Home News 02nd April 2015 Ijambo ry’Uwireka rinzahi rirambwira riti,

02nd April 2015 Ijambo ry’Uwireka rinzahi rirambwira riti,

0

02nd April 2015 Ijambo ry’Uwireka rinzahi rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore icyaha cya ruswa giteye ubwoba kigeze imbere y’Uwiteka Imana ndetse umwuka w’Imana ashinze urubanza hagati ya fpr ,n’Uwiteka Imana dore inzara ikomeye cyane iri mu rwagasabo igeze no mubashumba uko niko Uwiteka avuga.

MMwana w’umuntu dore ucuti wawe Marie Esther Murebwayire agiye guhimba ikinyoma cya mbaye ubusa cyo kugaragaza yuko we ahigwa na fpr kandi ko ibivugwa mubuhanuzi ar’ibinyoma bias!ni uko nerekwa yiyambura ubusa yisiga ubusa akora filime ayifatanije na fpr kugirango azagaraze ko yakorewe iyica rubuzo maze umwuka w’Uwiteka arambwir ati,icyo nicyo cyha agiye guhimba cyuzuyemo ibinyoma kugirango arebe ko yakongera kubona ijambo ariko ntabwo nzamwemerera kuko nzashyir ibye ahagaragaara uko niko Uwiteka avuga.

Nyuma yo gukora ibikorwa bias bityo mu iyerekwa mbona aragiye asanga umulinzi mukuru w’igikari cy’abakiranutsi warushinzwe guteka ibifungurwa by’abakiranutsi hanyuma uwateguraga ibifungurwa asanga babihumanije maze Marie aravuga ngo nibapfe kubimuha kuko agiye kubishyira abakiristu be kugirango baticwa n’inzara?Ariko watekereza inzara no kurya ibifungurwa bihumanye ugasanga ntamahuriro na mba!

Mwana w’umuntu dore umulinzi w’ibyasezeranijwe ngiye kongera kumugarurira urukundo rwo mubuto bwe kugirango yongere yishimire ubusore bwe kuko yamaze igihe kinini mu ntambara ntiyigeze abona umwanya wo kwishimira ubuto bwe kubera inkonzi zibibi zatumye adahumeka uko niko Uwiteka avuga.

03rd April 2015 Mwana w’umuntu dore ibihugu by’Abarabu bihagurukiye umwana wanjye Israel kugirango bahungabanye ubugingo bwe,arikobariyimbire kuko umwana n’umwana naho yaba ikigoryi aba ikigoryi cya nyaracyo niyompamvu ngiye kurwanirira umwana wanjye kugirango isi yose imenye yuko nd’Uwiteka Imana ya Israel wa yakobo,Abraham,na Issac.

04 April 2015 Mwana w’umuntu manuka ujye mubutayu kuko umwakagara yariye karungu arahiga ubuging bwawe.

Dore leta y’umwkagara ifitiye ubwoba bukmomeye umutwe wa politike yibwira ko ariyo izayikura kubutegetsi ariko ntibazi yuko nd’Uwioteka nkoresha uwo nshaka kugirango nsohoze imigambi yanjye uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore ngiye gukora igitangaza gikomeye ku isi yose aho ukwezi nzaguhinduramo amaraso igice kimwe ikindi gice nkagihinduramo icyitsi kibisi nk’icyimenyetso gikomeye cy’ibyago ngiye guteza isi yose kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ni uko ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imva y’umwakagara yamaze gutegurwa kuko nzamucamo ibice (3);nk’uko wabihanuye,ni uko numva amajwi yabana be bajya impaka bavuga ko bakwiye gushaka isanduka ngufiya bamushyiguramo kuko yamaze gucikagurikamo ibice abandi baranga baravuga ngo bagomba kumushyingura mu isanduka ndende nk’uko abandi boswe babashyingura uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore barimo gutrackinga telephone yawe none yizimye kugirango batamenye aho uherereye maze numva ho mubutayu uhitire kwa mutegarugori maze aguhe amafunguro kuko nzamuha umugisha kugirango abashe kugutunga uko niko Uwiteka avuga.

Ni uko nerekwa abadayimoni (2); bahura akaga gakomeye cyane nyuma yo kunanairwa gusohoza umugambi mubisha wo kugirira nabi ubugingo bw’umuhanuzi mukuru maze bahabwa igihano gikomeye cyane kurusha ibindi bihano byose bibaho .

05th April 2015 nerekwa umwuka w’ikinyoma ubyara abana (2) b’impanga kugirango batumwe mu isi,maze fpr yongere kubeshya amahanga,ariko mbona iyo myuka uko ari(2) ;itabashije kumvisha amahanga ibyabaye murwanda bivugwa kuri fpr.Umwuka umwe war’igikara,undi war’ikigina.Ariko uwikigina warahuzaguriakaga kuruta uwigikarakuburyo utabshaga kumvisha isi ya none kubijyanye n’ubwicanyi bwabye muRwanda.

06th April 2015 mwana w’umuntu uyu munsi ntujye mu butayu bwo kumurwa w’IBABULONi kuko umwakagara yamaze koherezayo intumwa ze kuguhiga uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore abo nateganyaga kuzagira ubwoko mu bihe bizaza”ABAHUTU” abakobwa bao b’impunzi bigize abakongomani kugirango babone uburyo bakina filime yitwa pronograph,none babwire uti,mwigize icyo mutari cyo,niyompamvu Uwiteka azabateza akaga mubihe byo kubaho kwanyu uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore abakobwa n’abagore batututse mu gihugu cya Uganda bo mu bwoko bw’Abatutsi yaasengesho bakoraga yarayo gushaka amazu nibindi byose bijyanye nimibereho none bamaze kubibona amasengesho barayareka niyompamvu nzabareka nanjye mu gihe cy’amakuba abegereje mu gihe kir’imbere uko niko Uwiteka avuga.

Uyu munsi ntugere mu biro byawe aho ujya wandkira ubuhanuzi kuko bamaze gutegur aumugambi wo kukugonga n’imodoka kugirango byitwe ko wahuye na accident uko niko Uwiteka avuga.

Uyu munsi ntugere mubiro kuko bakresheje ikoranabuhanga kugirango bamenye ahandi waba ukorera cyangwa aho wimukiye uko niko Uwiteka avuga.

Bashatse uburyo bwo gusenya ikinyamakuru cyawe inyangenewss.com basanga kiri muri Insurance kirinzwe kuburyo bukomeye cyane batasobora gupfa kuvogera uko niko Uwitekla avuga.

Mwana w’umuntu dore inkozi zikibi zikozwe nisoni kuko imigambi yabo ngiye kuyiburizamo kugirango zimenye yuko nd’Uwiteka aImana uko nikoUwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore igihe cyawe cy’umugisha kirageze kandi abadayimoni bubaha umuntu iyo igihe cye cyo guhabwa umugisha cya geze none nawe niko bigiye kukugendekera kuko igihe cywe cyamaze kugera abadayimoni bagiye kukubaha kuburyo batazongera kukurwanya uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore Esther Marie agiye kongera gutanga intonrano zihumanye kuvugabutumwa bagiye gukorana azakoresha kugiorango agarure izina rye yari yarakoze akoreshejeinzira zikinyoma ariko ni hahandi ibyo nabyo nzabisenya kuko ynaze kunyumvira uko niko Uwiteka avuga kuo aharanira kumenyekana no gushaka icyubahiro cy’abana bab’Abantu aho gushaka mu maso hanjye no kwihana kubyo yangenje nabi uko niko Uwiteka avuga.Dore uwo muvugabutumwa yamaze kumwogosha igisuguri”Kumwambura ubwenge uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore Pastor Jean Marie utuye mu mazu kwa Rujugiro igikondo wahoze asengera muri Eglise Vivante ngiye kumucisha bugufi kugirango amenye ko arijye Uwiteka Imaana ya Israel kuko amaze igihe kinini yarayobye avuga ko ankorera nyamara sijye yakoreraga ahubwo yakoreraga izindi mana bityo rero muri uko gucishwa bugufi niho azamenya yyuko nd’Uwiteka Imana yavugaga ko akorera uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa intekonshinga mategeko y’u Rwanda yaka umuriro maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore inteko nshinga mategeko irashya ariko ntikongoka bivuze ngo iyo nteko nshinga mategeko y’uRwanda ureba ntabwo izongera kubaho ukundi uko niko Uwitekaa vuga.

Mwana w’umuntu dore abasirikare bakuru baturutse mu gihugu cya Uganda birukanye abasirikare batavuye Uganda kugirango biharire igisirikare babone uko bayobora igihugu bakoresheje igitugu niyompamvu nanjye imigambi yabo nayiburijemo kugirango bamenye yuko arijye Uwiteka utegeka ushyiraho akanakuraho uko niko Uwiteka Imaa ya Israel avuga.

Mwana w’umuntu dore kagame yishe abakurub’ingabo (42); iyo ataza kubamarira ku icuma mu Rwanda nta muhutu numwe wari gusigara uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore inzira z’abadayimoni zose zirafunzwe kuburyo kongera ku kurwanya bitaborohera ,ahubwo dore basubijwe aho batuturutse kandi nibagerayo bazakora amahano uko niko Uwiteka avuga.

11th April 2015 Mwana w’umuntu dore inkozi z’ikibi (24); ”Abarozi”bahumanije ubugingo bwawe ngiye kubambura ubugingo bwabo kuko urubanza rwabo rwarangiye uko niko Uwiteka avuga.

12th april 2015 nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo wongera guhaguruka uhangana n’umuhanuzi mukuru maze arawunesha uhita urapfa kuko imbaraga zawo zari zimaze kurangira nyuma yiyo ntamabara nongera kwerekwa umugisha usesekara kuko abawubuzaga bari bamaze gukurwaho uko niko Uwitekaa vuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar