OCT 20,2016 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa “ILLUMINATI” zo kumugabane w’UBURAYI,zoherezwa kuza guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,ngo kugirango zimufate zimuce igihanga!Kubera ijambo ry’Ubuhanuzi akomeje gutangaza ku karubanda yuko igihe cy’Uwiteka kigeze kandi inkozi z’ibibi zikaba zigeramiwe kandi igihe cyazo kikaba cyararangiye!
Nuko ziramanuka zimusanga IBABYLON,zizanywe no gusohoza umugambi mubi w’ubugizi bwa nabi,ziraza zigeze IBABYLON,ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ikibi zikibi ziraje kandi niwowe zishaka kuko ijambo ry’Uhoraho rimaze kubagera ahaga!
Nuko ziraza zigeze aho nari nibereye nikorera umurimo w’Uwiteka Imana ya bakiranutsi,ziragota turarwana bikomeye cyane.Iyo ntambara ikaba yaramaze amasaha agera kuri [5] kuko yatangiye saa saba 1:00hrs z’igitondo mu Ijoro,irangira saa 5:00hrs.
Mbona ko intambara ikomeye cyane,mbonye zigiye kuncakira,mpabwa amababa yo kuguruka mpungira mu butayu burebure (JUNGLE) ndabacika.Ubwo bari bazanye ikizamini ngo tugikore babashe kumenya amazina ya bantu,ndagikora ariko maze kugikora,nibagirwa kugisinyaho,nibwo babwiye ababishinzwe (Invigilates) kunshaka kugirango bampereze ikizamini cyanjye maze ngisinyeho.
Ubwo mfata ibizamini bari bafite, nshakishamo ikizamini cyanjye,ndakibura.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikizamini wagikoze,ariko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi yahise agikuramo.None ntiwirirwe ushakisha aho giherereye muri ibyo bizamini bijyanywe kubayobozi bakuru binkozi z’ibibi kuko abongabo batazagira amahirwe yo gukiza ubugingo bwbao.
Nuko nerekwa muri iyo ntambara Uwiteka ankizanya n’umuntu winshuti yanjye uri ku mu gabane w’UBURAYI,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agukizanyije n’umubyeyi uri kumugabane w’UBURAYI,kuko yakunze Uhoraho kandi akizera ijambo ry’Uhoraho.Uwo nguwo niwe ugiriwe Ubuntu n’Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango muzajye musenga Uhoraho maze abakoreshe ibikomeye cyane mu isi ya bazima!
Ndabwirwa ngo,uwo niwe muzajya mukorana umurimo wanjye mwiza,kandi nzajya ndinda ubugingo bwanyu inkozi z’ibibi kugirango zitazabuhungabanya,kugrango murusheho gukomeza bene data bandi hirya no hino ku isi.Dore intambara y’inkozi z’ibibi iratangiye kuko babonye yuko bagiye gutsindwa nurubanza,bagacirwaho iteka n’Uwiteka Imana,kuko bavuga yuko bazamurwanya bakamutsinda,ariko bakaba babangamiwe n’ijmabo ry’ubuhanuzi Uwiteka akunyuzamo ubwo rero kugirango babashe gutsinda,ni uko babanza ku kurwanya bakagutsinda nyamara ibyo bikaba bitazashoboka kuko bisa no gushinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ndabwirwa ngo,babajwe nuko nasohoye amabanga yabo uburyo bakora,narangiza nkabitangaza kuri gakondo y’Umuhanuzi.Bakaba babajwe nuko mfite abantu benshi cyane basura gakondo yanjye akaba ariho bamenyera amanga y’inkozi z’ibibi zkorerwa mu isi y’umwijima kuko abantu benshi cyane bamaze gufashwa no gusobanukirwa ibijyanye nimikorere y’inkozi z’ibibi zitwa”ILLUMINATI”.Zikaba zishinzwe kuyobya abari mu isi kugirango bazabashe kurimbuka bajyane na Sekibi ikuzimu kwa Nyamutezi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.
Nkomeza kwerekwa ibya gakondo ya bakiranutsi,nerekwa intara ya “KARAGWE” iherereye ahitwa KAGERA,mbona hagaruzwa hasubizwa kuri gakondo yya bakiranutsi,mbona hari abanarwanda bahatuye bo mu bwoko bw’Abahutu,bakoze genocide ariko nta muntu wigeze abakura.Nabonaga abantu baturuka I Kigali bakajya yo kuhasura,mbona inkozi ziibibi zirwanya uwo mugambo w’Uwiteka,maze ijambo ry’Uhorao rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo nzabasubiza igice cya gakondo yanyu,ahubwo nzabasubiza gakondo yose uko yanganaga kugirango mu menye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwra riti,inkozi z’ibibi zabadayimoni zarahagose zihagira ahazo,maze zihagabira abo zishaka kugirango zambure ubwoko bwanjye gakondo yazo,uko ninako zarwanije ubwo bwanjye bw’Israel,kuko gakondo nari narabageneye ntabwo bayituyemo yose ahubwo kubera gukiranirwa kwabo byatumye bahamburwa basigarana igice cya gakondo yabo.Ariko noneho nibutse isezerano nasezeranije Abraham yuko nzagiirira neza urubyaro rumukomokaho.
Nuko rero bwira ubwoko bwose yuko ngiye gusohoza isezerano,kandi ko,nzabasubiza gakondo yose uko yanganaga ntabwo nzaba igice cya gakondo ya bakiranutsi kuko nitwa Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ndavugabikaba nategeka bigakomera niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Nerekwa amatongo yacu twasize twongera kuyasibirana kugirango tumenye yuko Uwiteka ari we Mana niko Uwiteka avuze!
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho inshuro ya mbere,niyakabiri,niyagatatu,niyakane,niyagatanu. Maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hariya hose wabonye na kiriya kibaya wabonye hoe hari ahagakondo ya bakiranutsi nageneye ubwoko bwanjye.Ariko Umwanzi yaraje arahabambura,ariko nk’uko nirahiye,nzongera gusubiza ubwoko bwnajye nk’uko narahiriye gakondo ya bakiranutsi kuko nta kijya kinanira uko niko Uhoraho avuga.
Nsanga hari ho ubwoko bwacu bwahasigaye,bucye cyane,mbona hageze amashanyarazi,nsanga n’ijambo r’Uhoraho ryarahageze!Numva ndanezerewe cyane,ariko amaira nutuyira byari byarasibamye,kandi abantu ntabwo bari batuye kumirongo nk’uko twari dutuye,ahubwo bapfuye kubaka binyuranye n’uko hari hubatse cyangwa ni uko gahunda yari iteye!
Nsanga abantu cyakora barimo imvange harimo abarabu,hamwe nubwoko bwacu.Nzenguruka nitegereza uko gakondo ingana kandi abantu bari bahatuye bari bagifite umuco wa gipfura wo kwakira abashyitsi kuko bihesha umugisha ndanezerwa cyane maze mbasabir akuri data kugirango abaheshe umugisha kuko bamugiriyeho umugisha bagakomoka ku bwoko bwahiriwe bw’Uwiteka Imana Nyiringabo!Ariko mbona kuri gakondo yacu aho twari dutuye,abadayimoni barahigarurirye ndetse munsi ya gakondo barahaciyemo uruzi bigaragara yuko rwazavamo umugezi cyangwa inyanja.
Nuko nezezwa ni uko ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yavuze,bitazabura gusohora kubizera.Nerekwa ko,inyanja ihereye muburasirazuba bw’amajyaruguru nayo tuzayigabana cyangwa tukayihabwa kugirango tuzajye tubona aho dukura amafi,ariko nibiba ngombwa tukazayigabanamo hagati dukurikije ingabano za gakondo ya bakiranutsi mbere yuko umwanzi wacu ABABILIGI bayigabanyamo iice bice bakayomeka ku bindi bihugu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ibyago bikomeye bihagurukiye gakondo ya bakiranutsi:
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibyago bikomeye cyane bigiye gusura gakondo ya bakiranutsi,mbona inyanja iherereye mu mujyaruguru ya gakondo,mbona imanutse muri bwabutayu bugufiya,buri munsi yiyo Nyanja.Mbona iyo Nyanja isutse amazi ahari ubutayu hose haba ubutayu burebure ndete n’ubutayu bugufiya.Mbona amazi azengurutse gakondo ya bakiranutsi,aza asatira cya gikombe kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,kandi azenguruka impande zombi,ikibaya cy’ubutayu bugufiya (Wildness) ndete na cya kibaya cy’ubutayu burebure (JUNGLE)ku buryo abadayimoni bose barwanyaga abanyagakondorero bose byahise bibarangirana barimbukira muri uwo mwuzure wa mazi menshi waturutse muri Nyanja yo mu burasira zuba bw’Africa.
Ubwoba bw’Ababiligi batewe nijambo ry’ubuhanuzi:
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’ABABILIGI zifite ikibazo gikomeye cyane kubera ijambo ry’ubuhanuzi rivuguruza imbaga zabo bashyiriyeho gakondo ya bakiranutsi.Ziriya nkozi z’ikibi zakurwanije ijoro ryose zo mu bwoko bwa “ILLUMINATI” zari ziturutse mu gihugu cy’Ububiligi kuko zirakuzi kandi zizi n’ijambo ry’ubuhanuzi utangaza buri munsi kuko umwanzi wabakiranutsi ariho afite icyicaro gikuru kizayobora isi cyitwa “Micro Cheap”.Kizayobora isi yose mu munota umwe bakamenya uko isi yose ihagaze uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,abakurwanije muri iri joro,nibabandi bakurwanihe ubwo wari kumusozi wa “Prayer Mountain”muri Uganda baje ku kurwanya ubwo wari kumusozi kuko bari babonye umwuka w’Inyenyeri y’ubuhanuzi(umucyo) maze baza kubutanguranwa kugirango bakwicire Uganda mbere yuko ushyira ubuhanuzi ahagaragara.Ninabo rero bongeye kugaruka baturutse kumugabane w’UBURAYI mu gihugu cy’Ububiligi kuko batewe imoungenge n’ijambo ry’ubuhanuzi rigiye kuvuguruza ibyemezo bafatiye ubwoko bw’Uhoraho bakaba bafite ubwoba bwo gukorwa nisoni zibyo bakoze bityo,bagakorwa nisoni imbere ya mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Niyompamvu Uhoraho ahagurukije ibyago bikomeye byo gukuraho umwakagara ku ngoma,kugirango ubwami bwe nabagaragu be,bose bakorwe nisoni imbere ya mahanga.Kandi nta ahantu bazahungira na hamwe kuko isi igiye kubabana ntoya,maze icyo gihe bazibuka ijambo ry’ubuhanuzi bwahanuwe n’umuhanuzi bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nerekwa ntsinda ikizamini cy’umwaka wa [6] wa mashuri yisumbuye,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore utsinze ikizamini none ugiye kwiga Kaminuza kandi uzayishyurirwa ntabwo ari wowe uziyushyurira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ese mwana w’umuntu,waba usobanukiwe ibyo,ubwiwe bya Kaminuza?Ndasubiza nti,Oya!Ndabwirwa ngo,ikizamini cy’uwagatandatu gisobanura ubuhanuzi bworoheje bwamaze gusohora.
Kaminuza (University) bisobanura yuko ari ubuhanuzi bukomeye cyane bugiye gusohoza umurimo wabwo, kugirango ubwo buhanuzi bukore umurimo wabwo nta bwo bizakugora,nta nuruhare uzabigiramo ngo ubusohoze ahubwo ijambo ry’Uhoraho rizakora umurimo waryo.Nuko rero ugire umwete wo gutunganya ibidatunganye,kugirango ibyahanuwe bizasohoze umurimo wabyo.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze ibiri gukorerwa imbere yawe.Nditegereza mbona umufasha wa mwene data aboshye amaboko na maguru,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ngaho rero fata inkota yawe ucagagure iyo migozi imuboshye uhereye mugituza cy’amabere,amaboko,na maguru.Nuko rero ubakorere deliverance kugirango babohoke burundu niko Uwiteka ategetse!
Mfata inkota yanjye nk’uko nabibwiwe,ncagagura iyo migozi,yose uko yari imufunze,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,ugize neza kuko ubohoye uugingo bwabo bwari buboshye kugirango batakira umugisha,ariko noneho dore bagiye kuwakira kugirango bamenye yuko Uhoraho ari we Mana ikiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Nkomeza kwerekwa ibigiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi,nerekwa imodoka zose zikoresha imihanda yo mu murwa mukuru wa gakondo ya bakieanutsi.Mbona cyane cyane imihanda rwagati mu murwa mukuru w’IYERUSALEM,mbona yose irafunze.Nerekwa imodoka zose zihagarara kubera (JAM) ntizaba zikigenda,kuko zitashobora kubona aho zinyura(ubuyobozi) bugiye guhagarara bugacirwwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Mbona umugabo umwe mu bakomeye yari yahahamuye abaturage,uwo mugabo yarashinzwe guhiga abantu bose bamubangamiye mu bikorwa bye,byubugizi bwa nabi.Mbona arimo guhiga abo yakwivugana,maze umwe mu bahigwaga cyane harimo Umuhanuzi,wahanuye ijambo ry’Uwiteka,mbona ashiritse ubwoba aramwihisha maze araza amuhiga undi nawe ahita amuta muri yombi amujyana kubakuru ngo ajye kwisobanura icyamuteraga guhiga ubugingo bw’Umuhanuzi.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara aguhize igihe kirekire kandi nta cyo akubaza cyangwa akwishyuza,none hanura uvuge ijambo rimwe gusa,kugirango Uwiteka akore uko ubivuze,kuko yakugize Umuhanuzi wa Mahanga,kandi akumvira gusenga kwawe nk’uko nawe wumvira ijambo rye.Nuko maze guhabwa ubwo burenganzira,ndatangira ndahanura nti,uku niko Uhoraho agize yewe Mwakagara,dore wabujije amahwemo ubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka!
None igihe cyawe kirarangiye,kandi Uhoraho ntakongerere igihe,kugirango udakomeza gukabya gukiranirwa!None uyu munsi Uhoraho mugiriyeho umugisha anyemerera kuvuga uko mbyifuza.Ndifuza yuko Uhoraho agukura ku ngoma vuba cyane bishoboka,kugirango umenye yuko Uwiteka aca imanza zitabera,dore wateye ubwoba ubwoko bw’Uwiteka,ubuhozaho ingenza,none wishe Umwami w’ubwoko bw’Uwiteka,nuko rero,ibyo wakoreye Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,Uhoraho azagukubirre inshuro 70*700 kugirango isi yose imenye yuko Uhoraho ari we Mana,kandi ajya agira kwihangana gukomeye cyane,kandi agaca imanza zitabera uku niko Umuhanuzi Majeshi Leon asabye Uhoraho.
Urubyaro rwawe,ntiruzaragarike nabusa!Abakomoka kurukiryi rwawe,ntibazabe muri iyisi,kandi ntibazarokoke inkota y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango abami nibikomangoma,bazamenye yuko Uwiteka agira neza kandi aca imanza zitabera.Kuko ajya ahorera abatagira kivurira,agahana inkozi z’ibibi kugirango zimenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka iri niryo sengesho Umuhanuzi asabiye Umwakagara nabamukomokaho bose,ndetse Uwiteka we,ntuzibagirwe nabakorana nawe bose,nabateje intambara bose mu mitima y’ubwoko bwawe mu gihe cya mahoro ubwo warumaze guha gakondo ubwoko bwawe kugirango bujye kugutambira bitambo byo gukirauka niko Ugaragu wawe abisabye!
Ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,burira abacuruzi bakorera muri gakondo,cyane abacuruza za telephone ngendanwa,bafunge amaduka yabo,kandi ntihagire utwara ibyo yacuruzaga,kugirango bakize ubugingo bwabo,dore ibyago biraje kandi bije byihuta,kuko Uwiteka agiye guhorera Umwami w’uRwanda na maraso ya bakiranutsi yamenwe n’Umwakagara atariho urubanza!
Ubwire abo bacuruzi ko,Uhoraho nibamwizera atazabura kubagirira neza,kuko nibagerageza kwambukana ibicuruzwa barahita batabwa muri yombi n’inkozi z’ibibi zirahita zimenya yuko bacitse igihugu.Ubabwire bagende nkabagiye gusura abavandimwe,kandi abanyabwenge bave mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi,kuko bagiye kugotwa nk’uko ISAMARIYA hagoswe bagakizwa nibibembe byari bije gushakisha amafunguro none n’IYERUSALEM,niko hagiye kumera hagiye kugotwa kandi abahatuye bazicwa na murenguzi mbere yuko bicwa n’jumuriro uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye.
Mwana w’umuntu,tangariza ubwoko bw’Uwiteka bubundiye mu mahanga,bugiye kumanuka bwerekeza muri gakondo mur’izi mpera z’umwaka,ubabwire uti,uku niko Uhoraho avuga,uti dore inyanja yuzuye umuraba,kandi umuyaga uturutse IKUSI nawo wamaze kwambarira urugamba.None dore inyanja iraremerewe cyane,kuko yikoreye uburemere idashoboye,ikaba igiye gusuka amazi ku nkombe z’inyanja ayo mazi akaba agiye kumanuka mu bice [2] igice cya mbere nimubutayu bugufiya,igice cya kabiri nimubutayu burebure kandi izo nzira zombi,nta bwo hazaboneka inzira zo kunyuramo ngo ubwoko bw’Uhoraho bubashe gukiza ubugingo bwabo.
None baburire ntihagire umanuka ngo ajye kwizihiza imboneko z’ukwezi cyangwa imboneko za masabato,cyangwa kwizihiza iminsi mikuru ijyanye nimihango yo muri gakondo,kuko nibaramuka bamanutse,bizabagora kuzabona inzira ibasubizayo,kuko inkuge yamaz kuzura,kandi Uwiteka akaba agiye gufunga ubudafungurwa ubwo bisobanura yuko bazahitanwa n’umwuzure niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ababuriye,kandi niko avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho,maze rirambwra riti,mwana w’umntu,dore Uhoraho akuyeho inzitwazo z’abadayimoni kugirango umenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyringabo,ari we Mana niko Uhoraho avuga.Dore umwuka wurukoza soni urimo guhiga ubugingo bwawe ariko uhise usubizwa inyuma kubwo gutinya igitsure cy’Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Njyanwa mu iyerekwa,mbona imigozi myinshi arimboshye yabadayimoni ibohoka nkabona ukuboko gucagagura iyo migozi,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imigozi yabadayimoni yari yaraboshye umugisha wawe n’Uwumulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe yose Uwiteka arayicacagaguye kugirango mu menye yuko Uwiteka agira neza.Kandi ibyari byarananiranye byose Uhoraho abishyizeho Iherezo kugirango ubone uko ukorera Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.
OCT 21, 2016 njyanwa mu iyerekwa,mbona yuko ubutayu bundi mbere,nerekwa mbona inkozi z’ibibi zohereza umwuka wa Accident(Impanuka) kugirango barimbure ubugingo bwanjye ngo kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ribageze ahaga!Nkomeza kwerekwa uburyo inkozi z’ibibi zitegeye hanze,ngo zitegereje yuko zambona zinkangirira nabi ariko umwuka w’Uwiteka Imana ikiranuka,arambwira ati,ntuzamuke,ahubwo umanuke abe ariho ujya gukorera umurimo w’Uhoraho mu murwa mukuru w’IBABYLON uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa BEN RUTABANA yinjira mu Nyanja iremwe vuba mu gihugu cyo mu butayu bugufiya,nerekwa aturuka munsi y’umusozi wubatswe ho amashuri yo kwigisha abatutsi,mbona yinjiye mu mazi atangira koga yerekeza muri gakondo ya bakiranutsi,maze ijmabo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umunyarwanda witwa BEN Rutabana agiye kwinjira mu butayu bugufiya kandi agiye kubwinjizwamo na wa mugome witwa Satani(Umwakagara) uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari umuntu ugiye kuguha indabyo zirimo agate kaziteyemo kandi kamezemo karimo gukura gahagazemo,none wshimire Uwiteka Imana yawe kuko azahuye ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Nkomeza kwerekwa imigambi y’umwanzi arimo gutegurira abakiranutsi kugirango abinjije mu gihugu cy’ubutayu bugufiya,ariko ndabwirwa ngo,ntazashobora gusohoza imigambi ye,kubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hanze imvura yaguye(Ibigeragezo) bigutegereje,none ube uretse gusohoka murutare,ahubwo banza wandike ayo mayerekwa yose kugirango uyatangarize ubwoko bw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nerekwa ibintu bikomeye kandi biteye ubwoba,mbona abantu bishe abantu bahinduka abasazi,mbona imodoka yabo yo mu bwoko bw’IKAMYO,bayiparitse barimo guhiga Umuhanuzi,ariko mbona abarimo kuhiga,bari bameze nkabasaze bateye umutwe.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,abo bcanyi barimo guhiga ubugingo bwawe,none urabe maso kuko barimo ku kugenza kugirango barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijambo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hari bene so barimo gusenga basaba yuko Uwiteka yabagirira neza kuko bageramiwe cyane,nuko rero wibuke kubasengera kuko batamerewe neza kugirango Uhoraho abacire inzira kuko umwanzi yamaze kubarusha imbaraga.Kandi abo bantu barimo umugabo umwe na badamu [5] dore bicaye mu butayu aho barimo gusaba Uwiteka kugirango abatabare.None rero basengere kugirango Uhoraho abibuke.
Uwiteka Mana ndakwinginze,nkweretse bene data bari mu gihugu cyo mu butayu aho umwanzi yabajyanye kugeragezwa,ndakwinginze ngo ubibuke kandi ubatabare ubagirire neza,kuko ari wowe ubitegetse ngo basnegerwe kandi ubwo tuzumva amakuru yabo nubwo ntabazi ndabizi neza yuko nta kikunanira utazabura kubimenyesha kugirango dushime izina ryawe.None kora ibitangaza babone kugira neza kwawe maze bahsime izina ryawe ryiza ryera kandi rikiranuka uko niko Umuhanuzi Majeshi Leon asengeye abageramiwe bari mu gahugu ko butayu bugufiya.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ikizamini cyari kigutegereje abandi bamaze kugikora,nuko rero nta mpamvu yo gukora ikizamini kuko umwanya wacyo wamaze kurangira,nuko menya yuko Uwiteka amaze kuburizamo imigambi y’umwanzi wari wagambiriye kugirira nabi ubugingo bwanjye uko niko Uwiteka Nyirirngabo akora,kandi nuko avuga.
OCT 22, 2016nerekwa umukobwa usa naho yavutse kumpu zombi,zriko isura ye,cyangwa uko yasaga yajyaga gusa n’abatutsi,ariko mu mutima akaba yarasaga n’umuhutu,uwo akaba ari we waruhagarariye itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa undi mugabo na none ujya n’abahutu mu maso,ariko mu mutima agasa n’abatutsi,nawe akaba yarahagarariye itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi.
Bombi numva babwirwa ngo,ngo bakwiye gusanga Umuhanuzi bagakorana nawe,kandi bagatunganywa nawe,kugirango bemererwe kwinjira mu masezerano y’Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi kuko idahagarariwe n’Umuhutu cyangwa Umututsi mu mutima,ahubwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akaba ahagarariwe n’Umuhanuzi ufite kamere y’ubumana muri we,kuko muri we,atar’Umuhutu,cyangwa ngo abe Umututsi!
Nuko mbona wa mukobwa cyangwa umugore,mbona azanye C.V ye,ayishira wa mugabo kugirango amufashe kuyigeza ku Muhanuzi kugirango yemererwe guhabwa cyangwa kubarirwa mu bakozi b’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana a bakiranutsi.Uwo mugabo yari yamaze gutunganywa n’Umuhanuzi,akaba ari we,wakiraga za dossier kubashakaga kwinjira mu itorero rya Kristo ryali rihagarariwe n’Umuhanuzi muri gakondo ya bakiranutsi.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya ubonye nabahagarariye itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana muri gakondo ya bakiranutsi,aho Uwiteka yagusezeranije kuzahabwa gakondo nshya,hamwe n’umugabane wawe kugirango uzamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Mana kandi ko,ari we waguhamagaye mu izina akagushinga itorero rya Kristo kugirango umutunganirize umugeni we azabone uwo bazaba muri mu bukwe bw’umwana w’intama uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nuko nkomeza kwitegereza cyane abo bantu uko ari [2];mbona ko mpawe amazi yakomokaga mukibambasi cyangwa igikuta cy’inzu,kandi abashakaga kunywa kuri ayo mazi,basabwaga ko,baza kuyanywa babanje kunyura mu nzu Umuhanuzi yaratuyemo (Igihugu) nuko mbona za nkozi z’ibibi zari zaratwaye umugisha w’Umuhanuzi,mbona baje nabo gusaba kunywa kuri ya mazi,ariko batari barihannye ngo bakire Umwami Yesu nk’Umwami n’Umukiza,ntabwo babashije kuyanywaho kuko bashatse kwitwaza yuko ngo baziranye n’Umuhanuzi ariko bahageze ngo bahabwa kuri ya mazi y’Ubugingo,ako kanya ya mazi yaturukaga mugikuta cyangwa ikibambasi ahita arakama uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Ijmabo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hazaza abantu bakurwanije kuva cyera ukiri mutoya,ubwo bazaba bamaze kubona Umwezi n’Izuba,n’Inyenyeri bikumurikira bazaza kureba ineza y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yagaragaye kumugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo,bazaba bazanywe no gushungera kuko ibyo bari barakoze ngo baguhumanye ntuzagere kuri uwo mugisha w’Uwiteka ko,byananiranye maze bakorwe nisoni ahubwo urubyaro rwabo ruzaza kugirango rugukorere kugirango bititrwe izina rishya uzaba uhawe na data wa twese wo mu Ijuru Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo Imana yawe avuga.
Nuko rero mwana w’umuntu,uramenye ntuzahe ibyo kurya by’abana,ngo ubihe imbwa,ariko nibemera guhinduka abana b’abana b’Uwiteka Nyiringabo,uzabahe ibifungurwa kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo agira neza,maze ubasongongeze ku mazi y’Ubugingo bw’abajya Izion mururembo rubageza k’Mana Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zigiye kwiba umugisha,none haguruka uhagarare ugende wirukane izo nkozi z’ibibi zihaye gutwara umugisha wabakiranutsi.Maze uwugaruze kugirango abakiranutsi batamburwa umugisha bagenewe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
