27th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa,mbona ibikomeye kandi biteye ubwoba bigiye kubaho mu isi yabazima.Nerekwa uburyo inkozi z’ibibi zikomeje kungenza kandi nyamara nta cyo nazicyumuyeho.
Mbona iyo nkozi y’ikibi yateranije abazimu bubwoko bwose havanzemo amaseke n’inkooko kazi yararimo atuma iyo myuka mibi kuza gukomeza kuntoteza nanjye ubwo mba nabiciye imbone ndagenda musanga ku kibuga cyo gukiranirwa aho yararimo atanga amabwiriza y’uburyo iyo myuka mibi iribuze ikangenza maze nanjye ako kanya mu buryo butunguranye mfata za nkooko zo mu bwoko bwamaseke mfata imwe imwe kugeza igihe ayo masake nyamariyeho.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Uhoraho aguhaye ubushobozi bwo kwica no kurimbura abadayimoni kugirango ibikorwa byabo bitatane dore inkozi zikibi ziri munama zo kugambanira uburyo zagirira nabi ubugingo bwawe kubera ubuhanuzi bubageze ahaga uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo ndimo kwica iyo myuka mibi nabonaga izo nkozi zihagarariwe n’umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kumpagurukira maze dabwirwa ngo,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kuguhagurukira ariko uhumure Uwiteka niwe Mana yawe kandi yarahiriye yuko azakugirira neza kuko nta muntu uzakugenza ngo agire amahoro cyangwa Uwiteka amureke yidegembye uko niko Uhoraho agize.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bwabakikuyu nibwo bwakiriye ijambo ryanjye mur’icyo gihugu rikimara kuhagera none dore basigaye barabaye abarozi kandi bakomeje kuba babi cyane kurusha ayandi moko nubwo ayandi moko atazi izina ryanjye nk’uko bo bazi ijambo ryanjye dore baciriweho iteka kuko bafashe ukuri bakakugurana ikinyoma uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intabwa y’Umulewi wasigaye muri gakondo yabakiranutsi ko ihawe umugisha n’Uwiteka Imana yibutse ko yayitoranije kuzayikorera ariko kubera urujijo rwabadayimoni akaba yararindagiriye muri gakondo kubera kugotwa ninkozi zibibi zabadayimoni none igihe kirageze ngo Uwiteka ayigirire neza uko niko Uwiteka avuga.

Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore impunzi zose z’ubwoko bwanjye ngiye kuzicyura muri gakondo yabakiranutsi kuko ngiye gukomeye mu isi yabazima mpereye kumugabane w’America kuko ibiteye ubwoba wahanuye kuva cyera hashize imyaka (7) ubuhanura nyamara abana bab’abantu bakafata minenengwe none dore igihe cyabyo kirageze kandi kirasohoye uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kujyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cy’Isamariya cyoherezwa umuyaga waturutse ikuzimu uhera hasi ugera hejuru ubirandura igihugu cyose kirabiranduka maze ijambo ry’Uhoraho riramwbira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’ibyahanuwe kirasohoye kandi kiregereje ndetse cyasohoye kuko ibyahanuwe nabahanuzi Uwiteka abishyizeho umukono kugirango bikore umurimo wabyo uko niko Uwiteka ategetse.
Nuko mba njyanywe mu mwuka mbona abanyamurenge bateraniye hamwe ngo bashaka gusenga ariko ubwo bari bavanzemo imvange nuko baraterana ariko bananirwa gusenga mbona haje umuyaga urabatatanya bananirwa gusenga mbona benshi baungiye muri za GUEST House kubera ko benshi arinjiji nabonaga banabaririza ngo nibura bamenye ayo macumbi aho aherereye ahubwo nkabona uko amasaha agenda ari ko barushaho kugenda binjira mu mwijima numva mbagiriye impushwe njya kubafasha ariko baranga mbona icyumba kimwe kijyamo abantu nka (20) baba benshi bageraho babur amacumbi bahitamo kurara hanze ataruko babuze ubwishyu ahubwo kubera ubujiji bwo kuyoboza no kubaza kugirango bafashwe bagere ku byo bifuza .
Mugume David nudahunga Uganda ugiye guhura nakaga gakomeye niko Uwiteka avuze
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe kubatutsi bibasohoyeho kandi nta bwihisho bazabona kuko ukuboko k’Uhoraho kwa babayeho akaramata kuko kutazabur akubaremerera uwiteka yabahaye imbaraga n’umugisha maze bazikoresha nabo barica bararoga baragambana bakora ibyangwa n’Uwiteka none igihe cyabo kirarangiye uko niko Uwiteka uko niko Uwiteka akora kandi niko ategetse.
Ijambo ryUwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka ararakaye cyanae kandi arakariye ubwoko bwe,arashaka kubuhana kugirango bumenye yuko ar’Uwiteka waremye ijuru n’Isi kuko yabushyize hejuru ariko bwamwituye gukiranirwa none abuciriyeho iteka dore umujinya we ugeze mu ijosi kandi mwotsi uracumba mu mazuru naho umuriro urimo uraka mukanwa kugirango yiture ubwoko bwe bwamukojeje isoni mu isi yabazima uko niko Uwiteka ategetse.
None andika ibyo weretswe kugirango bamenye yuko bagye guhanwa kubera gukiranirwa kwabo kuko Uwiteka yabahaye gutegeka amahanga ariko bayatwaje igitugu kandi bitaru bikwiye ko bayatwaza igitugu ahubwo bari bakwiye kuyobayoboza ubugwanenza none kubera kwishyira hejuru numushiha wabo no kwirata bitumye uwiteka abaciraho iteka ryabo mu isi yabazima uko niko Uwiteka ategetse.
Ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,mwana w’umuntu,uribuka igitabo cyitwa WILLY GAMBA AND OZZO,nanjye ndasubiza nti yeeeee ndacyibuka.Uribuka ko wakundaga kugisoma cyane kandi ukifuza ubwenge bwari bugikubiyemo?Ndasubiza nti YEGO!Ndabwirwa ngo niyompamvu Uwiteka yakugize intasi y’iby’umwuka kuko wakunze ubwenge kuva ukiri muto kandi ugahora wifuza kumenya ibyejo hazaza kubera iyo mpamvu byatumye Uwiteka agutoraniriza umurimo mwiza wo guhanura kugirango uzabe uwingiramumaro mu gihe gisa nk’iki uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero hanura ibikomeye ubwire intore zanjye uti,mwumve yemwe ntore z’Uhoraho,uku niko Uhoraho agize,dore hagiye kubaho ibikomeye cyane mu isi yabazima kuko Uyu mwaka arumwaka wubucamanza bw’Uwiteka kandi ubutebera busesuye kugirango abarenganijwe nabayobozi bo mu isi bahabwe ubutabera uko niko Uwiteka ategetse kandi niko avuze.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura kandi uvuge uti,yewe mugore utuye kumugabane w’Uburayi (Belgique)wabaye ingumba,dore Uwiteka aravuze ngo,ugiye gukikira umwana kubibera byawe kuko wamuririye igihe kirekire none igihe cyawe kikaba gisohoye kuko yumvise kurira kwawe ndetse akumva nakarengane kawe wagiriwe none dore aguhaye umwana ugiye gukikira kubibera byawe uko niko Uwiteka avuze.Uwiteka agiye kuguhoza ayo marira yose warize kandi abagusuzuguye Uwiteka abakojeje isoni kandi umwuka w’igisuzuguriro Uwiteka awukuyeho uko niko Uwiteka avuze.
Nerekwa abanyamurenge-Kazi bakora ubucuruzo bwa magendo ko bagiye gufatwa bagafungwa kandi ibicuruzwa byabo bigafatwa bakazahita babyamburwa kubera gukora ubucuruzi buteyewe namategeko maze ijambo ry’Uhoraho rirambwir riti,mwana w’umuntu,dore abanyamurenge-Kazi Ukuboko k’Uwiteka kugiye kubaremerera cyane kandi bahuye nakaga gakomeye cyane kuko bagiye gutotezwa nukuboko k’Uwiteka kuko banze gukiranuka bakund agukiranirwa niyompamvu ukuboko k’Uhoraho kutazabagirira imbabazi kuko banze kumva ijambo ry’Uwiteka yanyujije mubahanuzi ngo bihane none igihe cyabo cyo gucirwa imanza n’uwiteka Imana yabakiranutsi kirasohoye uyu mwaka wa 2016 niko Uwiteka avuga.