Uko iminsi igenda iyindi nayo ikaza,ninako,ubuhanuzi bugenda busohoza ku bagore bo mu rwagasabo. Ubuhanuzi buvuga neza ko,abagore bo mu rwagasabo,bo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi binjiye mu ishuri.
Ngirango nta kwezi kumwe cyangwa abiri bishize ubu buhanuzi bugiye ahagaragara buvuga abagore baturutse Uganda bazinjira mu ishuri riri kumusozi aho bagiye kwigishwa kubaha Imana bakamenya ko, iyo Uwiteka yavugiye mubagaragu be, nta gisibya!Ibihanurwa biba bigomba gusohoza.
Ndebera nawe abagore basimburanwa imbere y’Abassador y’Abongereza uboshye umugore uri kunda bagiye gutabara,ubusanzwe abadamu bamenyerewe mu bikorwa byiza by’ubutabazi,ariko noneho umwakagara ubanza imihamuro ye,imwerekeza mubagore.
Nyamara Uwiteka iyo yavuze aba yavuza! Muri bo nta numwe utekereza amaherezo yibi bintu, ngo nibura atekereze yuko,mu gihe kiri imbere ashobora kuba yifungira amayira! Mbese umwakagara naramuka avuyeho,aba bagore bazahungira hehe?Ko intambara nta muhanga wayo!
Wibuke ko aba bagore bari muri babandi bishoboye bari kuzafata rutema ikirere mbere ya bandi badamu baciriritse cyangwa baciye bugufi mu yandi magambo,bazahungira mu kihe kigihugu kandi icyo kigihe bazaba bashakishwa?
Nyuma y’ikurwaho ry’umwakagara ,byanze bikunze Arusha y all izatangira imirimo yayo,ikibazo aha umuntu ya kwibaza,mbese bazemera bapfane n’umwakagara bafate amahiri n’imihiro na mabunda nk’uko abahutu-kazi babigenje ku bwa KINANI?
Iki kibazo gifite amahurizo menshi harimo na byabindi bita amahurizo y’iburyo n’ibimoso,nyamara uwareba kure ya kwikinga iyi nkubiri y’umuyaga hakiri kare.Iyo urebye ba nyampinga basharamye mu gahe gato kamahoro baba bafite utekereza ko bakomeye kandi ko batuye muri paradise.
Ariko iyo haje ibyago akaga n’amakuba,kubera ko igihugu kitagendera ku mategeko y’ubutabera bw’isanzuye,bituma umwakagara abishyuza ibyo yabahaye!Nguko gukorera satani uko bijya bimera ni uko nta kundi wishyira ibyo yaguhaye kandi ukabyishyura kuburyo usigaramo ideni kuko irya satani ntirijya rirangira.
Kuba umuyobozi ni byiza,igihe cyawe cyaangira ugahigwa nurukiko mpunzamahanga,ubwo se ubwo buyobozi bumaze iki?Sinzi niba naba barepubulike byaba har’icyo byaba bibigisha ngo barekeraho kuyoboka inzira y’ikinyoma no gukomeza gukubaganira abanyarwanda hamwe n’umuco nyarwanda.
Umwakagara we,yifitiye ubudahangarwa,ntawushobora kumufata igihe cyose azaba akiri kubutegetsi, kandi ntazaburekura cyeretse akaboko gafashe ingoma bagaciye kuko ubwo butegetsi ni wo mutekano we ndetse ninawo mugati we,nubwo buzima muri macye.
Ariko se aba banyampinga bihaye ubudahangarwa bahabwa nabadayimoni b’umwakagara,barabona har’icyintu bizatanga koko kandi ubu turi mu gihe cy’Uwiteka Imana yabakiranutsi?Ahaaa mwari mukwiye kugira ubwenge.