13th Dec,2015 nuko ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze imbere yawe maze urebe ibyo ngiye ku kwereka.Nuko ndambura amaso nditegereza mbona umugore utwite warufite inda mbona ko agiye kubise kuyibyara.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu umwakagara atwite inda kandi ibaye nywarwege dore igihe cyo kuyibyara kirasohoye ngo ayibyere.Nuko mbaza wanyerekaga nti,mbese iriya nda izamuhitana cyangwa azayibyara?
Nuko nawe aransubiza ati,kuiybyara azabyara,ariko umwana nta bwo azamwonsa kuko atazabona amashereka yo kumwonsa kandi akaba atanafite abamutegurira igikoma cy’ababyeyi ibyo bikazatera wa mwana yabyaye guhita akurwa ku isi yabazima.Nyamara se ntiyagiriwe inama ngo arye imbaga nsa kugirango abashe kuzabona amashereka ariko akabigaya?None ntureba yuko umwana abyaye ahasize ubuzima?Uko niko Uwiteka abaza.
Dore yanze no kujya kwa muganga ngo bamubyaze ahubwo we yavuze ko azabyazwa nabaganga bagihanga cyangwa gakondo,none dore inda ya kabiri yanze kumuvamo kandi dore yatangiye kuborera munda kuko isigaje iminsi (2) ikamukura ku isi yabazima.Niko bemera kuko intumva irira kumiziro uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwereka inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abadayimoni igihe cyabo kigeze kandi gisohoye,nerekwa mbona izo nkozi zikibi ko zigiye kwinjizwa mu gihugu cyo mu butayu kuko igihe bamaze batoteza ubwoko bw’Uwiteka Imana yabakiranutsi kirahagije!Nuko mbona zimanutse mu butayu buri munsi yaw a musozi wigishirizwaho abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi mbona zinjijwe mu butayu aho zizamara igihe kinini zitegereje ubutabera bw’Uwiteka Imana yabakiranutsi kugirango zihanirwe ibyo zakoze uko niko Uwiteka ategetse.
Nongera kwerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu banga gutaha ngo kuko Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa yongeye kwima ingoma.Mbona bamwe mubanayapolitike bashishikariza rubanda rw’Umwami kwanga gutaha bababwira yuko nibaramuka batashye bazahita bafatwa bagafungwa kubera bakoze genocide kandi ko icyaha cya genocide kitajya kirangira.Ndetse bakomeza bakangurira rubanda rw’UMwami bababwira yuko ngo Umwami nagera ku ngoma ngo azihorera kubahutu kuko bamwirukanye mu gihugu.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye uburyo umuvumo ari mubi?Ndasubiza nti cyane,dore abahutu baravumwe kubera kumena amaraso yabatariho urubanza dore barashaka gukomeza kugira ingwate ubwoko bwabahutu kugirango babagire urwitwazo rwapolitike bababuza gutaha kubera ko bakozwe nisoni.
Dore ubwo bazanga gutaha mu gihugu nzabateza umuyaga uzabatwara bakohehera mu manga yikuzimu kuko nari naravuze yuko nzabagira ubwoko ariko kandi nibasuzugura ijambo ryanjye ryanyuze mukanwa kabahanuzi nta kizababuza kuremererwa nukuboko k’Uwiteka kugirango bamenye yuko Uwiteka ari we Mana yabakiranutsi uko niko Uwiteka ategetse.
Nuko mbona hatashye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi,nigice kimwe cy’abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu ikindi gice cyingana na kimwe cya kabiri gisigara mu mahanga nyamara ntabwo bamenye yuko ingoma y’Umwami yahanuwe nabahanuzi ko izaba ingoma yamahoro ikazaca imanza zitabera igakuraho Inzigo n’Inzika byabase abanyarwanda mu gihe cyose gakondo yabakiranutsi yayobowe n’umwuka wikinyoma.
Nerekwa ko nyuma y’intmbara izakuraho umwakagara hazabaho gukorera Uwiteka Imana kuburyo budasanzwe kandi ko hazaba harimbaraga z’Umwuka w’Imana hanyuma abantu b’Uwiteka bakazakorera Imana banezerewe mbona intambara z’abadayimoni ko zizaba ari nkeya kubera yuko abadayimoni benshi bazarimbukana n’umwakagara icyo gihe hazaba amahoro abantu bazarya amahoro baryamire amahoro bambare amahoro basabane mu mahoro bakore mu mahoro kuko Uwiteka azaba atanze ihumure muri gakondo yabakiranutsi .
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Africa y’Epfo ku Nyanja yahoo,mbona muriyo Nyanja hagati hateyemo umunara muremure maze mbona uwo munara utangiye kumungwa uruhand erumwe,mbona abateye uwo munara bazanye umunyarwanda wimpunzi uahatuye bamuha ikiraka cyo gusana uwo munara muremure,mbona arawuriye arawuzamuka agera mu bushori shori bwawo maze mu gihe atangiye kuwusana aho wa munzwe,mbona haje umuyaga uherekejwe numuhengeri utangira gahoro gahoro .
uwo munara maze twebwe twari hasi dutangira kugira impungenge zuko uwo muyaga ushobora kumuhuha akagwa muri ayo mazi(Isi) nuko nawe abona yuko uwo muyaga ukomeye cyane.Ariko kubera gukunda iby’isi cyane akomeza kwizirika kuruwo munara kugeza igihe wamuyaga wamujugunye mu Nyanja tukabura umunara n’umuntu.
Twashakishije muri iyo Nyanja turaheba nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu waba wasobanukiwe ibyo weretswe?Ndasubiza nti oya!Ndasobanurirwa kandi ndabwirwa ngo:Uriya munara wabonye usobanura umwakagara,naho iriya Nyanja yo mur’africa y’Epfo,n’igihugu cy’africa y’Epfo kigiye gukoresha imbaraga zacyo gifatanyije n’ibindi bihugu bizaba byihishe inyuma yicyo gihugu bagahuhura umwakagara ku buryo azahita yibagirana mu isi yabazima uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa abasore batatu hamwe n’umukobwa umwe bakora mu kigo cya kiliziya gatolika,maze umusore umwe akundwa ba Padiri cyane,uwo mukoresha we agambirira kumuzamura mu ntera maze wa musore abwira mugenzi we barisnhuti ko agiye kuzamurwa mu ntera maze wa musore wundi bakorana arabimenya ako kanya aragenda afatanya na wa mukobwa kugambanira wa musore maze kwa kuzamurwa mu ntera kwe guhita guhgarikwa.
Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,funga imiryango yose kuko uriya musore bamwumvise akubwira ibyo kuzamurwa mu ntera kwe,none uko bmaugambniye ninako nawe bagiye ku kugambanira kugirango baburizemo imigambi yawe uko niko Uwiteka avuga.
ABASAZI (2) MU BISI BYA HUYE MURI GAKONDO YABAKIRANUTSI.
15th Dec,2015 nerekwa abasazi babiri mu bisi byahuye muri gakondo yabakiranutsi.Umusazi wa mbere yasaga numwe mubategetsi bakomeye ku isi(umwakagara Paul Kagame)mbona akuwe kubutegetsi ahise aba umusazi kuko yari yringiye imbaraga za kimuntu zikanga zikamubana nkeya.
Nerekwa undi musazi w’umugore witwa Esther Marie Murebwayire nawe ari kumwe n’Umwakagara nawe yasaze arimo kuvuga ngo nta bwo mushobora kuzaba muri residence y’umukuru w’iiguhugu ngo nuko adahari?Yewena Ndahindurwa nta bwo namwemerera ko aza kuba hano muri residence kugeza igihe Kagame ka Rutagambwa azagarukira.
Nuko uwo muvugabutumwa mu gihe agikomeje kuvuga gutyo nerekwa abanyarwanda baturutse Uganda bafashe inzira bayoboka ubutayu kuko umwakagarawe yari yamaze gusara bamusiga ahongaho nta muntu numwe umwitayeho nuko ndavuga ngo yewe ko ubamba isi ntakurura.Uyu numwakagara yari yarajujubije amahanga abanyarwanda barabuze amahwemo?Nuko menya yuko Uwiteka afite imbaraga ziruta abana bab’abantu kuko nta numwe wakekaga yuko umwakagara yakurwa ku ngoma nk’ubufindo uko niko Uwiteka avuga.






