March 20,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inka,imbata,inkoko,bisobanura abadayimoni bubwoko bwose mbona batonze umurongo bamanuka baza bansanga aho ndi.Nuko mbonako intambara ikomeye cyane kandi ntawundi Wabasha kuiyirwana usibye data wo mu ijuru Uwiteka Imana yonyine.
Nuko mbona baraje mu gihe bendaga kugera aho nari mperereye hafi ya ho gato,abo badayimoni bahura nuruva gusenya mbona bafashwe ni ntozi mubinono yaba izo nka(Abadayimoni) cyangwa se izo nyoni ziguruka,mbona intozi zibinjiyemo maze hasi naho hapfumuka amazi bityo izo nyanga birama zinanirwa gukomeza kuza aho nari nibereye nsenga Uhoraho
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni barahagurutse bahagurukiye kumugabane w’Uburayi niyompamvu wabonye zirinka zitari inyarwanda ahubwo zari furizone zo mu Burayi.Bariya ni bamagigiri bakorera kumugabane w’Uburayi bahawe ikiraka cyo ku kugigira kugirango bamenye iherezo ryawe
Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nakubwiye yuko nzagukoresha ibikomeye kugirango urusheho kunyizera no kunyiringira umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe!Uko niko Uhoraho avuga.
Didie akaba umuhanga mukugamabana no kwica!
Ubwo abo badayimoni bamaze kunanirwa umurimo bagombaga gukora,nibwo hahise haza abasore babicabyi bo mu bwoko bw’Abatutsi kwica babigize umwuga ndetse umwe yarafite amanota 8/10 mubijyanye na criminology umukurikiye nawe yarafite 6/10 bakaba aribo babaye abambere mukwiga kumenya ubugome bwose bujyanye no kwica(Kaminuza) yubuhotozi.
Umuhanga mukeneka no guhotora!
Theophile
Mbona bahawe nabazajya babafasha mur’ubwo bwicanyi bwindegakamere ngo bazajye babafasha ibikorwa byubugizi bwa nabi.Nuko numva babwirwa ngo,mugende maze muhangane nuwo muhanuzi wigize indakoreka ahora aturosera agahishura imikorere yacu akayiburizamo cyane cyane ijyanye n’Umwami w’uRwanda amaze kutwangiriza akenshi niyompamvu tudatunganirwa maze naramuka abananiye rwose tuzamureka akorere iyo Mana ye kuko mwebwe turabizera kuko mwagiye mwica abantu benshi bakomeye cyane uwo muhanuzi rero ntabwo azabananira niko Uwiteka avuga
Dore bagiye kwitabaza ikorana buhanga nyamara nta cyo ryabamarira kuko iryo korana buhanga atar’iryabo,kandi gahunda zose ziri mukiganza cyawe nyamara mu minsi micye ngiye kubatungura niho bazamenya Uwiteka Imana ukorera ako gasuzuguro kabo kazabashirana kuko ngiye guhemba no guhana kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kumburira maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Nziza Jack agiye kohereza abicanyi za bamagigiri ngo baze barimbure ubugingo bwawe ariko ntibazi yuko ubugingo bwawe buhishanywe na Kristo mu Mana Uwiteka Imana yabakiranutsi.Nuko rero ugenze kwa kundi ujya ugenza hanyuma ubihorere turebe amaherezo yabo uko niko Uhoraho avuga.
Ikibazo banafite barashaka umuntu batazi,haba ku ishusho cyangwa se igihagararo nyamara bazemera yuko Uwiteka ariwe Mana.Dore Gen.Nziza namara kunanirwa kuko Nyiramongi JEZEBEL (First Lady) azahita akwandikira kariya kanyabugabo afite ubungubu ni uko umwe mubigize ko arabakiranutsi Kazi yagambanye kandi no kuva kuntangiriro yarumugambanyi ahubwo naramuretse ngo akugigire maze nkwihere umugisha kuko nagusezeranije ko nzaguha umugisha wa hantu hibanga ho mu mwijima niko Uwiteka avuga.Kumutahura kwawe rero nibyingira mumaro wowe mwihorere akomeze akugigire mbone uko nkwihera umugisha kuko wambayeho umutoni uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu ujye uzirikana ubwenge nubuhanga kuko ari ibyingenzi bizagukiza ubupfapfa bwo mu isi yabazima niko Uhoraho avuga
Nkurwa ahongaho njyanwa muri gakondo yabakiranutsi,nerekwa mbona gakondo yigabijwe nabagore(Abarozi)mbona bayinjiyemo bayihinduye iyabo kandi ubusanzwe atar’iyabo ahubwo niy’umuhanuzi nuko mbona baradamaraye cyane biha kuyikorera ariko ninjiramo nsangamo nabana batoya(imyuka yabo bakoresha)igifite integenke
Ndamanuka nerekeza mu mulima (Umulimo) hepfo gato naho nsanga bamaze kuhigabiza ubwo mvamo ndababisa ndigendera nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zinkozi zikibi zigiye kwinjira muri gakondo yabakiranutsi zishaka ko zasenya gakondo ariko byazinaniye kuko batazi ko Uwiteka yamaze gushuraho umulinzi w’ibyasezeranijwe uwo nguwo azalinda gakondo yabakiranutsi ku buryo batazongera gutekereza kuza kwiba ibyasezeranijwe kugirango babulizemo amasezerano yabakiranutsi.
Ubwo habaye mu masaha ya nimunsi mbaye nkuwirambika,mbona njyanywe mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo mbona umu Pastor wishwe arozwe witwa Kalinda Charles akaba yararozwe na Pastor GATAHA Staraton uyobowe Eglise Vivante hamwe na EDDIMO KIVUYE
Nuko mbona Malaika w’Uwiteka araje anjyana mu nzu nziza kandi ya Etage mbona muri iyo nzu dusanzemo wa mu Pastor witabye Imana (Kalinda Charles) turinjira tumaze kugera mo ndamuratsa yari yarabyibushye cyane mbona namaboko yanjye adashobora kumuhwanya maze twicara ahongaho kuruhande kumeza bariraho harabandi baganiraga ariko nabo bahohotewe nabapastor babaziza gukorera Uwiteka Imana yabo
Nuko Malaika w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu,uyu Kalinda ureba wayoboraga urusengero rwa VIVANTE kwa Rubangura Building yishwe agambaniwe nabashumba bagenzi be.Narabibonye kandi narabyitegereje ndicecekera none igihe kirageze nk’uko uhoraho ubuhanura ngo ntange ubutabera kubahohoteye ubugingo bwe kugirango bamenye yuko mu ijuru har’Imana uko niko Uhoraho ategetse
Arakomeza arambwira ati,bariya bandi ubonye nta kindi bavuganaga usibye ko barimo bibaza impamvu Uwiteka atigeze abahorera kuko iyo umuntu yishwe arozwe cyangwa agiriwe nabi yabimenya cyangwa atabimenya iyo amaze gushiramo umwuka ahita amenya uwa mwishe ako kanya ahita asaba Uwiteka guhorerwa nubwo Uwiteka adahutiraho ariko ntashobora kugenda ngo ananirwe kumenya uwamwishe
Niyompamvu abavandimwe be ashobora kugaruka akababwira uwa mwishe uwari we kugirango bamuhorere nubwon ababa bakiri muri uyu mubiri bibagora kwizera ibyo baba barose cyangwa beretswe ndetse akenshi Uhoraho nawe arababurira kugirango barusheho kwirinda ariko kubera kudasoma ijambo ry’Uhoraho cyangwa ngo habe har’Umuntu w’Imana (Bamenya) bajya kubaza ngo abasobanurire bituma abantu baba mubujiji niko Uhoraho agize
Dore abanyamadini baraguhagurukiye ngo kuko washyize ibyabo ahagaragara dore barishe biba ibanga ariko noneho Uwiteka wakugize umucamanza w’Uhoraho yahisemo guca imanza zitabera niyompamvu yahisemo kujya ashyira ibyabo ahagaragara kugirango ibikorwa byabadayimoni bishyirwe ahabona bimenyekane kuko bigize utumana ariko noneho dore baciriweho iteka n’Uwiteka Imana yabkiranutsi
Dore barasba leta kuguta muri yombi leta nayo yabijeje ko igiye kubikora vuba ariko kandi n’igihe cy’Uwiteka cyo gucira imanza itorero cyarasoheye Uwiteka akaba agiye guhora kandi guhora kwe kuzaba gukomeye cyane kuko bakunze gukiranirwa banga gukiranuka kandi banga nabakiranutsi niyompamvu Uwiteka Imana agiye kwikorera umurimo kugirango yironkere ubwoba bwe yaguze mu maraso ya Kristo wabambwe niko Uwiteka avuga.
Nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe kandi dore nzica ihanga ryose ndirimbure mbaguhora kugirango bamenye yuko ukorera Uhoraho Imana yabakiranutsi niko Uwiteka avuga.





