Mu mwaka wa 1935 umwuka wera yamanukiye murwagasabo ahitwa IGAHINI,uyu mwuka wamanukiye abanyeshuri bigaga amashuri abanza muri icyo gihe,abanyeshuri batangiye bamanika ukuboko imbere ya mwalimu ubigisha bamubwira yuko bihana ibyaha bakoze byo kwiba bagenzi babo amakaramu n’amakayi.
Prime minister Australia.
ubanza umunyeshuri wa mbere atangira avuga yummva ijwi rimubwira kwihana kuko yabye ikayi ya mugenzi we.
Mwalimu yabifashe nkibisanzwe,uwo mwuka urambuka ugera mu mwaka wa kabiri,naho biba uko,uvaho ugera mu mwaka wa gatatu naho biba uko,Birambuka bigera mu wa kanne naho biba nk’ibaye muyandi mashuri.
Icyumweru cyagiye kurangira amashuri yose ariko yihana,ubwo sinakubwira mu mago byari ibicika abagore nabagabo batangiye kwihanira abagabo babo,nabagabo babo bihanira abagore babo ko bajyaga bacana inyuma,Byagiye kugera kucyumweru bageze murusengero umwuka wera urariduka maze abantu buzura indimi z’umwuka ariko sizazindi za LIBA SHIKA,ARABABA,ARABAKUNDA ARABASHAKA…
Zari indimi original zivuye mwijuru maze abantu basinda umwuka wera,uwo mwuka warambutse ugera mu gihugu cy’Abaturanyi Uganda,maze nabo biba uko byabaye mu rwagasabo,abantu barihana biracika niho haje kuba gutotezwa mujya mwumva MASHAHIDI WA UGANDA.
Uwo mwuka wavuye aho werekeza kumugabane wa Australia maze urahatinda cyane urahikunenga kuburyo bukomeye cyane abantu baho bamenya amateka ko umwuka wabajeho yabanje murwagasabo.
Igihe cyaje kugera umwuka wera urigendera wisubirira mu ijuru aho yari yaturutse!Ubu rero umwanzi amereye nabi ibyo bihugu,iyo ILLUMINATI yitegereje uRwanda ,Uganda,na Australia abona ko ibyo bihugu bizazambya umugambi wabadayimoni.
Niyompamvu yihutiye gusinyisha abayobozi bibyo bihugu umugambi wo kwemera gusinya itegeko ryabashakana bahuje ibitsina Homosexual and Lesbians kugirango ejo uwo mwuka utazibeshya ukongera kuhagaruka murabiziko M7 yikarakashije ko asinye itegeko rihana abatinganyi ariko mu minsi micye cyane itageze ku kwezi kumwe bari bamaze kumwereka ikarita itukura ahita asinyura rya tegeko rihana abatinganyi.
Ukwezi gushize kwa Gicurasi 2015 igihugu cya Astralia giherutse kwemeza umushinga witegeko ryemerera abatinganyi kubana byemewe namategeko,ubuhanuzi buvuga ko umwakagara agiye kwemeza iryo tegeko ngo kugirango abashe kubona ibihugu bizamushyigikira muri manda ya lll.
Ibyo agiye kubikora yirengegije umuco nyarwanda ugendera kuri kilazira,ikindi gitumye agiye gukora ibyo ni uko azi neza ko nta nkunga azongera kubona mu mahanga kuko batemera ko ahindura itegeko nshinga.
Ibi byose birimo kuba n’intambara iri hagati ya satani n’Umwami Yesu Kristo kuko agiye gukora ibitangaza nibimenyetso muri iyisi yabazima.Ibi bihugu tuvuze haruguru biri muri bimwe nubundi bigiye kongera kunyagirwa n’imbaraga z’umwuka wera wamanutse icyo gihe.
Hazaturuka abantu bakomeye cyane mu buryo bw’umwuka ndetse byaranatangiye abo bantu barimo baratunganywa ndetse batangiye gukoreshwa ibikomeye,ndahamya yuko abatazagwa isari byanze bikunze mu giye kubona Imana igendesha amaguru !
Izamanuka ive mu ijuru ibane nabantu bayo satani yagize imbata!Nyamara bizaba bikomeye niyompamvu iby’Uwiteka yavugiye mukanwa kabahanuzi kuva cyera agiye kubisohoza.Ahangaha ntamashuri azakora,ahubwo hazakora kuba warabaye umutoni w’Imana imbere yayo.
Icyo gihe murwagasabo tuzaba dufite ubwami,Uganda bazaba bafite ubwami usibye ko nubu babufite nubwo arubwami traditional ntacyo bitwaye,Australia basanganywe ubwami kuko bayoborwa n’umwami-kazi wo mu Bwongereza urumva ho hameze neza.
Ibi byose birimo kuba bisenya ijambo ry’Imana,nibyo byisenya kuko ijambo ry’Imana ntirishobora gusenyurwa nabadayimoni ahubwo nibo barimo kwisenya,nuko rero bene data mube maso kuko hasigaye ah’Intwarane,kuko intwari zo zirataka zinyinyiriwe.
Mu mwaka wa 1935 umwuka wera yamanukiye murwagasabo ahitwa IGAHINI,uyu mwuka wamanukiye abanyeshuri bigaga amashuri abanza muri icyo gihe,abanyeshuri batangiye bamanika ukuboko imbere ya mwalimu ubigisha bamubwira yuko bihana ibyaha bakoze byo kwiba bagenzi babo amakaramu n’amakayi.
Nk’uko ubuhamya bwatanzwe na nyakwigendera KIBUGU witabye Imana muri 2005,yavuze yuko umwuka amaze kumanuka muri abo banyeshuri yatangiriye mu mwaka ubanza umunyeshuri wa mbere atangira avuga yummva ijwi rimubwira kwihana kuko yabye ikayi ya mugenzi we.
Mwalimu yabifashe nkibisanzwe,uwo mwuka urambuka ugera mu mwaka wa kabiri,naho biba uko,uvaho ugera mu mwaka wa gatatu naho biba uko,Birambuka bigera mu wa kanne naho biba nk’ibaye muyandi mashuri.
Icyumweru cyagiye kurangira amashuri yose ariko yihana,ubwo sinakubwira mu mago byari ibicika abagore nabagabo batangiye kwihanira abagabo babo,nabagabo babo bihanira abagore babo ko bajyaga bacana inyuma,Byagiye kugera kucyumweru bageze murusengero umwuka wera urariduka maze abantu buzura indimi z’umwuka ariko sizazindi za LIBA SHIKA,ARABABA,ARABAKUNDA ARABASHAKA…
Zari indimi original zivuye mwijuru maze abantu basinda umwuka wera,uwo mwuka warambutse ugera mu gihugu cy’Abaturanyi Uganda,maze nabo biba uko byabaye mu rwagasabo,abantu barihana biracika niho haje kuba gutotezwa mujya mwumva MASHAHIDI WA UGANDA.
Uwo mwuka wavuye aho werekeza kumugabane wa Australia maze urahatinda cyane urahikunenga kuburyo bukomeye cyane abantu baho bamenya amateka ko umwuka wabajeho yabanje murwagasabo.
Igihe cyaje kugera umwuka wera urigendera wisubirira mu ijuru aho yari yaturutse!Ubu rero umwanzi amereye nabi ibyo bihugu,iyo ILLUMINATI yitegereje uRwanda ,Uganda,na Australia abona ko ibyo bihugu bizazambya umugambi wabadayimoni.
Niyompamvu yihutiye gusinyisha abayobozi bibyo bihugu umugambi wo kwemera gusinya itegeko ryabashakana bahuje ibitsina Homosexual and Lesbians kugirango ejo uwo mwuka utazibeshya ukongera kuhagaruka murabiziko M7 yikarakashije ko asinye itegeko rihana abatinganyi ariko mu minsi micye cyane itageze ku kwezi kumwe bari bamaze kumwereka ikarita itukura ahita asinyura rya tegeko rihana abatinganyi.
Ukwezi gushize kwa Gicurasi 2015 igihugu cya Astralia giherutse kwemeza umushinga witegeko ryemerera abatinganyi kubana byemewe namategeko,ubuhanuzi buvuga ko umwakagara agiye kwemeza iryo tegeko ngo kugirango abashe kubona ibihugu bizamushyigikira muri manda ya lll.
Ibyo agiye kubikora yirengegije umuco nyarwanda ugendera kuri kilazira,ikindi gitumye agiye gukora ibyo ni uko azi neza ko nta nkunga azongera kubona mu mahanga kuko batemera ko ahindura itegeko nshinga.
Ibi byose birimo kuba n’intambara iri hagati ya satani n’Umwami Yesu Kristo kuko agiye gukora ibitangaza nibimenyetso muri iyisi yabazima.Ibi bihugu tuvuze haruguru biri muri bimwe nubundi bigiye kongera kunyagirwa n’imbaraga z’umwuka wera wamanutse icyo gihe.
Hazaturuka abantu bakomeye cyane mu buryo bw’umwuka ndetse byaranatangiye abo bantu barimo baratunganywa ndetse batangiye gukoreshwa ibikomeye,ndahamya yuko abatazagwa isari byanze bikunze mu giye kubona Imana igendesha amaguru !
Izamanuka ive mu ijuru ibane nabantu bayo satani yagize imbata!Nyamara bizaba bikomeye niyompamvu iby’Uwiteka yavugiye mukanwa kabahanuzi kuva cyera agiye kubisohoza.Ahangaha ntamashuri azakora,ahubwo hazakora kuba warabaye umutoni w’Imana imbere yayo.
Icyo gihe murwagasabo tuzaba dufite ubwami,Uganda bazaba bafite ubwami usibye ko nubu babufite nubwo arubwami traditional ntacyo bitwaye,Australia basanganywe ubwami kuko bayoborwa n’umwami-kazi wo mu Bwongereza urumva ho hameze neza.
Ibi byose birimo kuba bisenya ijambo ry’Imana,nibyo byisenya kuko ijambo ry’Imana ntirishobora gusenyurwa nabadayimoni ahubwo nibo barimo kwisenya,nuko rero bene data mube maso kuko hasigaye ah’Intwarane,kuko intwari zo zirataka zinyinyiriwe.
