Ku wa 22 Nyakanga 2015 Njyanwa mu kibaya kiri munsi ya gakondo yabakiranutsi,nerekwa muri gakondo umukuru w’igihugu ashaka kumenya umubare wbanyarwanda bo mu bwoko bw’abatutsi,ndetse n’umubare w’abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu ibirigukoreka mu rwagasabo igihugu cy’abakiranutsi,waba ubisobanukiwe? Ndasubiza nti, Nyaguhora ku ngoma we,jyewe imbata yawe,umugaragu w’imbura mumaro,nabibwirwa niki?Utabinsobanuriye !
Nuko Malaika wanyerekaga ibyo,aransubiza ati,umwakagara arashaka kubarura abaturage,nyamara icyo kikazaba ikimenyetso cya nyuma cyo kumukura ku ngoma.Umunsi wabibonye uzamenye yuko umukuru w’igihugu yiriwe ataraye uko niko Uwiteka avuga.
Nyakwigendera LT.Abdul Tuzibiza.
Nerekwa abanyarwanda abacamo ibice (2); byombi,bahabwa impapuro zo kuzuza ngo buri muntu azajye yuzuza umwirondoro we,ndetse ashyireho naho akomoka,naho yavukiye kugirango bizorohere leta ya FPR,kumenya abavuye hanze y’igihugu baza mu gihugu muri 1994 nyuma y’intambara,n’abandi bakomoka mu gihugu nabo babashe kumenyekana.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,icyo kizaba ar’ikimenyetso cyo,kurimbura abahutu kuko bamaze kubona ko ingoma yabo igeze kumusozo no kwiherezo uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,dore amagambo abaye menshi mu gihugu,ndetse itangaza makuru ryo mu bihugu byo mu Burayi,ritumye umwakagara yamburwa icyubahiro kuko acyuye igihe uko niko Uwiteka avuga.
ariyo yari kurirwaho na nyir’urugo,maze uwo ati amahirwe n’uko mufite iyi sahane y’abongereza ibarebera.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho,riti,mwana w’umuntu,dore igihugu cy’Abongereza nicyo kizatiza umwakagara isahane yo kuriraho ziriya nyama wabonye.Nuko numva ijwi ry’uvuga ngo baje bashaka amafranga none bagiye ntayo babonye niko uwiteka avuga.(Nuko nerekwa abari bazanye ayo masahane bari baturutse ikuzimu,maze ndabwirwa ngo : Abo ubonye nabazimu baje gusooza umugambi wabo nyirizina wokongera gutsemba abanyagakondorero kuko Uwiteka ariko yategetse uko niko Uwiteka avuga)
Nkiri muri iryo yerekwa mu gikombe cyo kwerekerwamo munsi yagakondo yabakiranutsi,nerekwa za magigiri za DMi zoherezwa ku bwinshi kujya kuneka abanyarwanda baba mu bihugu byo hanze bitwa « Diasipora » nerekwa aba DMI baza kwica abanyarwanda batemera ubutegetsi bw’i kigali , maze izo za magigiri zitera igisasu ahateraniye abanyarwanda benshi maze abenshi barapfa ,abandi barakomereka cyane,ariko abenshi bakomeretse bari abagore,nuko mbona inkomere nyinshi zirembye cyane,mbona abacitse amaguru,nuko hagati aho mbona abo ba DMI bari bishe kandi bakomerekeje benshi bagenda batungwa agatoki polisi irabafata.Uko niko Uwiteka ababuriye.
nccleon@gmail.com