Amakuru aturuka I Kigali muri za magigiri zikorana nawe byahafi,amaze kubona yuko akozwe nisoni zibyo yakoze guca igihanga Umwami w’uRwanda Kigeli V ndahindurwa akagashogakoresha imbaraga zibaho zose agahabwa umugogo w’Umwami waje yamaze kuva mu gihugu.Yaje kubabazwa no kwima ingoma kundi Mwami wasimbuye Ndahindurwa,Umwami YUHI VI yo kagira Imana ya bakiranutsi Uwiteka amuhe iteka nimigisha igihe cyose azaba akiri ku ngoma.
Nyuma yuko inama yari yagiyemo mu gihugu cy’UBUHINDE,amaze kumenya inkuru nziza yamubereye incamugongo we nabasangirangendo be,ikinyoma cyakubitiwe ahareba inzega maze Babura icyo babwira abanyarwanda nibwo batangiye gushaka uburyo bayobya uburari kugirango itabarizwa ry’Umwami w’uRwanda ritagira agaciro,kuwa gatanu taliki 13 mutarama bumvise yuko Igihugu cya Politigal KILIZIYA GATOLIKA bakoze misa yo kwibuka Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.
bahise bihutira kwandika mukinyamakuru cya DMI cyitwa rushyashya.net inkuru yo kuvuga yuko mu gihugu cya Israel umutekano wakajijwe ngo bitegura kuza k’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo kugirango barangaze abanyarwanda mu gihe harimo itegurwa ry’itabarizwa ry’Umwami wabanyarwanda usibye bamaze kuvuga yuko azashyingurwa nkabandi bose mu gihe yatangaga barimo kuburana umugogo we,banditse mukinyamakuru IGIHE.COM ko azashyirwa mu NTWARI ubwo bashakaga kuvuga ko iyo gahunda zabo ziza gutungana ntihagire undi Mwami umusimbura ko ari bwo bari guhita bamugira INTWARI ubanza bari kumushyira mu MAZI.
Amakuru avuga ko,ngo Umwakagara atifuza kugera I Kigali bataratabariza Umwami w’uRwanda,kuva inama yarangira ntabwo biravugwa ko ngo yahise yerekeza mu gihugu cya MALI-BAMAKO,mu nama ihuje ibihugu cya France,n’Africa mu gihe ategereje yuko Umwami w’uRwanda Kigeli V ndahindurwa yaciye igihanga kubera kutumvira umwuka w’Imana, azasange bamaze kumutabariza.Noneho nta nubwo ngo bazamutabariza,ahubwo ngo bazamushyingura uko niko ya MPYISI yatanze amageko nyuma yuko imigambi ye yo kugurisha ubwami bw’uRwanda mu Bega b’Abakagara ariko akaza gusanga natwe turi abatutsi imigambi ye mibisha igahita iburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana yacu.
Save
Save
Save
Save
