Home News Abanyarwanda batuye mur’America bagiye gutaha murwagasabo batarwiyambitse!

Abanyarwanda batuye mur’America bagiye gutaha murwagasabo batarwiyambitse!

0

27th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa,mbona ibikomeye kandi biteye ubwoba bigiye kubaho mu isi yabazima.Nerekwa uburyo inkozi z’ibibi zikomeje kungenza kandi nyamara nta cyo nazicyumuyeho.

Mbona iyo nkozi y’ikibi yateranije abazimu bubwoko bwose havanzemo amaseke n’inkooko kazi yararimo atuma iyo myuka mibi kuza gukomeza kuntoteza nanjye ubwo mba nabiciye imbone ndagenda musanga ku kibuga cyo gukiranirwa aho yararimo atanga amabwiriza y’uburyo iyo myuka mibi iribuze ikangenza maze nanjye ako kanya mu buryo butunguranye mfata za nkooko zo mu bwoko bwamaseke mfata imwe imwe kugeza igihe ayo masake nyamariyeho.

Mbona za nkooko kazi zihise zijya gutera amajyi kurusika rw’inzu yariraho iruhande gatiya,ndazihorera nifatira ya masake njya kuyabaga LUKE 8:26 burya bene data abadayimoni barapfa ntimukabacyahe ahubwo mujye mubica kugirango nibura mu gihe mumaze kwica izo nkozi zikibi mubashe kuruhukaho gato mu gihe muba mugitegereje izindi nkozi zikibi ziba zigiye koherezwa.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uhoraho aguhaye ubushobozi bwo kwica no kurimbura abadayimoni kugirango ibikorwa byabo bitatane dore inkozi zikibi ziri munama zo kugambanira uburyo zagirira nabi ubugingo bwawe kubera ubuhanuzi bubageze ahaga uko niko Uwiteka avuga.

Ubwo ndimo kwica iyo myuka mibi nabonaga izo nkozi zihagarariwe n’umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kumpagurukira maze dabwirwa ngo,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kuguhagurukira ariko uhumure Uwiteka niwe Mana yawe kandi yarahiriye yuko azakugirira neza kuko nta muntu uzakugenza ngo agire amahoro cyangwa Uwiteka amureke yidegembye uko niko Uhoraho agize.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona abagore bo mu gihugu cy’IBABYLON (Abarozi) abo bagore nabo mu bwoko bw’Abakikuyu maze mbona bacuruza ubucuruzi bwamasazi abakiliya bazaga kugura ibyo kurya ariko bo bagahuta babapfunyikira amasazi (fly’s) ko bakora ubucuruzi bamara kugerayo aho batuye bagasanga baguze amasazi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bwabakikuyu nibwo bwakiriye ijambo ryanjye mur’icyo gihugu rikimara kuhagera none dore basigaye barabaye abarozi kandi bakomeje kuba babi cyane kurusha ayandi moko nubwo ayandi moko atazi izina ryanjye nk’uko bo bazi ijambo ryanjye dore baciriweho iteka kuko bafashe ukuri bakakugurana ikinyoma uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intabwa y’Umulewi wasigaye muri gakondo yabakiranutsi ko ihawe umugisha n’Uwiteka Imana yibutse ko yayitoranije kuzayikorera ariko kubera urujijo rwabadayimoni akaba yararindagiriye muri gakondo kubera kugotwa ninkozi zibibi zabadayimoni none igihe kirageze ngo Uwiteka ayigirire neza uko niko Uwiteka avuga.

BagNsubizwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bahungiye cyangwa bagiye kubaho kumugabane w’America mbona batashye shushu itabona ndetse mu byo batunze batahanye za Varisi zonyine mbonamo umu Pastor wanjye nakundaga wo mu bwoko bw’Abanyamurenge wavugaga ubutumwa atarya iminwa witwa Pastor Budederi William wagiye mur’America muri 2001 ubu akaba amazeyo imyaka 15 yrs mbona agarutse atarwiyambitse hamwe nabandi banyarwanda ageze muri gakondo yabakiranutsi numva aramwbiye ngo agiye gushaka akazi kubuzamu(Kuba umunyamasengesho) nuko mbona afite IVARISI imeze nkiyanjye igura ihenze bitari cyane ariko ifite agaciro hagati ya $100 na $200

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore impunzi zose z’ubwoko bwanjye ngiye kuzicyura muri gakondo yabakiranutsi kuko ngiye gukomeye mu isi yabazima mpereye kumugabane w’America kuko ibiteye ubwoba wahanuye kuva cyera hashize imyaka (7) ubuhanura nyamara abana bab’abantu bakafata minenengwe none dore igihe cyabyo kirageze kandi kirasohoye uko niko Uwiteka avuga.

Dore hagiye kubaho intambara ya (3) y’isi yose abazayirokoka bazaba arabairanutsi kuko Uwiteka nk’uko yabisezeraniye yuko atazongera guhanisha isi amazi ahubwo azayihanisha umuriro agiye kurekura intambara abantu bazicwa namasasu za bomu zizabamanukira kumitwe yabo icyo gihe uwapfuye azaba aruta ukiriho uko niko Uhoraho ategetse.

Nkiri mur’iryo yerekwa numva ijwi ry’Uhoraho rimbwira ngo,mwana w’umuntu,andika ibi ngiye ku kubwira vuba cyane kuko byihuse gusohoza dore umurwa wanjye Yerusalem ugoswe nabanzi bubugingo ubwoko bwanjye bahyizwe mu maboko ya banzi babo kubera kutitondera ijambo ryanjye none burira ubwoko bwose uti musengere gakondo y’Uwiteka kuko igiye gushyirwa mu maboko y’umwanzi bityo Uwiteka azabashe kurinda ubwoko bwe bwamubayeho akaramata uko niko Uwiteka avuze.

Nongera kujyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’Isamariya cyoherezwa umuyaga waturutse ikuzimu uhera hasi ugera hejuru ubirandura igihugu cyose kirabiranduka maze ijambo ry’Uhoraho riramwbira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’ibyahanuwe kirasohoye kandi kiregereje ndetse cyasohoye kuko ibyahanuwe nabahanuzi Uwiteka abishyizeho umukono kugirango bikore umurimo wabyo uko niko Uwiteka ategetse.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bwiyita abanyamurenge bukomoka ku batutsi biyita abanyeCongo,dore ibyahanuweho bibasohoreyeho kuko banze guca bugufi ngo bihane ahubwo bakaba barshinze amajosi kubera ubwibone no kuvuga ko bazi kwisengera kandi ko Uwiteka nawe abasha kubumva babwire uti,dore igihe cyanyu kiraje kandi kirasohoye ubwo mu giye gushyirwa mu maboko yabanyabyaha kuko mwanze gukora ubushake bw’Uhoraho.

Nuko mba njyanywe mu mwuka mbona abanyamurenge bateraniye hamwe ngo bashaka gusenga ariko ubwo bari bavanzemo imvange nuko baraterana ariko bananirwa gusenga mbona haje umuyaga urabatatanya bananirwa gusenga mbona benshi baungiye muri za GUEST House kubera ko benshi arinjiji nabonaga banabaririza ngo nibura bamenye ayo macumbi aho aherereye ahubwo nkabona uko amasaha agenda ari ko barushaho kugenda binjira mu mwijima numva mbagiriye impushwe njya kubafasha ariko baranga mbona icyumba kimwe kijyamo abantu nka (20) baba benshi bageraho babur amacumbi bahitamo kurara hanze ataruko babuze ubwishyu ahubwo kubera ubujiji bwo kuyoboza no kubaza kugirango bafashwe bagere ku byo bifuza .

Mugume David nudahunga Uganda ugiye guhura nakaga gakomeye niko Uwiteka avuze

Ijambo ry’Uhoraho rirambwir riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge ngiye kubagira akabarore mu isi yabazima.Ndongera mbona abandi banyamurenge batuye mu gihugu cy’Ubugande nabo mbona bashyizwe mu maboko ya banzi babo ndetse bamburwa ibicuruzwa byabo bacuruzaga ariko ntibari bonyine kuko bari bavanze nabagabo nabasore bab’Abatutsi mbona barafashwe bashyizwe ahantu hameze nk’igipangu maze mbona ubafashwe hafashwemo umugabo witwa MUGUME DAVID wahoze acuriraza muri park mpya ubu akaba abarizwa muri Sudani y’Epfo

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe kubatutsi bibasohoyeho kandi nta bwihisho bazabona kuko ukuboko k’Uhoraho kwa babayeho akaramata kuko kutazabur akubaremerera uwiteka yabahaye imbaraga n’umugisha maze bazikoresha nabo barica bararoga baragambana bakora ibyangwa n’Uwiteka none igihe cyabo kirarangiye uko niko Uwiteka uko niko Uwiteka akora kandi niko ategetse.

Ijambo ryUwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka ararakaye cyanae kandi arakariye ubwoko bwe,arashaka kubuhana kugirango bumenye yuko ar’Uwiteka waremye ijuru n’Isi kuko yabushyize hejuru ariko bwamwituye gukiranirwa none abuciriyeho iteka dore umujinya we ugeze mu ijosi kandi mwotsi uracumba mu mazuru naho umuriro urimo uraka mukanwa kugirango yiture ubwoko bwe bwamukojeje isoni mu isi yabazima uko niko Uwiteka ategetse.

None andika ibyo weretswe kugirango bamenye yuko bagye guhanwa kubera gukiranirwa kwabo kuko Uwiteka yabahaye gutegeka amahanga ariko bayatwaje igitugu kandi bitaru bikwiye ko bayatwaza igitugu ahubwo bari bakwiye kuyobayoboza ubugwanenza none kubera kwishyira hejuru numushiha wabo no kwirata bitumye uwiteka abaciraho iteka ryabo mu isi yabazima uko niko Uwiteka ategetse.

Ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,mwana w’umuntu,uribuka igitabo cyitwa WILLY GAMBA AND OZZO,nanjye ndasubiza nti yeeeee ndacyibuka.Uribuka ko wakundaga kugisoma cyane kandi ukifuza ubwenge bwari bugikubiyemo?Ndasubiza nti YEGO!Ndabwirwa ngo niyompamvu Uwiteka yakugize intasi y’iby’umwuka kuko wakunze ubwenge kuva ukiri muto kandi ugahora wifuza kumenya ibyejo hazaza kubera iyo mpamvu byatumye Uwiteka agutoraniriza umurimo mwiza wo guhanura kugirango uzabe uwingiramumaro mu gihe gisa nk’iki uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero hanura ibikomeye ubwire intore zanjye uti,mwumve yemwe ntore z’Uhoraho,uku niko Uhoraho agize,dore hagiye kubaho ibikomeye cyane mu isi yabazima kuko Uyu mwaka arumwaka wubucamanza bw’Uwiteka kandi ubutebera busesuye kugirango abarenganijwe nabayobozi bo mu isi bahabwe ubutabera uko niko Uwiteka ategetse kandi niko avuze.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura kandi uvuge uti,yewe mugore utuye kumugabane w’Uburayi (Belgique)wabaye ingumba,dore Uwiteka aravuze ngo,ugiye gukikira umwana kubibera byawe kuko wamuririye igihe kirekire none igihe cyawe kikaba gisohoye kuko yumvise kurira kwawe ndetse akumva nakarengane kawe wagiriwe none dore aguhaye umwana ugiye gukikira kubibera byawe uko niko Uwiteka avuze.Uwiteka agiye kuguhoza ayo marira yose warize kandi abagusuzuguye Uwiteka abakojeje isoni kandi umwuka w’igisuzuguriro Uwiteka awukuyeho uko niko Uwiteka avuze.

Nerekwa abanyamurenge-Kazi bakora ubucuruzo bwa magendo ko bagiye gufatwa bagafungwa kandi ibicuruzwa byabo bigafatwa bakazahita babyamburwa kubera gukora ubucuruzi buteyewe namategeko maze ijambo ry’Uhoraho rirambwir riti,mwana w’umuntu,dore abanyamurenge-Kazi Ukuboko k’Uwiteka kugiye kubaremerera cyane kandi bahuye nakaga gakomeye cyane kuko bagiye gutotezwa nukuboko k’Uwiteka kuko banze gukiranuka bakund agukiranirwa niyompamvu ukuboko k’Uhoraho kutazabagirira imbabazi kuko banze kumva ijambo ry’Uwiteka yanyujije mubahanuzi ngo bihane none igihe cyabo cyo gucirwa imanza n’uwiteka Imana yabakiranutsi kirasohoye uyu mwaka wa 2016 niko Uwiteka avuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar