Home News Igisiga cyo mu bwoko bwa Kagoma,niwo mudayimoni wanyuma naciye igihanga,nari naratejwe na...

Igisiga cyo mu bwoko bwa Kagoma,niwo mudayimoni wanyuma naciye igihanga,nari naratejwe na mukuru wa Madamu MUKARUJUGIRO JACKLINE.

0

10th Sept,2015 nerekwa ndi gukora ahantu hasa no muruganda rw’Itabi,nabonaga arijye uhagarariye ibikorwa byose birimo gukorerwa aho hantu.Natangajwe no kubona urwo ruganda rw’itabi twateguraga iryo tabi ry’ibibabi,mukandi kanya iryo tabi rigahinduka amafaranga cyangwa amashillingi hanyuma tugapakira mu mifuko yabigenewe.

Hanyuma kandi urwo ruganda rwabaga mu modoka twakwita Factory Mobile Car (FMC);nerekwa umwuka w’inzika nawo uje gukorera muri urwo ruganda.Turakorana ariko nijye wawuyoboraga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,urwo ruganda ubonye rukorera mu modoka,kandi rukaba rutunganya itabi,mukandi kanya rugahindka amafaranga cyangwa amashillingi,ayo namagambo akarishye cyane ari mubuyobozi bw’igihugu cya Kenya kiyobowe n’umukuru w’igihugu Uhuru Kenyatta Muigai.

Dore Uwiteka yagutoranije kuba umuhanuzi wamahanga,dore Uwiteka agiye kugucira inzira zo kuzahura nuwo mukuru w’igihugu,kuko aremerewe  cyane  namagambo yuzuye igihugu,abanzi be,barimo kumubarira iminsi bategereje ko,urukiko rwa ICC rutangira urubanza rwe,bityo agatangira kuburana kuko bizeye yuko urubanza ruzamutsinda maze agafungwa nk’uko babyifuza.

Dore nzagutuma muri icyo gihugu kumukuru wicyo gihugu,ariko kandi dore n’umwanzi wawe niho agutegeye,nyamara niyemera guca bugufi ukamusengera nzakora ibikomeye mu isi yabazima kugirango nshyire izina ryawe hejuru bityo bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana ufite imbaraga n’ububasha mu isi yabzima.Uwiteka uca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuze.

Nkiri muri iryo yerekwa,mbona ndi munsi y’igiti”Gisobanura ubutware”maze aho munsi y’igiti haragaucucu ko kugamamo izuba,hanyuma mbona munsi y’icyo giti,harimo  inyoni zo mu bwoko bw’ibiguruka Inkoko,imbata,mbona hamanutse igisiga cyo mu bwoko bwa KAGOMA yarije gutwara imwe muri izo nkoko,maze nyituruka inyuma ndayifata irandwanya cyane nyikubita hasi nyivuna umugongo hanyuma nyifata mu ijosi ndayica .

JacklineNuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni umwe gusa niwo warusigaye yari yarakuberabeje kugirango ntuzahabwe umugisha n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Icyo gisiga cya Kagoma ni cya kindi mukuru w’umudamu wawe MUKARUJUGIRO JACKLINE MUSHIKI WA HON.EUGENE BARICANA,yateje umudamu wawe musigaje ibyumweru (2) ngo mukore ubukwe.

Wibuke ko,igisiga cyaje kigahagarara kumutwe w’umudamu wawe MUKANDIRIMA MUREKATETE ODETTE,none uyu munsi niho Uwiteka Imana akuyeho uwo muvumo wuwo mudayimoni uko niko Uwiteka avuze.Dore noneho inzira zawe zose Uwiteka arazikinguye kuko umwanzi wakubuzaga amahoro atsinzwe burundu kuko atagifite umuryango yinjiriramo kuko watandukanye na mwene wabo uko niko Uwiteka avuga.

Nyuma yogutsinda uwo mudayimoni wa kagoma,hanyuma inkozi zibibi zahise zohereza  abadayimoni ba (3);baraza bafata umutwe wanjye barawukanda cyane numva ugiye guturika,mfungura umumbacyaha mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo,mbona barandekuye ariko byari bikomeye cyane hari habuze ho hato ngo banyirenze.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zirakajwe cyane nuko ubohotse ukaba ugiye kwinjira mu masezerano kumanywa yihangu bose babireba uko niko Uwiteka avuga.

Nuko umwuka w’Uwiteka aramfata anjyana mu butayu bugufita,anyereka ibintu byantagaje,bigera kuri (3),neretswe abadamu bari mu mazi hagati mu butayu,ayo mazi yagendaga azamuka gahoro gahoro ariko bo,nta bwo babashaga kubona ko,ayo mazi arimo kugenda yiyongera,nibaza buryo ki,amazi yagenda azamuka abayahagazemo ntibabashe kumenya yuko ayo mazi arimo kugenda azamuka kugeza abageze murukenyerero ntabwo bari bakabimenya.

Nerekwa igiti kiri muri ubwo butayu cyashyaga umuriro ariko ntigikongoke,kuko kitabashaga kumva uwo muriro wagitwikaga,nerekwa undi mudamu wangedagaho aho ngiye hose ashaka kumfata ariko ndamucika ntiyaba akibasha kumfata.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya bagore wabonye bari mu butayu bugufiya bakaba bahagaze mu mazi,kandi uko amazi agend azamuka ninako barushaho kurangara ntibamenye yuko bagiye gutwarwa n’umwuzure.

Bisobanura inkozi zibibi zo mu Rwagasabo zishinzwe guhumanya abanyagakondorero,nyamara igihugu kirimo kugenda cyinjira mu bibazo gahoro gahoro kuburyo bo batarimo kubibona yuko barimo kwinjira mubibazo.Bazajya kubibona aruko byamaze kubagera mu ijosi aho bazaba batakibashije gukiza ubugingo bwabo kuko Uwiteka yagambariye ko bazarimburwa nibikorwa byabo bibi kugirango amahanga yose azamenye yuko mu ijuru har’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Kiriya giti wabonye n’ubutegetsi bw’umwakagara burimo gushya ariko ntibwumve ikibatsi cy’umuriro kuzageza aho kizakongoka cyose kikarimbuka bikamenyekana yuko,mu ijuru har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Uriya mugore wabonye asobanura umwanzi wawe urimo ku kugendaho kuko ubu ari mu gihugu cyo mu butayu,ariko kandi ntabwo azigera agukoza imitwe y’intoke kuzageza igihe cyategetswe ukazakurwa mu gihugu cy’IBABULONI kumurwa w’ISHUSHANI maze ukazahungishwa ukajyanwa mu masezerano aho Uwiteka yateguriye abayikunda aho niho uwiteka aziheshereza icyubahiro uko niko uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agoswe n’abantu batagira icyasha munda!Ndabaza nti,mbese icyasha bisobanura iki?Aransubiza ati,bisobanura yuko umwanzi ugose umwakagara atagira imbabazi dore yamaze kumusatira nyamara umwakagara ntabwo arimo kubibona we abigereranya nibyahise yibwrayuko inzira zose zigera Iroma cyangwa ikuzimu!

Nerekwa ko,gakondo yabakiranutsi yongeye gutunganywa neza,kubera amasengesho yabera yahise ahanagura imbaraga z’Umwijima z’inkozi zikibi zigambiriye kwangiza inzira z’Uwiteka n’imigambi ye,kugirango bitazasohoza kubakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

11th Sept ,2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,birarangiye ibyo uwiteka Imana yabakiranutsi yavuze,igihe cyabyo kirasohoye uko Uwiteka yabivuze niko bibaye,dore abanyeshyari nabatakwifuriza ibyiza,bakozwe nisoni kuko igihe cyo gukorwa nisoni cyirangiye ukaba winjiye mu masezerano kandi nabo bakaba babimenye kubera ko Imana zabo bakorera zirababwira uko niko uwteka Imana yabakirnautsi avuga.

Mwana w’umuntu burira abatuye isi,cyane cyane abadamu nabanyampinga,ubabiwre uti,izo nzara zintererano zikomoka IKUZIMU ntimukazikoreshe ahubwo niba mukeneye inzara ndede muzitereke ariko izintereno zo,muzihorere kuko zikorerwa IKUZIMU maze abazambaye bose babasha gukorerwamo nabadayimoni kuburyo bworoshye kuko baza bakurikiye inzara zabo kuko ziba zanditseho inumero

Iyo abadayimoni bamaze kugera kuzambaye,bahita batangira kumukoresha kuko babanza guhindura imitekerereze ye,kugirango babone uko bamukoresha,usanga abambaye izo nzara barashize isoni kandi ntabwoba baba bagifite iyo bagaira nabantu usanga arabantu bagashize batagira rutangira!

Burira ubw0ko bwanjye ubwire banyampinga uti,niba mwubaha ijambo ry’Uwiteka mukaba mushaka kugendana n’Uwiteka ,mukure ibishimwa mubigawa uko niko Uwiteka avuga.

Uwiteka yohereje abana (2) kumuryango wanjye numva baganira ubwo nari nirambitse maze kwandika ibihanurwa,umwe abwira mugenzi we,ati,ngiye NATAKA KWENDA KUDAGANYA HARAFU NISIKIE ATASEMAJE!mugenzi we,aramusubiza ati,UNATAKA KUSEMA UONGO? Ako kanya umwuka w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu.wibuke yuko mu mwaka wa 2000-2002 wagize iyerekwa ukabona Umwami Yesu aza gutwara abantu mu ijuru.

Mubo yatwayemo yahereye ku bana bafite imyaka (5-0);hejuru y’imyaka (5) bazacirwa urubanza kuko bazi neza icyaha nikitari icyaha.Dore abo bana bari kumryango wawe bari hejuru y’imyaka (5-10);Uwiteka yashakagaku kwibutsa yuko imanza z’Uwiteka zizahera kuri iyo myaka kugirango wongere wibutse ababyeyi ko,bakwiye kurera abana bababuza gukora icyaha nigisa nacyo uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,bwira abatuye isi,uti,icyaha kibakimwe gusa!N’ukutumvira Uwiteka Imana kuko  gikomoka ku kutizera Imana.Umuntu utumvira Imana abasha gukora ikibi cyose gishoboka,bityo rero nta byaha byinshi bibaho,ahubwo habaho icyaha kimwe kibyara ibyaha byinshi,nuko rero umuntu weese utumvira ijambo ry’Uwiteka Imana,uwo azacirwaho iteka.

Ese ubundi umuntu yizera iki?Umuntu abasha kwizera ijwi ry’Uwiteka Imana hamwe n’ijambo rye,nk’uko Abraham yumviye Uwiteka Imana kandi icyo gihe nta bibiliya yari yakabaho,ariko kumvira no kwizera kwe,byamuhanirije nugukiranuka uko niko Uwiteka avuga.Na mwe rero nuko,nimwumvura mukizera Uwiteka Imana bidakomotse kumagambo y’abantu babagisha ,ahubwo bikomotse kumitima ikunda uwiteka Imana,ntakabuza yuko Uwiteka atazabura kubaha umugisha uko niko Uwiteka avuga.

12th Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi agufashe kumulizo,bityo gahunda warufite y’ejo yo kuzajya mu murwa mukuru w’ISHUSHANI,uyihidure kuko umwanzi abizi neza yuko ugiye gukurwa IBABULONI none yashandikisije hirya no hino bibwira yuko bashobora bguhura nawe mu muhanda.Kandi dore bakora kuri weekend no kuminsi mikuru kuko aho ariho bashimuta abantu leta ihugiye mu minsi mikuru cyangwa baruhutse mu mpera z’icyumweru uko niko Uwteka avuga.

Nuko rero uramenye ubwenge umenye uko ugenza kugirango kutagwa mu mutego w’umwanzi ,maze satani akishima hejuru yabakiranutsi agaragaza ko,UWiteka atajya rinda abantu be,uko niko Uwteka Imana ybakiranutsi avuga.

Nerekwa mpabwa umubare wo gukora, 24*7=168/24=7,nkimara gukora uwo mubare,ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,urugendo rwejo ukwiye gukora imibare neza kugirango umenye igikeneewe,igihe nari nkiri kuvugana n’umwuka w’Imana,hahita haza umwuka w’Inzika y’Inzigo,maze urambwira ngo ni nkore ikizamini,ndawuhakanira mvuga ko,narangije kwiga icyo kizimini gikwiye gukorwa nabatararangiza kwiga!

Mwana w’umuntu,uri yimbire kuko umwanzi agutegeye ahamanukakugirango agucure inkumbi,none ba maso kandi umenye uko ugenza kuko amazi atakiri yayandikandi yamaze kurenga inkombe uko niko UWiteka avuga.

Nerekwa njyanwa mu gihugu cy’ubutayu,mbona umwe mu nkozi zikibi witwa Umuhoza Benoni wa mbereye inshobera mahanga,uyu muntu ntabwo twaturanye,ndetse nta nubwo twaba twariganye,usibyeko twahuriye mu murwa wa Mwanza muri Tanzania,ariko nerekwa asubira gushaka imbaraga z’umwijima kugirango ahumanye ubugingo bwanjye nyuma yo kugaruza umugisha wanjye wose yari yaratwaye uhereye tubana muri Tanzani –Mwanza tukaza kujyana mu

Uwo ufashe fanta niwe Umuhoza Benon inkozi yikibi y’umwakagara w’umuhutu bita “Abaswere”.

gisirikare cy’Inkotanyi aho yakomeje kugenda ahumanya ubugingo bwanjye nanjye mwita ngo niza macuti.Uwiteka inshuro nyinshi abereka abo mwita inshuti ko arabanzi,ariko ntimushobora kwizera Uwiteka Imana ahubwo mukomeza kwizera abo mwita inshuti,kandi aribo banzi bacu!Iringire Uwiteka maze akize ubugingo bwawe urebe yuko ubuzima bwawe butazaba bushya ugangarira Imana.

Nerekwa ahamagara barumuna be,uwitwa Rauben na Job,abaha kubufindo kugirango bangirire nabi,nuko umwuka w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu,fata amasengesho yo kwiyiriza usenge maze wangize izo mbaraga ziyo nkozi y’ikibi yahumanije ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umupfumu abaha imiti,ariko iranga ihinduka ubusa,maze aho bashakaga kunshyira,muri ako kanya baba ari bo bahinjira maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanzi bawe bose Uwiteka amaze kubaciraho iteka kuko bakugiriye nabi kandi ntarubanza rukuriho.Ntekereje nsanga Abakagara bose batagira Imana ahubwo batunzwe nugukorera ibigirwamana.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka arekuye urupfu,kuri abo baguhumanije kandi nta kibi wabakoreye bagiye kumenya yuko,Uwiteka ariwe Mana yabakiranutsi,ntabwo bazongera gukinisha ubwoko bw’UWiteka Imana yabakiranutsi uko niko  Uwiteka avuga.

Neno la Bwana likatelemushwa juu yangu na kusema,mwana Adam,kwani Rais wa Burundi Peter Nkurunziza,haoni ya kwamba mda wake umekwisha?Kwani anasubiri nini?Asema Bwana wa Bwana.

Nerekwa umuhanuzi mukuru intebe ye ishyirwa hejuru,nerekwa yinjira nawe mu masezerano,maze ahabwa intebe yo kwicaraho y’icyubahiro,mbona ko,abantu bari baziranye nawe,bifuza cyane kubonana nawe,bakajya bashaka kuza kubonana na we batabanje kunyura kumunyamabanga ushinzwe kwinjiza abashyitsi baje kureba umuhanuzi mukuru,aho kugirango bicishe bugufi abashe kubinjiza ahubwo bagshaka gukoresha ikimenyane cy’uko bari baziranye bakinjira.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana mwana w’umuntu,dore umuhanuzi mukuru ashyizwe hejuru nyamara abamugayaga bose cyangwa bamusuzuguraga bazifuza kumenyana nawe igihe azaba amaze gushyirwa hejuru,dore hasigaye iminota (7.5) byose bigasohora,nyamara abazicisha bugufi,abo nibo bazamubona kuko Uwiteka yagambiriye kumushyira hejuru kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ajya shyira ubwoko bwe hejuru kugirango abatabsha kubaha Imana bamenye yuko Uwiteka ariwe Mana uko niko UWiteka avuga.

 

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nta kindi kigeragezo uzongera guhura nacyo kuko warangije icyikiro cya mbere cya kaminuza,ndetse wongeraho nicya (ll) bita masters,ntabwo rero uzongera kwinjira mu ishuli ryo mu butayu kuko ibyiciro byombiwabyize neza ubirangiza neza none Uwiteka Imana ashyizeho ishyerezo ryayo mashuli kuko wakunze kumvira Uwiteka Imana ugakunda gukurikiranuka nicyo cyatumye Uwiteka Imana ariwe Mana yawe agushyira ejuru kugirango bizamenyekane ko,umuhanuzi yarabarimo uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ko umuhanuzi mukuru agabiwe inka n’umwe mubakuru bibihugu yahanuriye,maze nerekwa abwirwa ngo,ukwiye gukura ubwatsi kuko wagabiwe inka nabakomeye kuko nawe warukomeye,none dore hashize umwaka wose utunze iyo nka wahawe,ngaho ga!Gira ukurubwatsi kandi witure ineza wagiriwe uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ko,Uwiteka Imana ashyizeho iherezo ryabadayimoni abakuru n’abato,aboroheje n’abakomeye,bari barangose ngo baburizemo amasezerano y’Uwiteka Imana yabakiranutsi,nuko ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’abazimu babadayimoni bakubuzaga guheshwa umugisha igihe cyabo kirarangiye uko niko Uwiteka avuze.

The word of the Lord came to me,when I was on the duties of the work of the Lord in Babylon in  city SHUSHAN,the Rhema word came to me,and told me, that,thus is how the Lord almighty says,There’s deviation spirits already wanted to deviate the blessings of the Lord  comes to you,so that will take place them.

That why, from now and today, prepare prayers of fasting and prayers, so that you’ll be able to demolish those powers of the devils,and to restore the lights of the Lord has been diverted,by then you need to restore them through your prayers, and  being redeemed thus how says the Lord our God almighty.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar