Home News Abarenga 528 bahawe amapeti nyamara bagiye kuyishura!

Abarenga 528 bahawe amapeti nyamara bagiye kuyishura!

0

Tekereza guhabwa ipeti igihugu kiri mu ntambara mbese har’icyo bimaze?Ayo mapeti rwose nta cyo aba amaze! Ubusanzwe igihugu kiri mu mahoro nicyo umuntu yifuza guturamo,ariko se byamara iki,guhabwa ipeti ririmbura ubugingo bwawe?.

Izi nsore nsore zihawe amapeti zitegerejweho umusaruro wo kurwanya amahanga,nyamara amahanga yo arigukoresha ubutabera bwisanzuye aho wishyura amafaranga ukarekurwa ukaburana uri hanze.

Ibintu bitaba murwagasabo ndetse bitanateze kubaho igihe cyose hazaba hariho repubulika itemewe namategeko,abanyarwanda nta mahoro bashobora kugira kubera abategetsi bajya kubutegetsi babanje kurwanira ubutegetsi nta cyizere bashobora kugirirwa nabaturage kuko abaturage nta mutekano wabo usesuye wo kwishyira ukizana muri demokarasi bashobora kubona.

Reka dusubire kubyo twavugaga byaba basirikare,urahabwa ipeti mu gihe bagenzi bawe babasirikare bamaze imyaka ni myaniko mubutegetsi barimo berekeza muri gereza,abandi nabo bagangayikijijwe no kuba badahobora gusohoka igihugu,ibyo ni byo umwakagara yavuze ejo hashize ko abazungu birirwa bamubeshya ko urwanda ruteye imbere ariko bakamuzibira amayira ko ibyo nta cyo bimaze.

Ubanza noneho atangiye kubona ko viziyo 2020 nta cyo ikimumariye,yibwiraga ko iyisi ariwe wayiremye,nshuti mwakagara harabagutanze kuba kuri iyisi kandi bakurusha ubushobozi nyamara baraturamye atar’uko ari ibicucu ahubwo nuko bamenye icyerekezo cy’isi.

Umunsi wamenye kubaha abakuruta uzategeka isi,ndetse uzayibamo mu mutekano usesuye,uko umwakagara agenda arushaho guhura nutubazo dukomeye kandi twiza ndetse dushimishije ninako abatavuga rumwe nawe bagenda barushaho kugira umutekano kuko ntiwaba uri ikigoryi ngo wirirwe inyuma y’abantu badahugwa n’amahanga nawe urimo guhingwa cyangwa ejo hazaza uzahigwa kubera kwishinga umwakagara.

Ndaburira za magigiri nta mwanzi uhoraho muri politike,ndetse nta ni nshuti ihoraho muri politike,ariko hahoraho inyungu:Mwebwe murekeraho kuduhiga no kutubuza amahwemo,aharaho natwe ubwo tuzaba tugeze ku ntebe yabukunzi wenda twazabibuka tukaba twanabavuganira kuko icyo dupfana kiruta icyo dupfa usibye nta kiruta umugati kubarenzwe ninda nini.

Ahubwo mutangire mushake uburyo mwatangira gusohora amwe mu mabanga mabi mubitse,tuyashyire ahagaragara maze cya gihe kiri imbere nigisohora wenda Uwiteka yazacira inzira,ariko wowe urabona Kayibanda byaramwangiye,Habyaara biramwangira,umwakagara nguwo aratukana amanywa ni joro ubwo se icyo utabona niki?

Nyamara agapfa kaburiwe n’impongo,naho umuserebanya ngo niko bisanzwe iriya nzu basanzwe bayicanamo so it’s just smoke!Ayiiiii!my friend it’s not all about smoke,it’s about fire later you’ll burned .

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar