10th Sept,2015 nerekwa ndi gukora ahantu hasa no muruganda rw’Itabi,nabonaga arijye uhagarariye ibikorwa byose birimo gukorerwa aho hantu.Natangajwe no kubona urwo ruganda rw’itabi twateguraga iryo tabi ry’ibibabi,mukandi kanya iryo tabi rigahinduka amafaranga cyangwa amashillingi hanyuma tugapakira mu mifuko yabigenewe.
Hanyuma kandi urwo ruganda rwabaga mu modoka twakwita Factory Mobile Car (FMC);nerekwa umwuka w’inzika nawo uje gukorera muri urwo ruganda.Turakorana ariko nijye wawuyoboraga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,urwo ruganda ubonye rukorera mu modoka,kandi rukaba rutunganya itabi,mukandi kanya rugahindka amafaranga cyangwa amashillingi,ayo namagambo akarishye cyane ari mubuyobozi bw’igihugu cya Kenya kiyobowe n’umukuru w’igihugu Uhuru Kenyatta Muigai.
Dore nzagutuma muri icyo gihugu kumukuru wicyo gihugu,ariko kandi dore n’umwanzi wawe niho agutegeye,nyamara niyemera guca bugufi ukamusengera nzakora ibikomeye mu isi yabazima kugirango nshyire izina ryawe hejuru bityo bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana ufite imbaraga n’ububasha mu isi yabzima.Uwiteka uca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuze.

Wibuke ko,igisiga cyaje kigahagarara kumutwe w’umudamu wawe MUKANDIRIMA MUREKATETE ODETTE,none uyu munsi niho Uwiteka Imana akuyeho uwo muvumo wuwo mudayimoni uko niko Uwiteka avuze.Dore noneho inzira zawe zose Uwiteka arazikinguye kuko umwanzi wakubuzaga amahoro atsinzwe burundu kuko atagifite umuryango yinjiriramo kuko watandukanye na mwene wabo uko niko Uwiteka avuga.
Nyuma yogutsinda uwo mudayimoni wa kagoma,hanyuma inkozi zibibi zahise zohereza abadayimoni ba (3);baraza bafata umutwe wanjye barawukanda cyane numva ugiye guturika,mfungura umumbacyaha mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo,mbona barandekuye ariko byari bikomeye cyane hari habuze ho hato ngo banyirenze.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zirakajwe cyane nuko ubohotse ukaba ugiye kwinjira mu masezerano kumanywa yihangu bose babireba uko niko Uwiteka avuga.
Bisobanura inkozi zibibi zo mu Rwagasabo zishinzwe guhumanya abanyagakondorero,nyamara igihugu kirimo kugenda cyinjira mu bibazo gahoro gahoro kuburyo bo batarimo kubibona yuko barimo kwinjira mubibazo.Bazajya kubibona aruko byamaze kubagera mu ijosi aho bazaba batakibashije gukiza ubugingo bwabo kuko Uwiteka yagambariye ko bazarimburwa nibikorwa byabo bibi kugirango amahanga yose azamenye yuko mu ijuru har’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Kiriya giti wabonye n’ubutegetsi bw’umwakagara burimo gushya ariko ntibwumve ikibatsi cy’umuriro kuzageza aho kizakongoka cyose kikarimbuka bikamenyekana yuko,mu ijuru har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.
Uriya mugore wabonye asobanura umwanzi wawe urimo ku kugendaho kuko ubu ari mu gihugu cyo mu butayu,ariko kandi ntabwo azigera agukoza imitwe y’intoke kuzageza igihe cyategetswe ukazakurwa mu gihugu cy’IBABULONI kumurwa w’ISHUSHANI maze ukazahungishwa ukajyanwa mu masezerano aho Uwiteka yateguriye abayikunda aho niho uwiteka aziheshereza icyubahiro uko niko uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agoswe n’abantu batagira icyasha munda!Ndabaza nti,mbese icyasha bisobanura iki?Aransubiza ati,bisobanura yuko umwanzi ugose umwakagara atagira imbabazi dore yamaze kumusatira nyamara umwakagara ntabwo arimo kubibona we abigereranya nibyahise yibwrayuko inzira zose zigera Iroma cyangwa ikuzimu!
Nerekwa ko,gakondo yabakiranutsi yongeye gutunganywa neza,kubera amasengesho yabera yahise ahanagura imbaraga z’Umwijima z’inkozi zikibi zigambiriye kwangiza inzira z’Uwiteka n’imigambi ye,kugirango bitazasohoza kubakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Iyo abadayimoni bamaze kugera kuzambaye,bahita batangira kumukoresha kuko babanza guhindura imitekerereze ye,kugirango babone uko bamukoresha,usanga abambaye izo nzara barashize isoni kandi ntabwoba baba bagifite iyo bagaira nabantu usanga arabantu bagashize batagira rutangira!
Burira ubw0ko bwanjye ubwire banyampinga uti,niba mwubaha ijambo ry’Uwiteka mukaba mushaka kugendana n’Uwiteka ,mukure ibishimwa mubigawa uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,bwira abatuye isi,uti,icyaha kibakimwe gusa!N’ukutumvira Uwiteka Imana kuko gikomoka ku kutizera Imana.Umuntu utumvira Imana abasha gukora ikibi cyose gishoboka,bityo rero nta byaha byinshi bibaho,ahubwo habaho icyaha kimwe kibyara ibyaha byinshi,nuko rero umuntu weese utumvira ijambo ry’Uwiteka Imana,uwo azacirwaho iteka.
Nuko rero uramenye ubwenge umenye uko ugenza kugirango kutagwa mu mutego w’umwanzi ,maze satani akishima hejuru yabakiranutsi agaragaza ko,UWiteka atajya rinda abantu be,uko niko Uwteka Imana ybakiranutsi avuga.
Mwana w’umuntu,uri yimbire kuko umwanzi agutegeye ahamanukakugirango agucure inkumbi,none ba maso kandi umenye uko ugenza kuko amazi atakiri yayandikandi yamaze kurenga inkombe uko niko UWiteka avuga.
Uwo ufashe fanta niwe Umuhoza Benon inkozi yikibi y’umwakagara w’umuhutu bita “Abaswere”.
gisirikare cy’Inkotanyi aho yakomeje kugenda ahumanya ubugingo bwanjye nanjye mwita ngo niza macuti.Uwiteka inshuro nyinshi abereka abo mwita inshuti ko arabanzi,ariko ntimushobora kwizera Uwiteka Imana ahubwo mukomeza kwizera abo mwita inshuti,kandi aribo banzi bacu!Iringire Uwiteka maze akize ubugingo bwawe urebe yuko ubuzima bwawe butazaba bushya ugangarira Imana.
Nerekwa ahamagara barumuna be,uwitwa Rauben na Job,abaha kubufindo kugirango bangirire nabi,nuko umwuka w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu,fata amasengesho yo kwiyiriza usenge maze wangize izo mbaraga ziyo nkozi y’ikibi yahumanije ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa umupfumu abaha imiti,ariko iranga ihinduka ubusa,maze aho bashakaga kunshyira,muri ako kanya baba ari bo bahinjira maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanzi bawe bose Uwiteka amaze kubaciraho iteka kuko bakugiriye nabi kandi ntarubanza rukuriho.Ntekereje nsanga Abakagara bose batagira Imana ahubwo batunzwe nugukorera ibigirwamana.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka arekuye urupfu,kuri abo baguhumanije kandi nta kibi wabakoreye bagiye kumenya yuko,Uwiteka ariwe Mana yabakiranutsi,ntabwo bazongera gukinisha ubwoko bw’UWiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nta kindi kigeragezo uzongera guhura nacyo kuko warangije icyikiro cya mbere cya kaminuza,ndetse wongeraho nicya (ll) bita masters,ntabwo rero uzongera kwinjira mu ishuli ryo mu butayu kuko ibyiciro byombiwabyize neza ubirangiza neza none Uwiteka Imana ashyizeho ishyerezo ryayo mashuli kuko wakunze kumvira Uwiteka Imana ugakunda gukurikiranuka nicyo cyatumye Uwiteka Imana ariwe Mana yawe agushyira ejuru kugirango bizamenyekane ko,umuhanuzi yarabarimo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ko umuhanuzi mukuru agabiwe inka n’umwe mubakuru bibihugu yahanuriye,maze nerekwa abwirwa ngo,ukwiye gukura ubwatsi kuko wagabiwe inka nabakomeye kuko nawe warukomeye,none dore hashize umwaka wose utunze iyo nka wahawe,ngaho ga!Gira ukurubwatsi kandi witure ineza wagiriwe uko niko Uwiteka avuga.
The word of the Lord came to me,when I was on the duties of the work of the Lord in Babylon in city SHUSHAN,the Rhema word came to me,and told me, that,thus is how the Lord almighty says,There’s deviation spirits already wanted to deviate the blessings of the Lord comes to you,so that will take place them.