Home News Uwiteka agiye guhorera abacika cumu!

Uwiteka agiye guhorera abacika cumu!

0

17th Aug ,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ukeneye amasengesho y’iminsi (3) kugirango ubashe kunesha imbaraga z’umwijima zikugose,ndetse no kugirango iby’Uwiteka yagusezeranije bishyirwe mu bikorwa uko niko Uwiteka avuze.

18th Aug ,2015 Kumunsi ukuriye nahise nkora ayo masengesho,natangiye nshima Uwiteka Imana warokoye ubigingo bwanjye kandi akandindira mu gihugu cyo mu butayu.Muri ayo masengesho umwuka w’Uwiteka aransanga nerekwa haza umudayimoni ukomeye cyane washakaga kuri mbura ubugingo bwanjye,uwo mudayimoni yarakomeye cyane kandi yaje muri iryo joro nyine.

Akimara kwinjira mu icumbi ryanjye numvise uruhu rwanjye rutamurutse ku mubiri wanjye,ako kanya numva ko,isi indangiriyeho,mpita mbona haje undi mugabo nawe wahise yinjira ako kanya mbaza gukeka ko,nawe baba bafatanije hamwe kuza kungirira nabi.Nitegereje uwo mugabo wundi mbona aje atunga agatoki wa wundi winjiye mbere.

Uwo mugabo yari mure mure kandi amaso yakaga nk’umuriro ndetse murubavu rwe har’itara ryaka risa n’umuriro cyangwa amaso y’intare,ubwo sinakubwira nta ngira gucyuha abo bagabo bombi,bwa mbere uwo mugabo wa maso atukura atarinjira naracyahaga bigakunda,kuko nacyahaga mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo nkabona icyo kigabo gihunga.

Uyu mugabo wundi amaze kwinjira,gucyaha birananaira,nerekwa uwo mugabo atunga agatoki cya kigabo cy’umudayimoni cyari kije kungirira nabi,mbona wa mudayimoni ahise ahunga,maze kuvuga mu izina rya Yesu Kristo birananira kuko nyirubwite yari ahibereye.

Nuko numva umubiri wanjye wongeye gusubirana umutekano n’ubugingo buzima,nari maze imyaka (6) ntarongera kumuca iryera,ariko noneho yaje ameze nk’intare yo mu muryango wa Dawid,ubwo muheruka siko yasanga ubanza ajya yihindura bitewe n’ibihe umuntu arimo ndetse nuko yahisemo kumwiyereka.Yaje kwigendera numva noneho ndyamye mu mutuzo kandi mfite umutekano uhangije.

Amaze kugenda ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo niwe ujya uhamiriza yaraje kugutabara kuko wari wateye n’umudayimoni ukomeye wa wundi Uwiteka yakubwiye ko azagutera mukwezi kwa kanama 2015 yari yaje rero kandi yaraje ku kurangiza ariko intare yo mu muryango wa Dawid nawe yari yabukereye kugirango agutabare uko niko Uwiteka avuze.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona kandi nerekwa igikombe cy’abakiranutsi,kiri munsi ya gakondo yabakiranutsi hafashwe n’inkozi zibibi maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,manuka ujye mu gikombe cy’abakiranutsi ndetse ujye kureba gakondo y’umuhanuzi kuko inkozi zibibi zamaze kuhigwrurira.

Ndamanuka ngezeyo koko nsanga gakondo y’umuhanuzi bayigaruriye,ndetse n’igikombe cy’abakiranutsi nacyo bamaze kukigarurira nsanga bahaye umurimo abacika cumu wo kuragira abadayimoni muri icyo gikombe cy’abakiranutsi,maze mbaza umwe mubacika cumu warushinzwe kuragira abo badayimoni ariko akaba yarahagarariwe n’umwe mu banyamadini niwe wareberaga cyangwa se niwe warumuhuzabikorwa.

Ndamwegera mubaza amashira kinyoma buryo ki,bashobora kwigabiza gakondo y’umuhanuzi,n’igikombe cy’abakiranutsi maze bakaza kukiragiramo abadayimoni kandi babizi neza ko aho hantu atarahabo?Mu kunsubiza yarambwiye ngo niko abakuru babategetsi bategetse kandi niko bimeze nta kigomba guhinduka.

Nuko nsigara mvuga ngo,byose nta nakimwe cyatunguye Uwiteka Imana yabakiranutsi reka ntegereze Uwiteka Imana niwe usigaye kubyivangamo kugirango habeneke ubutabera kubera ko,niwe ufite ijambo rya nyuma “THE LORD HAS THE  FINAL SAY”.Ariko numva ngiriye imbabazi cyane abacika cumu bahawe kurangira abadayimoni uboshye ko mu gihugu kizima nta yindi mirimo bakora itari kuragira abadayimoni.

Nerekwa ko,abacika cumu mukubaha iyo mirimo,bashakaga kubatangaho ibitambo kugirango babone igitamabo baha sekibi kugirango akomeze ubutegtesi bwabo.nuko negera umwe mubacika cumu wakoraga kuri radio Rwanda akaba akomoka iwacu IBUTARE ariho bahinduye ubu hasigaye hitwa mu majyepfo.

Mubaza amashirakinyoma buryo ki ashobora kwemera guhabwa umurimo wo kuragira abadayimoni uboshye inyambo zashize,aransubiza ngo:None se ko aribo basigaranye inyambo twebwe bakaba baratunyaze twabigenza gute?Numva mbuze uko mbyifatamo kuko bari bamaze gukora kuriganya batwaye gakondo y’umuhanuzi ndetse banatwaye igikombe cy’abakiranutsi.

Nuko Uwiteka arambwira ati mwana w’umuntu kora amasengesho usengere abacika cumi kuko ubwo bwoko bwanjye bwararushye ndetse bwagiriwe nabi kandi nta muntu numwe bufitanye nawe urubanza.

None basengere kugirango mbashe kubatabara kuko batanzweho igitambo nk’uko nubusanzwe bari baragitanzweho bakabica bakabarimbura,dore bamaze umwakagara yamaze gukora umugambi mubisha wo kumara abacika cumu rya jenocide barokotse muri 1994 none senga kugirango mbatabare kuko bo bararangaye kandi nta bwo bazi gusenga kubera bahubanganijwe mu byo gutekereza buri gihe batekereza bagomba kwicwa uboshye baciriwe ho iteka uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore ngiye kwigaragaza mubacika cumu kandi mbacire urubanza rutabera kuko bariganijwe kubera inyungu z’umwakagara ntiyigeze abaha ubutabera kuko uwo baregaga ni nawe baregeraga uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu,kuri wa munsi abacika cumu bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi kandi ko nca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umuhanuzi mukuru ajya kugura mudasobwa muri super market,iyo super market yari iyababikira bakiliziya gatolika,amaze kugura iyo laptop mbona bamwimye inyemeza buguzi cyangwa facture cyangwa list yemeza ko iyo mudasobwa yayiguze muriyo super market.

Ako kanya hahita haza ababikira bahita bahindura umwe mubakobwa bakoraga ahongaho muriyo supermarket,maze umuhanuzi mukuru akomeza gutegereza ko bari bumuhe inyemeza buguzi,ariko banga kuyimuha bamubwira ko uwamugurishije adahari.Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ababikira ba kiliziya gatolika nabariganya bariganije abantu benshi ariko abantu ntibashobora kubona uburiganya bwabo bw’imirimo bakora,ariko igihe kiraje ngo uwatwayeho undi umunyago nawe atwarweho umunyago,uwariganije nawe ariganywe uko niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu,dore ababikira bakoreshwa nabadayimoni batabizi ko aribo bakorera none dore bohereje abadayimoni kumuhanuzi mukuru kugirango imbaraga ze zo guhanura ziburiremo areke gukomeza guhanura kugirango imirimo yabo idashyirwa ahabona.None bwira umuhanuzi mukuru uti,muntu w’Imana ba maso,kandi ugire ubwenge kuko urahagurukiwe kandi ni wowe bashaka kuko abanzi bumusaraba bitwa ababikira imbaraga z’umwanzi zibakoreramo bazohereje kugirango zize ku kuriganya no ku kuvangira kugira udakomeza guhanura no gukora imirimo y’Uwiteka Imana kugirango imbaraga zigukoreramo zidashyira ahagaragara imirimo yabo mibi uko nikoUwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wohererejwe abakobwa (3) beza babatutsi-kazi bagiye kukwandikira bakwibwirisheho amagambo y’Imana ataba mu mitima yabo kugirango babe inshuti zawe bigarurire ubugingo bwawe,none senga ukore amasengesho y’iminsi (3) kugirango uburizemo iyo myuka yazamagigiri z’abakagara kazi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abadamu (2) baza bansanga muri gakondo yabakiranutsi,bari mu kodoka yo mu bwoko bwa Rava 4,barambwira ngo,ni mbahe inkoni yabo”ubutware”maze ndabahakanira mbabwira ko nta nkoni yabo mfite,mbona bashatse gukoresha imbaraga ngo bayinyake kuko nari nyifite mu ntoki,nanjye ako kanya mpabwa amababa “Spritual Wings”ndaguruka ndabacika maze ijambo ry’UWiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu dore abarozi binkozi zibibi baguhagurukiye none urabe maso kuko Uwiteka ari kumwe nawe dore barashaka gukoresha amayeri ngo bagukubite hasi basenye umurimo w’Uwiteka Imana kugirango udakomeza guhanura kuko ubuhanuzi bumaze kubaganza uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kwerekwa abo badamu baragiye inka “Abadayimoni”hafi ya hotel de mille corne,kandi abo badayimoni bari abo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi baturutse Uganda ,mbona baje na none ku nshuro ya kabiri bansaba ko nabaha inkoni yabo,na none turahangana kugeza mbanesheje maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka aguhaye kunesha Abega,n’Abega-kazi ndetse dore ubambuye ubutware bwabo Uwiteka arabuguhaye kuko batazongera kuba abatware cyangwa abatware-kazi uko niko Uwiteka avuze.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gataha Straton umurimo wanjye yawuhinduye ubucuruzi,kandi yabaye umwicanyi,umugambanyi,umugizi wa nabi,kubera ko,yiringiye ubwenge bwe,niyompamvu nanjye ngiye kumukoza isoni uko niko Uwiteka avuga.Dore urusengero rwa Eglise Vivante yarugize ingaruzwamuheto ubwoko bwanjye yabufasheho ingwate abatangaho ingwate muri banki kugirango yibonere ibyo yifuza.None hanura uvuge uti,Gataha we,ubonye ishyano kuko Uwiteka Imana aguhagurukiye kuko wakunze gukiranirwa,ntiwigeze na rimwe utekereza mu mutima ko Uwiteka ariwe Mana,none hama hamwe dore Uwiteka arahagurutse muhangane uko niko Uwiteka avuga.

Nkiri muri iryo yerekwa,mbona umuvugabutumwa witwa Esther Marie Murebwayire uba mugihugu cy’Ubuholande,arimo gutegura amafunguro yabana bato,ariko ayo mafunguro yarimo imvange,maze ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,mwana w’umuntu ese waba urimo kureba ibyo Murebwayire arimo gukora?  Ndasubiza nti yeee ndabireba arimo gutunganya ibyo kurya by’abana bato by’imvange.

Maze ijwi ry’Uwiteka rirambaza riti,ziriya mvange azaziha abana banjye kuzageza ryari?Ndasubiza nti,Nyagasano nyaguhora ku ngoma,jyewe Marie Esther yarananiye kuko sinarinzi ko ariko ameze,ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,kuki atajya yumva?Nanjye ndasubiza nti,buriya amatwi ye,yarazibye urasabwa nyagasani kuyazibura.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mureke mu minsi mike ndaza kuyazibura uko niko Uwiteka avuze.

19th Aug 2015 nerekwa ingo z’abashakanye (2);izo ngo zari zihuje ibibazo ariko muburyo butandukanye,umugabo umwe yasuzugurwaga n’umuhore we yishakiye,hanyuma umugore nawe agasuzugurwa n’umugabo wamushatse,nuko  nerekwa bari mu mashyaka imitwe ya politike iharanira imyanya y’ubuyobozi bw’igihugu.Nerekwa ko,izo ngo zombi,zari ziri muri yo mitwe yombi ya politike itandukanye.umugore wasuzugurwaga n’umugabo we,yari mu ishyaka ritandukanya na wa mugabo wasuzugurwaga n’umugore we.

Kugirango aba bakandinda bombi babashe gutsinda amatora byasabaga ko,bahuza imitwe yabo yabo ya politike kugirango babashe gutsinda amatora no kubona imyanya myiza muri leta y’inziba cyuho izabageza muri leta yamatora.Nuko nerekwa ko,uyu mugore nawa mugabo bahuza imitwe yabo ya politike,umwe asiga umugabo we,undi nawe asiga umugore we,maze bafatana urunana kugirango binjire mu matora bafite imbaraga zo guhangana nabo batavuga rumwe.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,mwana w’umuntu,waba wamenye icyo ibyo bsobanura?Ndasubiza nti reka da!Malaika w’Uwiteka aransubiza ati,biriya bisobanura ko,harabantu batoranijwe n’Uwiteka Imana yawe,hanyuma umwanzi yarabarwanije kuko bagombaga kubana babujwe n’Uwiteka Imana,ariko umwanzi satani araza arabatatanya umwe ashakwa n’umugabo utari uwe,undi nawe ashaka umugore utari uwe,kuko umwanzi satani buri gihe arwanya umugambi w’Imana kubantu bayo.

Niyompamvu Uwiteka agiye gutandukanya abagore n’abagabo bashakanye mu mugambi utari w’Imana kugirango yuzuze gahunda ze,kuko umugambi w’Uwiteka utajya uburizwamo na satani cyangwa abadayimoni.Aba bagabo n’abagore Uwiteka azabaha umugisha kandi abongerere igihe cyose batakaje mu buriganya bariganijwe na satani umwanzi w’ibyiza,ndetse azabongerera iminsi yo kubaho,kandinazabibagiza umubabaro nagahinda bahuye nabyo!

Ibyo Uwiteka azabikorera kugirango asohoze umugambi we ku bantu be,kugirango imikorere y’umwanzi na satani mu bantu b’Imana ayiburizemo kandi isi yose imenye yuko Uwiteka ariwe Mana uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwe mubahoze arumwe muri bene data mbere yuko yivanga nibikorwa by’umwanzi by’ubutasi,MUNYANEZA EMMANUEL,wahoze kugicaniro cyo kwa pastor Antoine Rutayisire,ku kabeza,nerekwa ko ,hari amasezerano Uwiteka yabasezeranije ubwo bari kugicaniro cy’Uwiteka Imana,kandi ko igihe cyayo masezerano gisohoye.

Nerekwa abahawe ayo basezerano bose ko agiye gusuhora,ariko mbona MUNYANEZA Emmanuel,we atari muzahabwa cyangwa bazasohorezwa amasezerano kuko yakunze ibya Balaki,akurikira intonorano zabanyabyaha,ayo yagiye kwivanga nabisi agahinduka intasi akareka identite y’ubukiristu akaba asigaye atata bene se muri Kristo Yesu Umwami wabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar