Home Economy akarinyuma karahinda

akarinyuma karahinda

0

Korea ya ruguru yiyamirije ibihano bishyashya bya ONU

Igihugu cya Korea ya ruguru cyiyamirije ibihano bishyashya cyafatiwe n’umuryango mpuzamakungu ONU ku byerekeye umugambi wayo w’ibirwanisho bya “nucléaire”.

Mw’itangazo ryaciye mu kinyamakuru cya Korea ya ruguru, leta ivuga ko itazigera yemera kuganira ku bijanye n’umugambi wayo wa “nucléaire” mu gihe umutekano wayo ukibangamiwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Muri iryo tangazo havugamo kandi ko Korea ya ruguru itazigera isubira inyuma mu bikorwa byayo byo gukomeza ububasha bwa gisirikare bushingiye ku birwanisho bya “nucléaire”.

Ku rundi ruhande, Korea y’epfo yidogera Korea ya ruguru kuba yahakanye kuja mu biganiro bya gisirikare, isobanura ko bitavuye ku mutima.

Ibihano bishyashya bya ONU bitegekanywa kugabanya umururo ushorwa hanze wa Korea ya ruguru ku gice cy’icya gatatu, kubera ukwanga guhagarika kugerageza ibirwansiho byo mu bwoko bwa “missile” na “nucléaire”.

Korea ya ruguru yagerageje ibindi birwanisho

Prezida wa Korea Yepfo, Moon Jae-in, yatangiye akazi

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar