June 17, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara ari we wafasho icyemezo cyo kuyobora ingabo,anazikorera deployment kandi ubusanzwe iyo milimo ikorwa na Palatuni Sergent uba ayoboye abasirikare [21-30];mbona Umwakagara akora ivangura,abega akabashyira aheza,abavuye Uganda,nabo akabashyira ahabo hegereye intambara cyane,abavukiye mu Rwanda,Congo,Tanzania,bagashyirwa habi cyane,abavuye Burundi hamwe na bega bagashyirwa heza aho batari buhure nikibatsi cy’umuriro w’intambara.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega bageze ku iherezo,kandi nta bwo bashobora guhindura umugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko Uhoraho yabahagurukiye kandi akaba yararangije kubaciraho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa Umwakagara azamura mu ntera abega bakora murwego rw’iperereza rwitwa DMI,abazamura abashimira ko,bishe abantu benshi abo yabashinze guca ibihanga,mbona ba commanders barwanya izamurwa ryabo bega,bavuga ko batagaragaye mu kazi (Ingabo) kandi ko bishe abaturage babarenganije,ariko abakuru b’ingabo batari bazi yuko abo basirikare batumwe n’Umwakagara mukuru,byatumye abazamura mu ntera kubaruta kugirango bamenye ko,ari bo bari batumwe n’umwana w’umwega mukuru kandi babatinye ndetse babubahe niko Uwiteka avuze!
Njyanwa mu iyerekwa mbona icupa rya WISKY riteretse kumeza hamwe nikirahure cyayo,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ririya cupa ubonye rya WISKY hamwe nikirahure cyaryo,bisobanura umujinya w’Uwiteka Nyiringabo Imana yawe ukorera,igiye gusuka umujinya wayo kumwakagara kugirango amenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka uko niko Uwiteka avuga.
Nsubizwa mu iyerekwa mbona abega hamwe n’abambari babo bamanurwa mu butayu bugufiya bwa bundi bwo hagati,maze bajyanwamo hamwe na bahutu binkoma mashyi,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,abahutu bari muri gakondo ya bakiranutsi bazifatanya n’Umwakagara muri aya matora agiye kuza,bazashira kubera gucinya inkoro bakemera umwuka w’ikinyoma cy’Umwakagara nta bwo bazakizwa ahubwo bazarimbuka niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa abahutu bari mu buhungiro banze kumvira Umwakagara bagorerwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko banze gutaha ngo bajye gushyigikira ikinyoma cya bega barimbuye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Maze ndabwirwa ngo,abo banze gutaha nibo Uwiteka agiye gukoresha gushyigikira ubwami bw’uRwanda hamwe n’Umwami YUHI VI kuko azamaukana nabo bagiye kwima ingoma kandi bakazagororerwa kuko banze gukorana nikinyoma cya leta ya bega bayobowe n’Umwakagara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko rero ibikundanye birajyana,reka abahutu na batutsi bakorera Umwakagara kandi bemeye gukorera umwuka w’ikinyoma banjyanirane kugirango gakondo ya bakiranutsi,hatazongera kubaho ikinyoma ukundi uko niko Uhoraho abitegetse!Bemeye kuba ingaruzwa muheto,bemera ikinyoma bayoboka Satani nabadayimoni niyompamvu baciriweho iteka kugirango bazabe akabarore imbere ya mahanga no mu banyarwanda bazarokoka batazongera gukinisha ikinyoma kugirango bamenye yuko ikinyoma cyica niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Save
Save