Leta y’umwakagara ikomeje guhangana n’umuhanuzi Majeshi Leon,nyuma yahoo uwahoze yar’umufasha we,Mukandirima Murekatete Odette ananiriwe kwiringira Uwiteka Imana nk’uko yahoraga abyigisha mu ivangiri ye,yasubiye muri gakondo yabakiranutsi maze leta y’umwakagara yongera kumuha ikiraka cyo gukora uko ashoboye kugirango atange umuhanuzi Majeshi Leon acibwe igihanga maze agororerwe hamwe nabasaza be (2) Karake Sataday na Hon.Barikana Eugene.
Leta y’umwakagara yakomeje gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga “Tracking”uhereye mu ntangiriro z’uyu mwakaga kuv awatangira,maze batangira kujya bakurikirana ibiganiro byose umuhanuzi Majeshi Leon yaba agirana n’abantu batandukanye.
Esther Marie.

Babanje guhakinga za e-mail akoresha,nyuma yuko ikiraka bari barahaye umuhanuzi-kazi Esther Marie Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubuhollande atahuriwe n’umuhanuzi Majeshi Leon ko ibyo yitaga ko atera inkunga umurimo woguhanura naho yari yitwikiriye umutaka wa za maneka za Kigali akajya atanga za reporo zibyo bavuganye cyane cyane kubijyanye nagahunda z’ubuhanuzi bw’uRwagasabo.
Murekatete Odette.
Uhereye ku wa (5) ushize,bagiye bakora diversion umuhanuzi Leon yahamagara umwe mu bantu bakorana umurimo w’Imana,aho kugirango yitabe ahubwo igafatwa na za magigiri z’umwakgara.
Dore uyu munsi numero za Computer bakoresheje mu guhamagara no diversion ku bantu yagerageje guhamagara,ariko ubuswa bafite ni uko naho bafashe telephone y’umuhanuzi Leon bakayikoresha guhamaga umwe mu bo basanzwe bavugana,bananiwe kwigana ijwi ry’umuhanuzi Leon.
Kuko abo bavugana basanzwe bazi ijwi rye!Cyeretse rero nibigana ijwi rye kugirango babashe gukora ubutasi bwabo neza.Ngizi telephone bakoresheje 09006207891334220,imibare (17) niyo bakoresha inyuze muri mudasobwa kugirango badakoresha telephone zisanzwe bityo umuntu akazabatangaho raporo ku nzego z’ubuyobozi zibishinzwe.
Ese nyuma ya FPR,ntabundi buzima buhri?
Ibi byose barabiterwa n’itangaza makuru ryigenga ry’ikinyamakuru inyangeNews.com.na Radio inyange,hamwe na TV inyange,kugirango badushyireho iterabwoba bityo batunanize umurimo w’Uwiteka Imana yaduhamagariye gukora mu gihe gisa nk’iki!Ariko bene data ni byiza ko mu menya intambara twahuye nazo nuburyo Uwiteka yatubereye Imana nya Mana.
Nuburyo yagiye aturinda imigambi yincakura,nuburyo Uwiteka akomeye kuruta abana bab’abantu,nuko mukomeze kudusengera kuko twiringiye ko amasengesho ya bera ari ingiramumaro k’Uwiteka ndetse no kubakiranutsi nyirizina.Iyadukuye mu nzu y’imbohe aho twamaze iminsi (143) dukingiramiwe mu nzu y’imbohe nubundi iyakoze ibyo,nibindi ntakabuza ko itazabura kubikora ndetse izagerekaho kuduha gakondo yabakiranutsi iyo twasezeranijwe na data wo mu ijuru akaba na se w’Umwami wacu Yesu Kristo umwami wabakiranutsi.