HomeNewsAbarozi na barozi Kazi,b'abanyamurenge bo mu bwoko bw'Abatutsi bacirwaho iteka!

Abarozi na barozi Kazi,b’abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bacirwaho iteka!

April 9, 2017 Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo abanyamurenge birukanywe muri gakondo ya bakiranutsi kubera gukora umwuga wo kuroga.Mbona abananijwe kuyibamo arabaroga,naho abataroga bakaba barayisigayemo.mbona yuko bananiwe kuba muri gakondo bahita bahungira muri gihugu cy’ubuphilisitiya(Uganda) bajyayo kuhakomereza uwo mwuga kuroga ari nako bacuruza ubwo burozi.

Mbona idini rya CELPR riyoborwa na Col.Fred Nyamurangwa hamwe na Col.Twahirwa Dodo,ko iryo dini bariroze kugirango ritazatera imbere dore ko babanje guhera ku ishami ryahaoze inyamirambo barariroga rirafunga.Kandi ikibabaje ni uko abasaza bakuru babamo bazi neza abakora uwo mwuga wo kuroga ndetse na bashumba babo(Pastor’s) usanga babazi ariko bakananirwa kubashyira hanze yurusengero kubirukana ngo bareke gukomeza guhumanya urusengero basengeramo wagirango barakorana.

Nerekwa ko abagiye Uganda bagiye gutunganywa neza cyane,bagahura na kaga gakomeye cyane aho batazongera gukora umwuga wo kuroga.Kandi nubwo bazashaka kugaruka muri gakondo ya bakiranutsi ntabwo bizabakundira kuko hamaze kumanuka imbaraga z’umwuka w’Imana zizabashyira ku karubanda niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa Uwiteka Imana amanura ibikmeye mu gihugu cy’ubuphilisitiya kugirango inkozi z’ibibi zihagwiriye zirirwa zicuruza ibihumanya kugirango babure amajyo na mabuye.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore abahungiye Uganda bagakomeza umwuga wo guhumanya abantu b’Imana,Uwiteka ahamanuye ibyago bikomeye kugirango yice kandi arimbure izo nkozi z’ibibi zitazabona aho zihungira mu isi ya bazima.

Ntangazwa no kubona apa Pastor bemera kujya mu cyumba cyamasengesho bagasengana nizo nyanga birma z’inkozi z’ibibi za banyamurenge zihaye kwirukana Uwiteka Nyiringabo wahoze muri bo,bakimika umwanzi wabakiranutsi(Satani)kugirango abone uko arwanya abashaka kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo.Nkomezwa gutangazwa ni uko abitwa abashumba(Pastor’s) uburyo bihorera izo nkozi z’ibibi bigaragara yuko basanzwe bakorana cyangwa bafite uko babiziranyeho ngo baratinya ko idini risenyuka wagirango nubundi rirahagaze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kirahe kandi kigeze bugufiya cyane aho umwana azasigwa na nyina,umuhungu agasigwa na se Uwiteka azabatatanya cyeretse abafite ikimenyetso cy’umwana w’intama mukiganza abo nibo bazarindwa n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi naho abandi bose bazahehwa nkuheha amabyi niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo bizashoboka yuko abanyamurenge bakora umwuga wo kuroga bazagaruka muri gakondo ya bakiranutsi nyuma y’intambara yubutita igiye kubera muri icyo gihugu.Kuko kizaba kimaze kwezwa inkozi z’ikibi zizahagaruka zizajya ziterwa amabuye kumanywa yihangu kuko Uhoraho atazazihanganira kuko kubihanganira byararangiye uko niko Uwiteka abitegetse!

Niyompamvu nkumanuriyeho imbaraga mu ntoki zawe zibiganza kugirango uwo uzajya utunga agatoki arumurozi azajye ahita agaragazwa nabadayimoni bamurimo batazashobora kwihanganira imbaraga z’Imana nshyize muri mukiganza cyawe kugirango nihagira uwibeshya akaza aho uzaba ukorera umurimo azajye ahita ashyirwa ku karubanda utiriwe uhangayikishwa no kubanza kumwerekwa ahubwo azajye ahita akorwa nisoni mu bantu icyo kizatuma bazajya baguhunga aho bazajya bakumva hose ndetse nurusengero uzaba urimo bazajya batinya kuruzamo kuko uzajya agwa wese azajya agushwa nuko afite imbaraga z’umwijima muri we uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko avuze!

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments