Aug 9, 2016 Ijambo r’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,inkozi z’ikibi zo mu bwoko bwa za magigiri zategeye mu mayira abiri,none wirinde kandi witonde cyane kuko usigaje umunota [1] ukaziva mu maso maze ibyo ijambo ry’Uhorao ryavuze bigasohoza ku bugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero manuka werekeze mu burazira zuba bw’igihugu maze ube ariho ujya gukorera kuko badashobora kugusangayo kugirango urangize imirimo y’Uhoraho hakiri kare kandi usohoze gukiranuka k’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ndwana n’umugabo ufite inzara nkizabadayimoni,ashaka kunyica ariko Uhoraho akinga ukuboko.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uyu munsi uramenye ntugere aho wajyaga ukorera kuko inkozi z’ibibi zamaze kuhakandagiza ibirenge zihiga ubugingo bwabwe uko niko Uwiteka avuga.Ahubwo werekeze uburasira zuba bw’IBABYLON maze ugende wirirweyo nurangiza umurimo wawe ubone kugaruka murutare rwawe Uwiteka yaguhaye uko niko Uwiteka avuga.
The Papua New Guinea country code 675 will allow you to call Papua New Guinea from another country.” Papua New Guinea telephone code 675 is dialed after the IDD. Papua New Guinea international dialing 675 is followed by an area code”.
Ubwo maze bongeye guhamgara ku nshuro ya kabiri menya yuko ibintu bitoroshye kandi bigenda birushaho gukomera ngo ni uko nashyize ahagaragara umugambi wabagambanyi bakorera mu nteko y’ubwami bw’uRwanda bashakaga guca igihanga Umwami Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa bamaze kubona yuko umugambi ushyizwe ahagaragara bafata ingingo yo guhiga bikomeye ubugingo bwanjye kuko mbabangamiye cyane kugirango babone uko basohoza umugambi wabo mubisha uko niko Uwiteka avuga.
Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,humura ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho ari kuruhande rwawe.Kandi yiteguye gukora ibikomeye cyane kurusheho kuko iyo avuze,biraba,yategeka bigakomera uko niko Uwiteka avuga.Nuko ukomeze kwizera Uwiteka no kumwiringira kuzageza ku iherezo ryawe niko Uwiteka avuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwnajye bwirinde uwo muzimu cyangwa uwo mudayimoni kuko unyuranye n’ijambo ry’Uhoraho,nimikoreshereze Uwiteka yaremeyemo abantu.Nuburyo yashyizeho bwo gukoresha cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina kugirango abantu baroroke mu cyangwa bagwire mu isi ya bazima.
Nuko rero burira abakora ibisa bityo,yuko batsinzwe n’ijambo ry’Uhoraho,kandi ko niba batihannye baciriweho iteka uko niko Uwiteka avuga.Nuko numva babaza umuvugizi wa bakiranutsi niba har’ijambo yabafite ryo kuba yavuganira ubwoko bwe,avuga ko,asaba yuko bahabwa amahirwe yo kwihana bwa nyuma bakimara gusoma iri jambo ry’Ubuhanuzi bahite bihana.Abatihana ubwo bazahita bacirwaho iteka kuko nta kujurira kwabayeho ngo uru rubanza ruzasubirwemo uko niko Uwiteka avuga.
Aug 10,2016 nerekwa inkota [2] kandi zityaye impande zombi,maze ndabwirwa ngo,nizamaze gutegurwa kugirira nabi Umuhanuzi w’Uhoraho,mbona inkota imwe ari ngufi,iyindi ari ndende.Ndabwirwa ngo «mwana wumuntu,ukwiye kuba maso cyane kuko bikomeye cyane kurusha ibihe bishize» uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwerekwa inkozi zikibi zubikiriye cyane hagati ya mayira abiri,kugirango zize nkigisiga cya kagoma kimanuka gutwara umwana w’umushwi gitwarira mu nzara yayo ntihagire urubukwa.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi arabundikiriye yafashe ibirindiro «diployment» kugirango aze gukubita «ambush» ahite yigendera ntawurabutswe nuko rero uramenye ube maso cyane ntiwibeshye ngo hagire ikikuvangira ngo ugendere muri gahunda itar’Uhoraho kuko hasigaye umunota [1] gusa ijambo ry’Uwiteka rigasohora uko niko Uhoraho avuga.
Mbona umwuka w’Uwiteka ubamanutsemo batangira kujya impaka z’uburyo bakora icyo gikorwa bakarangiza,ariko bananirwa kumvikana bituma umurimo wabo batabasha kuwurangiza.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,ngiye kubateza impaka hagati yabo bananirwe kumvikana kugirango ngucire inzira uzabone aho kunyura ujya kunkorera umurimo uko niko Uhoraho avuga.
Nuko mbona nanjye barashaka kunshyira muri iyo Kaminuza kandi nararangije master’(s) yo mu butayu,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo ushobora kongera gusubira mu ishuri kandi wararangije Master’s ngo hanyuma ujye gukorera degree urumva yuko ibyo bidashoboka.Iyo uza kuba utakoze master’s,byari gukunda!ariko kuva wararangije master’s ntabwo byakunda uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa abantu benshi biyandisha kwiga kaminuza,bamara kwiyandisha bagahita bagura diplome cyangwa degree batararangiza amsomo yabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rizaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko ubonye bagura za degree kandi batararangiza amasomo yabo,uko niko ibyago bikomeye cyangwa ibigeragezo byabo bigiye kubanguka vuba cyane kuko bamaze kunyura iyabugufi bagahita bahabwa igipapuro cy’uko bize kaminuza urumva ibigeragezo byabo bizababangukira vuba cyane batarinze kubitegereza cyane.
Maze nerekwa umwakagara amenya ayo makuru yuko baguze za degree batararangiza,mbona biramushiishije cyane kuko abonye inzira yo kubagirira nabi ku buryo bumworohereye akaba abonye impamvu atarinze gushakisha impamvu zo kubafunga no kubica uko niko Uhoraho abaciriye amarenga kandi nuko avuga.
Mbona abantu bose bagize ubwoba barirutse!Binjira mu mazu yabo.Mbona buri muntu akizwa namaguru,ariko mbona abahoze mu gisirikare bavuye ku Igerero ry’umwakagara babuze imirimo mbona basezeranywa guhabwa akazi ko gutwara ibidoko binini byamakamyo ariko ayo makamyo yose akaba yarapfuye nta nimwe igenda cyangwa ikora.
Mpamagara za ngabo zavuye kurugerero zize kurya kuko zari zikomeje gutegereza umurimo wabaringa utazagira icyo ubarira usibye guhabwa ibisharira.Ndabahamagara baraza batangira nanjye mpita ndigendera
Ngeze imbere gato nibuka yuko nibagiwe agatabo nandikamo ijambo ry’Uhoraho,nsubirayo nirukanka kugirango cya gisasu kidaturika ntaragera mu icumbi.Nuko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,ako gatabo wandikamo ijambo ry’Uhoraho karekere banyirako bahawe Kanyanga na Chapati«ibyokurya bagahimanao»maze wigendere kuko banze kumva imiburo y’Uhoraho kugirango ribasohoreho uko niko Uwiteka avuga.