Umuyoboke wa Jubilee yarize ubwo yarahuriye mu modoka n’umunyamakuru w’Inyangenews.com,ngo ubwo yagiranaga ikiganiro n’umunyamakuru w’inyangenews akamubaza uko abona amatora y’umukuru w’igihugu cya Kenya,yumvise ko Jubilee ifite abayoboke bagera kuri miliyoni [8] naho NASA ikaba ifite abayoboke bagera kuri [11] akimara kumva ayo makuru nuburyo ejo urukiko rukuru rwirukanye ibirego bya Jubilee na IEBC,yahise asuka amarira kandi igitangaje ni Umukamba akaba adashyigikiye mwene wabo Kalonzo Steven Musyoka.
Amakuru aturuka muri Kenya mu murwa mukuru wa Nairobi,aravuga yuko urukiko rukuru rumaze kwemeza yuko icyemezo cy’urukiko kidasubirwaho aho “Chief Justice CJ David Maraga” amaze gutangaza yuko urukiko rwa Kenya rwigenga kandi abacamanza atarabanyapolitike nkuko abanyapolitke bicara bashaka gukinisha urwego rw’ubutabera kandi ubutabera.
Ikirego ihuriro rya JUBILEE ifatanije na IEBC komisiyo ya matora mu gihugu cya Kenya,yagejeje kurukiko rukuru basaba ko bajuririye icyemezo cy’urukiko cyemezaa ko,amajwi yazabarirwa “constituency” hanyuma Returning Officer bakazageza ibyavuye mu matora bakabigeza ku biro bikuru by’Intara nyuma yahoo amajwi yose agahurizwa kubiro bikuru bishinzwe kubara amajwi bya BOMAS.
Urukiko rumaze kwakira ubujurire bwa IEBC na JUBILEE rwanzuye ko,icyemezo urukiko rwafashe kidahinduka cyane ko,biri mu itegekonshinga mu ngingo yaryo ya [86] yitegeko nshinga rya Kenya.Amakuru aravuga ko,icyo cyemezo kitashimishije ihuriro rya JUBILEE na IEBC aho bashinje abatavuga rumwe na leta ya JUBILEE bahuriye mu ihuriro rya NASA (National Super Aliance) ko bashyize ho iterabwoba urukiko rukuru bavuga yuko bazigaragambya igihugu cyose kuko NASA ifite miliyoni [10] bazayitora mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe taliki ya 08 Aug,2017.
Kuba icyemezo cyo kuzabarira muri za “constituency” atari mu NTARA nkuko JUBILEE yabyifuzaga byongeye guca intege leta ya JUBILEE iby’urukiko bari barambirejeho bakaba bakubitiwe ahareba INZEGA,ubu bakaba bahise batangaza ko bamaze gutumiza miliyoni z’imifuka y’ibigori,ariko Isukuri na Mata nta cyo babivuzeho.Ubanza bakeka ko,abantu bose arabakikuyu barya ubugari cyangwa araba LUHYA.
Kugeza ubu Jubilee ifite miliyoni zibarirwa mu [8] kandi abagomba gutora bagera muri miliyoni [19], mu NTARA ya KIJIADO abagera kubihumbi [3000] bavuye muri jubilee bigira muri NASA.Na Governor wa KISII na Depite wa KISII bahise basubira muri ODM,nyuma yuko inteko ishenywe kuko igihe cyayo cyari kirangiye ubu buri munyepolitike wiyayariza umwanya uwari wo wose yemerewe kuba yava muri leta aho yabarirwaga kugirango abone uko biyamamariza indi myanya barimo kurwanira.
Ubuhanuzi bwa Jubilee Coalition:
Feb 24t, 2013 Imana yongeye kugaragaza yuko nyuma y’imyaka (5) atazemerera mugenzi we,WILLIAM RUTO ko yiyamamariza umwanya wa perezida wa repubulika ya Kenya, ibyo bizatuma batandukana kandi UHURU Kenyatta azahura n’umuvumo kubera guhemukira mugenzi we! Imana yavuze yuko naramuka akoze ibyo,izamuteza umuvumo ikazamukoza isoni mu marembo ya mahanga.
Ngaho nimwirebere uko ijambo ry’ubuhanuzi uko bukomeje guca imanza zitabera,Uhuru ibyo yabwiwe nta bwo yabyubahirije none ijambo ry’ubuhanuzi rimukozeho agiye gukorwa nisoni mu maso ya mahanga ndetse no mu gihugu cyose muri rusange nuko abantu batemera ariko amaherezo bizarangira mwemeye kuko urubanza rw’Uwiteka Nyiringabo nta ho muzaruhungira.





