Abanyarwanda bakomeje kubaho mu bwoba bukomeye cyane ari nako bagenda batakaza ikizere cyo kubaho,ibi byose bikaba bigenda biterwa ni uko batigeze babona ubuyobozi bubabereye nyuma yuko ubwami bwabo bugendera ku itegeko nshinga busenywe n’abazungu bab’Abirigi bari bihishe inyuma ya barepublike bibisambo bagikomehe na nubu gushaka gushimangira umuco w’ikinyoma wabaye akarande mu rwagasabo.
Abanyarwanda bakomeje kwibaza,ni ryari bazabona ubutegetsi bubabereye?Iki ni kibazo gikomeye cyane,akaba ariyo mpamvu abanyarwanda bakomeje guhunga igihugu ubutitsa amanywa ni joro,kubera kutizera umutekano wabo kuko bafite uburambe mu by’intambara yahitanye imbaga muri 1994.
Burya iyo ubutegetsi butubaha itegeko nshinga ntiwavuga ko haramahoro,kuko ibyo ari byo bikurura intambara zijyanye no kububaha amategeko agenga igihugu,iyo abanyapolitike batangira guhangana kubera bamwe bashaka kwica amategeko abandi bagasaba ko ya kubahirizwa nikibazo gikomeye cyane
Barangiza bakabeshya abaturage ngo visiyo 2020,iyo visiyo yashoboka ite?Mu gihe urimo kwitegura gusenya ibyo wubatse?Kugez’ubu ubona umwakagara nta bwoba bimuteye kuba haba intambara ibyo yubatse mu myaka(20);akongera kubisenya.
Uramutse ukoze imibare ibyo yashenye mbere n’abaturage bahaguye,abasirikare,ibikorwa remezo byose ukabishyira kumubare uhita ubona ko abanyarwanda bayoborwa n’umurwayi!Ubwo ngo arashaka kwigana shebuja M7 nyamara nawe ubu amerewe nabi kuko imbaraga ze zamaze gucikamo ibice (3);aho ubu ubona ko umuryango EAC utagifitiwe ikizere nabashoramari kubera politike y’ubwami buganje!
Biragoye ko M7 yarwanya ubwoko bwe bw’Abatutsi bitirirwa kuba abahima cyangwa se abararo,igice kimwe ubu kirinyuma ya Gen.David SSejusa,ikindi kiri inyuma ya Amama Mbabazi,ikindi Gen.Mugisha muntu ubu uyoboye ishyaka rya FDC urabona ko abahima ubu bamaze kurambirwa ubwami bwa M7 ndetse bakaba badashaka ko bongera kuyoborwa n’uwo muryango wa M7 uyoboye imyaka hafi (30);
Ibi biri kuba mu gihe abaganda nyirizina nabo barimo gutegura Umwami wabo ko ariwe uzafata ubutegetsi mu gihe aba batutsi biyita abahima usibye ko itegeko nshinga rya Uganda risigaye ribemera nkabanyagihugu,barimo kurwanira ubutegetsi,ese iki cyaba aricyo gihe abaganda baba bagiye kubona ubwami bundera ku itegeko nshinga?
Tanzania nabo bari mu ntambara ikomeye yo kuzatora uzasimbura KIKWETE ,mu gihe abatanzania badashaka ko umuhungu wa Nyerere ko ariwe wasimbura KIKWETE,amakuru aravuga yuko ubu bigoye cyane kugirango CCM izabone uwasimbura KIKWETE kuko amakuru avuga ko Marie Nyerere arimo gukora ibishoboka byose atanga ruswa ikomeye kugirango CCM yemeze umuhungu we kandi izanamushyigikire kugirango agere ku ntebe ya perezidansi.Nahabagabo!
Ibya Kenya byo bizamenyekana nyuma yicibwa ry’urubanza rw’I LA HAYE aho hategerejwe ko urukiko rushobora gusoma urubanza rw’umukuru w’igihugu wungirije umukuru w’igihugu William Samuei Ruto.
Abahanga muri politike”political Analyst” baravuga ko visi perezida naramuka atsinzwe nurubanza rushobora gusomwa muri Nyakanga,ko amahoro yicyo gihugu azahungabana.Ndetse n’umukuru w’igihugu cya Uganda M7 nawe yabikomojeho umwaka ushize mu kuboza ubwo yazaga mu munsi mukuru aho yumvikanye avuga ati:Mimi sijaridhika na kesi ya makamu wa rais wa Kenya muheshimiwa Ruto ambayo inaendelea huko the Hugue so mambo ya ICC ni upuuzi.Urabona ko abakuru bibihugu bagize umuryango w’Africa y’uburengera zuba bagifite impungenge kwicirwa ry’urwo rubanza rusa nurwarangiye hakabahasigaye kumva umwanzuro wurukiko.
Urabona ko rero akarere kose gafite ikibazo gikomeye mu gihe bavuga ko bashaka gukora ishillingi rimwe,nibyo bamaze guhuza bimwe na bimwe nko gukoresha indanga muntu aho abaturage biibihugu (3);Rwanda,Uganda,Kenya batagikoresha impapuro z’inzira bita pass port.
Ariko umushinga witegeko rishyiraho ishillingi rimwe usa nuwadindiye kuko ryagombaga gutangira gukora muri 2012,none tugeze muri 2015 ndetse igice cy’umwaka cyirarangiye mu gihe M7 ahangayikijijwe namatora ya 2016,umwakagara we akaba atagihangayikijijwe namatora ya 2017 kuko we yarayarangije.Ahubwo akaba ategereje ingaruka zayo,Uhuru nawe akaba arimo gutegura mand ay all ya 2017 urabona ko gahunda zabo za EAC abakuru bibihugu iyo badafite amahoro mu mitwe yabo ntabwo ibintu bitambura.
Uburundi ho intambara isa nirimo kurangira kuko ntabwo peter Nkurunziza azajya mu matora wenyine,arasabwa gusubira murugo akicara,amayero miriyali 25 yashakaga ko zizatunganya amatora yasabye abaturage kwitanga bashaka ayo mafaranga arikose uwanatanga we yatanga nta mahoro ahari mu gihugu?Congo yo irasobanutse





