Ku wa 29th Kamena 2015 Uwiteka yambwiye gukora amasengesho ya masaha (48);maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati,dore inkozi zibibi zaguhaagurukiye,none ukore amasengesho yo kwiyiriza kugirango ngukorere ibikomeye kuko ibiri mbere yawe nabyo bikomeye.
Ni uko natangiye amasengesho ari ku cyumweru cya nyuma cy’ukwezi kwa kamena 2015,nkora amasaha (48) yamasengesho ntakurya nta kunywa.Bitewe nuko nari maze agahe gato mvuye mu butayu no kunkengero zaho,nakoze ayo masengesho ni nako nandika ubuhanuzi Uwiteka ampa guha abantu be.
Ntabwo byanyoroheye kuko umunsi wo kurangiza ayo masengesho hasigaye amasaha (4) ngo ndangize amasengesho,nagiye kwihagarika maze kwihagarika ikizunguzungu cyangwa se isereli iranfata maze nisanga naguye hasi imbere y’ubwiherero.Nahamaze iminota (3) mbona ndi hasi ndetse nakomeretse bidakomeye cyane.
Ubwo Imana yarimaze kumbwira ngo mfate amafunguro,ariko kubera twabaye mu mategeko cyane,iyo karande yakomeje ku nkurukirana nyamara se sinamaze kubona ko amasengesho yanjye uko nayasenze ko yakiriwe?Niki kindi nashaka usibye kugwa hasi.
Nahise ndangiza amasengesho ako kanya ntegura ifunguro ryoroheje ry’icyo kunywa maze,numva nsubijwemo imbaraga.Ahagana mu masaha 11.00 hrs,mbona nakiriye message imbwira ngo ko nishyuye amadeni twishyuzwaga muri hotel ibintu byawe ndabishyira he?Uwo yari madam wantaye mu butayu yisubirira muri gakondo maze leta y’umwakagara imaze kubona yuko ngiye gufungura radio barampiga kuburyo bukomeye cyane barambura ngirango muribuka igice cy’ubuhanuzi cya (8);(9);(10); ko ibintu byari bitanyoroheye.
Umwakagara yahisemo gukoresha ishashi yanjye kugirango abone uburyo azanca igihanga,iyi shashi yanjye yantaye mu butayu mu gihugu cy’IBABULONI ku murwa mukuru w’ISHUSHANI ku wa 29 Gicurasi 2014 yisubirira muri gakondo yabakiranutsi twasezeranijwe n’Uwiteka Imana yo mu ijuru.
Yagarutse gufata ibintu twasize muri hotel mbere yuko twanjira mu butayu bukomeye cyane hari hashize imyaka ibiri n’amezi umunani 2.8 yrs,kubera ubutayu bwadukomereye cyane biruta kwizera kwacu,byatumye madam antuka aranjujubya ambwira ko nkwiye kwemera kujya gusaba imbabazi umwakagara ngo azatubabarira.
Ubwo ni nako musaza we,wo kwa se wabo witwa “KARAKE SATADAY” uhagarariye leta y’umwakagara mu EAC mubikorwa byubutasi, mu murwa mukuru w’IBABULONI witwa SHUSHANI yampigiraga hasi no hejuru ngo ankureho igihanga byose akaba yarabikoranaga na Hon.BARIKANA EUGENE ngo kuko nahanuriye leta y’umwakagara ko izavaho igateze imidugararo mubaturage bagahunga igihugu.
Yahawe ikiraka cyo kwica muramu we,ngo bamuzamure mu ntera!Hon.”Barikana EUGENE”.
Barikana afite numero za telephone +250788301619 uyu niwe watangaga amabwiriza aha KARAKE icyo bakwiye ku nkorera maze kumvikana yuko bakiza mushika wabo Murekatete Mukandirima Odette ahasigaye umuhanuzi Majeshi Leon agacibwa igihanga.Ubwo Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu dore ubwo igihe cyo kwima ingoma k’Umwami w’uRwanda ku ntebe yabukunzi muramu wawe Barikana EUGENE azagukura mu birori byo kwizihiza kwima kw’ingoma ya Nyir’uRwanda uko niko Uwiteka avuze.
Ibyo nabigize ibanga mu mutima wanjye mbana na madam nziko azageraho akangambanira bunyuze muri basaza be.Uwiteka yongera ku mbwira ati,mwana w’umuntu,dore ubwo nzakujyana mu mazi magari dore umugore wawe azahamagaza umwana wa mukuru we ngo abasange mu mahanga maze icyo gihe uwo mwana azaza aherekejwe n’intasi z’umwakagara urabe maso kandi wirinde kuko ntazemera ko ujyana nawe kugirango ndidne ubugingo bwawe maze ukomeze ku nkorer aumurimo uko niko Uwiteka avuga.
Ibi byose ntabwo madamu yarazi ko mbizi,nuko igihe kigeze ko nsigara mu butayu jyenyine Uwiteka arambwira ati,dore umugore wawe agukuweho asubiye muri gakondo azagaruka umwaka utaha wa 2015 biterenze italiki 05th Nyakanga 2015 kandi azaza azanye n’indege ndetse azaza ahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.
Bitewe nuko ubutayu bw’IBABULONI bwari bukomeye cyane,byamuteye ku ntuka,atuka Umwami w’uRwanda,atuka n’Imana yo mu ijuru.Ndamubaza nti,gutuka Majeshi birakwiye,ariko se gutuka Umwami w’uRwanda ngo ntiyadufashije mu byago twahuye nabyo,ugatuka Uwiteka Imana yo mu ijuru uvuga ko ukorera,urumva uzanyura hehe?
Jyewe ku ntuka birumvikana ariko se,Imana?Nahise nsenga mbwira Uwiteka Imana nti:Uwiteka Mana,waremye ijuru n’isi unyumve jyewe umugaragu wawe Majeshi Leon ntabwo nifatikanije n’umufasha wanjye kugutuka iki cyaha kimubeho kuko ijambo ryawe rivuga ngo ntuzatuke Uwiteka Imana yawe!Uko niko umuhanuzi asenze.
Nyuma y’umwaka n’amezi abiri antaye mu gihugu cy’IBABULINI yaragarutse azanywe no kugirango afashe leta y’umwakagara kun ta muri yombi,nohereza umuntu kujya kunzanira ibintu byanjye maze asanga madam yishe ivarisi yanjye yaririmo ibitabo byanjye byose na za diplome zanjye maze afata umukasi cyangwa urwembe agenda akeba amafoto yose y’ubukwe twakoze akuraho ifoto ye aho ndikmwe nawe hose.
Arangije atwara album nyamara se ntiyari iyanjye?Atwara DVD yubukwe bwanjye, na mother tap byose arabitwara nyamara ibyo byose byari ibyanjye atwara igitabo cyanjye cy’indirimbo zo gushimisha kandi icyo nicyo nashakaga kurusha ibindi byose kuko njya nkumbura kuririmba indirimbo z’ibihangano by’umwuka nkazibura.Atwara udukoresho twanjye nakoreshaga mu ikoranabuhanga mbere yuko niyegurira umurimo w’ubuhanuzi kuko muri gakondo ntabwo nakoraga uyu murimo full time.
Maze akomeza kumpamagara kugirango abahotozi b’umwakagara babone ikirere mperereyemo babone uko bancakira.Ndamubaza nti,ko watwaye ibintu byawe ugatwara nibitari ibyawe,ubwo urumva wakiranutsi?Aransubiza ngo ninze mpure nawe abimpe ndamusubiza nti ijyanire icyakuzanye ndakizi kandi nyamara uyu mudam nari naramuhanuriye ndamubwira nti umunsi wasubiye muri gakondo yabakiranutsi ntabwo uzagaruka ngo twongere ku bana.
Burya abantu babana n’umuhanuzi bagira ikibazo cyo kumenyera umuhanuzi,niyompamvu ibihanurwa batabiha agaciro bityo bikabasohoraho bikabagwa gitumo.Nuko aranga ashinga ijosi aragenda ubwo nanjye nigumira mubutayu kugeza mu kwezi kwa kamena niho bwarangiye ubu ndashima gitare ko yangiriye neza nkarangiza ubutayu ntabuguyemo Uwiteka ahabwe icyubahiro.
07th Nyakanga 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu itegereze imbereye yawe maze umbwire icyo ubunye,nerekwa ijambo ryanditse rivuga ngo “Orders,let us order him to come to us,he’ll respect our orders”.Usomye dictional yitwa Oxford iravuga ngo”bivuga ngo connect order for use.
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu dore bamaze gutegura umugambi wo kuguta muri yombi,none ugire ubwenge umenye uko ugenza.Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho rirambwira ngo dore bamaze gutegura aho bagiye kufungira none tegura inyandiko uyishyire ku nyangenewss kugirango bene so basengere kuko hari abantu nahagurukije kujya bagusengera kugirango ushobore guhangana nizo ntakebwa z’inkora maraso uko niko Uwiteka avuga.
Ubwo nkomeza gushidikanya Uwiteka arambwira ati,ntukagirire imbabazi inkozi zibib ngo ni uko muziranye byuka wandika kandi ubishyire ahagaragara kuko iki ni gihe cy’ubutabera bw’Uwiteka uko niko Uwiteka avuze.Ndabyuka mfata mudasobwa yanjye intwaro ikomeye cyane nkoresha guhangana n’banzi bumusaraba maze ntegura ijambo ry’Uwiteka ndishyira ahagaragara kugirango imigambi y’inkozi zibibi iburiremo.
Ijambo ry’Uwiteka Imana ringarukaho inshuro ya (3); rirambwira riti,dore umwanzi agiye kugutegera kumurimo ukora w’ubuhanuzi none kora amasengesho ya masaha 12 hrs Uwiteka agukorere ibikomeye utarya utanywa maze urebe ngo izo nkozi zibibi ngo arazitatanya ukaburaho aho ziherereye uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu dore barashaka kugusubiza mu ishuli ry’ikibura mwaka nyamara warumaze kurangiza masters,mbese ibyo byashoboka?
Nanjye ndasubiza nti Oya!Nuko rero uko bidashoboka,ninako imigambi yabo idashobora kubatunganira ngo bagere ku cyo bifuza uko niko Uwiteka Imana yabakiranutsi avuga.Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho rirambwira riti,dore barabahiga muri (4) abagabo batatu n’umugore umwe,ariko ntibazababona kuko Uwiteka arabarinze nyamara aba babahiga dore bagiye guhura nakaga gakomeye cyane kuko bahiga amaraso atariho urubanza uko niko Uwiteka avuga.
Bene data igihe cyose uzi neza ko urumuhanuzi,ukagashaka kwegamira uruhande Uwiteka Imana ategamiyemo ubwo ndavuga kuruhande rw’ubutegetsi,byanzze bikunze uzagirana ikibazo n’Uwiteka Imana.Dore Imana yabujije Balaam kujya kuvuma ubwoko bw’Imana ubwo bwari mu butayu,ariko Balaam yaranze kubera ko yaramaze guhabwa intonorana za zahabu nyinsho cyane aragenda ajya kuvuma ubwoko bw’Uwiteka maze Uwiteka nawe ahibdura ururimi rwe aho kuvuma ahubwo abahesha umugisha.
Nyamara se Imana yarinze kuvugisha ifarasi yari imutwaye ikanga kugenda atarukubera kutumvira k’umwana w’umuntu kubera intonorano?None ishashi yanjye nayo ngo irashaka ko bandangiza agahabwa intonorano za zahabu.Ahaaaaa harahagazwe dore abatumvira Imana ntibazabura kugubwa nabi.





