Burya koko iyo umuntu yabaye magigiri nta bumuntu buba bukimurimo pe!Habe no guteganya ejo hazaza yuko ibintu byahinduka maze ubuzima bugakomeza,tekereza ukuntu yavuye I Kigali yagambiliye kuncisha igihanga yambura agafata impapuro zanjye zo kwishuli (Diplome) akazitwika zose,nari nabonye izo nari na notifie kwa noteri wa leta nibwra yuko zose zirimo none nsanze yarazitwitswe cyera.
Ariko yabaye injiji burya kutiga ikorana buhanga biragatsindwa ntiyigeze amenya yuko zose nazibitse mu ikoranabuhaga kuko nateganyaga ko,ibyo byago bishobora kumbaho!Nugufata izindi mpapuro nkabisohora muri Computer.Burya za magigiri ntaho zitaniye nabarozi ntagahu kaba karasigaye ku kibuno!
Burya akabaye icendwe ntikoga,niyo koze ntigacya,niyo gacyeye ntigashira umunuko,umwakagara yigishije abantu ubugizi bwa nabi bukabije gutandukana numugabo ntibivuga ko,uba uwkiye kumwicisha kuko ubuzima buba bugikomeza cyane iyo waburiwe ukanga kumva ukararama maze ukibuka ibitereko washeshe
Buriya har’icyaha cyica nikitica,guca impapuro z’umuntu ngo ni uko bamugutumye,hanyuma wamubura ukemera kuba inkozi y’ikibi?Yewe iyo umugabo apfuye nibye koko birapfa!Data bukwe yarimfura niyigendere Rukindikiza Kayitani yari imfura y’ I Rwanda ntiwareba ndahamya yuko ibi byose byabayeho nyuma yuko yitabye Imana iyo aza kuba agitijwe ubuzima n’Uwiteka ibi iyi nkozi yikibi yihinduye uko idakwiye kuba ntiba yarankoreye ibyo yankoreye!
Nyirampala wihinduye Nyiramigisha Mediatrice.

Gusa bivugwa yuko iyo nyangabirama ikomeje kuri koroza muri FinLand nayo itorohewe n’uburwayi butera agakoko ka SIDA yakuye muri Zambia none akaba akomeje kwanduza abagabo babanyarwanda batuye muri FinLanda kubera umujinya ngo wuko nawe yayandujwe nabagabo wagirango hari uwamutegetse kujya kumanika amaguru mu giti cy’Avoka.
Ikinyamakuru inyangeNewss.com cyabashije kumenya yuko,uyu magigiri akaba numurozi kazi,avuka mu cya hoze cyitwa IGITIRAMA bahinduye intara y’amajyepfo, mu murenge wa Shyogwe, ubundi se na nyina bamwise NYIRAMPALA, ariko ageze hanze yiyise NYIRAMUGISHA Mediatrice ( ni naryo akoresha kuri FB.
Burya rero za magigiri na inkozi zikibi zo mu bwoko bw’Abarozi zose zirasa kuko barangwa n’ubugizi bwa nabi,tekereza umuntu namubujije gusubura muri gakondo mu bwira neza yuko nasubirayo tuzaba dutandukanye,ariko aranga andebamo ubugwari arangije aragenda kuko uko niko Uwiteka yara yaravuze ko nasubirayo azicwa!None reba ibyo yasezeranije za magigiri ko azambona byaramunaniye none bagiye kumwivugana (kongera gukora ubukwe!) Ibiganza byanjye birera intumva irira kumuziro.