05th Dec,2015 Njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane,mbona ndi mu muhana wiwacu kuri gakondo yabakiranutsi,nerekwa imodoka yarimo abantu yo mu bwoko bwa Noah.Yari yuzuyemo abagabo ninsore nsore z’abatutsi baturutse mu gihugu cy’Isamariya.Bari banezerewe cyane basaga nabari muri picnic.
Ubwo ya modoka barimo yahise ikora impanuka hapfamo abasore benshi harokokamo (2)gusa.Nabo bahita barafatwa kugirango bashyiikirizwe ubutabera kubera gutwara ikinyabizinga basinze.Ubwo nahise manuka nerekeza mu gikombe cyiri munsi yagakondo yabakiranutsi.
Mpageze nsanga ibintu byaradogereye,gakondo barayigaruriye bateyemo imyaka y’ubwoko bwose kandi nubundi baracyakomeza guteramo imyaka yo mu bwoko bwa kizungu bakoresheje ifumbire mva ruganda(Imyuka mibi).Nuko mu gihe nkitegereza mbona umwe muri babandi barokotse amanutse muri gakondo yabaturanyi maze araza yihisha muri iyo mirima yariteyemo imyaka yimvange ariko ahanini harimo amatunda.
Ndakomeza ndamanuka,nerekwa ko,wa mu gabo w’umututsi wahungiye mu gikombe kiri munsi ya gakondo yabakiranutsi,ko bamubuze,hirya cyangwa kuruhande rwa ruguru muruhande rw’Ibumuso umanuka uturuka ikasikazi werekeza ikusi niho haherereye bwa butayu bugufiya,nerekwa ko,wa mu tutsi wa (2) nawe yahise acika akamanukira muri ubwo butayu.
Ubwo ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abacitse ku icumu bose bahise bigira impunzi,umwe yakomeretse ibirenge,naho undi akomereka urubavu ibi byose bikaba bibaye kubera amasengesho watangiye yo ku munsi wa mbere kuko Uwiteka yagugetse gukora amasengesho kugirango aguhe ubutabera busesuye uko niko Uwiteka avuga.
Ndamanuka ngera mugikombe kiri munsi ya gakondo yabakiranutsi,nsanga ibiti byose byarumye byashizemo imbaraga(ubutegetsi bwamunzwe na ruswa y’umwakagara)Nuko nditegereza numva biranyobeye pe!Nongera kugaruka munsi y’imirima yagakondo ituranye na wa murozi witwa Ruzezwa Narsi wadutwariye umugisha uhereye mu1978 -2015 Gicurasi 31st mbona yigaruriye gakondo yose afatanije hamwe na za magigiri zose z’umwakagara barahinze ariko bararumbya igihande kimwe ntibyera.
Mbona kandi nerekwa ko,hejuru ya gakondo bahagize umuhanda unyura mukirere kubera gakondo ifite ubutunzi bukomeye cyane.Mbabazwa cyane nuko ubuyobozi budashobora kugira icyo bwakora ngo bunkiranure mbashe guhabwa gakondo yanjye.Ahubwo nsanga yaragoswe ndetswe irarindishijwe imbaraga z’umwijima mbona harabagabo barimo kuyikorera abandi nabo bakoze ubulinzi kugirango hatazagira umukiranutsi numwe wahira hira kuba yahageza ikirenge cye.
Ubwo mu gihe nkomeje gutekereza inzira nakoresha ngo nsubirane gakondo yanjye,mbona za modoka ziraje zose zanyuraga kuri wa muhand awo hejuru nuko mbona uko zinyura hejuru ninako zikora impanuka habanje imodoka ntoya (Personal) mbona hakomeje kuza amadoka arushijeho uko zigenda zirutana uko zazaga zose ninako zakoraga impanuka maze mbona iya nyuma ibaye LORY(Ubutegetsi bwo hejuru)nayo ikora impanuka.
Nuko numva babalinzi bagira inama umukuru wabo(Super visor)ngo basenge Imana naho ubundi ntakaribushoboke,undi aramusubiza ngo,bo bakoresha imbaraga zo mu bwoko bwa kizungu.Nga nta kibazo bagiye kongera gushaka izindi mbaraga bamenye impamvu yizo mpanuka.Nuko nanjye ndazamuka njya kwitegereza neza ibyababayeho ngenda nkikira kuzageza ngeze aho za modoka zakoreye impanuka.Usibye yuko zakoraga impanuka zigahita zishonga kuzibina bikaba bitashobokaga.Nuko mpageze nsanga habe numuti wa kirazira.Nuko ntangazwa no kubona iyo myaka uburyo isheshe neza kandi cyane.Nibuka yuko abo baturanyi twari duturanyi imyaka yabo yabaga ishishe naho iyiwacu ikaba inanutse!
Nuko ndagaruka njya kumuru w’umudugudu njya kumusaba yuko yancira urubanza maze arambaza ngo,nari naragiye hehe?Ko wabuze,musubiza yuko nahuye nuruva gusenya nkirukanwa muri gakondo yabakiranutdi kandi arijye warushinzwe kuyirinda none ikaba yarigaruriwe n’inkozi zibibi.Nuko njya kumubwira ibyo,nasanze yarahinze mu murima we,imbuto zirimo igiti cya Orange nikindi ntabashije kwibuka izina ryacyo!Nuko amaze kunsezeranya yuko agiye kumfasha agakurikirana ibibazo byanjye ngasubizwa gakondo yabakiranutsi.
Musaba ko yampa ingemwe zizo mbuto nanjye nkajya kuzitera(Kwize) nari kuzitera hehe kandi ntarasubizwa gakondo yanje?Nuko ndazifunga neza kugirango zituma zikazanga kumera.Nuko mbona ariko abagarira uwo murima we,numva nifuje nanjye gusubirana gakondo yanjye.Mbona ibyo biti by’imbuto amaze kubitunganiriza neza atangira kubufotora kugirango abike amafoto yabyo cyangwa amashusho yabyo!
Nuko dutandukana yemeye ko agiye kunshakira ubutabera,ndakomeza muri ya mirima kuko za modoka zikimara gukora ubutegetsi,zose zahise zirangira hamwe nabashumba bazo(Mbona uwahoze arumufasha wa data akaba nawe ar’inkozi yikibi KANSIRIDA yabukereye yibereye munsi ya gakondo kumuharuro aho yararimo guterekera ngo akomeze kugumana umugisha ataruhiye kandi yifuza ko yawuruga umwana we wose uko wakabaye maze abo bavukana twebwe tugakomeza kwibera mu muvumo.
Ndamanuka ngera aho yari yiherereye akora ibyo yakoraga maze mpita nsenya ibyo byose yakoraga,yarifite inzoka arimo ayituma kuza kutubuza amahoro.Nuko ndayifata ndayica arandwanya cyane ariko aruhira ubusa nsanga nayishe.Ariko jyewe sinamenya ko nayishe,nkomeza guhangana nawe intambara irangiye niho namenye yuko uwo mwuka wabadayimoni wuruhubiko washizemo umwuka.
Numva ndanezerewe cyane kuko abanzi bumusaraba bose bamaze gucirwaho iteka abakiranutsi,hamwe numuhanuzi bakaba bamaze kubona ubutabera bwabo kandi Uwiteka akaba ababuraniye numva ngize umunezero ndetse ngira nibyiringiro yuko nurubanza nzarutsinda kuko mbonye kugira neza k’Uwiteka Imana yabakirnautsi uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwieka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ejo hashize 04th Dec,2015 wabwiwe gukora amasengesho kugirango Uwiteka Imana ahane ziriya nkozi zikibi zamaze kwigira utumana.None uyu munsi watangiyeho amasengesho Uwiteka akweretse gukiranuka kwe.Bariya batutsi wabonye baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA nibo birirwa baguhiga,ziriya modoka wabonye nubutegetsi bw’umwakagara bubari inyuma ziriya modoka zabo nibwayobozi bwabo bwamaze gukora impanuka(gutakaza ububasha kuruhando mpunzamahanga)
Ziriya mbuto wabonye numugisha wambuwe bajya kuwutera muri gakondo yawe kuko bon ta gakondo bagira kuko ntayo basezeranijwe ninayompamvu bakurwanya kuko bazi neza uwo uwuri we!Iriya myaka wabonye yashishe cyane nizambaraga bajyaga bakoresha z’umwijima bakazishira mu murima wabo imyaka yabo igashisha naho muwanyu bagashyiramo imbaraga z’umwijima kuko babaga bamaze kubatwara umugisha mugahunga ariko mukaruhira ubusa.
Nuko birangira mbona nashubijwe gakondo yanjye,nshaka abakozi mbaha umurimo wo kujya gutunganya gakondo neza nk’uko bikwiriye kugirango dutangire tubone uko natwe twahinga tugatera imyaka kugirango tuzabone umusaruro muzima.Nuko mbona ya myaka yabo ijyanye nizo nkozi zikibi ubwo ahubwo gakondo dusanga itari ikoreye ahubwo bafite uburyo babigenzaga bagatera imyaka hejuru mukirere nk’uko ibiremwa byitwa Alins bija bibigenza kuko bijya bikora za garden hejuru y’imirima y’abana bab’abantu ariko kuburyo aya maso y’umubiri adashobora kubibona cyeretse ukoresheje za camera zabigenewe niho ushobora kubona uburyo ibyo biremwa ibyo bikora.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore aya masengesho ugiye gukora y’iminsi ibiri amasaha (48) uzayarangiza Uwiteka yamaze guciraho iteka abo bose bagenza ubugingo bwawe.Kandi nabo ubwabo bagiye kubona yuko ukorera Uwiteka Imana ifite imbaraga kuva icyo gihe nta bwo bazareka kuguhiga ahubwo bazahidura abandi kuko abagiye guhanwa nabarimo kuguhiga rero ntibashobora kwemera yuko batinzwe ahubwo bazahita bahindura abandi abo nabo uzongera ukore amasengesho maze Uwiteka abarimbure babure ubugingo kuko bahiga umukiranutsi utariho urubanza kandi wikorera umurimo w’Uwiteka yahamagariwe uko niko Uwiteka avuze.
Nuko menya yuko Uwiteka ajya ababazwa nitotezwa rijya rikorerwa abakiranutsi,nyamara nubwo abanshi bijya bibagira cyangwa kwibuka cyangwa gutegereza guhora k’Uwiteka Imana yabakiranutsi,ariko ajya abikora kandi abikora neza kuko ntawe ashobora kurenganya.Niyompamvu wowe usomye ubu butumwa,kandi ukaba wararenganijwe,nakugira inama yo guhindura isengesho wajyaga usenga utangire ubwire Uwiteka Imana uti,Mana ndasaba ko wampa ubutabera bwawe kuko mu isi yabazima nahabuze ubutabera.
Nk’uko bisanzwe ukomeze ukora amasengesho yawe yo kwiyiriza no gusenga Uwiteka kandi wizeye ndetse umwiriniye ari nako ukomeje gusoma ijambo ry’Imana kugirango rirusheho kuba ryinshi muri wowe ntuzigere uhagarika gusaba Uwiteka Imana ubutabera bwawe igihe cyose uzaba utarahabwa igisubizo cyangwa ngo wumve umwuka w’Uwiteka har’icyo akubwira uzumva ijwi ritoya cyane risa nirivugira mu mugogo cyangwa mu kisaya yawe uzamenye yuko iryo jwi ary’Uwiteka Imana (mwuka wera)
Akenshi abantu bumva ijwi ryo mu mutima imbere muri wowe,ariko naryo rishobora kuba iry’Umwuka w’Imana ,ariko inshuro nyinshi umwanzi arikoreramo ugasanga ari we uvuga akakwizeza ibitangaza.Ntabwo umwuka w’Uwiteka ajya akabya,ahubwo akubwira ibishoboka nawe ubona ko byashoboka.Ndetse nibidashoboka abasha kuguha ibyiringiro ariko ibyiringiro bitarimo gukabya ahubwo ar’ibisanzwe.Ariko amajwi yabadayimoni atanga ibyiringiro birimo za gikabya aho usanga bakwizeza ibintu bijyanye nirari ryawe.
Ariko iyo udafite irari,usanga abadayimoni badafite aho bahera kugirango baguhe ibikabyo byinshi cyane kandi bitanashoboka.Abantu benshi(Christians) bafite ibyo bise amasezerano bihaye cyangwa bahawe nabadayimoni.busanzwe amasezerano y’Uwiteka Imana agendana n’ijambo ry’Uhiraho,ariko iyo ayo masezerano adafatanye nijambo usanga ari icyuka gusa nibinyoma bigamije kurimbura ubugingo bwawe.
Niyompamvu benshi bapfa batabonye amasezerano,ese Uwiteka arabaeshya!Oya ndetse ntibikabeho icyo nicyo yananiwe muri byose mu gihe ibindi byose yabishoboye!Nuko rero menya udashidikanya neze,yuko ibyo wiremeye binyuranye niby’Uhiraho yakuremeye.Ndetse ibyo umwanzi yakuremeye nabyo binyuranye nubushaka bw’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Ariko byose bisohoza murukundo rw’uhoraho reka rero twebwe abemeye umurimo w’Umwami wakoretse kumusaraba igorigota kumanywa yihanga twemere kandi twiringire yuko ibyaozwe byose byakorewe twebwe kandi kubwacu kugirango twe kwiremamo ibyiringiro ahubwo tubiremwemo niyaduhamagaye kuko yatumenye mbere hose yuko tubaho.Kandi yaridufite mu migambi yayo kuca kera kose uko ijambo ryayo riri uyu munsi.Mbese ibi urabyizera?Nimba ubyizera bikubere uko biri uyu munsi,kandi bijyendane no kwizera iyaduhamagaye iduhamagariyeimirimo myiza yo muri Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi.Nibyo nibyiza kandi birakwiye yuko Umwami yamamazwa hose,ariko se,ni hose hehe?Mu mutima se?Ese abamwamamaza baba bamwemera?Cyangwa babikora kugirango bibere inzira y’imibereho yo mur’iyi isi ya none igeze kubuce nk’imbagwa!
Geregeza ugenzure byose ubigenjuje ijambo ryayo,kuko hariho bamwe mu bahanga biyisi bashobora kuzayobya benshi ndetse banamaze kubayobya bakoresheje amagambo meza adafitanye isano nagakiza.Yego ngo ururimi rwiza ni mugenzi w’Imana ariko s’Imana.Aho kugirango se ushake urulimi rwiza washatse Imana ko ihari ikaba ibasha kuboneka cyane cyane iyo usinziriye kuko ijya iza ikagusura ikakuvugisha.
Sogukuru Abraham yahawe amasezerano binyuze mu nzozi,naho umuhungu we Issac nawe nuko byamugendekeye,Yakobo we ubwo yararyamye Beter yiseguye ibuye indirimbo yo muzo gushimisha yabonye ijuru rikinguka urwego ruriho rumujyana mu ijuru.Nawe niba ushaka guhindura ubuzima bwawe biroroshye cyane nukwita kubyo Uwiteka akwereka kandi aguhishurira iyo ushizweho usinzriye mu nzozi cangwa mu mayerekwa.Yoseph we yabwiwe guhugnisha umwana mu nzozi ngo Umwami Herode arashaka kumwica,ndetse amaze gutanga abwirwa kumugarura kuko ngo uwashakaga kumwica yatanze.
Umwami Salomo yahawe ubwami yibereye mu nzozi,ndetse yongerewe ubwenge nabwo yibereye mu nzozi,mbese waba ugira inzozi?Iyo uzigize ubasha kuzisobaukirwa?Nta handi hajya haturuka ubutunzi bw’Uwiteka hatari mu nzozi.Nimba utarota nikigaragaza ko baguhumanije,ariko muri iyisi ya nyagasani ubanza hari ni nyamaswa zishobora kuba zirota ibyo sinadabihishukirwa umunsi nabihishukiwe nzakubwira ariko icyo mvuga niko nuko niba udashobora kurota ufite ikibazo gikomeye cyane kandi nta muntu numwe wakigufashamo kuko wowe ubwawe urihangijekuba wagikemura usibye uramutse ukeneye ubufasha nabwo twaguasha kuko nicyo umurimo w’Uwiteka ubereyeho Uwteka abane namwe wese mukurikira izi nyigisho nimba ufite ikibazo wohereze e-mail mbere yuko mva mu masengesho kugirango ubashe kubona ubwiza bw’uhoraho <nccleon@gmail.com> Uwiteka abiteho kandi abagirire neza nk’uko bibakwiriye.





