HomeNewsImyitwarire ya Marie Claire KIBUKAYIRE,ntimwemerera kuba mu nteko y'ubwami bw'uRwanda!!!

Imyitwarire ya Marie Claire KIBUKAYIRE,ntimwemerera kuba mu nteko y’ubwami bw’uRwanda!!!

Amakuru avuga ko,Claire wabaye inshuti ya Gen.Nyamvumba Patrick bakaba baramaranye igihe kitari gito,kuko yari yizeye yuko azamurongora ariko biza kutamuhira nk’uko yabyibwiraga.Yaje gushakana n’umugabo mu Rwanda babyarana abana [3] arangije aramuta yigira muri America,aho ubu yashatse undi mugabo w’Umwirabure ariko na byo akaba nta wakwizera yuko bazabana ngo barambane kuko ahora ahinduranya abagabo nkuhindura umwenda yambara.

Uwo nguwo ngo niwe Gakwaya ashaka ko amusimbura mu nteko y’ubwami bw’uRwanda.Ubusanzwe umuntu ukwiye kujya mu nteko akwiye kuba ar’inyangamugayo kandi akarangwa nubupfura. Uyu Marie Claire bikaba bivugwa ko,yaba atari umukobwa w’umuhungu wa  Rwigemera wahoranye n’Umwami w’uRwanda.Umuhungu we akaba aba mu gihugu cya Norway cyangwa Norvege.

Abamuzi neza bashidikanya yuko yaba atar’umukobwa w’umuhungu wa Rwigemera ariko Claire we avugako ngo ari princes umukobwa ukomoka ku gikomangoma cyahoze mu nteko y’ubwami bw’uRwanda.Bikaba bishidikanywaho ko,yaba ataruwe kuko ntamakuru afite gihamya abyemeza yuko uwo mukobwa ar’uwumuhungu wa Rwigemera.

Uyu mudamu akaba ari mu cyigero cy’imyaka [32] yamavuko akaba atuye muri America aho bita Calfonia akaba ari kumwe n’umugabo w’umwirabure bataramarana igihe ku buryo kumwita umugabo we byaba ari ukurengera bitewe ni uko yicara ahinduranya abagabo uko yishakiye maze umbwire ngo uwo muntu koko naho aba Atari magigiri akwiye kuba mu nteko y’ibwami koko?

Uwo rero akaba ari we ukorana n’Umwakagara uba muri Canada Gakwaya Jean Marie akaba bakorana umurimo wo gutata Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Ibi rero kubyumvisha Umwami bikaba bidashoboka kuko uwo mudame atanga amaturo k’Umwami yigize umwana mwiza cyane ku buryo badasanzwe kugirango abone uko yinjira ibwami na maguru na maboko!

Ibi rero iyo tubyanditse Umwami abifata nkaho turwanya igikomangoma cy’umukobwa bikekwako ar’uwumuhugu wa Rwigemera.Ariko se naho umwana w’umuntu yakwibeshya,Imana nayo yakwibeshya?Ijambo ry’Ubuhanuzi ryavuze yuko mu nteko harimo abagambanyi [3] kandi Imana yavuzeko itabashaka mu nteko. Gakwaya Jean Marie,Claire Marie KIBUKAYIRE,na ARCENE utuye nawe muri Norwaye abo uko ari [3] nabanyaKIBUYE bashinzwe gusenya ubwami bw’uRwanda cyangwa kubwigarurira.

Reka tubitege amaso turebe aho bigana,ariko twasabaga Nyir’uRwanda gukura ikizira mu nteko y’ibwami kuko abongabo ninabo bazasubiza gakondo muri ntambara zitazarangira kandi aho tugeze twari tumaze gufata agatege.Umwami asa naho atagihakana yuko Gakwaya ari magigiri bitewe nimyitwarire ya Gakwaya ariko noneho intambara isigaye kuri Marie Claire.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments