HomeNewsUmwakagara Yongeye kohereza za magigiri zo kujya kwivugana Nyir'uRwanda Kigeli V Ndahindurwa!

Umwakagara Yongeye kohereza za magigiri zo kujya kwivugana Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa!

29th Jan,2016 nyanwa mu iyerekwa mbona uhanuzi mukuru yibwa umugisha we,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uzinduke kare mu cya kare ujye kuvugana n’umuhanuzi mukuru umusobanurire yuko hashize igihe yari bwe umusha maze umubwire ko Uwiteka ategetse yuko muzatangira amasengesho y’iminsi (2) amasaha (48)hrs mwiyiriza kugirango mbashe kugaruza umugisha we uko niko Uwiteka ategetse.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abagabo basigaye barya ubugoro nkabagore kandi ibyo nikizira k’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Nkiri mur’iryo yerekwa mbona umwakagara agiye kurunguruka mu gikari cy’Umwami w’uRwanda aho akorera mu buhungiro mu gihugu cy’America maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agiye kurunguruka Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa bisobanura yuko yohereje maneko ngo zijye kureba uko zasohoza umugambi mu bisha ku buingo bwe uko niko Uwiteka avuga.

Nkiraho mu iyerekwa mbona nubundi umwakagara akuwe ku ngoma ku buryo butunguranye maze ako kanya Umwami w’uRwanda aba acyuwe huti huti yima ingoma,ariko mu gihe barimo bamwimika nabonaga abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi barimo gusahuranwa mu maduka no mu nganda zikomeye cyane nabonaga abasaza abagore abasore batarwiyambitse Kugeza bamwe barwanira ibisahurwa kandi atar’ibyabo uko niko uwiteka avuga.

Nuko Uwiteka akurura ibitekerezo by’umwakagara arimo gutekereza maze numva arimo kwivugsha ngo Umwami w’uRwanda ambujije amahoro kuko ntawundi ufite imbaraga zo ku nkuraho usibye we nabazungu be bandwanya nuko mbona aricaye ariyumvira cyane abura igisubizo cy’ibyo yifuza gukora ngo kuko igisubizo ar’ukwica Nyir’uRwanda.

Nuko ijmabo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,iyo Uwiteka ataza kurinda Kigeli Umwami w’uRwanda umwakagara aba yaramwivuganye cyera uko niko Uwiteka avuga.

Mbona abasaza bashaje cyane bashaka insore nsore zijya kubasahurira kuko bo batarigushobora kurwanira ibisahurwa kuko byar’ikivundo gikomeye cyane cy’abantu benshi bajya gusahura ubutunzi bw’umwakagara hamwe nabambari be maze Umwami w’URwanda yima ingoma abandi bibereye mubisahurano uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa Pastor Budederi William wahoze mu idini rya VIVANTE rya shinzwe na nyakwigendera Ndaruhutse DAVID mu gihugu cy’UBurundi maze aza kurishinga mu Rwanda nyuma y’intambara muri 1994 rya hereye muri multimedia nyuma riza kujya kwa Rubangura building muri etage ya (5) niho yaje kugwa mu ndege (Ndaruhutse DAVID) ubwo yari kumwe na Bisrael mu ndege bagiye I murenge kuvuga ubutumwa mu banyamurenge ayigwamo gutyo

Budederi1Uyu Pastor William Budederi yagiye kwiga muri Kenya aho yakuye degree muri theology hanyuma gataha Straton we ahakura master’s maze bagaruka mu idini rya Vivante bari barasigiye Nyakwigendera Pastor Charles Kalainda nawe waruvuye mu gihugu cya Tanzania akaba yarakoraga mu idini rya Assembles of God inyamirambo maze bajya kumusaba ko yabasigarira ku idini ryabo bakajya kwigishwa iyoboka Mana bakagaruka baza gukorera idini ryabo.

Baje kugaruka Budederi na Gataha ariko Budederi we yaje nyuma gato asanga Eddimo KIVUYE na Gataha bararangije umugambi wo guhitana Pastor Charles Kalinda bakoresheje uburozi.Budederi akimara kuza arangije amasomo ye,Gataha yabuze amahoro kuko yamurushaga ijambo umwana se wakuriye muri Choir akalinda aho aba Pastor urumva ko ntaho yarahuriye na gataha waje avuye kwigisha muri kaminuza no muri politike mu gihugu cy’Uburundi yakoze uko ashoboye ateza akaduruvayo yirukana Budederi maze dusaba Pastor Budederi ko yadufungurira idini tukikomereza gusenga uwabandi yifatira indege yigira nawe kongera amashuri muri America nyuma yo kuba kurangiza amashuri ye numvise ko ubu yabaye Dr.Muri theology akaba yarafunguye idini ahitwa CHICAGO ryitwa Rwanda Christian conversion idini rikorana na ambasade y’uRwanda.

BudeNuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Pastor Budederi William ibyo Uwiteka yamuvuzeho bigiye kumusohoraho,dore azirukanwa mu gihugu cy’America agarurwe mur’Africa mu Rwanda,none dore yabwiwe iby’ubuhanuzi bwamuvuzeho arimo gupanga kutazagaruka mu Rwanda ahubwo azajya mu gihugu cya Kenya aho yize ndetse akaba anahafite inshuti dore niho agiye gukingura urusengero ariko araruhira ubusa kuko urusengero rwe nta bantu ruzabona kuko ukuboko k’Uwiteka kuzamuvaho kuko yanyuranije n’ijambo ryanjye uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,ngaho kebuka witegereze urebe neza ku mutwe we,nuko ndambura amaso nitegereza kumutwe we,mpahabona imisatsi yabagore yitwa Meshe cyangwa rasita maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye ubwibone afite uko bugana?Ndasubiza nti yeeeee Nyagasani Mwami wanjye ndabubonye.Ngaho rero giravuga wandike ibyo weretswe kandi ubishyire ahagaragara kuko bidashyize cyera kandi bikaba bitazatinda uko niko Uwiteka avuga.Dore nakubwiye ko uyu mwaka arumwaka wubucamanza mu itorero rya Kristo Umwami wabakiranutsi akaba n’Umwami wanjye kuko namuvuzeho ngo intebe yawe Mana niyiteka ryose nzaguha ubwami bwose kugirango ubuyoboze inkoni y’ikicyuma kandi nakweguriye byose kuko wakunze gukiranuka uko niko Uwiteka avuga.

Bude2Yewe numvise mbabaye cyane maze umwuka anyibutsa uburyo yadutereranye akadusiga nkimfumbyi akadusiga mu maboko ya Straton ikirura cyahise kiducocomera twese twaratatana abacitse ku icumu berekeza mu butayu ubanza na nubu harababuhezemo.Nibuka iby’Uwiteka yagiye ambwira kuri uyu mushumba simbishyire ahagaragara kuko nari nkiri mu butayu kandi sinabashaga kubyumva kuko namuherukaga akir’umuntu w’Imana usibyeko Uwiteka ariwe ureba kure ndetse no mu mutima naho ubundi ibyana bab’abantu biragoye kubitahura nah’Uwiteka wenyine wabiremeye uko niko Uwiteka avuga.

Nogera kwerekwa mbona njyanwa mu mazi yo mukiyaga ariko ayo mazi nta bwo yari menshi nk’uko bisanzwe nijiramo nshaka koga mbona umugabo wundi wari muri ayo mazi anjugunyira ubwato butoya ngo ninjiremo ntaza kugera aharehere maze nkimara gufata ubwo bwato ngiye kubwinjiramo mbona ubundi bwato bunini bemeze cyane bumeze nk’icyombo maze buza buje ku ngonga ako kanya mpita nibira mu mazi nzamukamo bumaze kunyuraho hejuru yanjye maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwra riti,mwana w’umuntu ngayonguko umwanzi yaraguhitanye ariko uramunesheje uko niko Uwiteka avuga.

29th Jan,2016 the word of the Lord, came upon of me, and told me that, son of man, thus how the almighty says, and told me, just look front of you, I rise my eyes and I saw black board written the Rhema word called “Re-contact” this is the research I’ve made to find out the meaning of this word God spoken to me.

  1. The act or state of touching; a touching or meeting, as of two things or people.
  2. Immediate proximity or association.

3.An acquaintance, colleague, or relative through whom a person can gain access to information, favors, influential people, and the like.

  1. Electricity. a junction of electric conductors, usually metal, that controls current flow, often completing or interrupting a circuit.

5.Geology. the interface, generally a planar surface, between strata that differ in lithology or age.

6.Medicine/Medical. a person who has lately been exposed to an infected person.

  1. Sociology. a condition in which two or more individuals or groups are placed in communication with each other. Compare categoric contact, primary contact, secondary contact, sympathetic contact.
  2. Contact lens. verb (used with object)
  3. To put or bring into contact.
  4. To communicate with:

We’ll contact you by mail or telephone.

verb (used without object)

  1. To enter into or be in contact.

adjective

  1. Involving or produced by touching or proximity:

Contact allergy.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments