Umwakagara akwiye gushaka uburyo yakwiminjiramo agafu akemera akigora akigisha za magigiri ze,kugirango abashoboze gukora umurimo neza wo kugigira abo bashaka kwivugana.Jye namubwiye ko ya nyishyura akampa ikiraka nka mwigishiriza za magigiri nziha amasomo (online studies spies) ariko yarabyanze!Abagifite amaso rero ngaho nimwirebere cyangwa mwisomere uko magigiri yashatse kunshyingira mushiki we,ibyari deliverance babihinduramo gushyingira.
Ariko abega ubanza bumva yuko mba murutare bakibwira ko,naburaniwe!?Ariko reka Uwiteka ajye abakoresha kuko nimwe mwatwaye umugisha wabakiranutsi bakabaye bampesha umugisha.Mwambereye SAKABAKA YASHYIRIYE UUHANUZI ELIYA INYAMA NYAMARA BIZWI YUKO ILINDWA KU NYAMA.
Nta mwanya mfite uyu musaza nari kumuvugaho byinshi ariko nta mwanya agize amahirwe ubwo Uwiteka yamugiriye Ubuntu.Gusa ndabiyamye nta bwo arijye ukwiye kurongora abega bagumiwe mukwiye gushaka abandi mwabashyingira mukabaha ama euro na ma dollar mujya mumpa maze muzarebe ko babandurira abaheze kuziko.Gusa ikibazo ni uko mushobora kuzabatangaho ibitambo bakagenda nka za hene.
“SENDA JEF” <sendajef@gmail.com>, hi , i thing that you are felling very well
nategereje ko munsubiza mbonye bigeze mu ma saha ya sa yine za mu gatondo mpita mfumyamo ndahacanga , none ubwo uravugana na sister murebe icyo mukora , kubera ko kumubona bitanshobokera , ubwo urashaka uburyo ubigenza ndabona muturanye , najyaga ntega company ya AKAMBA BUS sinzi niba igikora , ubwo bigushobokeye wamurangira inzira igera DAGORETI CORNER cyangwa Gikomba market hajyaga haba utuntu twiza ntabwo mpaherutse nikundiraga kujya wakulima market.Ahangaha yaramaze kugira ikizere kitariho yuko nzarongora mushiki we kandi nta byo nigize mvugana na mushiki we.Ndetse murabona yuko yanze koherereza mushiki we amashillingi akanyuzaho murwego rwo gushaka uko yandemamo icyo gitekerezi.
Ibyo bice yifuzaga ko,nazahahurira na mushiki we,niho za magigiri z’Umwakagara zibera kuko ari ahantu ho mukavuyo hameze nko mu Biryogo hali urujya nuruza niho za mayibobo zose zobera.
Iryo soko rya Gikomba Market sindarigeramo kuva igihe cyose nabereye muri iki gihugu.
ubwo rero Namutebi namwoherereje 300euros ubwo umuhe nomero de control arizo zikurikira
468 660 6490.Uyu mukobwa yoherereza amashillingi nimushiki we utuye muri Uganda ahitwa MITIYANA district muri iyo district niho za magigiri zagiye kwihisha zitinya yuko bazifatira mu murwa mukuru wa kampala.ariko amakuru dufite avugako,yabanje kuba mu murwa mukuru wa Kampala nyuma aho umubano wa Uganda n’uRwanda uziyemo agatotsi yerekeza muri MITIYANA ahunga kugirango batazamufata bakaba ariho baguze isambu.
Mushake uburyo mumugezaho iyo control amazina yanjye arayazi ibindi namwe mwibwirize ubundi Uwiteka Abajye Imbere mubonye hari ahadasobanutse mwambaza nkabasubiza , mbonye hariho uwo Imana yashyize hejuru imuha icyubahiro.
Bakaba arabega baharanira ikinyoma kugirango bakomeze gutegekesha abanyarwanda igitugu.Musaza we yifuje yuko ngo Umuhanuzi yarongora mushikiwe ufite myaka [35]
Yiyita Namutebi Rose ayo niyo mazina ari kubyangombwa bye akoresha muri Uganda.ariko amazina ye yakoreshaga akiri mu Rwanda mwayasanga kuri C.V ye nkuko akurikirana.Tubibutse yuko arabanyakibuye barwanya ubwami bw’uRwanda bakaba baharanira repuburika y’ikinyoma itemewe na mategeko.
Nyamara igitangaje ni uko,uyu mushiki we,yiyita Namutebi Rose,yarangiza akaniyita amazina ya muramukazi we nk’uko mu bibona hasi kuri C.V ya musaza we akaba ari we wiyitirira amazina ye nawe witwa Mutesi.wakiyita ute ko ukijijwe kandi ubeshya?ariko se ninde wababwiye ko arijye ukwiye kurongora abagumiwe bafite abadayimoni kandi baciriweho iteka nijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo?Ubusanzwe za magigiri zohereza cash kuwa kanne ninjoro kugirango uzajye kuyafata ku wa gatanu kuko leta ikora kugeza saa saba baba bategenya uko bagufata leta ntigukurikirane.
Iyo batayohereke ku kane bayohereza ku wa gatanu ninjoro kugirango uzajye kuyafata ku wagatandatu bagufatire aho wagiye kuyafatira.Ariko kuko bazi neza yuko gufata umuntu ukoresha western Union cyangwa Money Gram bidakunze kubaho,baba bishakira ko usubiza ushimira uwayakoherereje kugirango babone uko bagushakiriza kuri internet bifashije ko wanditse usubiza uwayakoherereje bahita bahakinga bakamenya aho uherereye.
Iyo udafite protection software itagaragaza aho waba uherereye ubwo kaba kakubayeho.uburyo bwiza rero nukudasubiza umuntu ukoresheje laptop yawe ahubwo ukigira ahantu kure yahoo utuye maze ukamusubiza kuko uba wamaze kubona umugisha wawe nta mpamvu yatuma uhubuka ngo wishyire mukaga gakomeye ahubwo uramwihorera kugeza ubonye uburyo bwiza bwo gusubiza uwohereje izo ntonorano bikaguhesha umutekano ubundi bakibaza bakongera bakisubiza.
CURRICULUM VITAE
Name : MUTESI Uwifashije Therese
Father: Kanimba Joram
Mother : Mukamukoza Thabitha
Village: Mataba
Cell: Gitabura
Sector: Twumba
District: Kalongi
Province: Western
Phone: +256-782-715-842
E-mail: “namutebi Rose” <namutebir2017@gmail.com>,
“Rose Namutebi” <rosenamutebi8@gmail.com>,
Date of Birth: 01/01/1984
Marital Status: single
EDUCATION BACK GROUND
| YEAR | INSTITUTION | AWARD |
| 1991-1997 | Nyarubuye primary school | Primary leaving certificate |
| 1998-2004 | High scholl | I.J.W kibogora |
Dore C.V ya magigiri uri kumugabane w’Uburayi witwa Sendora Joseph akaba ar’umuganga mu gihugu cya FRANCE,akaba yarahawe misiyo yo gucisha igihanga Umuhanuzi Majeshi Leon.
SENDORA JOSEPH
31, Boulevard des Couteaux
59150 WATTRELOS
TEL : +3306 20 27 39 72
NURSE
SKILLS
-Accommodate and install the patients
-To identify the state of health and to inform the responsible
-Provide hygiene and confort care: toilet , bath ,food , environmental disinfection ,perfusion , dressing distribution of medecine
-Clean , sterilize care materials , equipment
-Ensuring patient safety, respecting their habits and modesty
-Communication, animation and mutual assistance
STUDIES
1995 -1996 Nursing Education: Kigali Health Institute. Diploma D’Infirmier A2
1988 -1994 Nursing Education E SI KIBOGORA CYANGUGU
1976 -1987 Primary school NYARUBUYE –GISOVU –KIBUYE
PROFESSIONAL EXPERIENCES
2011 -2017 Nurse : TIERS TEMPS LAMADELEINE –LILLE
2006 -2010 Nurse : CLINIQUE DE L’ILL SCHILTIGHEIM –STRASBOURG
2000 -2003 Liberal Nurse
1997 -1999 Liberal Nurse
1994 -1995 Humanitarian Aid Mission with Doctors of the World
VARIOUS
I am married with UMUTESI NOELLA in 2010 and we have two children: the first born 5and half years, the last born 3and half years
UMUTESI is born in 1984 KAGANO CYANGUGU : parents NYIRANKURIJE SERAPHINE et NGAYABOSHYA François
Me i am born in 1968 , 31/ 12 / at GITABURA –GISOVU – KIBUYE my parents : MUKAMUKOMEZA TABITHA and KANIMBA Jerome
Ihave divorced , i do not live with madam , we live separetely two and half years ago
UMUTESI keep care the children
Languages: french , English habituel
I like: Religious songs , walking , cycling , reading Biblical ….
Confession: Protestant
Informatique
The Rhema word in the story:
“gideon (The Presence)”
Gideon is the lover of Samara and is sort of the rival of Zach. He is stalking, or shadowing, Zach from the moment he starts talking to Sam. Gideon is also a professional soldier that has served for his country back home in the Middle East. He is a couple of years older than Samara, but their relationship wasn’t really based on true love. Rather that Sam felt like she needed protection after her mom got killed. Gideon therefore used her insecurity to get inside information about USA.
“Samara”
Samara is the mayors daughter. She is very intelligent and pretty, while she shows huge interest in politics as well. Sam, which is her nickname at school, is also a well reflected girl who challenges Zachs abilities of being good with reading people. She is by far, the hardest one to read out of all the previous targets Zach has had. In addition to this, Zach struggles with her being so seductive. She easily messes around with his emotions and thoughts, which is very unusual for him. Samara is in many ways, the female version of himself.
E-mail ya magigiri sendora joseph utuye mu gihugu cya France:
Neretswe ngurira abagaboo babiri Fanta,umunini numutoya,barikumwe nukobwa wavugaga igiswahili wo muri Kenya,ndamubwira ngo nareke kumvugisha igiswahili amvugishe France kuko tuba muri France.
Mbonye amakipe [2] akina umupira wa maboko,ariko ngenda murugo batararangiza gukina.Nabonye umuntu wanciraga umugani ambwira yuko muri gakondo hali amoko abili,kandi ko akwiye kubana neza.
Ibi byose yagiye abikora ashaka ngo musubize maze bamfatire kuri e-mail,ariko agira ibyago basanga machine nkoresha iri protected.Ikindi kiranga za magigiri akwandikira ninjoro bavuye mukazi kugirango babone uko ba hakinga.Iyi e-mail bayihuriraho na za magigiri ngenzi ze,kuko bakoresha (joint e-mail) we agakora umurimo wo kohereza cash,naho abandi bagakoresha iyo e-mail kwandika bandika mu izina rye,nkaho ariwe wandika.
Dore ama euro Sendora Joseph yohereje mu gihe cya mezi[3]
17 May, 2017 yohereje euro 300€
27 May, 2017 yohereje euro 400€
09 june, 2017 yohereje euro 300€
15 June, 2017 yohereje euro 300€
28 June, 2017 yohereje euro 400€
06 July, 2017 yohereje euro 300€
16 july, 2017 yohereje euro 300€
22 July, 2017 yohereje euro 300€
04 Aug, 2017 yohereje euro 300€
Yose hamwe agera ku ma euro ibihumbi : 2900€





