Home News “Ubwami buraca amarenga muri Kenya!”

“Ubwami buraca amarenga muri Kenya!”

0

Some Maasai leaders reject Nkaissery as spokesman

Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya,aravuga ko,kuri uyu mugoroba wiki cy’umweru taliki ya 15 mutarama 2017,ubwoko bw’AbaMASAI bwaraye bushyize ahagaragara uzababera umuvugizi wabwo,nk’uko ayandi moko amaze igihe abikora.Iki gikorwa cyatangiwe n’umunyapolitike utavuga rumwe nubutegetsi bwa UHURU Kenyata Muigai watsinze amatora mu mwaka wa 2013.

Mu gihe hitegurwa amatora y’umukuru w’igihugu cya Kenya,uzasimbura UHURU Kenyata cyangwa nawe akongera gutsinda amatora,abatavuga rumwe n’ubutegetsi bibumbiye mu Ihuriro cyangwa umutaka wa CORD,ndetse bakaba baranakoze irindi huriro ryo kurwego rwo hejuru ryitwa SUPER ALLIANCE (NASA) bakomeje gushyiraho icyo twakwita ubwami Absolute Monarchy traditional ariko bo,ubu babyita spokes Man of community.

Gukora ubu buryo bw’uko buri bwoko bugira ubuhagararira,ngo bizakumira uburyo bwajyaga bukoreshwa na leta bwo kugura abantu bakomeye muri politike yabavuga rumwe na leta iri kubutegetsi.Amakuru avuga ko,uzajya arya ruswa agashaka kugambanira bagenzi be,bazajya bamuca mu muryango bivuze ngo inzira z’intonorano bazimye amayira.

Gen.Major Joseph Ngayisire wahoz mu ngabo za KDF,ubu akaba ashinzwe umutekano wo mu gihugu imbere muri ministeri y’umutekano(CS) interior minister,yari yizeye yuko ari we uzagirwa umuvugizi w aba MASAI,ariko yaje gutungurwa nuko atari we warahijwe kuzabera umuvugizi ubwoko bw’Abamasai.

Ubushakashatsi bwakozwe nikinyamakuru inyangeNews.com,bugaragaza yuko,ihuriro rya JUBILEE Coalition,ritazemera gutsindwa amatora riri kubutegetsi,nk’uko amakuru twakurikiranye abigaragaza.Abayobozi ba JUBILEE amwe mu magambo barimo gukoresha uyu munsi wa none mukwiyamamaza,bavuga ko,batazemera gutsindwa maze bigahura na rya jambo Uhuru yivugiye ubwo yaramaze amezi [6] kubutegetsi ko,azayobora imyaka [10] kandi yaratorewe imyaka [5]

Ubushakashatsi bugaragaza ko,CORD ifite amajwi menshi dushingiye ku bantu bishyize hamwe nayo,bafite agace bita WESTERN,NYANZA,PWAN iyo benshi bazi nka MOMBASA,bafite UKAMBANI agace k’ubwoko bw’ABAKAMBA ari naho uwahoze ari vice prezida ku bwa KIBAKI, STEVEN KALONZO, akomokamo nawe akaba ari muri CORD.CORD na none ikaba ifite agace ka ba MASAI kitwa KAJIADO,KISII,PORKOT,SAMBURU,NAIROBI, aho honyine hafite amajwi ashobora gutuma batsinda amatora y’umukuru w’igihugu.

Amakuru avuga ko,hamaze kwiyandikisha abagera kuri miliyoni zigera kuri 16 z’abaturage bazatora umukuru w’igihugu.Birakekwa ko,dushingiye kumakuru adafite za gihamya,biravugwa ko,icyegera cy’umukuru w’igihugu WILLIAM RUTO,ashobora gutandukana na mugenzi we Uhuru akongera gusubirana na RAILA uhagarariye umutwe wa politike wa ODM dore bahoranye mu ishyaka mbere yuko habaho intambara yatewe na matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka wa 2007/8.

Ibi ababivuga,bashingira kumagambo agenda akoreshwa nicyegera cy’umukuru w’igihugu RUTO,ndetse rimwe na rimwe akagaragara nk’umunyapolitike ushyigikiye abatavuga rumwe na leta,dore ko,baherutse no kujyana na RAILA mu irahira rya perezida wa GHANA watsinze amatora.Bikaba bikekwa ko,bashobora kuaba baraganiriye byinshi muri politike ya Kenya ijyanye no gushaka uburyo bakwirukana imiryango ibiri ishaka kuyobora icyo gihugu ubuzira herezo.MOI and JOMO families,bivugwa ko basinye amasezerano yo kuzajya bahererekanya ubutegetsi mu miryango yombi.

Biramutse ari uko bimeze,bivuze yuko GEDION MOI ari we wazasimbura Uhuru Kenyata mu mwaka wa 2022 aho kugirangoazasimburwe na WILLIAM RUTO.Kwishyira hamwe kwa moko afite abantu benshi muri Kenya,biri muli bimwe bishobora kuzatuma Uhuru atsindwa amatora.Ariko n’Ubuhanuzi buvuga ko,atazayobora manda ya kabiri,ahubwo ko,hazaba intamabara ikomeye cyane,ku buryo uRwanda na Uganda ingabo zabo ari zo zizaza guhosha abazaba barwana ariko nabo bakazahugira mugusahura uwo murwa wuzuye mo ubucuruzi bukomeye cyane bw’abanyamahanga bakorera muli icyo gihugu.

Gusa icyo umuntu yakwibaza,ese icyo gihe gisigaje amezi [7] uRwanda ruzaba ruyoborwa n’Umwakagara?Bibaye yaravuyeho,bivuze ko,Umwakagara ashobora kuba asigaje amezi atarenze [3] ku ngoma y’Abega.

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar