Aug 25, 2016 Kuyoba n’ukutumvira Imana,abantu benshi bibwira yuko kuyoba ar’icyintu gikomeye ariko kuyoba ni cyintu cyoroshye cyane bisobanurwa kutumvira Imana.Nigute umuntu atumvira Imana?Kutumvira Imana bivuga yuko Imana iba yavuganye nawe cyangwa yavugiye mukanwa k’Umuhanuzi maze ukanga kumvira Imana ibyo yagutumyeho Umuhanuzi.Ahubwo ugakomeza kwikorera ibyawe binyuranye n’umugambi Imana igufiteho icyo gihe byitwa ko wayobye!Ikindi ushobora kuyoba ubigambiriye uzi neza ibyo ukora ubitewe no gushaka ubutunzi bw’isi kubera kunanirwa kwihaganira imiruho yo mu isi ukirengagiza yuko hariho Ijuru kuko umutima wawe uba warabaye akahebwe utakigirwa inama ahubwo ugasigara urwanya Uwiteka Imana yawe nk’umwanzi wawe.
Imyuka [2] ikorera mubagore b’Abahanuzi kazi b’ibinyoma!!!
Aug 25, 2016 Ijambo r’Uhoraho rongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ubuyobe ukorera muri Esther Murebwayire,ninawo ukorera muwahoze ari umufasha wawe Murekatete Odette.Kuko bombi ibimenyetso bibaranga by’uburwayi bafite bwo mu mwuka birasa.Kwishyira hejuru,gukorera leta y’umwakagara,kutihana integenke bavuzweho,kwiyemera,kutagira isoni,kutisubiraho ngo basubize amaso inyuma barebe ibibavugwaho ko byaba ar’ukuri ibyo byose babikoreshwa no gutinya ubuzima bw’ejo hazaza kuko batitaye kubuzima bwo mu mwuka ahubwo bitaye kubuzima bwo mu mubiri niko Uhoraho avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abo badamu [2] mvuze hejuru,bashinga ihema ryo gusengeramo hanze kagahinga nyamara iryo hema ryari munsi y’urutoki cyangwa uruzabibu nuko mbona hagati yiryo hema,ahamanukiraga amazi,mbona niho bacukuye ubwiherero bwo kwitumamo ariko kuruhande rwiryo hema akaba ariho bakirira abantu bakabasengera.Nuko ndabwirwango mwana w’umuntu,tangaza kandi ushyire ahagaragara uwo mwuka ukorera muri abo badamu bigize ibicamuke byibinanira Mana.
Banze kumvira umwuka w’Umwuka w’Uhoraho,ahubwo bigira ingunge mu ishyamba(kwigomeka) banga kumvira Uhoraho,ahubwo banezezwa no gukorera Satani kubera kwanga kwihana no gukunda icyubahiro nyama birengagiza yuko imanza mu nzu y’Uhoraho ariho zatangiriye kuko ubwo bangaga kwihana bahise bacirwaho iteka kuko bahawe igihe gihagije cyo kwihana uko niko Uwiteka avuga.
Ninayompamvu badashobora kugira isoni kubera umwuka wabadayimoni ubakoreramo kuko ubusanzwe umuntu ufite ubugingo,abanza kugenzura icyintu cyose cyivuzwe yuko haraho gifitanye isano n’ukuri kubivugwa.Ariko uzarimbuka,ntabwo abyitaho kuko aba yibwira yuko ari mu nzira.”Mathayo 6:24 niba umucyo ukurimo ari umwijima,uwo mwijima ungana iki”?
Intore nshya zoherejwe kumena amaraso yabatariho urubanza!!!
Nerekwa za mpura na za magigiri nzinyura mu myanya y’intoke.Mbona banyitereza cyane bari baguzwe nurubiruko rw’insore nsore z’abahutu bacuruza inkweto mu gihugu cy’IBABYLON,baranyitereza cyane ariko Uwiteka abahuma amaso ndahita.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,reba uburyo Abahutu barushye,bahunze umwakagara kubera yabiciye imiryango yabo akanabagerekaho genocide,none reba basigaye bamukorera yabahinduye abakozi bo gukiranirwa batunzwe no gucuruza amaraso bayanywa bakayararira uko niko Uwiteka avuga.
Nuko mbanyura hagati ndigendera ngenze imbere mbona yuko bankurikiranye nifatira ikinyabiziga ndabacika.Mbona inkoramaraso yitwa MUTIMURA JOSEPH twiganye muri KIST yoherezwa hamwe nizindi za magigiri kujya guhiga ubwoko bw’Uwiteka Imana ngo babace ibihanga ngo ni uko batavuga rumwe n’Umwakagara.Mbona undi witwa RUMONGI Charles wahoze akora muri perezidansi akaza gukurwaho n’inama ya baministiri nawe ashyirwa muri za magigiri kujya kugambanira abatariho urubanza.
Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,abo bose ubonye nabariya utabashije kumenya amazina yabo,nta kindi bahawe usibye guhabwa amazi ya gahimano,nibyo kurya byagahimano uko niko Uwiteka avuga.
Dore ibyago,akaga,amakuba nibyo bigiye kubabera ibyo kurya byabo byaburimunsi,mbona ko babanje kubaterekerera abazimu b’abakagara,barangije mbona kubamurikira abazimu ndabwirwa ngo,abo ubonye ntuzongera kubabona ukundi uko niko Uwiteka avuze.Dore uko FPR igiye kwibagirwa niko nabo bagiye kwibagirana kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana kuko bemeye kumena amaraso ya batariho urubanza uko niko Uwiteka avuze!
Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore ibyago biziye abakiranirwa bose muri gakondo ya bakiranutsi.Cyane cyane abanarwanda bakomoka mu bwoko bw’Abatutsi kugirango bamenye yuko Uwiteka yazanywe mu isi no guca imanza zitabera mu gihe gisa nk’iki?Niko Uwiteka avuga!Nerekwa ibyago babicamo ibice hari ibigie kubanza byorohejemo bucyeya,bizakurikirwa nibindi birushejeho gukomera ho,hanyuma hakazaza ibyanyuma bikomeyeho cyane kandi byose uko bigabanijemo ibice [3] bizatwara amazi [3] niho bazagubwa gitumo nicyago cya nyuma gikmeye kurusha [2] byabanjirirje icya nyuma maze aho niho bazasobanukirwa neza yuko Umuhanuzi yarabarimo niko uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibwami ubuhanuzi bubageze ahakomee none batangiye kuvuga ngo warasaze,ngo ariko ukaba warasaranye ijambo ry’Uwiteka.Babwire ngo,ugiramahirwe asana ijambo ry’Uwiteka.Uko niko barimo kwisobanura ku bantu kugirango bikure mu soni kuko banze kumvira ijambo ry’Uwiteka kuko igihe cyabo cyo gucirirwa imanza imbere y’Uhoraho kirageze none batangiye gutesha agaciro ijambo ry’Uhoraho kugirango bakore ibyo kamere zabo zifuza ziyobowe nabazimu bahinduye imiryango yabo kuba ibicumbi byabo uko niko Uhoraho avuga.
Bambarize uti se,umusazi yahanuye ibyanyu byo kwima ingoma,none bigeze aho mugomba kwihana mu mwise umusazi?Mbere hose ko mwamwitaga intwari,ahindutse umusazi gute?Kuko yanze kubumvira agahitamo kumvira ijambo ry’Uhoraho niyompamvu mu mwise umusazi?Ngaho nimutegereze turebe yuko ubwo buhanuzi bw’umusazi butazasohora aho niho muzamenya yuko yasaranye ijambo ry’Uhoraho kandi ubwo muzabura igisubizo cy’Uwiteka ntimuzamushake kuko bidashoboka yuko ibwami bashakira igisubizo mu musazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!!!
Abakagara bumvisha Nyir’uRwanda yuko Umuhanuzi Majeshi Leon yasaze!!!
Nuko ndabwirwa ngo,ibyo byose byavuzwe nyuma yo guhanura ibyago kuri nyir’uRwanda yuko azaba impumyi ijisho rimwe kuko yaburanije umwuka w’Uhoraho ndetse akanga gucyemura ikibazo cy’abanyaKIBUYE b’Abakagara bakomeje guteza akaga nakaduruvayo mu nteko y’ibwami bw’uRwanda kubera guhakirizwa kwabo bagambiriye kugambanira ubwami bw’uRwanda bwahanuwe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.Ariko bihorere Uhoraho agiye kwikorera imirimo ye,itangaje kandi ibyo yavuze no kubikora ntazabura kubikora kugirango bizamenyekane yuko umwuka w’Uwiteka yari mu Muhanuzi wahanuye ibyo niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa za magigiri zoherezwa no guhabwa amabwirizwa yo gukora ibishoboka byose ngo bahige Umuhanuzi kandi bamufate acibwe igihanga.Ariko birananirana ngo kuko badashaka gutwarwa agahigo bikazavugwa yuko Umuhanuzi yananiye za magigiri z’umwakagara bityo bikagaragara yuko Umuhanuzi koko afite Imana kandi ko yananiye abanzi bumusaraba uko niko Uwiteka avuga.
Mbona bazanye imodoka yuzuye abasirikare bakora umwuga mubi wo kuroga,maze bashyirwa mu murwa w’ISHUSHAN batangira guhiga Umuhanuzi ariko bacyura amara masa.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,yaba umwakagara,cyangwa za magigiri zizemera yuko Umuhanuzi akorana n’Uhoraho kuko bakoresheje imbaraga zose zishoboka bafatanije nibihugu ariko barananirwa ibyo ubwabyo bishobora kubabwiriza ubutumwa bwiza bakamenya yuko Umuhanuzi atameze nkabandi bantu basanzwe nk’uko babitekereza!
Ibyo bikorwa ubwabyo bizabacira urubanza imbere y’Uhoraho kuko bahize umukiranutsi w’Uwiteka utariho urubanza kandi bazatsindwa nurubanza kuko batazabona ubavuganira kuko uwakabaye abavuganira niwe bahakanye izuba riva,bamusimbuza ibigirwamana byabo,batangaza kumugaragaro yuko umwanzi wabakiranutsi (Satani) ari we mana yabo kandi ko,Uwiteka adashobora byose niko Uhoraho avuga.
Umwuka w’Uwiteka ukomeza kumpangaho,maze nerekwa umwuka w’Inzika ya batautsi wongera guhaguruka.Ushakisha uburo wakwitura inzika y’Inzigo,maze nerekwa urangarira mu ikoranabuhanga kuko Umuhanuzi bashakaga kwitura Inzika y‘Inzigo,yararimo gukoresha ikoranabuhanga ndetse yararangije imirimo ye yose ashinzwe gutunganya maze mbona umwuka w’Inzika usa naho utaye ubwenge kubera yuko warumaze kubona yuko Umuhanuzi wahigaga amaze kwinjizwa mu isoko y’ikoranabuhanga kandi mbona yuko imbaraga ze zirushijeho kwiyongera maze mbona acitse wa mwuka w’Inzika z’Abatutsi usigara urangaye kandi umwitegereza ariko bananirwa kumuta muri yombi!
Ibinyoma [72] bagiye kubeshya amahanga!!!
Nkiri muri uwo mwuka nerekwa mbona wa mwuka w’Inzika wihinduramo umwuka w’Ikinyoma,mbona werekeje mu butayu bugufiya aho warugiye kurisha ngo ubashe kubona imbaraga.Umaze kurisha ibyatsi mu butayu bugufiya, mbona Umuhanuzi agiye kuwucyura awusubiza murugo utaha unejejwe ni uko ubonye imbaraga zo kubeshya amahanga,ariko uwawukuye mu butayu,ninawe yari awufiteho ububasha bwo guhishura icyo kinyoma agiye kubeshya amahanga kandi icyo kinyoma yaragiye kubeshya amahanga ninacyo cyahindutse imbaraga z’amahanga!Niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agize.
Nerekwa wa mwuka w’ikinyoma wigabanyamo ibice byinshi cyane,igice cya mbere cyari ibinyoma [8];igice cya kabiri byari ibinyoma [16];igice cya gatatu,byari ibinyoma [32];ikindi gice cya kanne byari ibinyoma [48];igice cya gatanu,byari ibinyoma [60];igice cya gatandatu,byari ibinyoma [72];nuko numva wa mwuka w’ikinyoma mukuru uvuga ngo,ibi birahagije ntabwo byose bazabitahura ngo bazapfe bamenye yuko byose ar’ibinyoma.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,shyira ahagaragara ibyo binyoma byose bagiye kubeshya amahanga kugirango umwuka w’Imana uzabone aho uhere abakoza isoni kugirango byose azabihishurire abagiye kubeshwa maze imigambi yabo iburizwemo uko niko Uwiteka avuga.
Intambara ya banyamugisha,n’inkozi z’ibibi
Aug 26, 2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo ya bakiranutsi igiye gukorerwa neza kuko imaze kuzuramo umwanda.Kandi abayikorera bakaba ari bacye cyane.Barangariye mu by’isi ariko nyamara iyo baza kumenya icyabaheshega amahoro,bari kuyikorera uko niko Uwiteka avuga. Dore amasengesho wahamagaje yo gusengera ubwami bw’uRwanda yakozwe na bantu bacye cyane, nubwo wowe uyarangije,abubahiriza ijambo ry’Uhoraho abo nibo bazaragwa gakondo ya bakiranutsi kuko Uwiteka atajya akorera mu gihombo cyangwa ngo ahe umugisha abanebwe batumvira ijambo ry’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa mbona inkozi na badayimoni bazo,bacirwaho iteka,mbona bamanutse mu butayu bugufiya hamwe na babadayioni babo(INKA) bajya kurisha mu butayu ariko ikibazo bwa butayu bwari bumaze kuma nta batsi bikiharangwa.Mbona imiryango y’inkozi z’ibibi yatanzeho igitambo yongera gutabarwa igarurirwa ibyo yari yarambuwe nizo nkozi z’ibibi.Mbona Intare yo mu muryango wa YUDA imanutse muri bwa butayu kujya gutegereayo babadayimoni boherejweyo kujya kurisha kugirango intare ibacireho iteka.
Mbona wa mushumba wabadayimoni akaba n’itasi y’umwakagara BENON mbona nawe amanukanye naba badayimoni menya yuko nta gushidikanya yuko byanze bikunze ya ntare itazabura kumuciraho iteka hamwe na badayimoni yuzuye ubushyo bwinshi cyane.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,humura dore uratabawe kuko intare yo mu muryango wa DAVID yimanukiye yiyiziye yamanuwe no gubara abakiranutsi bambuwe imigisha yabo bagatabwaho igitambo kugirango ntibazigere baba abanyamugisha.Ariko noneho tangariza bose uti,abari baraciriweho iteka n’inkozi z’ibibi baratabawe niko Uwiteka avuga.Nerekwa umuhana wose wari waratanzweho igitambo,mbona Uhoraho amanuye ibaraga zidasazwe maze zitabara abanyamasezerano kandi batoranijwe kuva cyera mbere yuko bahabwa amasezerano.Mbona za nkozi z’ibibi zihagarika umutima cyane kubera yuko ubutunzi bari batunze bagiye kubwamburwa bugasubirana banyirabwo.
Mbona yuko bakoze ibishoboka byose ngo bwa butunzi butabacika,ariko birananirana,nerekwa bohereza abazimu na badayimoni ngo bongere bamene amaraso y’Umuhanuzi kugirango imbaraga zibarwanya z’ubuhanuzi zirangirire aho.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore mwana wumuntu watezwe ngo baguce igihanga nuko rero uramenye ntunyure ya nzira usanzwe unyura kuko za nkozi z’ibibi zamaze guxirwaho iteka kandi zikaba zabimenye none uramenye ntuhirahire uhanyura uko niko Uwiteka avuga.
Kuko igihe cyo gutabarwa kiregereje kandi kiri hafi uko niko Uwiteka avuga.Dore abantu bamaze imyaka myinshi batabaza mu Ijuru ariko ntihagire igisubizo babasha kubona.Kuko hari hatarabaho Umuhanuzi,none Uwiteka yamaze kubona Umuhanuzi wagombaga guhangana nizo nkozi z’ibibi zari zarigaruriye umugisha wa banyamugisha none igihe kirageze ngo Uhoraho ace imanza zitabera aheshe umugisha banyamugisha kuko bavutse arabanyamugisha uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa uburyo umuryango umwe wagiye uroga uwundi,uwarozwe nawo,ukaroga urundi kugeza ubwo,akarere kose kasigaye gategekwa nabadaimoni,ndetse nabakabaye bitwa abakiranutsi basigara bambaye ubusa kubera bakeneshejwe nizo nkozi z’ibibi basigara arabagaragu bizo nkozi z’ibibi kandi ahubwo izo nkozi z’ibibi arizo zakabaye abagaragara babo niko Uwiteka avuga.
Nongera kubona wa mwuka w’ikinyoma nari nabonye mbere wirukanywe mu gihugu cyo mu butayu.Mbona noneho uwo mwuka na bana bawo,babuze icyo barya bamaze kunanuka kubera igihe cyo gutungwa nikinyoma kirangiye mu isi ya bazima.Mbona uwo mwuka wigunze kandi wamaze gucirwaho iteka kuko bitazongera gushoboka yuko wemererwa gusubira mu batuye isi kujya kubabeshya ngo ubashe kubona amaronko yo gukiranirwa niko Uhoraho avuga.Ndabwirwa ngo umwuka w’ikinyoma wamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana kugirango umwuka w’Uhoraho ubone inzira aho wanyura ujya gukorera mu bwoko bw’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.Ndabwirwa ngo abiringiye umwuka w’ikinoma bose baciriweho iteka kuko banze kwihana bigshoboka yuko babona agakiza none dore gasubiye iwabo wabakiranutsi aho katurutse uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amasoko cyangwa udu centre abantu bacururizagamo,tugiye gukurwaho,maze utwo ducentre twose dushyirwe hamwe kugirango babashe kubona uko bakontrola ababucururizamo ndetse babashe no kumenya umutungo wabo uko ungana niko Uwiteka avuga.
Kumunsi wa nyuma wa masengesho Uwiteka yambwiye gukora,nibwo nabonye za (nka) abadayimoni boherejwe mu butayu bugufiya.Bamaze kugerayo Babura amazi yo kunywa,maze bagaruka murugo rwabo aho birukanwe naho basanga nta mazi ahari.Bicwa ninyota ku buryo bukomeye cyane.Mbona basubiye ahagana mu burengerazuba bw’amajy’Epfo y’uburasira zuba.Naho bagezeyo basanga amazi amaze gukama!
Nibwo ijambo ry’Uwiteka ryamanukaga «Rhema word»rikampa iriba ry’amazi mu butayu kuko ryali ryaratwawe n’inkozi z’ibibi.Ndabwirwa ngo iyo niyompano uhawe ukuye mu masengesho abadayimoni bari baratwaye umugisha wawe w’isoko ryiriba ya mazi,bawuha ababakorera none ugaruje umugisha wawe dore Uwiteka aguhaye iriba ryisoko ya mazi nkiryo yahawe Abraham n’umuhungu we ISSAC na YAKOBO rizagirira abantu umumari kandi ntirishobora kuzibama cyangwa gukama uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Maze guhabwa iryo riba ry’amazi yo mu butayu,nerekwa mbona umwuka w’Inzika w’Inzigo ukomeje kungendaho cyane kandi narindangije kurwana urugamba rwo mu butayu.Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu ube maso cyane kuko izo nkozi z’ibibi zigiye gusubira gushakisha imbaraga z’umwijima kugirango bongere bagerageze barebe yuko banyambura umugisha wanjye ariko nimba maso ntabwo bazabishobora niko Uwiteka avuga.





