Home News Uwiteka yashimye amasengesho twasenze,ariko arasaba Abahutu kwiringira Uhoraho,kuruta kwiringira abantu!

Uwiteka yashimye amasengesho twasenze,ariko arasaba Abahutu kwiringira Uhoraho,kuruta kwiringira abantu!

0

July 15, 2016 Ubwo nari mvuye gutangaza igice cya (36) cy’Ubuhanuzi,nsubira mu icumbi,nguye agacuho,uwo munsi twari twahanye gahunda na bene data dukorana umurimo wa data yuko tuwutangiraho amasengesho dusengera ubwami bw’uRwanda,n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.

Ubwo ngeze mu icumbi ntangira gusengera ibyifuzo byose hamwe na bene data dufatanije umurimo wo gukiranuka,nkiri muri uwo mwuka wo gusenga,njyanwa mu iyerekwa maze mbona mushiki wanjye witwa Marie Kampororo avuye mu nkozi z’ibibi dore ko nawe yamaze kubayo.Akaba nyina way a nkozi y’ikibi MUKESHIMANA JEANETTE watangiye umulimo wo gukiranirwa akiri muto,nyamara ntako ntagize ngo mwigishe inzira yo gukiranukira Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Nuko mbona uwo mukozi wa Satani avuye gushakisha izindi mbaraga za badayimoni kugirango bazoherereze Umuhanuzi Majeshi Leon,kuko yari yadutanzeho igitambo kugirango umuryango we,uve mubutindi ubashe kugira imibereho myiza.Nuko mbona ashoreye inka nyinshi z’inzungu bita Frizone azinyuza mu butayu bugufiya ariko zigenda zanga zimwe zimucika zidashaka ko aziyobora.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uriya ubonye ni mushiki wawe muvukana avuye gushakisha imbaraga z’umwijima zo ku koherereza kugirango wa mugisha wabambuye bongere kuwugarura uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero ubwo uri no mu masengesho genza kwa kundi ujy’ugenza maze wimare agahinda kugirango uhinduke imbohore niko Uwiteka avuga.

Ubwo nkomeza gutega amatwi cyane kumva icyo umwuka w’Uhoraho ambwira,kugirango menye neza imvo n’imvano yabyo,mbona za nka nabonaga mu butayu,zihindutsemo umwotsi ujya gusa nibicu byera bivanze nibara ry’ubururu.Maze ndabwirwa ngo,ngizo imbaraga bita (Magic) mushiki wawe yohereje kugirango agusibize mu nzu y’imbohe (Spiritual detention) nuko rero mwana w’umuntu,hanura kandi ucireho iteka izo nkozi z’ibibi uvuge uti,yemwe mwa nkozi z’ibibi mwe,mwanze kwihana ngo Umujinya w’Uwiteka uzatera utazabageraho.

None uku niko Uhoraho avuga,dore nzarekura umujinya wanjye mw’isi ya bazima,kugirango inkozi z’ibibi zibasiye ubwoko bwanjye zibaziza ubusa zihabwe ibihano kuko maze igihe kirekire nibuza kuzigirira nabi ngo ndebe yuko zahindukira zikihana.Nazihaye umwanya uhagije ariko na nubu zaranze ahubwo zirushijeho kwikomeza no kugira imbaraga zo gukiranirwa,kandi ubwoko bwanjye barabumira bunguri nk’Intare ibongobeza inyuma y’Impiko n’Ibihaha.

None ntabwo narebera inkozi z’ibibi zikomeza kugirira nabi,ubwoko bwanjye,ahubwo ngiyegukora ibikomeye cyane mu isi ya bazima kugirango ibyaremwe byose bimenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka kandi ishobora byose yaremye Ijuru n’Isi uko niko Uhoraho avuga.

Indimi zongera kwigabanya mu isi ya bazima!?(Mult Language added on Earth)

Njyanwa mu iyerekwa mbona indimi za bantu basanzwe ku isi bavuga bakoresha mu bwoko bumwe zongera kwigabanya.Nerekwa abantu b’ubwoko nsanzwe nzi neza,ndetse nururimi rwabo nduzi nsanzwe nduvuga neza cyane,mbona bavuye kuburana murukiko ngirango bari bafitanye amakimbirane y’imanza,bavuye murukiko barimo bagenda bageze imbere gato,mbona ko,abaganiraga batakibasha kongera kumvikana kubera Uhoraho yahise amanura umwuka wo kuvuga urundi rurimi rutari rusanzwe ku isi,batangira kuvuga urundi rurimi maze abavugaga ururimi rumwe,baba bacitsemo kabili hagati yabo havukamo ubundi bwoko badahuje ururimi ako kanya batangira kwivugira urundi rurimi ndetse numuco wabo uhita urahinduka maze za manza zabahuzaga bahita barazibagirwa mbona ababegereye bayandi moko bari hafi aho baratangaye usibye ko nanjya nari mubarimo gutangarira ibibababyeho kuko nabashaga kumva ururimi rwa cyera bavuga,ndetse nkabasha no kumva urwo rulimi rushya rundi bahawe kuvuga rutabaga mu isi ya bazima.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye kongera kwigaragaza yuko ari we waremye Ijuru n’isi,maze avangire ubwenge bw’amahanga kuko bizaba igitangaza gikomeye mu isi ya bazima kandi bikazafata umwanya muremure kugirango urwo rulimi rushya ruzaba ruje mu isi rumenyekane.Kandi abaruhawe nabo ntarundi rurimi bazaba bazi ku buryo bazatangira kwiga bushya izindi ndimi kuko ntarurimi rw’igihugu bazaba bazi (National language) bakazatangira bushya kwiga no gushaka urundi rurimi rubasha kubahuza uko niko Uwiteka avuga.

Ibyago bikomeye ku gihugu cy’ISAMARIYA

Nongera kwerekwa yuko,mu gihugu cy’ISAMARIYA hagiye kongera kugwa imvura ikomeye cyane yamahindu kandi ikazateza imyuzure myinshi ndetse iyo myuzure ikazahitana abantu benshi ku buryo kuzayikira bizaba ar’igitangaza mu bitangaza bikomeye cyane.Mbona abishoboye bitwa bakunze kwita ko arabakire mbona aribo bagiriwe Ubuntu bwo kubona amafunguro yitwa amandazi hamwe na chapatti uwo niwe mukire uzaba ariho icyo gihe niko Uwiteka avuga.

Mbona imvura iraguye hirya no hino mu gihugu yaba iburasira zuba,iburengerazuba, amajy’Epfo, amajyaruguru hose hatemba umwuzure ukomeye cyane ku buryo bukomeye kandi ntawashoboraga kuba yagenda na maguru ngo aturuke hamwe ajye ahandi.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe cyo gusohoza ijambo ry’Uhoraho kirageze ngo risohoze umurimo waryo kugirango bimenyekane yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka igaca imanza zitabera kuko hashize igihe kinini abantu bahemukira abandi bibwira yuko ahari Imana itabasha kureba ubuhemu bwabo,none igihe kirageze ngo abahemutse bose bishyure ubuhemu bwabo bagiriye abandi niko Uwiteka avuga.

Abakozi bahagarariye uruganda rwa Super Match bashaka gushing uruganda rwabo.

July 16, 2016 Nerekwa muruganda rw’itabi rwa SUPER MATCH rw’umuherwe witwa AYABATWA TRIBERT Rujugiro,harimo amagambo menshi cyane,ku buryo abakozi bamwe bashobora kureka akazi bagashaka uko batangira kwikorera.Mbona bamwe bari muri gahunda yo gushaka gutangiza uruganda rwabo ayo makuru aza kumenyekana maze biteza umwuka mubi hagati yabo n’ubuyobozi bukuru bwicyo kigo cyitabi.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira ngo,mwana w’umuntu,burira Pastor RAUL usengera muri Evangelical Restoration Church yegure kumirimo yakoraga ashake visa yerekeze kumugabane w’Uburayi kuko ahongaho niho nzamuhera umugisha uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa za magigiri zihabwa inshingano zikomeye cyane zo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,byanga byakunda ko,bagomba kumubona kuko akomeje guteza intambara ikomeye mu mitima ya bakagara bihimbiye ubwami bwabo budashingiye kumategeko cyangwa ngo,nibura habe har’ijambo ry’Uhoraho ryaba ryarabavuzeho reka daa!!!Nuko za magigiri zirabwirwa ngo,mugomba kumuhiga mukamenya aho aherereye kuko niwe mwanzi ukomeye dusigaranye kuko akomeje guhishura amabanga yacu yose akayashyira ahagaragara reba nta muturage ukidufitiye ikizere kandi dore aramamaza Nyir’uRwanda uko bwije uko bucyeye niko ashyira ibikorwa bye ahagaragara no kugaragaza ko afite imbaraga kandi abaturage bari bazi yuko nta cyo ashoboye yisaziye.

None biragaragara yuko ibyacu byarangiye,aho kugirango tuzaveho dusebye,nimushake iyo mbwa yigize Umuhanuzi nzabaha ibikenerwa byose ariko mu mubone,maze tumuce igihanga tumwikize kuko atumereye nabi,nibura tuzaba duhumekaho kabiri.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko umwakagara arimo gupanga hamwe ni nkozi ze z’ibibi none ugenze kwa kundi kugirango ubashe gukomeza umurimo wa data kandi ntutinye ntugire ubwoba kuko Uhoraho agiye gukora ibikomeye cyane kugirango akwereke yuko ari we ukorera uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye kubura igihanga ngo urushaka kwihorera,nyamara harahagazwe ubanza bitazaworohera kuko abalinzwe n’Uhoraho bigoye cyane kugirango mu mutego w’umwanzi kuko bari mu maboko y’Uhoraho kandi akaba ari we ulinze ubugingi bwabo uko niko Uhoraho avuga.

Kubera washyize imigambi y’umwakagara yapfubye yo gushaka guhitana Umwami w’uRwanda,nibyo bitumye umwakagara azabiranywa nuburakari bwinshi cyane akifuza kuba yaguhitana kandi akumva yuko bishoboka kandi byari byarananiranye.Umubwire yuko iyakulinze akiri ya yindi ntaho yagiye,kandi imigambi ye yose yubugome nubwicanyi Uwiteka amaze gushyiraho iherezo ryabyo ahubwo akwiye gutegereza gucibwa urubanza ni nteko ya bacamanza yo mu Ijuru bafatikanije nabera b’Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara niwe watanze intonorano kugirango abakozi bakorera Tribert AYABATWA RUJUGIRO muruganda rwe rwitabi,bareke kumukorera ahubwo bashinge urundi ruganda rurwanya urwe,kugirango ahombe kuko ari mu banzi be baurwanya.Dore yakoresheje abakozi batangira kujya bahangana nabayobozi babo babayobora kugirang haboneke impamvu yatuma batangira uruganda rwabo.Kandi dore barashaka gutwara abayobozi bose bakuru bahagarariye uruganda,ariko ubabwire uti,ntabwo ibyo mugiye gukora bizabagwa amahoro kuko uwo mwakagara mugiye gukorana nawe azasiga arimbuye ubugingo bwanyu uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa inkozi z’bibi z’umwakagara bohereza imbaraga z’umwijima,ziraza zingeraho,ndazumva neza ko zangezeho,maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zohereje imyuka mibi zirarwanya ayo masengesho mwafashe y’iminsi [3];ariko ntutinye kuko Kristo yabaneshereje kandi akaba akiri ku ngoma.Bwira bene so bose bakomeze guhagarara kigabo kandi ko,Uhoraho ari kuruhande rwanyu,ntimutinye umwakagara kuko imbaraga ze zamaze kurangira ntabwo agikanganye kuko Uhoraho yamaze kumuca amaboko uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa abagore bakuze twakwita ababyeyi Uhoraho yongera kubavugaho cyane uburyo bakomeje kwibasira utwana twuduhungu bakaduhingura abagabo babo imbura gihe.Maze iajmbo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,baburire ubabwire yuko Uwiteka afitanye urubanza nabo kandi rushobora kuzabatsinda bagafatirwa ibyemezo bitazabashimisha uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byarushijeho gukomera cyane kuko umwakagara yamaze kubona yuko avuye ku ngoma.Dore afite ubwoba bukomeye cyane kubwibigiye kumubaho.Bemera ubuhanuzi bwawe cyane ni uko babuze uko bakugira naho ubundi umwuka w’Imana uba muri wowe barawemera ndetse bifuzaga yuko iyo abaPastor’s bose baza kuba bameze nkawe ntabwo bari kuba bagiye guhura nakaga gakomeye cyane kagiye kubabaho aho kubagira inama nziza ahubwo barabashyigikiye mu migambi yabo mibi none dore bararimbukanye kuko abanyamadini batakoze inshingano zabo kuko nta mwuka w’Imana wabagaragayeho uko niko Uhoraho avuga.

Kubera iyo mpamvu umwakagara azabahitana bajyane nawe,kuko adashobora kuzabasiga kandi baramubeshya bakamubwira yuko Uhoraho ari we yatoranije kugirango ayobore gakondo ya bakiranutsi naho abavuga ko atatoranijwe bakaba bayborwa namaranga mutima kandi bakaba barwanya ubwami bwe kandi abo bakaba barahozeho no kuva cyera kose na kare uko niko Uwiteka avuga.Nyamra dore baramubeshyaga ariko nabo ubwabo batisize none bose bagiye kurimbukana kuko ibikundanye bitajya bisigana uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore bohereje intasi z’abanyarwanda ziyitirira kwita abanyaUganda kugirango zize kugutata urabe maso kandi witondere abazakwandikira bose bakoresheje ikorana buhanga buzaza bagusingiza bakwereka yuko ur’Umuhanuzi wigitangaza bazaba bashaka kuguca igihanga uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye gukoresha umuntu ukomeye cyane kuzakubera umugisha kugirango asohoze ibyo yakuvuzeho,maze umenye yuko Uwiteka ari we Mana yawe uko niko Uwiteka avuze!Niyompamvu ubona imbaraga z’umwijima zabaye nyinshi cyane kuko zamaze kubona yuko ugiye kuba umunyamugisha zitangira kwitambika ngo utakugeraho ariko uzajya kurangiza amasengesho izo nkozi z’ibibi zimaze gutsindwa n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwwanjye ububwire uti,har’ibintu bintu byinshi abantu banjye bashobora gusangira kandi ntibibagireho ingaruka.Ariko gusangira umugore washatswe nundi mugabo,kuko ar’ikizira k’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kubwirwa irangira ry’imyuka mibi yoherejwe ni nkozi z’ibibi,ndabwirwa ngo,imbaraga z’umwijima zoherejwe zose uko zakabaye zasubiyeyo kuko zahuye n’imbaraga z’Uhoraho zikarangirira mu nzira zidakoze icyazizanye zigasubirayo ziciriweho iteka uko niko Uwiteka avuga.Nerekwa umuyaga nibicu byinshi kumisozi y’igikundiro mbona imvura nyinshi cyane ikubye kandi igiye kugwa ariko irabanza imara umwanya munini mukirere izenguruka ikirere cya gakondo ya bakiranutsi.Maze numva ngo,iyo mvura igiye kugwa igiye kumara abahutu benshi bisangire basogokuruza babo babanjirirje kandi mbere yuko bahamagarwa umwakagara azabanza guhindura government icyo kikazaba ikimenyetso simusiga yuko umwakagara avuye ku ngoma,kandi ko,abahutu bashizeho muri gakondo ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza cyane kunganirirza ibigiye kubaho mu isi ya bazima.Ndabwirwa ngo,urusengero rwa ADEPR rugiye kuzira amafaranga bafite kuri konti y’Itorero muri bank agera kuri miliyari imwe [1] One biliyoni Rwandan francs kandi ngo umwakagara akaba akeneyeho kimwe cy’icumu 10% atarahabwa ho ngo yumve uburyohe bwacyo.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira ngo,ngizo intambara zidashira muri iryo dini kuzageza igihe bazibwiriza bakamuhaho kimwe cy’icumi naho ubundi nibatamuhaho ntabwo isoko rizarema niko Uwiteka avuga.Ndabwirwa ngo buri cyumweru idini rya ADEPR ribika kuri konti miliyoni ebyeri na Magana atatu 2,300,000,00 frw ngiyo intangiriro y’intambara aho ituruka kuzageza igihe satani azaba amaze guhabwa icya cumi nibwi iyo ntambara izahagarara niko Uwiteka avuga.

Ndabwirwa ngo,muri iki gihe,ntabwo abantu bagisenga Uhoraho,ahubwo basigaye basenga ubutunzi kuko ari bwo bufashe imitima yabo kurusha gusenga Imana yo mu Ijuru ikiranuka.Ibyanditswe byera byabasohoreyeho bivuga yuko mu minsi y’imperuka abantu bazakunda cyane impiya kurusha gukunda Uhoraho.Ndetse bazanga ababo bikunde bonyine,ndetse bazaba abatumvira ababyeyi bazigira ibyigenge bishyire bizane kandi bazaba bavuga Imana ariko bahakana kwera kwayo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka arekuye umugisha bari bahambiriye kugirango urangize gahunda z’Uwiteka Imana uko niko Uwiteka avuga.Dore inkozi z’ibibi zimaze iminsi zihanganye n’ubugingo bwawe,ariko amasengesho mwakoze yabaye ingirakamaro kuko yafunguye ibyari bifunze cyangwa bihambiriye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye kohereza umuntu ufite ikibazo cy’umuntu ashobora kwizera akamufasha ku kibazo cyo gutunganya gahunda ze,ariko akaba yabuze uwazimufashamo.None ngiye kumwohereza kuri wowe kugirango umugirire neza kandi umufashe kuko ahagaritse umutima cyane kugirango akubonemo ko ukorera Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi niko Uwiteka avuga.Iryo yerekwa ringarukaho inshuro [ll] zose maze menya yuko hariho umugambi mwiza afitiye umuntu wiringiye kandi akizera ijambo rye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,shakisha kandi utunganye uburyo washaka umutekano w’umugisha wawe Uwiteka aguhaye kuko igihe cy’umugisha usimbura umuvumo kirageze kandi Uhoraho yavuze yuko igihe nikigera azihutisha ibyakuvuzweho byose kugirango winjire mu masezerano nta nakimwe gisigaye inyuma niko Uwiteka avuga.Dore umugisha wose wari waratwawe na badayimoni wose umaze kuwugaruza nyuma y’imyaka [8] uri mu ntabara zo mu butayu none igihe cyawe kirageze ngo nawe unezererwe Uwiteka Imana yawe kuko yavuze yuko uzitirirwa izina rye uko niko Uwiteka yavuze,kandi niko Uwiteka avuze.

Uhoraho akomeza kungirira Ubuntu bwo guhishukirwa ibigukorerwa mu Rwagasabo,nerekwa ko,amatsinda yabanyamasengesho yatangijwe na Pastor Antoine Rutayisire ubwo yarahagarariye AEER ko,yazimye akaba atagikora,bitewe nuko ayo habuze undi ufite umutwaro nkuwo yarafite,usibyeko niyo aza kuboneka bitari kubuza upfa gupfa cyangwa ngo ukira akire,kuko byose bishingiye ku ijambo ry’Uhoraho ry’ubuhanuzi.

Nuko ndabwirwa ngo,abanyamasengesho baradamaraye,kandi bari bakwiye kuba imbere y’Uhoraho bakumva icyo umwuka abwira amatorero.Kenshi bagiye babwirwa byinshi kuri gakondo ya bakiranutsi,ariko bakanga kubyakira no kubyemera ngo bamenye yuko biri mubushake bw’Uwiteka,ahubwo bakarwanya aberekwa nkaho ari bo babyiyereka.Ndetse bikitwa ko,bashyigikiye abanzi bigihugu nyamara Atari byo ahubwo ari uko abakabaye bashyigikira iyerekwa,ahubwo nibo bagaruka bakaza bakarisenya uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,dore abisi bicaye mu nama kandi sijye uyibicajemo,none,urasabwa kugira ubwenge ukamenya uko uzagenza kuko hari uko bagiye kugenza nawe ukwiye kugira uko ugenza kugirango iby’Uhoraho yavuze kubigirirweho.Niki waba utaramenya ku mwana w’umuntu ngo ukigishwe?Uko niko Uhoraho abaza!Uwiteka yaguhaye ubwenge n’ubuhanga bituruka mu IJuru,yongeraho impano ikwereka buri munta,buri seconda ibiri gukorerwa mu isi y’umwuka n’imigambi yabagizi ba nabi.Nuko rero urasabwa kuba umwe mubahanga baremwe mur’iyi n’Uwiteka ya bakiranutsi kuko bitabaye gutyo,wakwisanga urimo kuvomera mukiva kandi kidatobotse.Ariko niwumvira inama za Bwenge na Buhanga,ntakabuza ntagushidikanya yuko utazabura kugira umusaruro mwiza uzashimisha umutima w’umunyabwenge wese niko Uwiteka avuga.

Genocide yitiriwe Abahutu,itumye batihana bayigira urwitwazo!!!

July 17, 2016 Ijambo cy’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abahutu bwumviye Uhoraho,balimo gusenga cyane kuko ijambo ryanjye ryabateye ubwoba bwinshi cyane,dore bakoze dossier (Files) bayijyana muri ONU basaba yuko hakwemezwa yuko abahutu nabo bakorewe Genocide,ariko byarananiranye.None mbwirira ubwo bwoko uti,ntimutegereze gutabarwa ku mwana w’umuntu,no gushaka amaboko ya bana b’abantu ngo kugirango hemezwe yuko mwakorewe ubwicanyi bwitwa Genocide,hubwo mwebwe nimwihanire abatutsi mushake mu maso h’Uhoraho maze ibindi mubirekere Uwiteka niwe uzabaha ubutabera kandi niwe uziko mwakorewe Genocide cyangwa mutayikorewe uko niko Uwiteka avuga.

Ariko nimukomeza kwishingikiriza ku bana b’abantu,dore ubutegetsi bw’igitugu bwa RPF,buzabica bubamareho kuko bufite umujinya mwinshi warimbura isi na mabuye kuko bagiye gukurwa ku ntebe ya bukunzi.Nuko rero mumenye ubwenge mutaba injiji ahubwo mube abaanyabwenge kugirango mukize ubugingo kuko buriya butegetsi nta kindi busigaje kitari ukrimbura abantu banjye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirongerarinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uku niko Uhoraho avuga,bwira ubwoko bw’Abahutu,uti,uku niko Uwiteka avuga,nimwihanire ubwoko bwanjye mwarimbuye ndabizi neza yuko nabwo bwakoze ibyangwa na maso y’Uwiteka,ahasigaye nimurangiza kubihanira,muzaba mubashyizeho urubanza nabo bazaba basabwa kwihana ariko nimudakora gutyo,ntabwo bizakunda.

Kandi mumenye yuko abakinirawe bakica abahutu na bayobozi bakuru ba FPR,ariko nta Mututsi wabyutse mugitondo w’umuturage usanzwe wazindutse mucyakare ngo ajye kwica Umuhutu,ahubwo wasangaga barimo kwihisha bakizwa namaguru.Ariko mwebwe murashaka kwemeza yuko mwakorewe Genocide nk’uko mwayikoreye ubwoko bwanjye.Mu gihe mwebwe mwararaga amajoro mufatanije n’ubutegetsi bwariho mukajya guhiga ubwoko bwanjye mukabwica mubuziza uko naburemye.

Nuko rero nimutihana;dore nubundi uwabishe ntaho yagiye kandi abafatiye inkota ku ijosi uko niko Uwiteka avuga.Azabica azabarimbura mu isi ya bazima cyakora hazasigara uwo kubara inkuru kugirango mumenye yuko,ijambo ry’Uhoraho ritamanukira ubusa uko niko Uwiteka avuga.Nuko nkomeza kwitegereza uburyo mu isi ya bazima nta butabera buharangwa,ahubwo hibera ubutareba no gukiranirwa.

Mbona abahutu bashyizeho umwete mwinshi cyane wo gusenga,ariko bananirwa kwihana kubera ijambo bahawe nabanyepolitike rvuga ngo,bakorewe jenocide bagasenga bagera ku kwihana bagahita barangirizaho ngo”Natwe twakorewe jenocide”.Ariko mwana w’umuntu,bambarize uti,ko mwabisabye mwarabihawe?None niba ibyo mwasabye mukaba mutabihawe,ni kuki byababera inzitizi yo kwihana kugirango mugirirwe neza n’Uwiteka Imana?Uko niko Uhoraho abaza!

Ubwo rero ni amahitamo yanyu,yo gutegereza mukazihana ari uko mwemerewe ko,ubwicanyi mwakorewe nabwo bwakwitwa jenocide.Ntabwo mwakorewe jenocide ahubwo mwagezweho ningaruka zo kumena amaraso atariho urubanza.Gushaka kubyita jenocide n’inzira z’abadayimoni bashakisha uburyo bwo kubabuza kwihana kugirango uwo muvumo wa maraso uzabakurikirane kuzageza kugisekuruza cya [4] uwo muvumo nibwo uzabavaho uko niko Uwiteka avuga.Ikindi kandi nta bumwe nubwiyunge bushobora gukorwa na bana b’abantu ngo nukubera inyungu za politike,kuko kubiceceka bidasobanura yuko byavuye mu mutima.

Ariko Uwiteka wenyine niwe ushobora kubaha ubumwe n’ubwiyunge abinyujije mu ijambo rye kuko ritabamo uburyarya nuburiganya mwakorewe mu butegetsi bwa FPR,ibyo yakoze byose yashaka kugaragaza isura nziza yuko bashyizeho ubutegetsi bwiza abicanye ubu bakaba barabaye inshuti bumvikana ariko sibyo,kuko byakoreshejwe muburiganya kugeza magingo aya,urwango hagati batutsi na bahutu nirwose ntaho rwagiye.Kuba abahutu barabaye abanyantegenke,ntibisobanura yuko bakunze abatutsi ahubwo babuze uko bagira bahitamo kwicisha bugufi nk’uko abatutsi nabo bari baraciye bugufi ubwo baburaga ubwami bwabo bagahitamo kwemera kuyoboka ingoma ya Kayibanda na Habyarimana kuko nta kundi byari kugenda byaramabura kindi ariko s’uko bari bakunze ingoma yarigiyeho!!!Nuko rero namwe nuko byabagendekeye mwabuze uko mubigenza kuko ukuboko k’Uwiteka kwarabaremereye maze muhitamo kwicisha bugufi kandi mwagize neza kuko abaragenje gutyo,bararimbutse uko niko Uhoraho avuga.

Nuko rero nimwihane aho muri hose mu mpade [4] maze murebe yuko ntazabagirira neza,uzashobora kubona uwo yagiriye nabi,amwihaneho,nibidakunda mwihanire imbere y’Uhoraho kuko niwe ureba imitima akamenya ikiwurimo kugirango muzagirirwe imbabazi zanjye jyewe Uwiteka Imana uko niko avuga.

Kandi mujye muzirikana yuko,ubwicanyi mwakorewe bwabereye mu mahanga,ntabwo bwabereye muri gakondo iwanyu,ahubwo bwabereye mukindi gihugu,iyo niyompamvu bidashobora kwitwa jenocide kandi mwari mulimo mwitegura kujya gutera igihugu cyanyu ngo mukureho ubutegetsi bwari bumaze kubirukana ku ngoma ya bahutu ya Habyarimana.Nuko rero mujye mukunda ukuri muzabona ubugingo naho nimukomeza gukunda ikinyoma muzarimbukira mu butayu uko niko Uhoraho abagiriye inama kandi niko avuga.

Amasega araje guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon

Mwana w’umuntu,dore imbwa za masega ziraje za magigiri z’umwakagara dore ziturutse iburasira zuba kandi zije guhiga ubugingo bwawe.None umenye uko ugenza kuko zamaze kubona icyerekezo cyawe ariko ugenze kwakundi usanzwe ugenza kugirango zikorwe nisoni.Dore zije ari imbwa [4] ariko ebyeri nizo zije imbere naho izindi [2] zikaba zisigaye.

Pastor Ndaizeye Raurent agiye kuyoba!?

Ijambo ry’Uwiteka ririambwira riti, mwana w’umuntu,dore uwitwa Ndayizeye Raurent agiye kuyoba kubera gukorana na bantu bafite imyuka mibi.Bitwaza yuko bagiye mu ivugabutumwa,none mubwire uti,ugiye kuyoboba kandi dore umwanzi Satan yahize ubugingo bwawe kenshi none ageze aho agiye kubushyikira mubiganza bye.Hunga umwuka wa Buranamu urimo ku kugendaho kuko hasigaye gato ukinjira mu mwijima kandi kuzakugarura bizagorana kubera kudahagararara kurufatiro ngo ushikame uko niko Uhoraho avuga.

Igihe cy’abaPAstor(s) bintegenke kirarangiye!!!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,dore igihe cy’abashumba bintegenke bamaze imyaka nimyaniko bayobora ubwoko bw’Uwiteka kirarangiye.Mbona umwe mubashumba agiye kubwiriza nuko ndamwegera ndamubaza nti,ugiye kubwiriza iki?Aransubiza ati,ndabimenya ngezeyo ariko ndkaomeza gutekereza icyo ndibuvuge ndajya kugerayo namaze kumenya icyo ndibubwirize nuko ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko babaye ntabwo bajya babaza Uwiteka ngo ababwire icyo bari bubwire ubwoko bwe,ahubwo barabyuka uko bakabaye kubera ko ngo bize inyuguti (LOGOS) z’ibyanditswe maze bakiberaho ntibirirwa banasenga ngo babaze Uhoraho icyo bashobora kubwira ubwoko bwe,kuko bamaze kubumwambura ubwoko babuhindura ubwabo bityo rero bakaba ntacyo bagipfana n’Uhoraho kuko bakora ibyo atabatumye uko niko Uwiteka avuga.

Ariko noneho hanura uvuge uti,yemwe bashumba bimpumyi mwanze gusanga Umwami wa bami ngo abahumure amaso kugirango muhabwe amaso abona,ahubwo mwigiriye inama yo kuyoba kubera gukurikira intonorano,nicyubahiro cy’Isi, ndetse ntimwareka ngo muyobe mwenyine ahubwo mushaka nabo muzayobona nabo mukabajyana ikuzimu kwa nyamutezi.None mwigiriye inama murangiriza aho nta nubwo mushaka no guhumuka kuko mwamaze kwiciraho iteka mwiyita yuko muri mu nzira igana mu Ijuru, nyamara mwaramaze kwinjira mu irimbukiro ry’umwanzi w’umwijima uko niko Uwiteka avuga.

Ariko noneho dore nihagurukije abagaragu banjye bazankorera umurimo muzabareba mubagirire ishyari kuko nzabakoresha ibikomeye!Kandi ubwoko bwanjye mwayobeje nzabugarura ahabwo mbugaburire ijambo ry’Ubugingo mbuhe amazi meza afutse atarayibiroha mwajyaga mubaha kandi ngiye kubahumura amaso kugirango bahumuke babone uko mwabayobeje kugirango mumenye yuko mwayobye maze bave inyuma yanyu basubire murwuli bahozemo aho bazategerereza imbaraga z’Uhoraho bakazabona gukomeza urugendo uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirakomeza rirambwira riti,mwana w’umuntu,numara guhanura manuka ugende werekeze mu bumanuko bwo muburengerazuba,maze ugende winjire hagari y’utare urahasangamo ibisate [2] by’urutare hejuru yabyo hari iso-ko yamazi imanura amazi maze ugende wiyicarire hagati muri rwo maze utegereze izo nyangabirama zizanywe no kumena amaraso zibanze zigende zinyureho kuko zidashobora kugira amaso yo kureba murutare hagati,kandi niyo zahamenya zikaza zabona amazi yonyine ntabwo zishobora ku kubona.Dore zarakajwe nuko washyize ahagaragara ubugambanyi bwazo zakoreraga mu nteko y’ibwami bw’uRwanda uw mwuka ukaba uriburangire uyu munsi ubwo muza kuba murangiza amasengesho y’iminsi [3] uko niko Uwiteka avuga.

Dore izo nkoramaraso ngiye kuzikoza isoni nzijyane mu butayu bugufiya aho zigiye kwigishwa yuko Uhoraho ari we Mana kandi akora ibyo gukiranuka.Uhereye none murangije amasengesho ngiye gukora ibikomeye cyane kugirango mbasubize ibyifuzo byanyu mwasengeye maze mumenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka uko niko Uhoraho avuga.Dore nongeye kwirahira yuko ntazabura kugirira neza ababaye imbere yanjye iyi minsi uko [3] nzabereka kugira neza kwanjye no gukiranuka kwanjye kugirango bamenye yuko nitwa Uhoraho Imana yaremye Ijuru n’isi (JEHOVA) uko niko Uwiteka avuga.

Ndabizi neza yuko benshi bafite inzara ninyota yo guhabwa ibisubizo by’ibyo basengeye none ubabwire uti,Uwiteka aravuze ngo,agiye kubasubiza vuba cyane kandi muzatanga ishimwe ryanyu kumugaragu wanjye kugirango bimenyekane yuko Uwiteka Imana mwiringiye ajya yita ku bwoko bwe uko niko Uhoraho avuga.

Nuko rero mukomeze kuzirikana ijambo ryanjye mugezwaho numugaragu wanjye kugirango murusheho guhabwa ubugingo buhoraho no guhabwa umugisha uturuka k’Uwiteka Imana ya bakirnautsi.Dore ngiye gusohoza amasezerano yanyu yose nabasezeranije abatabyaraga mbahaye urubyaro, ababuze abagabo ndababahaye ababuze imilimo ndayibahaye kuko nd’Uwiteka ubivuze uko niko Uwiteka avuga.

Amasezerano ya bakiranutsi kubazitondera Uwiteka bakamwumvira.

Dore indwara zananiranye nazo nzikuye hagati muri mwe, ndetse nzikuye no mu mibiri yanyu (Exodus 23:22-25) But if you are carefully to obey him,following all my instructions,then I will be an enemy to your enemies,and I will oppose those who oppose you.[23]For my angel will go before youand bring you into the land of the Amoritte,Hittites,Perizzites,Canaanites,Hivites,and Jebusites,so you may live there.And I will destroy them and completely [24] You must not woship the gods of these nations or serve them in any way or imitate their evil practices.Instead,you must utterly destroy them and smash their sacred pillars.

[25] You must serve only the Lord your God.If you do,I will bless you with food,and water,and I will protect you from illness[26] There will be no miscrriages or infertility in your land,and I will give you long,full lives.

Ugirango mumenye yuko nd’Uwiteka Imana yanyu, ibasha kumva gusenga kwanyu kandi igatanga ibisubizo muba mwasengeye. N’ukuri nukuri sinzabura kubagirira neza kugirango mumenye yuko nd’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Gutanga bizana umugusha kudatanga bikazana umuvumo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu bafite impiri mu ntoki(ubugugu bwo kudatanga) ubambarize uti,kuki mushaka guhabwa kandi mutajya mugira umutima wo gutanga?Dore mufite impiri mu mifuka yanyu ituma mudashobora guhaha ngo mugwize kuko mwasabitswe nubugugu none mwirirwa imbere y’Uhoraho musaba umugisha.Ninde wababwiye ko,kudatanga bihesha umugisha?Ukuboko kudatanga ntukuzakira kuko mwagomeye ijambo ry’Uwiteka Imana rivuga ngo gutanga biruta guhabwa uko niko Uhoraho avuga.

Nuko nkomeza kwitegereza uburyo umwuka w’Inzika y’Inzigo z’Abatutsi,ukomeje guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon,kugirango umugirire nabi,mbona ko bahimbye amayeri yo gukoresha abakobwa na bagore biyitirira amasengesho bibwira yuko wa mwuka w’Uhoraho ujya uhishura ibihishwe haraho wagiye?Cyangwa wararangiye!Ese bazi igipimo cyawo uko cyingana?Niko Uhoraho abaza!Nyamara dore bahanganye n’ukuboko k’Uwiteka kwamaze kubaciraho iteka ndetse nta nimbababazi bagitegereje kuko bamaze gucirwaho iteka ryose amina.

Ariko bana b’abantu nikuki mwirushya muhangana n’umwuka w’Uhoraho?Nibyo mufite agahinda numubabaro w’ijambo ry’Uwiteka rigiye kubasohoraho.Ariko muzirikane yuko mwanze kumvira ijambo ry’Uhoraho kuko iyo muza kumvira ntabwo mwakabaye mwemera kurimbura ubugingo bwanyu kumanywa yihangu ahubwo mwakabaye mushaka kumenya icyo Uwiteka ashaka kugirango abe ari cyo mukora.

Ariko mwaranze mushinga amajosi maze mwiringira amagare namafarashi byanyu hamwe nimiheto yanyu,ariko mwibagiwe yuko mutangira ryanyu Ikagitumba ko nta cyo mwari mufite.None ubu mwamaze kwaguka mushinga amajosi mwumva ko mwahangana n’juru dore ko Isi yo,mwayiciye amazi.

Nyamara murashinga umuhunda kukirenge kandi murarwanya utarwanywa,kuko mwese muri abana b’abantu kandi murabanyantegenke ndetse nabo mwibwira ko muri kumwe ntabwo muri kumwe kuko babuze uburyo babacika bakorera igitsure ariko umunsi bizabakomerana nibwo muzamenya yuko ijambo ry’Uhoraho ar’ukuri uko niko Uwiteka avuga.Muzisanga mwarasgaye mwenyine nta muntu numwe uzaba abacira akarurutega kandi abo nibo bazahinduka abahamya bazabashinja ubugome mwakoreye ubwoko wanjye uko niko Uwiteka avuga.Bazaba bashinja ubuhemu nubugwari nuburiganya mwakoreye ishyanga ryose mwaroshye mu ntambara zitari ngombwa kandi bazabashinja maze ibyaha bizabahama imbere ya mahanga kuko muzaba mutagifiteho Uwiteka nk’Imana yanyu.

Icyo gihe Uhoraho azabajya kure cyane kugirango yibuze kumva urubanza rwanyu nyamara muzatsindwa kandi muzahabwa ibihano mwahaga abandi mwibwira yuko bitazabageraho maze mumenye yuko mu Ijuru har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.Erega ikibatera ibyo byose ni uko umwakagara akibabereye umwami reka nibamara kumuca igihanga muzahita muhinduka nk’ingabo zitagira umutware (Bihehe) hanyuma muzabura aho mukwirwa isi izababana ntoya maze icyo gihe muzamenya yuko Umuhanuzi yarabarimo hagati muri mwe ariko mukanga kumwumva kandi yarashyiriweho kubagezaho ijambo ry’Uhoraho kugirango mumenye uko mwakwitwara ariko mwagamitse amajosi mwigira ba ntibindeba maze mutegeka Isi n’Ijuru mwibwira yuko muzahoraho uko niko Uwiteka avuga.

Save

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar