Ngaho nawe iyumvire uko Imana yarinze Gen.Nyamwasa Kayumba yabateje kwanga kurekura amadollar ngo yicwe uko niko Imana ijya ikiza abantu ifiteho umugambi kugirango igaragaze imbaraga zayo.
Ubugome bagiriwe kuva kera,babukorerwa na M7 n’Umwakagara nta bwo babuyobewe,gusa ikibabaje nuko bamaraga kubukorerwa,bakaza natwe bakabudukorera kandi twaraje kubatera ingabo mu bitugu.
Ibi bikorwa byose Nziza yagiye akora byaje kumugaruka aho ubu yahawe agatebe akaba atagifite imbaraga zo kuba ya kongera kwifatira umwakaagara ndetse birakekwa ko yaba yaragambaniye umwakagara mugikorwa cyo kwica Gen.Nyamwasa Kayuamba kuburyo bishoboka yuko umwakagara yamwivugana mbere yuko bigera muri 2017
Dan Munyuza wigishijwe na Gen.Nyamwasa nawe arakekwa amababa kuba yaba yaragambaniye umwakagara mu gikorwa cyo kwivugana Nyamwasa kigikomeje kunanirana bivugwa yuko ariwe wamwihshije ubwa magigiri kandi akaba ari nawe wanamuzamuye mu ntera kugirango agere aho aba ageze uyu munsi.Muzaba mumbarira ibyabatutsi babavantara n’umwakagara kuko ndabona amaherezo yabo ari hafi cyane ubanza isi igiye kubabana ntoya.
