Kuwa 26 Kanama 2015, ijambo ry’Uwiteka rinzaho ,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cyawe hakomeje kugaragara akarengane ,aho batsindira imfubyi ababyeyi bagamije kubambura imitungo yabo basigiwe nababyeyi babo.Kubera ko baca imanza zibera,nanjye sinzumva gutaka kwabo kumunsi wabo wamakuba wegereje ugeze mu marembo yagakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
n’ironda karere kugirango yihorere kandi yerekane ko,afite imbaraga mu gihugu nyamara nta bwo ubuyobozi buzamara kabiri kuko azatangira kwahuka mu bo bafatanije kuyobora agatangira kubashyira mu nzu y’imbohe abo abona ko arabanyembaraga cyane mu gihugu.
Ndetse bamwe banagize uruhare rwo kumubuza kongera kwiyamamariza uwo mwanya,ariko yirinze kugira icyo abagaragariza kugirango abanze yicarire intebe bityo azabone uko abitura uko niko Uwiteka avuga.
Dore agiye gukorana n’Abashinwa kuko ibindi bihugu by’iyindi migsbsne,byamaze kumwamagana,ibyo namara kubikora azaba ari ryo herezo rye uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa umwe mubayobozi bakomeye Uwitwa Nyamitwe,hamwe nundi mudamu w’umuminisitiri,batangira gushaka Visa muri ambasade y’Ababiligi kugirango bahunge igihugu,kuko Nkurunziza yamaze gufata ingingo yo kubashyira mu nzu y’imbohe,igihe barimo bitunganya ngo bahunge,sinamenye iherezo ryabo,nimba barabonye Visa,cyangwa nimba barahunze.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi izaza abayobozi b’Uburundi bagiye guhunga icyo gihugu,maze igihugu bagisigire Nkurunziza wenyine kuko ibyahanuwe bigeze kumuryango w’ibyago.amakuba.n’akaga gakomeye !Umutegetsi utazahunga azahura nakaga atigeze kubona uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umufasha wawe aracyagendera mu mihanga n’imigenzo yabakera,ube maso cyane kandi wirinde kuko amazi atakiri yayandi dore yamaze kurenga inkumbe niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bafunzwe bazira ko bamennye amaraso yabatariho urubanza,nabo ntabwo bahabwa ubutabera bubakwiriye nk’uko amategeko abasaba,niyompamvu guhora kwanajye kuzafata impande zombi niko Uwiteka avuga.
Dore agiye gukorana n’Abashinwa kuko ibindi bihugu by’iyindi migsbsne,byamaze kumwamagana,ibyo namara kubikora azaba ari ryo herezo rye uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa umwe mubayobozi bakomeye Uwitwa Nyamitwe,hamwe nundi mudamu w’umuminisitiri,batangira gushaka Visa muri ambasade y’Ababiligi kugirango bahunge igihugu,kuko Nkurunziza yamaze gufata ingingo yo kubashyira mu nzu y’imbohe,igihe barimo bitunganya ngo bahunge,sinamenye iherezo ryabo,nimba barabonye Visa,cyangwa nimba barahunze.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi izaza abayobozi b’Uburundi bagiye guhunga icyo gihugu,maze igihugu bagisigire Nkurunziza wenyine kuko ibyahanuwe bigeze kumuryango w’ibyago.amakuba.n’akaga gakomeye !Umutegetsi utazahunga azahura nakaga atigeze kubona uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umufasha wawe aracyagendera mu mihanga n’imigenzo yabakera,ube maso cyane kandi wirinde kuko amazi atakiri yayandi dore yamaze kurenga inkumbe niko Uwiteka avuga.
Dore amarira yabarengana bose nzayahoza kandi nzaca imanza zitabera kuko nd’Uwiteka Imana w’ibifite imibiri byose mbese hariho icyananira ?Niko Uwiteka abaza Yeremia 32 :27
Mwana w’umuntu,dore bene so bo mu rwagasabo,bakomeje kwishyira hejuru nugushaka kuba abakomeye,nyamara nta muhanuzi ubarimo ariko benshi bigize abahanuzi kugirango bitwe abakomeye,ariko ibyo byose nta cyo bizamarira kuko Uwiteka amanuye imigisha yabakiranutsi,kandi abishyize hejuru bazacishwa bugufi,nabicishije bugufi bazashyirwa hejuru uko niko Uwiteka avuga.
