Abacika cumu bamaze gutahura amayeri ya bitwa bene wabo baba batutsi bo muri fpr babagize ikiraro ngo babambukireho babashe kugera kubutegetsi.
Amakuru aturuka I Kigali aravuga Yukon leta y’umwakagara yananiwe gukora icyunamo kubera ko abacika cumu bariye karungu nyuma yuko leta y’umwega yishe umucika cumu mukuru umunyemari Rwigara Assinapol waruhagarariye abacika cumu ndetse akanabaha n’akazi kugirango babashe kwibeshaho badategereje za mfanyo za fpr yabagize ibicuruzwa.
Nyuma yo kwivugana nyakwigendera,bahise birukana undi mucika cumu waruhagarariye abandi Mucyo warushinzwe amateka ya jenocide,ikaba ariyo mpamvu nyamukuru bananwe gutegura icyunamo kuko abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi aravuye hanze batacyemera ubutegetsi bw’umwega bafatanije n’abacika cumu bahise biyimeza kutazajya mu birori bishinmyagurira aabtutsi babacika cumu bitwa ko ngo bakijijwe na fpr kandi ariyo yabicishije kugirango igere kubutegetsi.
Ibyo bikaba byarabaye impamvu yo gusubika ibirori byagombaga kubera kuri stade amahoro iremera maze bahimba mayeri yo kubijyana kugisozi aho bashyize urwibutso rwo gushinyagurira abatutsi babaciiak cumu bigizwe ikiraro cy’ubutegetsi.
Bikaba binavugwa yuko Mitali protaaise akimara kubona bivuganye Rwigara yahise akuramo ake karenge kubera ko yaramaze kubona aho ibintu bigana,nubwo bamurega kuba yaranyereje umutungo wa Part Liberal PL ibyo ni ukuri kwambuye ubusa kuko muri 2010 mukezio kwa werurwe umuyobozi mukuru w’ikinymakuru inyangenews.com niwe wabakoreye za mudasobwa zabo aho bari babuze amadone yabo maze bahamagaza abahagarariye PL mu ntara zose z’uRwanda bahamagajwe n’umunyamabanga nshingwa bikorwa NDORUHIRWE LEOPOLD kuza gusinyira amafaranga batigeze bahabwa kugirango fpr yongere ibahe andi mafaranga yo mu matora yo muri 2010
Abagerageje kwanga gusinyira ayo mafaranga bahise bakurwa kumyanya yabo maze birkanwa mu sihyaka byitwa ko bitwaye nabi mubikorwa byo gukorera ishyaka rya PL.Ibyo bashinja Mitali ntabwo ari ibinyoma nanjye nabihagararaho kuko maze kubakorera za mudasobwa kuwa 12 werirwe 2010 banze kunyishyura ibihumbi 200000 by’amanyarwanda narinkoreye ibyumweru bibiri byose
Tugarutse ku nkuru nyamukuru Mitali amaze kubona ko abacika cumu bashiriye ku icumu,yahise akuramo ake karenge dore ko yaramaze kugambanira umucika cumu mugenzi we Mihigo ubu wakatiwe imyka 10,bikaba bivugwa yuko umukuru w’igihugu ashobora kuzamurekura mu minsi micye iri mbere kwarukugirango bagaragaze ko ubutabera bukora neza mu gihe bazi neza ko bukora nabi