Abanyapolitike bo mu Rwanda no mu Burundi bakomeje kuvangirwa n’ibyahanuwe,aho usanga uyu munsi wa none gahunda zigihugu zicara zihindugurika buri kanya.Mu gihe byari byitezwe ko Pierre Nkurunziza azava kubutegetsi bitewe n’imyagaragambyo yamaze amezi (2) abaturage bigaragambya bamagana gahunda ya Pierre Nkurunziza yo kongera kwiyamamaza binyuranije n’itegeko nshinga cyangwa ibwiriza shingiro ryo mu Burundi.
Amatora yabakenguza mateka yararangiye hasigaye aya perezida wa Repubulika,nyamara abantu benshi bandikiye ikinymakuru inyangeNews basobanuza iby’ubuhanuzi bw’Uburundi harimo n’Abarundi nyirizina
Ubuhanuzi ubusanzwe urabutegereza kuko umwuka w’ikinyoma buri gihe ugira amayeri menshi cyane,ariko ijambo ry’Imana ntirihinduka aho riri naho nyine ntirishobora kugabanukaho n’agace k’inyuguti nimwe kugeza ibyahanuwe birangiye.
None reba izo ntore nkuru,nabakagara bose,nabasangira ngendo,n’inkoma mashyi bafatikanije kwishyurira Gen.KK wamaze abanyarwanda bamwishyuriye miliyoni zirenga 810 z’amanyarwanda kugirango yemererwe gufungishwa ijisho aba hanze.
Urabona ko amatora ateganijwe muri 2017,mu Rwanda na Kenya bizabagora kuyageraho kubera ibyaha bashinjwa byibasiye inyoko muntu.Ibyo mu gihe birimo kuba Uganda nayo imerewe nabi cyane aho abanyarwanda biyita abahima bamaze gucikamo ibice (4);igice cya M7,igice cya Mugisha Muntu hamwe na Besigye,igice cya Amama Mbabazi,igice cya Gen.Tinyefuza Ssejusa abo bose n’ubwoko bumwe nta mugande ubarimo.
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda agera ku inyangeNews avuga yuko iri shwana ry’aba basangira ngendo ryashimishije abanya Uganda cyane kuko bari barababuze aho babahera,none kubona ubwabo batumvikana bamaze gushwana n’ikimenyetso cyiza cy’uko abagande baba bagiye kwibohora igitugu cy’abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abahima.
Urabona ko akarere kose ko nta mutekano gafite,kubera kugundira ubutegetsi.Uganda na DRC bazajya mu matora y’umukuru w’igihugu muri 2016,naho Kenya n’uRwanda ni muri 2017,Tanzania ni muri uyu mwaka mu kwezi ku ukwakira.
Ibi byose bijyanye n’ubuhanuzi kuko ububyutse buri inyuma burahinda bugomba kubanza bugahangura imbaraga z’umwijima wasabitse ibi bihugu umwuka wera ugiye kumanukiramo kugirango hatunganywe maze umwuka wera azamanukire ahantu hateguwe hatarangwa imbaraga z’umwijima.
