Home News Itangary’Umwami w’uRwandakigeli V Ndahindurwa,ryafashe indi ntera yo kurwego rwo hejuru!!!

Itangary’Umwami w’uRwandakigeli V Ndahindurwa,ryafashe indi ntera yo kurwego rwo hejuru!!!

0

Amakuru agera kuinyangeNews, aravuga yuko itanga ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,warumaze imyaka [56] mu buhungiro nyuma yuko umuryango wabibumbye unaniwe gusubiza Umwami w’uRwanda muri gakondo igihugu cy’amavuko yavukiyemo aho yakoraga imirimo nk’umukuru w’igihugu cy’ubwami bugendera ku itegekonshinga.


Urupfurw’Ummwami w’uRwanda rwamaze kuba ikibazo gikomeye cyane kuburyo abantu batatekerezaga, igihugu cy’UBWONGREZA ngo cyaba cyasabye ko igihugu cy’America ko cyakwemerera UBWONGEREZA kohereza urwego rwabo rw’ipererezaM6 kuza gukora iperereza ku itangary’Umwamiw’uRwanda.
Ndetse banasabye yuko atajyanwa muri gakondo(Urwagasabo) kujya gushyingurwayo,ngo kuko bitemewe gushyingura Umwami mu gihugu kitemera ubwami kandi baranze ko atahuka nk’Umwami w’uRwanda wakuwe kubuyobozi bwe n’abazungu bo mu bwokobw’Ababiligi.
Biravugwa yuko,itanga ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,igihugucy’UBUBILIGI cyaba cyakoranye naleta y’Umwakagara iyobowe nishyaka rya FPR,risanzwe rifite ubwoba yuko iryo shyaka rishobora gukurwa kubutegetsi igasimburwa n’ubwami bw’uRwanda bwemewe n’amategeko mu muryango wabubimbye.
Ndetsena ONU yaba irimo gushyirwa mu majwi kuba baranze gucyura Umwami w’uRwanda,kugeza ubwo atangiye mu buhungiro.

Amakuru aravuga yuko haba hariho ibindi bihugu [2] birimo igihugu cya Politugari basabye yuko Umwami yashyingurwa muri icyo gihugu kuzageza igihe ubwami bw’uRwanda buzongera kwimangoma.

Bakazabonakumucyurakuzagushyingurwamurigakondoyabakiranutsi.Ibihugu bishyirwa mu majwi kuba byaba byagize uruhare mu itangary’Umwami w’uRwanda kigeli V Ndahindurwa,igihugu kiza ku isonga n’uRwanda ruyobowe na FPR,ihagarariwen’Umwakagara PaulKagame.

Ikindi gihugu kiza ku isonga nigihugu cy’UBUBILIGI gifite impungenge zikomeye yuko bazaryozwa ibyo bakoreye ubwami bw’uRwanda,birimo gusenya ubwami bw’uRwanda, no guhindura imbago z’igihugu cy’uRwanda.

Umuryango wa ONU nawo uza ku isonga kuba ntacyo wakoze mu myaka[56]kuva ubwami bw’uRwanda bwasenywa n’ABABILIGI,kandi bakaba ntacyo bigeze bakora kugirango ubwami bw’uRwanda busubire muri gakondo.
Ndetse sibyo gusa ahubwo bafashije repubulika itemewe n’amategeko, kwemerwa mu muryango wa ONU,kandi itemewe namategeko.

Ibibibazo byose niko byamaze gufata indi ntera bikaba bigiye gusubirwamo kandi igihugu cy’UBWONGEREZA kikaba cyemera kwishyura ibisabwa byose kugirango hamenyekane itangwa ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V ndahindurwa.
Umwakagarareroyakozeibintuyibwirakobyoroshye,arikoubanza agati yamanitse yicaye, ubanza agiye kukamanura ahagaze! Birashoboka yuko muri politike nyarwanda, haba hagiye kubamo impinduka zikomeye cyane kubera ibikorwa byitera bwoba bakomeje gukorera impunzi z’abanyarwanda zahunze ubutegetsi bw’igitugu.

Ibikorwa byitera bwoba Umwakagara akomeje gukorera abanyagihugu bamuhunze ubanza bishobora kuzamugiraho ingaruka mu minsi ya vuba, kandi byashoboka yuko bishobora kuzaba bibi cyane kurusha ibyambere.

Nuko rero mugire umwete wogushaka mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ubanza umuzinga waba ugiye kuvamo umwibano.

Icyo twababwira ni uko Umwami adashobora gushyingurwa mu gihugu kidafite ubwami kuko binyuranye n’umuco nyarwanda ndetse n’umuco wa cyami kuko ari wo sooko y’umuco nyarwanda, ubwo rero uwaba afite ugutwi niyumve icyo umwuka abwira amatorero kuko ibya nyuma bizaba bibi kurusha ibyambere.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar