Abasomyi b’InyangeNews bagize icyo bavuga ku nyandiko y’inteko y’ubwami bw’uRwanda bwamaganye ubuhanuzi bubavugaho uko umwe ugize inteko Uwiteka yauvuzeho ko ar’umugambanyi agambanira ubwami bw;uRwanda akorana n’umwakagara utegekesha gakondo igitugu cya gisirikare.
Yesu ashimwe.ese kuki bariya bajyanama b’umwami ko mbere hose ko ubuhanuzi wahabwaga n’Imana watangazaga batabwitaga impuha buriya buhanuzi akaba aribwo batoranijemo bakabwita impuha mubwo watangaje wahawe n’Imana mbere hose na nyuma yaho ngaho niba arimpuha nibahakane bavuge ko nubuhanuzi bwo k’umwami watangaje bwose arimpuha batubwire nimpamvu batubwire nindi mana yabatangarije ko arimpuha kuko yaba arindi atar’Uwiteka ukorera ubundi tubasengere twese Uwiteka abagirire neza baramenye bataduhemukira kuko umuhanuzi w’Imana atangaza ibyo yahawe n’Imana kdi nizera ntashidikanya ko urumuhanuzi w’Imana ubwo rero barabe ataribo kuko Imana ibyo yakuvugiyemo nukuri simpuha none babwiwe nande ko arimpuha nibadusobanurire byimbitse impamvu?gusa umwami arabe atasinyeho Imana ibidufashemo cq niba magigiri batangaje biriya birababaje rwose Imana iturindire ubwami n’umuhanuzi wayo sinkunda kuvuga kubyubuyobozi ariko ibi byo birambabaje pe.Imana ikurinde kdi igukomeze turagusabira kdi muri byose Yesu azakuneshereza iyakurinze mubyahise ninayo izakurinda mubizaza.
Shalom
