Bene data bakundwa duhuriye ku Mana data akaba na se wa w’Umwami wacu Yesu Kristo nawe akaba yaraduhaye mwuka wera ngo atubere umufasha muri byose kandi tukaba twahawe isezerano yuko azajya atubwira ibyabayeho,ibigiye kubaho,nibizabaho ndetse nibirimo kubaho muri ako kanya.
Mbanje kubasuhuzanya urukumbuzi rwinshi cyane niringiye yuko tutazabura guhurira muri gakondo ya bakiranutsi aho tuzahuzwa no kubaka umurimo w’Imana Uwiteka nyiringabo ukiranuka muri byose nk’uko ariyo kamere iyo kamere natwe akaba ariyo twahaweho umugabane wo gukiranukira muri Kristo Umwami wabakiranutsi wagambaniwe agafatwa akicwa agahambwa kumunsi wa gatatu akazuka.
Amaze kuzuka yahindutse imfura mukuzuka haba mu byaremwe byose niwe mfura mukuzuka nk’uko ibyanditswe byera bibivuga.Uwo niwe twiringiye ko azatugirira neza kuko niwe muvugizi mukuru wabakiranutsi kandi aturwanirira intambara zitavugwa iyo inkozi zibibi zaturembeje.
Murabiza neza yuko, nk’uko twahaweho ijambo ry’ubuhanuzi ho umurage wibyo gukiranuka, ibyahanuwe n’umwuka w’Uhoraho byaduhesheja ibyiringiro byejo hazaza hacu heza kubwo kuzahabwa ho gakondo nk’umurage wo gukiranuka kugirango tubone uko dukorera Uhoraho Uwiteka nyiringabo Imana yo gukiranuka mu byose nk’uko biri none kugeza iteka ryose.
Uyu Mwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa Uwiteka yambwiye kumwimika akazongera kuyobora uRwanda nk’Umwami wagakondo yabakiranutsi.Usibye kuba narumvaga data amuvuga cyera muri za 1986 mbere yuko data yitaba Imana,ntahandi muzi cyangwa ngo mbe narigeze kumubona haba kumashusho cyangwa se mu bundi buryo ubwari bwo bwose(ubwo ndavuga icyo ntangira guhanura mbere yuko mvugana nawe muri 2010 mbifashijwemo na za magigiri twakoranye ziyitiriraga guharanira ubwami bw’uRwanda RPRK none ubu zikaba zisigaye zareruye ziharanira ubwami bw’Abega bw’umwakagara.
Aho niho natangiye kuvugana na nyir’uRwanda nkajya muha ubutumwa buturutse k’Uwiteka ndetse bumwe na bumwe ntabwo nigeze mbwandika kubera yuko icyo gihe nari intambara nyinshi kandi zidasanzwe ndetse umuntu atamenyereye cyane yuko Uhoraho ari bwo yatangiye kuvuga cyane kubijynaye nubwami ari nabwo abanyapolitike b’abarepublike bampagurikiraga batavuga rumwe na leta y’umwakagara ndetse za magigiri twakoranaga nazo utazibagiwe bose bampurizaho nibwo bangabaniraga banshimuta ariko Uwiteka Imana nkorera ntiyabuze kubana nanjye nk’uko yabimbwiriye kumusozi wa Prayer Mountain muri Uganda mu murwa mukuru wa Kampala ahitwa Ssegukku werekeza ntebe road.
Uhereye mbere na mbere nta narimwe Uwiteka atavuze yuko cyangwa atagaragaje yuko mu nteko y’ubwami bw’uRwanda harimo ubugambanyi,ariko icyo gihe nari nkiri umwana mu byo guhanura ndetse harimo no gutinya ingaruka zo guhanura nibwo Uwiteka yashimye kunjyana mu ishuri ryo kwiga kwiringira Imana yonyine ntawundi muntu niringiye kugeza ubwo yakoraga igitangaza igakuraho urupfu ikampa ubungingo.
Mbere yuko Gakwaya Jean Marie tangira gukora,habanje uwitwa Rulangirwa Alfred nawe wiyitiriraga kuba ar’icyegera cy’Umwami w’uRwanda,akaba ari we wayoboraga umuryango wa za magigiri afatanije na Gen.James Kabarebe nawe wahungiye muri Canada nyuma yo guhungana umupfakazi wa CPT.Isooke wagiye muRwanda kurupfu rwamaherere akaba yari yarashakanye nuwitwa NADINE waje kugera muri CANADA agahita atandukana na Rulangrwa nyuma yo gutahura yuko Rulangirwa nawe yari mu nkinamico yurupfu rw’umugabo we wari yarigize incuti ya nyakwigendera maze agagita amusimbura akarongora umudamu we.
Murumuna we yitwaga LT.Munyeragwe Jackson cyangwa Mugisha James ariko amazina ye ya nyayo akaba yitwa Munyeragwe Munyandinda James,aba bose bakaba arabega b’Abakagara,jyewe Majeshi Leon nitwaga Byaruhanga Issac amazina y’umunyamakuru ku Nyenyerinews.com,niyompamvu leta y’Umwakagara ihora impinga kuko nacikanye amabanga yabo yose kuko nijye wakoraga nka Cordinator ndetse nkababera maneko wo kumenya ibigiye kubaho byose naba nkoresheje ubuhanuzi cyangwa ubundi buhanga Imana yanyihereye babihaga agaciro cyane.
Ubwo igihe cyo kutwica kigeze,batangiye kuducamo ibice bice twakoraga amanama y’Abatutsi gusa,twarangiza tugakora nindi yarusange irimo abahutu.Nagerageje kuburira abahutu twakoranaga ariko bambera ibamba abitwa ba Hon.Munyaneza Emmanuel wahoze ari mu ishyaka rya PSD.Waje gutwererwa ko yakoze genocide kuko yanze gucamo kabiri ishyaka rya PSD akaba ar’Umuhutu wok u KIBUYE.
Kwitonda Thadeyo waruvuye mu Bubiligi akaba yaraje gukorana ubucuruzi bwamashanyarazi akomoka kumirasire y’izuba yavugaga ko ngo yakoze muri ministeri ya bakozi mu Bubiligi akaba yarakoze imyaka [8] atarahabwa konje maze baza kumuha konje y’umwaka wose nibwo yahitagamo gukorana nuwo muzungu ntabwo nibuka amazina yiyo company ariko arahari uwashaka yamubaza uko byari bimeze nawe waje kugambanirwa nyuma yo kugira uruhare runini mubugambanyi buncisha umutwe ngo ararwanira imyanya ya bahutu bene wabo kandi ubwo bwami twaharaniraga butarashinga n’imizi ubwo ndavuga mu ishyaka rya RPRK ryaharaniraga itahuka ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.
Harimo Ing: Staniley Seruhinja wakoraga muri garage ya super Match mu ndeba Kampala ariko bamaze kubona Thadeyo atawe muri yombi nibwo bemeye yuko ibyo nababwiraga ar’ukuri ndetse muramutse mubajije na Thadeyo kwitonda yabitangira ubuhaya ari hariya mu Bubiigi ibi mvuga nta kinyoma kibirimo.Aba bose bateraga inkunga umuryango wa za magigiri wa RPRK.Ngirango murabizi neza yuko kuva aho nashyiriye amabanga ahagaragara uwo mutwe wa za magigiri wacitse intege ndetse nubu mugenzuye neza muzasanga na radio yabo isa naho igiye gufunga imiryango kuko ntabanyarwanda bayumva unyuze muri google.com ukandika radio inyabutatu.com bakubwira yuko iyo domain isigaje igihe gito ngo ifunge imiryango.
Kuko icyo baharaniraga yari mandate ya lll y’umwakagara,none barayibonye ntawubavuguruza iyo radio yarishinzwe kubura buza abanyarwanda no kuvangavanga amateka kugirango bakomeze bategekeshe abanyarwanda igitugu.Ibyo bashakaga babigezeho ibyo bigendana na nikinyamakuru Ikazeiwacu nacyo cyafunze imiryango kuko cyari gishinzwe guteranya abahutu bo muri FDLR hamwe nabarwanashyaka bo muri RDI Rwanda Rwiza ya Faustin Twagiramungu ibyo nabyo babigezeho kuko bariciyemo ibice Uwimana IVODE ashirwa asubiye gukorana nabo yitaga amabandi none nawe yahisemo kuba ibandi nkabo.
Kimwe mu bintu byandinze nuko ntigeze ndrya cyangwa ngo nakire intonorano z’umwakagara,ariko amashillingi yaturutse muri rubanda rw’Umwami rwabeshwe yuko ngo RPRK iharanira itahuka ry’Umwami w’uRwanda ayo yo yangirie umumaro ndetse mwinshi cyane kuko nijye wayakiraga ngahemba abayobozi ba RPRK banyoboraga ariko ubwo nkaba nari nifitiye ubuhanuzi bubavugaho nkicecekera umunsi umwe nibwo naburiye Hon.Munyaneza Emmanuel ariko mbona ntabishyikira.
Uko niko uyu muns wa none mburira inteko y’ibwami bw’uRwanda nubwo bikigira ba ntibindeba,jyewe mvuga ibyo mpawe n’Imana,byaba atar’ibyo,nkavuga ibyo nzi neza kandi nkabitangira ibimenyetso.
Yego birababaje cyane kumva mu nteko y’ibwami havugwamo ubugambanyi,ariko ntagitangaza gihari kuko na bana b’Abantu,niyompamvu buri gihe mbabwira kwiringira Uwiteka Imana,ushobora kwicara ukibwira yuko inteko irimo itunganya imirimo y’itahuka ry’ubwami bw’uRwanda,naho barimo gusenya itahuka ry’ubwo bwami.Nuko rero inteko y’ibwami tuyihorere icyangombwa ni uko byamenyekanye yuko barimo kugambanira ubwami bw’uRwanda.
Kandi Umwami w’uRwanda akaba yitwa Ndahindurwa, ntaw’uzamuhindura,na Majeshi akaba yitwa ingabo y’Uwiteka Imana (Bwana wa Majeshi) ntimugire imungenge cyangwa ngo muheranwe nagahinda kizo nkozi zibibi kuko Imana twiringiye irakomeye!Umwami w’uRwanda yakora atakora ibyo Imana yamuvezeho ntizabura kubisohoza kuko idakorera we wenyine gusa,ahubwo Uhoraho arubahiriza isengesho ryasabwe n’Umwami Mutara lll Rudahigwa.aha nyamara iso ntakwanga akwita nabi,kandi ngo izina niryo muntu.
Ubwo igihe cyarageze ubutayu burarangira nk’uko mwabikurikiranya kandi bamwe muri mwe Uwiteka yabakoresheje kurangiza ubwo butayu harimo na za magigiri zabaga zihishe mu Ijambo ry’Imana aha twavugamo nka Christine Ingabire uba mu gihugu cy’Ubufaransa,akaba afite numero za telephone +33627369184,twavugamo nka Issac uba mu gihugu cy’Ububiligi akaba afite numero za telephone +32465533212,twavuga nka Bizimana Innocent uba mu gihugu cy’Ubwongereza(UK) akaba ar’umunyeshuri wiga muri Kaminuza,akaba afite numero za telephone +44884718987 akaba yiga ibijyanye nubyucukuzi bw’amabuye yagaciro,twavuga nka JEANINE BIZAMPORO nawe utuye mu gihugu cy’Ubwongereza mbere yabanje gutura mu Buhollande.
Akaba afite numero za telephone +447503278075 aba bose nibamagigiri bambereye umugisha mucyimbo cyo mbere umuvumo Uwiteka azabiture ibijyanye nimilimo bakoze yo gukiranirwa no kugambanira Umuhanuzi w’uwiteka Imana barwanirira ubwami bw’Abega b’Abakagara.Izi za gihamya zose zikaba zigaragaza yuko, ibyo mvuga nta kinyoma kirimo kuko navuganye na benshi ariko kuki umwuka w’Imana yatunze agatoki aba bantu?Icyo nikibazo wakabaye wibaza umugani w’umwakagara.
Abo bose bihishe mu ijambo ry’Imana ikiranuka biyita abantu bakorera Imoana maze bafata umwanzuro wo gushyigikira umurimo wa data Uwiteka Nyiringabo.Ariko ntibyatinze maze Ijambo ry’Uhoraho ribagaragaza nk’inkozi zibibi zikorera umwakagara maze uwiteka Imana nkorera antegeka kubashyira ahagaragara kugirango bamenyekane kuko bakorera sekibi nyamara bakihisha mu ijambo ry’Imana.
Abo bose Imana yabakoresheje gukura umugaragu wayo mu butayu nari mazemo imyaka [7] maze ntangira guhabwa umugisha na bene data bubaha Imana ndetse nabatayubaha kuko iyo Uwiteka yavuze biraba yategeka bigakomera.
Kuvuga kuri Gakwaya Jean Marie sibya none nuko iminsi yagiye yicuma kandi ikagenda irushaho kuba mibi cyane, usibye ko nigihe cyari kigihari kitarashira nk’uko bimeze none ariko ubusanzwe Imana yagaragaje kenshi yuko arumugambanyi maze bajya kubyica bakabwira nyir’uRwanda ngo yuko ndi magigiri w’umwakagara witwikira ubuhanuzi.
Ariko gahoro gahoro Imana yagiyebyihesha icyubahiro igenda yigaragaza ukuri kose kuzwi na nyir’uRwanda dore ko nawe yerekwa Imana ijya imuganiriza iyo yabishatse ndibwira yuko ibi byose yaba abifitiho amakuru wenda akaba Atari menshi ariko turamutse duhuye tukibukiranya uko ubuhanuzi bwose nagiye muha tukabusubiramo yabasha kubona ukuri kose uko guteye.
Ngirango muri buka yuko mu gice cya [30] [31] [32] nibindi bice muzasangamo uburyo Uwiteka yavuze yuko mu nteko y’ubwami bw’uRwanda harimo abantu barwanya umuhanuzi Majeshi Leon kubera ubuhanuzi ndetse Gakwaya we yigeze kumbwira ati, ubuhanuzi bwawe ntibujya butinda.
Ariko nuko bari bamaze kubona nyir’uRwanda abwemera atabuhakana ariko gahoro gahoro ntawamunye uko bigenda kugeza ubwo ibyahanuwe bisohoreye inteko y’ubwami bw’uRwanda igahitamo gushyira ahagaragara ibitekerezo byayo yerekana yuko Umuhanuzi Majeshi Leon ibyo ahanura ar’impuha mo gusebanya birumvikana ko ntakundi babyita kandi ibyo babikoze kugirango ibyahanuwe bisohore bigaragare yuko barwanya ubuhanuzi bityo namwe mwemere yuko iyabivuze ar’iyukuri.
Ngirango muribonera iyo nyandiko yandikanye ubuhanga burimo ibinyoma kwiyerurutsa no kwitakuma bagaragaza yuko ntaho bahuriye n’Umuhanuzi.Nibyo ntaho bahuriye nanjye kuko bo bari mu nteko y’urwanda nanjye nkaba mu nteko yo mu Ijuru ndetse nkaba numwanditsi mukuru wibiro ntaramakuru byo mu Ijuru InyangeNews Heaven Media.
Kuba ar’ibikomangoma nanjye ndigikomangoma kuko Uwiteka ajya kuntoranya akangirira ikzere akampa ijambo rye kuba umugabane wanjye n’umunani wanjye nuko yari yamaze kungira igikomangoma cyo mu bwami bwo mu Ijuru.Nuko rero mbandikiye uru rwandiko mbinginga ngo dukore amasengesho y’iminsi itatu nk’uko Esther yabwiwe inkuru mbi Haman yari yateguye kubwoko bwabo maze akandikira abayuda bose ngo bakore amasengesho yo kwiyiriza iminsi [3] kugirango azajye ku Mwami nubwo azaba atamuhamagaye ariko azagenda maze azamugirireho umugisha abashe gusobanura ikibazo cya Bayuda bagiye kwicwa na Haman.Esther 4:1-17
None natwe nuko biri mbasabye yuko dukora ayo masengesho uzashobora amasaha [12] akazajya ahera mu gitondo kugeza nimugoroba saa [6] akazitanga mu gihe cy’iminsi [3] asegera ubwami bw’uRwanda na nyir’uRwanda azaba agize neza kuko mwibuke yuko isezerano ari iryacu atar’irya abapagani.Ababishobora mwazakora amasengesho yamasaha [24,cyangwa 48,cyangwa 72] kuko nikibazo gikomeye turambiwe amahanga kandi igihe kirageze kandi dufite Imana ikomeye kandi ikiranuka iyabivuze no kubikora ntizabura kubukora.Kuba inteko yigaragaje ikandi ririya tangazo nikimenyetso simisiga ko ubuhanuzi bwose bwahanuwe n’umwuka w’Imana butazabura gusohora.
Mboneyeho no kubibutsa yuko muri ayo masengesho nawe kumunsi wa [3] wasozanya ubwira Uhoraho ibyifuzo byawe kugirango azabisubizanye hamwe nyuma yo kubona kwitanga kwawe gukomeye reka ayo masengesho tuzayatangire ku wa mbere (Monday, Lundi) tukazayarangiza ku wa gatatu.
Tuzaba tubwira Uwiteka ngo, Mana yaremye Ijuru n’isi ugashyiraho ubwami bw’uRwanda n’Umwami w’urwanda Kigeli V Ndahindurwa ukaba waramuduhayeho nkimpano cyangwa incungu y’ubwami bw’urwanda.Turakwingize,ngo uyu munsi wa none wongere ugirire neza ubwami bw’uRwanda kuko mbere na mbere ari wowe wabushyizeho ugashima yuko bumara imyaka [56] mubuhungiro ariko ukaba waratanze ibyiringiro ukavugira mu mugaragu wawe Majeshi Leon yuko Umwami w’urwanda azongera kwima ingoma.
None tugusabye yuko wigaragaza ugacyemura ikibazo cy’ubugambanyi bwagaragaye mu nteko y’ubwmai bw’uRwanda.Uko usohoje ubuhanuzi bwabavuzeho ko bazahakana ubuhanuzi, turakwingize ngo uba ari ko usohoza nibyo wavuze yuko uzakubura mu nteko y’ubwami bw’uRwanda ugasigamo abakubaha kandi bemera ijambo ryawe.
Imana ntishobora gusohoreza amasezerano yayo muri republika kandi itayemera,ya kuyeho repubulika y’umwakagara iminsi iragerwa mu ntoki.Ndabibutsa yuko ibyanditswe n’inteko y’ubwami nta sinyatire cyangwa amazina y’Umwami mwabonyeho inteko niyo yigiriye inama kuko yitirirwa Umwami w’uRwanda bandika ririya tangazo natwe baduha copy kugirango ibyahanuwe bibashe gusohoza umurimo wabyo.
Dusengere Umwami w’uRwanda Uwiteka arusheho kumwongerera ubwenge buturuka mu Ijuru kuko ubuhanga bwo arabusanganywe kandi numubyeyi mwiza wubaha Imana ndabizi neza nyuma yizi ntambara zose Uwiteka azamukoresha ibikomeye byubutwari bidasanzwe.
Imana yavuze kenshi yuko Umwami w’urwanda azajya kwima ingoma ari kumwe na bantu batarenze [3] nyamara inteko y’ubwami irenze abantu [3] nuko rero ibyahanuwe tubitegereze twihanganye kugirango ubwo bizasohora tuzabe abagabo bo kubihamya.Ndabwiz’ukuri yuko mu giye kubona ijuru rikinguka mukabona Imana yo mu Ijuru imanuka ikaza kw’Isi kwikorera umurimo wayo.Icyo muzatangara kandi buriwese azavuga yuko Kristo ariwe Mwami wabakiranutsi kuko ikinyoma kizaba kigeze kumuhero.
Ubwo buri muntu azahitemo uburyo bwo gusenga kugirango Imana ikemure ikibazo cy’ubugambyi bukomeje gukora umurimo wabwo mu bwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro ntabwo dutinya intambara cyangwa amagambo icyo nifuza nuko Umwami w’urwanda twazamubona ari ku ngoma nk’uko Uwiteka yavugiye mukanwa kumuhanuzi.Ibyo nihame turabyiringiye kandi turabyizeye 100%
Umwami namara kwima ingoma bazatange ikirego murukiko yuko twasebeje inteko y’ubwami bw’uRwanda icyo gihe icyo kirego kizaba gifite ishingiro kuko azaba yimye ingoma kandi ariwe mubyeyi wacu azaca imanza zitabera nk’uko Umwami Mutara lll Rudahigwa yabigenzaga akarenganura abarengana agaca urutagura kibera.
Ngiyo impamvu yo gusenga iminsi [3] kwiyiriza no gusenga Imana, kandi buri wese azabikore mu ibanga kuko abanzi bumuraba bari hirya no hino aho barekereje nkimbwa zirekereje inyama bashaka kumena amaraso yabatariho urubanza.reka rero mwebwe mwese dufatanije umurimo wo gusengera gakondo ya bakiranutsi dufatane urunana kugeza tunesheje kandi tuzatabaruka amahoro kuko iki gihe ar’igihe cy’ubucamanza bwa Kristo mu iteroro bwatangiye 01 Mutarama 2013.
Twiringiye tudashidikanya yuko Uhoraho azaducira urubanza rutabera hagati ya bubaha Imana n’inteko y’ubwami bw’uRwanda yatinyutse gutuka umwuka w’Imana bakamwita ikinyoma kandi bakavuga ko ibyo avuga ar’impuha abo nzabacira urubanza rutabera ubwo nzaba nicaye ku ntebe ya data yo gukiranuka kugirango bamenye yuko Uwiteka ariwe Mana ikiranuka muri byose.
Mbifurije amahoro y’Imana,kulindwa na data wo Ijuru abalinda imigambi yincakura,ninkozi zibibi kugirango tuzanezerwe twese ubwo tuzahurira iwacu muri gakondo yo mu isi mbere yuko twerekeza mu Ijuru iwabo wabakiranutsi.