HomeNewsAbanyamadini umugati wabo ushyizweho ishyerezo

Abanyamadini umugati wabo ushyizweho ishyerezo

27th Sept,2015 njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa  uburyo abapastori,aba Bishop,ba Reverend,ko bagiye guhura nikibazo cyo kubura abakiristu maze bakazajya bazindukira mugitondo  kujya mazu yabo babasaba ko baza mu materaniro.Nerekwa bari mu modoka mu mahanda w’ibyondo bisobanura gukiranirwa cyangwa ubuyobe “Cotext of revelation”.

BreadImodoka zabo zagendaga zinyerera,imodoka isobanura umurimo w’Imana cyangwa ubuyobozi,byari bigoranye cyane kugirango babashe kuzagera kubakiristu,kuko hariho ababyukaga bakaza gusenga hari nabandi bangaga kubyuka muri icyo gitondo niyo babyukaga nyuma bakabona ibyo byondo byari mu muhanda byatewe nabapastori baminjagiye amazi mu muhanda kugirango bagabanye ivumbi cyangwa umucucu kugirango imidoka zabo zibone aho zinyura”Ivumbi cyangwa umucucu bisobanura gukiranirwa cyangwa kwanga kwihana ibyaha wakoze.

BibleMaze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu minsi izaza nzaremera imitima mishya ubwoko bwanjye kugirango buzazinukwe ikinyoma cyabashumba babayobora bityo bose ntawuzasezerana nundi,bazajya bigumira mu mago yabo uko niko Uwiteka avuga.

GoatDore nibamara kubona ko,abakirisitu  bamaze gutahura ikinyoma cyabo,buri mu pastori azajya yiruka inyuma yabakirisitu be,atabitewe nurukundo akunda intama z’Uwiteka cyangwa umukumbi we,ahubwo bazabiterwa n’ubwoba bwo gukena kuko bamenyereye gushyira mu bifu byabo,nibabona amaturo agenda agabanuka bazarushaho kugira impungege cyane bitumen babahagurukira nyamara ubwoko bwanjye  nzabunangira umutima kugirango batazasubira mu madini yabo uko niko UWiteka avuga.

VallyNjyanwa mu kibaya cy’ubutayu bugufiya,nerekwa hakurya yubwo butayu har’imisozi (2);hagati harimo ubwo butayu,maze mbona inka”abadayimoni”bamanuka binjizwa mubutayu,bamaze kubugeramo mbona bazamutse wa musozi wa kabiri ndabakurikira ngo ndebe amaherezo yabo.

cowsTugeze haruguru mu gihandagaza,mbona abandi badayimoni bashorewe nundi muntu ntabonaga,maze mbona babadayimoni bivunga bose ariko itandukaniro ryabo ryari rito cyane.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye gukora umurimo wanjye,none abadayimoni babonye yuko nashyieho ishyerezo ryabo,none bikuyemo hakiri kare uko niko Uwiteka avuga.

toilet28th Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agukuyeho umwuka w’ubukene burundu wari yarakubayeho karande,dore ahari igisuzuguriro Uwiteka ahashyize icyubahiro kugirango bimenyekane yuko wiringiye Uwiteka Imana y’inyemberaga Imana yawe,Abraham,Issac,na Yakobo uko niko Uwiteka avuga.

InkangaNdamanuka njya muri gakondo y’umuhanuzi,maze kuhagera mpahurira nabagabo bindarikwa,babagambanyi,maze iruhande rwabo mpabona inyoni bita inkanga,iyo nkanga bajya bayikoresha kuzinga umuntu bashaka kwambura ubutunzi,mpita ndayifata ako kanya nyipfura amababa ariko babagabo ntibyabashimisha babazwa nuko nyimazeho amababa maze mbabwira yuko ndimo gukora ubushakashatsi kubera uburiganya bwabo,bari bandiganije nibagirwa inkweto zanjye nari nambaye bisobanura ku kwibagiza ubutumwa wahawe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

schoolUbwo bari bantwaye kwishuli,nsubira inyuma njya gutwara inkweto zanjye,sinongera gusubira mu nzira twanyuranyemo.Ngeze ku nzu ya gakondo y’umuhanuzi,mbona mushiki wanjye witwa Kampororo Marie arimo guterekera kugirango agarure umugisha wacu  yari yaatwaye aho yashatse.

BibleIjambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iriya nkanga wapfuye  amababa, ntabwo izongera gukoreshwa imirimo yo guterekera kandi yahise inapfa,niyo mushiki wawe yaterekereraga nyamara ubutunzi bwawe bari baratwaye wamaze kubugarura niyompamvu badashobora kongera kububona ariko kandi bakaba nta kindi gitambo bafite kuko bitazaborohera kubona igitambo gishya kugirango babone ubutunzi bifuza uko niko Uwiteka avuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka ryongera ku mbwira riti,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ndi kumwe nawe,kandi ngiye ku kugirira neza,nguhe umugisha kugirango abantu bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe,kugirango uzizera Uwiteka Imana yawe,azahabwane umugisha nawe uko niko Uwiteka avuga.

Uburozi bwa Rasine bwo guhumanya.

Rasin29th Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara atanze amabwiriza ngo ntazave mu nama ya ONU nibura batararoga umuntu numwe,ngo nibaramuka babigezeho azabagororera.

Imbuto%20foundation%20mentoring%20AERG%20girlsNerekwa urutonde rufitwe nabakobwa babanyarwanda kazi,cyangwa ABAKAGARA-KAZI,bahabwa amabwiriza aho basabwe nibura guhitana umwe mu batavuga rumwe n’umwakagara kugirango atahane umunezero nishema ryinshi bityo abamurwanya bamutinye babone ko,yaje gukora akazi nta mikino irimo.

NetworkNuko nerekwa bakora icyo bise multiple network bisobanura gukora imiyoboro itandukanye myinshi bashobora   kurogeramo abantu,ubwo iryo yerekwa ryargutegeramo abantu imo kubera mu gikombe cya bakiranutsi  munsi ya gakondo yabo.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu burira ubwoko bwanjye kugirango babashe kwirinda kuko inkozi zikibi zamaze kugambirira nabi,dore umwakagara asigaje igihe gito cyane,none arashaka gusiga yisasiye nibura bacye muri bo kugirango azave ku ngoma anezerewe uko niko Uwiteka ababuriye.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,dore bagiye kuroga abantu (2);uwa mbere aba muri No 173 iyo nzu bamaze kuyipangira nuko rero burira bene so ubabwire birinde kuko umugambi wo warangiye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,indi nzu ya (2)irimo umuntu bagiye guhumanya kandi agahita yitaba Imana,ni nzu  ifite numero No 2003 iyo nayo bamaze kuyipangira,nugomba kumuha uburozi yamaze kubuhabwa arimo aritegura kumuhamagara kugirango ashake uburyo amuhumanya uko niko Uwiteka ababuriye

apotre_gitwazaNkiri muri iryo yerekwa,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore intumwa ya satani Paul Gitwaza yaguze inzu mu gace kabakire agiye kwimuka kubera abantu abantu aturanye nawe bose baramwinuba kuko bamaze kumenya yuko ari inkozi y’ikibi,nerekwa intasi z’umwakagara zampigaga umuambi wabo uburizwamo n’Uwiteka Imana,mbona kwishuli aho bashakaga kunjyana ahubwo aribo bahagiye.

IgihunyiraBahabwa igihano cyo gutema ibiti byari byaratewe aho kwishuli byabaye inganza marumbo,mbona muri ibyo biti,harimo ibisiga byitwa IGIHUNYIRA,birmo bihuma,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu za magigiri zigiye guhanwa kuberazarwanije umurimo w’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments