Home News Abahutu bagiye kuba iciro ry’umugani mu rwagasabo!niko Uwiteka avuze.

Abahutu bagiye kuba iciro ry’umugani mu rwagasabo!niko Uwiteka avuze.

0

Ku wa  kanama 14,2015 Njyanwa mu iyerekwa, mbona ndi mu Rwanda k’umisozi y’igikundiro iri hakurya y’umurwa wa gakondo yabakiranutsi.Nerekwa harimo gutegurwa   ubukwe ,nuko ndebye hakurya mbona Umukwe araje hamwe  n’abamuherekeje,maze mbona  umugeni n’abakamuteguye baratunguwe no kuza k’umukwe kuko batari biteguye ko aza kuri iyo saha.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda bagiye gutungurwa ni uko ibyahanuwe bibasohoreyeho mu gihe bari bamaze kwizera ko,ibyahanuwe bitagisoheye kuko biringiye amagambo y’abana bab’abantu.

China2Dore abanyarwanda benshi bazatungurwa,kuko bagiye kumva inkuru mbi,umwana azasiga se,umukobwa azasiga nyina kuko isaha y’Imana igeze mukadomo uko niko Uwiteka avuze.Dore ntawuzahungana na mugenzi we,umusaza azagenda ukwe,umugore azahunga ukwe,umugabo nawe,azahunga ukwe,kuko ibigiye kuba biteye ubwoba cyane kandi iyo yose izatangara ndetse izakorwa nisoni uko niko Uwiteka avuga.

 Dore abazaba inkwakuzi,bazashaka guhunga bakimara kubona ibimenyetso by’ibicu ko,imvura igiye kugwa,maze ntabwo bizabakumdira kuko basuzuguye ijambo ryanjye ryahanuwe nabagaragu banjye barangiza bakaricyerensa uko niko Uwiteka avuga.Dore nta kabuza iki gihugu kizaturwa bundi bushya nabavantara bazaturuka mu mihanda yose y’isi,uko niko Uwiteka avuga.

Ku wa  kanama 15,2015 Nerekwa mbona mu Rwagasabo abayobozi bakuru b’igihugu,barimo gutegura ubwicanyi bukomeye kandi buteye ubwoba.Ubwo  bwicanyi bwari ubwo  gutsemba abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu,nuko abahutu bagerageza kwihisha mu bihuru ,mu mashyamba ,biranga babasangayo barabica.

Mbona intumbi z’abahutu zandaraye ku misozi,babicira  ahaterera,babicira ahamanuka,babicira mu bibaya bimanuka kumuteremuko,abahutu baratabaza babura uwabatabara,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore guhora k’Uwiteka kumanukiye abayarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,ku byo bakoze isi yose irebera,ariko kandi nubwo bazize ibyaha byabo,guhora n’ukwanjye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kuvugana nanjye,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubwo ubwoko bwanjye bwishe abo navuze yuko bazaba ubwoko,ntibimbuza kuzabahorera,kuko bariya babishe bafatanije gukiranirwa,nuko numva uvuga ngo,ibyahanuwe nta bwo bijya bisaza kuko byanditswe ngo,umuhoro,kumuhoro,iryinyo ku ryinyo,ijisho ku jisho,niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abahutu batabaza ababo bapfuye ngo baze babatabare,ndetse  babarwanire,biranga biba ibyubusa ! babarasa amasasu menshi aho bihishe mu mashyamba bose barabarangiza.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abahutu ababishoboye bakuremo akabo karenge,ariko abasha kubyumva nabadafite amaraso mukiganza kuko abakoze amaraso bose nzabanangira umutima kugirango bose bahanirwe hamwe,kandi abazabica nabo,uwo niwo muhero wabo kuko Uwiteka azaba akuye ikizira mu bwoko bwe,no  muri gakondo ye yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa  ko ayoboye ubwo bwicanyi arabaga (3) babasirikare bakuru b’igihugu,uwa mbere yitwa « AMABYI » yungirijwe nundi witwa  « GUHEHA » uwanyuma yitwaga  « MVURA » Nuko bavuga bati Inzira n’imwe abahutu bafite yo kunyuramo ariyo yitwa « UMUVU » ngo niho honyine bafite ho kunyura !

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira abo nateganije kuzagira ubwoko,uti,yemwe bahutu mweeeeeeeeeeeeee,muzageza ryari kutumva imiburo yanjye ??????Dore umunsi wo kwicuza icyatumye muvuka kiraje kandi kirasohoye none ndabagira inama ngo mushake mu maso hanjye uzi wese ko adafite amaraso mukiganza kuko ibikomeye biraje kandi kuza biraje kandi ntibizatinda uko niko Uwiteka avuze.

Maze nkiri muri iryo yerekwa,mbona ko,uko  hagiye harokoka umututsi umwe umwe muri 1994,akijijwe n’abagiraneza,niko bigiye kugenda no kubahutu.Dore nabo hazarokoka umwe umwe,ineza bagiriye abatutsi,nabo niyo bazagirirwa uko niko Uwiteka avuga.Ariko iyo neza irareba abayikoze,kandi bayikoranye umutima w’ineza,abo,ibiganza by’Uwiyeka bizafungukira kugirango babashe kubona ineza y’Uwiteka Imana akuko bazaba abagabo bo kumpamya nyuma yiyo mvura igiye kubagwira uko niko UWiteka avuga.

Ku wa kanama 17,2015,Nerekwa mbona mu gihugu cy’Ububiligi za magigiri zahageze zianywe no kubaririza amazina yabanyarwanda bahatuye.Kandi uwatangaga amazina menshi yahembwaga ama Euro menshi,ariko abanyarwand abahatuye nta bwo bari bazi impamvu yuwo muntu wabaririzaga amazina yabanyarwanda batuye muri icyo gihugu.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ba maso kandi usenge cyane kuko umwanzi yamaze kubinjirana azanywe no kuroga,kwica,no kurimbura abanyarwanda batuye muri iki gihugu batavuga rumwe na leta y’i kigali uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,dore umwanzi byamurangiranye,none arashaka gusiga amaze ubwoko bwose kuko we,yamaze kubona ko,igihe cye cyamurangiranye,kuko yamaze kuba ikihebe ,none burira abanyarwanda babab mu gihugu cy’Ububiligi uti,yemwe bwoko bw’Imana dore murugarijwe kandi mwajwemo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,ikimenyetso cyo kuvaho kumukuru w’uRwanda,ni uko homosexuelles « abatinganyi » bagiye kubona ubuzima gatozi murwagasabo bakaba bazarengerwa n’amategeko ibyo umukuru w’igihugu akazabikora agirango yikundishe kubazungu,ariko ntabwo bizahindura umugambi w’uwiteka auko niko Uwiteka avuga.

Ku wa kanama  18,2015 Ndota mbona ndi mukibaya  ariko kikaba cyarimo ibinyugunyugu byinshi by’amabara atandukanye,maze ntangira kubifata ariko nkabona ntibishira,mbona hirya yanjye hari umugabo ukuze n’umukecuru nabo barimo kugerageza kubifata ariko ntibishire,ntangazwa no kubona abari aho bose batabona ibyo binyugunyugu.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,biriya binyugunyugu bisobanura amasengesho adakwiriye imbere y’Uwiteka abanyarwanda barimo gusenga bakuraho intambara yahanuwe nabahanuzi ariko iyo ntambara ikanga igakomeza guhanurwa aho kugirango ikurweho.

Ndetse hariho nabatayibona rwose batazi ko izanabaho kubera bibereye mu munezero baguwe neza barimo kunywera amata n’ubuki bivanze n’amaraso y’ubwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ndi  muri cya kibaya cy’abakiranutsi,nerekwa abakiranutsi barimo guhinga muri icyo kibaye(amasengesho) mbona abanyamasengesho bagoswe n’imbaraga nyinshi z’abarozi,abo barozi nabo bari muri icyo gikombe cy’abakiranutsi.

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore bariya banyamasengesho ntibashobora kurwanya bariya barozi kubera ko,nta guhishukirwa bafite,niyompamvu abarozi babasha iubanesha kuko muri bo ntabahanuzi babarimo,kuko umuhanuzi wenyine niwe ushobora kurwanya abarozi no kubanesha uko niko Uwiteka avuga.

Dore iyo abanyamasengesho bamaze gusenga ,ako kanya bariya barozi bahita bajya kuzana izindi mbaraga bagahita basenya ya amasengesho yose bamaze gusenga,bahita babateza integenke ndetse bamwe bagatangira kwitotomba abandi bagahuta binjira mu byaha ,igihe bagakomeje kurwana urugamba ahubwo bakagaruka batangira kwihina ibyaha byabo ibyo bigatuma badashobora gutera imbere no kurangiza urugamba niyompamvu bahora mu ntambara zitarangira uko niko Uwiteka avuga.Ugasanga bashinja Uwiteka Imana ko atabitaho nyamara bananiwe kurwana urugamba uko bikwiriye kuko batayoborwa n’Uwiteka Imana ahubwo bariyobora,ndetse nugerageje kuba yahishukirwa bagenzi be bagatangira kumurwanya kubera kumugirira ishyari kuko abo baba basengana ntabwo bigeze bagera kumusaraba ikindi gikomeye ni uko abo barozi baba barimo hagati yabo bakabasha kumenya imigambi yabo bityo bikaborohera kubarwaya batiriwe bigora uko niko Uwiteka avuga.

 Nerekwa hagiye kubaho igitangaza mu isi yabazima,nerekwa ko hagiye kwigaragaza imbaraga z’umwijima zizakorera mu muntu mugifi cyane uteye amatsiko kuburyo isi yose,izamurangamira

Dore iyi nkuru izatangazwa nibitangaza makuru bizashyira ahagaragara uwo mudayimoni,abantu bazaba babona ko,ar’umuntu,ariko azaba arumudayimoni kuko azakora ibitangaza ndetse akazakoza isoni abiyita ko bakorera Imana ndetse azanabicamo bamwe muri bo,bazashaka kwigaragaza  ko,basenga Imana kandi atari Uwiteka uzaba yabohereje kujya guhangana n’uwo mudayimoni bityo abashyira muri uwo mwanya uwo mudayimoni azahita abica kugirango agaraagaza imbaraga ze maze imbaraga za madini zikorwe nisoni uko niko Uwiteka avuga.

Uwo mudayimoni azaba aremye ku buryo butangaje kuko ataba ameze nkabantu basanzwe,kugirango abantu bamushamadukire maze abone uko ayobya benshi muri bo,kugirango abantu abantu barusheho kwizera imbaraga z’umwijima.

Ariko abazamwizera nibabandi batanditse mu gitabo cy’ubugingo.Kuko nubundi banze kwizera Uwiteka Imana nicyo cyatumye Uwiteka abareka kugirango bayobe maze bazabone uburyo barimbuka uko niko Uwiteka avuga.

Nkiri muri iryo yerekwa,numva ijwi ry’uvugira muri cya kibaya,cyabakiranutsi,hari hamezemo urutokirwiza rukoreyekandi rusa neza,igihe ngeze mu mucyamu haruguru yarwo,numva mbwirwa ngo, « Mwana wanjye ni njye wagutoranije,humura ntugire ubwoba,ndi muri wowe,kandi Umwuka uri muri wowe s’Umwuka w’ubwoba,subirayo ntu tinye uriya mudayimoni ntumutinye kuko ndibuguhe imbaraga zo kurwana nawe uko niko Uwiteka avuga.Kuko abanyabwoba batazaragwa ubwami bw’Uhoraho uko niko Uwiteka avuze »

Maze numva nsubijwemo imbaraga,maze uwo muntu wari umeze nk’umwana ariko atari umwana wagirango n’umugabo wagwingiye ambonye atangira kwikarakasa ngo yishakemo imbaraga, aravuga ngo niwe ujya usengera abantu bakira,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,uwo mudayimoni yibera mu madini niyompamvu ubona amadayimoni adashobora kwirukana umudayimoni kuko umwijima udashobora kumurika mu mwijima niko Uwiteka avuze

 maze ndasenga mu Izina rya Yesu ,nuzura imbaraga mpangana nawe nubwo bitari byoroshye,maze uwo wari waduteye ubwoba atangira kwinera,no kuruka,maze  amaraso atangira kumusohokamo,aruma yikubita hasi arapfa.

Ijambo ry’Uwiteka rirmbwira riti,mwana w’umuntu,ntugire ubwoba bwo gutinya abakoresha imbaraga z’umwijima kuko ukurimo aruta uri mu bisi niko Uwiteka avuga.

Nerekwa  mbona ndi mu muhanda ngeze ahantu hari za feux (ibyo bita feux rouges) (Red lights),(oranges na verts)nuko ndebye icyuma cy’uruhande  rumwe kiriho amatara ayobora abagenzi n’amamodoka (feux) nta kiriho nuko numva ijwi ry’Uwiteka rimbwira riti,mwana w’umuntu,naguhamagariye gutegura no gutunganya inzira zabakiranutsi kugirango ubashe kubayobora inzira igana isiyoni,niyompamvu udakwiye kwivaga n’abasi bakiranirwa bavuga ko bakorera Uwiteka kandi barayobye !

Dore nakumenye ukiri urusoro,ndetse ngushyiriraho kugirango wigishe kandi werekane inzira yo gukiranuka igana isiyoni uko niko Uwiteka Imana yabakiranutsi avuga.

Ndabwirwa ngo mpawe akazi ko kujya nyobora abagenzi mu mwanya w’izo feux, ijwi ry’Uwiteka rirambwira riti,dore Uwiteka azajya aguhembera akazi ukora kuko umukozi akwiriye guhembwa ,mukimbo cya ruriya rumuri ruyobora abagenzi,niwowe uzajya uyobora abagenzi ukoresheje urumuri rw’Uwiteka Imana rudashobora kuzia iteka ryose niko Uwiteka avuga.

Nerekwa  mbona uruganda runini  rwakoraga kandi  rugacuruza ibiyobyabwenge,nuko mbona hari umuzungu(Malaika) woherejwe kuza gusenya urwo ruganda.Nuko aho yari yihishe naramurebaga ariko abarinze urwo ruganda bamunyuragaho ntibamubone,nuko arutega rwose ibisasu maze abiturikiriza  rimwe aratubwira ati nimuhunge.

Nubwo urwo ruganda rwahiye,banyirarwo nta bwo barekeye aho gukomeza gutunganya ku bikomoka ku biyobya bwenge, maze ba nyir’uruganda ibyo ntibyabateye kurekera ahubwo hirya y’urwo rwahiye bongeye guhinga indi mirima y’ibiyobyabwenge wabonaga bimeze nka za cocaine cyangwa urumogi.

Nuko mbona uwo twari kumwe agiye  muri pépinière arandura icyatsi kimwe, aritegereza kandi arihumuriza, asanga ni cocaïne.

Nuko ati birakwiye ko naha tuharimbura, kuko ntibumva,nuko mbona duhawe uburenganzira bwo guhagurutsa indege nini ebyili z’intambara zitari kajugujugu(helicopter) kuko itari kuhashobora nabo bari bafite ibitwaro by’intambara byo kuyihanura,nuko twerekwa aho turi bugere tukarekura ama bombes ngo agwe muri target,nuko tubanza guca amashanyarazi bajyaga biba ngo bakoreshe mu ruganda rwabo.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka arambiwe ibikorerwa mu isi yabazima niyompamvu agiye gukora ibintu bidasanzwe,ubucuruzi bwose bukorwa n’inkozi zibibi agiye kubukubita hasi,kugirango n’inganda zabo azihombye bityo umwanzi abure imbaraga zo gukomeza kurwanya Uwiteka Imana akoresheje ubutunzi bw’uwiteka yageneye abakiranutsi uko niko Uwiteka Imana yabakinutsi avuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar