Amakuru agera ku inyangenews aravuga yuko murwagasabo imitwe yombi uwa sena n’umutwe wabadepite,baraye bashoje urugendo bakoreraga mu ntara n’uturere 272 mu uturere dusanga 400.
Ubu bwira bafite bari gukoresha vuba vuba,barashaka ko itegeko nshinga rihindurwa cyane cyane mu ngigno yaryo y’101 aho ibuza umwakagara kongera kwiyamamariza kuba umukuru w’igihugu.
Barashaka ko iryo tiku riva mu nzira maze ikiba kikaba tukareba,umwe mubavuga rikajyana ejo yavuze yuko badategekwa nabazungu,nyamara yibagirwa ko,iyo FPR.itaza gufashwa nabazungu,nta bwo Habyarimana bari kumushobora.
Hon.Bariana yananiwe kubaza abaturage ko,bashaka guhindura guhidnura itegeko nshinga bitoreye,ahubwo abaza niba har’icyo bavuga kuri gahunda yakozwe yo kongera manda ya lll umwakagara.
Nyamara muri 2010 niwe wasakuzaga avuga ko,abanyarwanda badashobora kwemera ko,umwakagara yiyongeza manda ya lll kuko atari we munyarwanda wenyine ufite ubushobozi bwo kuyobora igihugu.
Baricana Eugene azwi cyane nk’umuntu w’umuhanga mugukoresha ikinyoma muri politike,ariko iyo ari wenyine yigaragaza nk’umuntu wumunyakuri nyamara atari ko ameze.
Ngaho nimwiyumvire uko yabajije abaturage mukarere ka Gasabo ahitwa KICUKIRO wumvaga yananiwe gutangira intangiriro yamagambo kubera ikinyoma yarikumwe na Emmanuel Mudidi wagaragaje ubuswa inshuro nyinshi muri ministeri y’uburezi isoko y’ikinyoma n’ubwicanyi byabanyarwanda.





