,mushaka yuko abatware banyu babubaha,ariko mwebwe ntimububahe.Kandi muzi yuko umutwe wa Kristo ar’Imana,Kristo nawe akaba umutwe w’umugabo,umugabo nawe akaba umutwe w’umugore.Nuko rero dore abatware banyu babivumbuyeho kubera yuko mwanze kubahiriza ijambo ry’Uwiteka ryanditswe muri Effeso 5:23 none nimutaba maso muraza gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Kubagabo ni muri MALAKI 2:10

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uburira abadamu babyarira kwa muganga,basengere abana babo amasengesho y’iminsi [3];batarya batanywa kubera inkozi z’ibibi zatwaye inda ya nyuma ya bana babo bajya kuyiha Satani kugirango babaterekerere abana bazakure bubaha Satani aho kubaha Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Save

Save

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments